{"id":16098,"date":"2019-07-05T09:10:08","date_gmt":"2019-07-05T09:10:08","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/05\/rusizi-hatashywe-ibiro-bya-ba-039-mudugudu-039-basabwa-guca-ukubiri-no\/"},"modified":"2025-02-12T12:19:08","modified_gmt":"2025-02-12T10:19:08","slug":"rusizi-hatashywe-ibiro-bya-ba-039-mudugudu-039-basabwa-guca-ukubiri-no","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098","title":{"rendered":"Rusizi: Hatashywe ibiro bya ba &#039;Mudugudu&#039; basabwa guca ukubiri no gukemurira ibibazo by\u2019abaturage mu tubari"},"content":{"rendered":"<p>Umurenge wa Nkungu ni wo ubimburiye indi yose y\u2019Akarere ka Rusizi\u00a0 mu kugira inyubako z\u2019 ibiro by\u2019abakuru b\u2019imidugudu muri buri kagari mu tugari twose 4 tuwugize,aho\u00a0 ba mudugudu bo mu kagari bazajya\u00a0 bakorera mu nyubako imwe yahatashywe, abaturage bakaba bishimiye ko baruhutse gusiragira inyuma y\u2019aba bakuru b\u2019imidugudu mu ngo zabo no mu tubari.<\/p>\n<p>Uyu murenge uzwi ho kuba ari wo watangije mituweli y\u2019inka bigahesha ishema igihugu cyose mu ruhando mpuzamahanga ni na wo ubimburiye indi mu kubakira abakuru b\u2019imidugudu ibiro bazajya bakoreramo, aho buri mukuru w\u2019umudugudu azajya agira umunsi wo gukemura ibibazo by\u2019abaturage be bamusanze mu biro bye aho kumuzinduka mu gitondo iwe, kumusanga\u00a0 mu kabari cyangwa ahandi hatagenewe gukemurirwa ibibazo by\u2019abaturage, aba bayobozi na bo bakaba bishimiye ko bagiye kugira umwanya wo kwikorera ibindi,dore ko ubusanzwe\u00a0 aka kazi batagahemberwa,bamwe ngo kakaba kabatwaraga umwanya wose w\u2019icyumweru ntibabone uburyo bahahira ingo zabo.<\/p>\n<p>Ngo bikemuye kandi bimwe mu bibazo byagaragaraga mu ikemura by\u2019ibibazo bimwe na bimwe,nk\u2019amakimbirane yo mu miryango aho nk\u2019umusaza yatinyaga kuvuga ikibazo afitanye n\u2019umugore we imbere y\u2019abakwe n\u2019abakazana mu ruhame ugasanga birakemurwa bicibwa hejuru bikazakurura izindi ngorane nyuma,ruswa yashoboraga guhabwa aba ba \u2018mudugudu\u2019 mu kabari yitwa ngo ni ugusangira agacupa abwirwa ikibazo, inyandiko nyinshi cyangwa raporo zaburaga kubera kutagira aho zibikwa kandi zizakenerwa igihe kirekire, byose bikaba ngo byagiye ku murongo.<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-137978 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/kl.jpg\" alt=\"\" width=\"683\" height=\"511\" \/><\/p>\n<p>Ikindi ngo ni uko\u00a0 kuri buri biro hari akarima k\u2019igikoni k\u2019icyitegererezo n\u2019igikoni cy\u2019umudugudu aho abaturage bose bagize umudugudu bazajya bahurira bakigishwa gutegura indyo\u00a0 yuzuye aho kubikorera mu rugo rw\u2019umuturage\u00a0 bamwe bavugaga ko ari ukuvogera ubusugire bw\u2019ingo byakorerwagamo, ngo hehe n\u2019ibibazo by\u2019igwingira n\u2019imirire mibi mu bana bari munsi y\u2019imyaka 5.<\/p>\n<p>Umwe mu baturage yabwiye Bwiza.com ati\u2019\u2019 dushimishijwe n\u2019uko dutashye ibi biro twiyubakiye ku mbaraga zacu,na yo ni imwe mu mbuto zo kwibohora kuko kumva ko mudugudu afite ibiro\u00a0 nk\u2019ibi mu cyaro nk\u2019iki nta wabitekerezaga. Bidukemuriye byinshi birimo\u00a0 gusanga mudugudu mu kabari akagukuramo inzoga ngo aragukemurira ibibazo, kugera iwe ugasanga\u00a0 akiryamiye cyangwa yagiye mu yindi mirimo ugasiragira,n\u2019ibindi,ariko ubu\u00a0 tuzajya tumenya umunsi tumusangiraho mu biro adukemurira ibibazo,n\u2019ibikemurwa mu ibanga byajyaga byumvwa n\u2019abo mu rugo rwe cyangwa mu kabari bikemurwe neza.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Nyiramisago Virginie,umukuru w\u2019umudugudu wa Kabuga mu kagari ka\u00a0 Kiziguro,ati\u2019\u2019 natwe abakuru b\u2019imidugudu turishimye cyane kuko\u00a0 ntawe uzongera kutuzinduka mu gitondo cyangwa ngo birirwe batwirukaho dushakira abana imibereho ngo batuzaniye ibibazo bidafite igihe nyacyo bikemurirwaho. Bampaye umunsi nzajya njya mu biro bakansangamo nkabakemurira\u00a0 ibibazo cyangwa izindi serivisi bakeneye, baduhaye n\u2019utubati tuzajya dushyiramo inyandiko zatakaraga kandi zikenewe n\u2019ubuyobozi bwo hejuru,iyi akaba ari intambwe ikomeye mu miyoborere myiza duteye iwacu.<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-137979 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/oi.jpg\" alt=\"\" width=\"681\" height=\"512\" \/><\/p>\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019uyu murenge, Sindayiheba Aphrodis avuga ko hubatswe inyubako 4,imwe muri buri kagari ku gitekerezo cy\u2019abaturage, ari bo banaziyubakiye\u00a0 mu miganda n\u2019ubundi buryo\u00a0 bashoboye, zose hamwe ngo zuzuye zitwaye amanyarwanda\u00a0 31.754.800, buri yose irimo ibyumba 3 birimo bibiri by\u2019ibiro n\u2019icy\u2019inama, bikazakemura ibibazo byinshi cyane byaterwaga n\u2019uku gukorera mu kirere kwa ba \u2018mudugudu\u2019,birimo n\u2019izo nzoga zatangirwaga mu tubari.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019aka karere Kayumba Ephrem wafunguye izi nyubako ku mugaragaro,akanafasha mu gutera imboga mu turima tw\u2019igikoni duhari nyuma y\u2019umuganda n\u2019abaturage, yabasabye guca ukubiri no kongera gukemurira ibibazo mu tubari,bagakoresha ibi biro bakanabibungabunga kugira ngo bitange umusaruro byubakiwe.<\/p>\n<p>Ku kibazo cyo kuba badakoresha ikoranabuhanga n\u2019imihanda ibigeraho idashobotse cyane cyane mu bihe by\u2019imvura,yabasezeranije ko bigiye kwigwaho na byo bikazakemuka,anasaba n\u2019indi mirenge kugera ikirenge mu cy\u2019uyu abakuru b\u2019imidugudu bose bakagira ibiro bakoreramo.