{"id":16115,"date":"2019-07-06T11:43:23","date_gmt":"2019-07-06T11:43:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/06\/ndi-umurundikazi-nabuze-icyo-nakora-kuko-mbona-ikibuno-cyanjye-kizasaza-abasore\/"},"modified":"2025-02-03T01:01:14","modified_gmt":"2025-02-02T23:01:14","slug":"ndi-umurundikazi-nabuze-icyo-nakora-kuko-mbona-ikibuno-cyanjye-kizasaza-abasore","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16115","title":{"rendered":"Ndi umurundikazi, nabuze icyo nakora kuko mbona ikibuno cyanjye kizasaza abasore b\u2019i Kigali"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Nitwa Bella nkaba ndi umurindikazi utuye mu mujyi wa Kigali. Mu myaka igera muri irindwi maze muri uyu mujyi, abasore benshi bagiye bifuza kuryamana nanjye kubera ikibuno cyanjye benshi bakunze kumbwira ko kibakurura.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ku bwanjye imiterere yanjye iranyura pe, gusa ibyo mbwirwa n\u2019abasore b\u2019i Kigali cyangwa uburyo mba mbona banyifuzamo, ntabwo byigeze bimbaho nkiba Buja.<\/p>\n<p>Hari abanyizeza kumpa amafaranga menshi n\u2019izindi mpano ariko nkabananira, hamwe umuntu umuhakanira ariko ejo akagaruka ati ndagusabye dukundane, gusa nareba urukundo nkarubura.<\/p>\n<p>Mbese bitewe n\u2019akazi nkora, mpura n\u2019abagabo benshi ariko ibyo bamvugaho cyangwa batanatinya kumbwira ubwabo mbona bitoroshye pe!<\/p>\n<p>Mungire inama, ese izi mpano baba bifuza ni iz\u2019urukundo cyangwa ni abagamije kunyangiza, hari n\u2019uwigeze kumbwira ko ndamutse mwemereye, ngo twakorana ubukwe mu cyumweru kimwe, undi nawe ansaba kumuha ifoto yanjye yambaye ubusa ngo arampa impano ikomeye, abansaba kuryamana bo ni benshi cyane.<\/p>\n<p>Ubutumwa nakira ni bwinshi, hari n\u2019abanshukisha aho gusohokera heza, sinzi pe! Inama zanyu ni ingirakamaro.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nitwa Bella nkaba ndi umurindikazi utuye mu mujyi wa Kigali. Mu myaka igera muri irindwi maze muri uyu mujyi, abasore benshi bagiye bifuza kuryamana nanjye kubera ikibuno cyanjye benshi bakunze kumbwira ko kibakurura. Ku bwanjye imiterere yanjye iranyura pe, gusa ibyo mbwirwa n\u2019abasore b\u2019i Kigali cyangwa uburyo mba mbona banyifuzamo, ntabwo byigeze bimbaho nkiba Buja. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-16115","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ndi umurundikazi, nabuze icyo nakora kuko mbona ikibuno cyanjye kizasaza abasore b\u2019i Kigali - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16115\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ndi umurundikazi, nabuze icyo nakora kuko mbona ikibuno cyanjye kizasaza abasore b\u2019i Kigali - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nitwa Bella nkaba ndi umurindikazi utuye mu mujyi wa Kigali. Mu myaka igera muri irindwi maze muri uyu mujyi, abasore benshi bagiye bifuza kuryamana nanjye kubera ikibuno cyanjye benshi bakunze kumbwira ko kibakurura. Ku bwanjye imiterere yanjye iranyura pe, gusa ibyo mbwirwa n\u2019abasore b\u2019i Kigali cyangwa uburyo mba mbona banyifuzamo, ntabwo byigeze bimbaho nkiba Buja. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16115\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-06T11:43:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:