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umurenge wa Nkungu ni wo ubimburiye indi yose y\u2019Akarere ka Rusizi\u00a0 mu kugira inyubako z\u2019 ibiro by\u2019abakuru b\u2019imidugudu muri buri kagari mu tugari twose 4 tuwugize,aho\u00a0 ba mudugudu bo mu kagari bazajya\u00a0 bakorera mu nyubako imwe yahatashywe, abaturage bakaba bishimiye ko baruhutse gusiragira inyuma y\u2019aba bakuru b\u2019imidugudu mu ngo zabo no mu tubari. Uyu murenge [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-16098","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Hatashywe ibiro bya ba &#039;Mudugudu&#039; basabwa guca ukubiri no gukemurira ibibazo by\u2019abaturage mu tubari - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Hatashywe ibiro bya ba &#039;Mudugudu&#039; basabwa guca ukubiri no gukemurira ibibazo by\u2019abaturage mu tubari - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umurenge wa Nkungu ni wo ubimburiye indi yose y\u2019Akarere ka Rusizi\u00a0 mu kugira inyubako z\u2019 ibiro by\u2019abakuru b\u2019imidugudu muri buri kagari mu tugari twose 4 tuwugize,aho\u00a0 ba mudugudu bo mu kagari bazajya\u00a0 bakorera mu nyubako imwe yahatashywe, abaturage bakaba bishimiye ko baruhutse gusiragira inyuma y\u2019aba bakuru b\u2019imidugudu mu ngo zabo no mu tubari. Uyu murenge [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-05T09:10:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:19:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/kl.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16098#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16098\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Hatashywe ibiro bya ba &#039;Mudugudu&#039; basabwa guca ukubiri no gukemurira ibibazo by\u2019abaturage mu tubari\",\"datePublished\":\"2019-07-05T09:10:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:19:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16098\"},\"wordCount\":616,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16098#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/kl.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16098#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16098\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16098\",\"name\":\"Rusizi: Hatashywe ibiro bya ba &#039;Mudugudu&#039; basabwa guca ukubiri no gukemurira ibibazo by\u2019abaturage mu tubari - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16098#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16098#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/kl.jpg\",\"datePublished\":\"2019-07-05T09:10:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:19:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16098#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16098\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16098#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16098#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Hatashywe ibiro bya ba &#039;Mudugudu&#039; basabwa guca ukubiri no gukemurira ibibazo by\u2019abaturage mu tubari\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Hatashywe ibiro bya ba &#039;Mudugudu&#039; basabwa guca ukubiri no gukemurira ibibazo by\u2019abaturage mu tubari - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Hatashywe ibiro bya ba &#039;Mudugudu&#039; basabwa guca ukubiri no gukemurira ibibazo by\u2019abaturage mu tubari - BWIZA","og_description":"Umurenge wa Nkungu ni wo ubimburiye indi yose y\u2019Akarere ka Rusizi\u00a0 mu kugira inyubako z\u2019 ibiro by\u2019abakuru b\u2019imidugudu muri buri kagari mu tugari twose 4 tuwugize,aho\u00a0 ba mudugudu bo mu kagari bazajya\u00a0 bakorera mu nyubako imwe yahatashywe, abaturage bakaba bishimiye ko baruhutse gusiragira inyuma y\u2019aba bakuru b\u2019imidugudu mu ngo zabo no mu tubari. Uyu murenge [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-05T09:10:08+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:19:08+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/kl.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Hatashywe ibiro bya ba &#039;Mudugudu&#039; basabwa guca ukubiri no gukemurira ibibazo by\u2019abaturage mu tubari","datePublished":"2019-07-05T09:10:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:19:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098"},"wordCount":616,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/kl.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16098#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098","name":"Rusizi: Hatashywe ibiro bya ba &#039;Mudugudu&#039; basabwa guca ukubiri no gukemurira ibibazo by\u2019abaturage mu tubari - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/kl.jpg","datePublished":"2019-07-05T09:10:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:19:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16098"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16098#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Hatashywe ibiro bya ba &#039;Mudugudu&#039; basabwa guca ukubiri no gukemurira ibibazo by\u2019abaturage mu tubari"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16098","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16098"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16098\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16098"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16098"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16098"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}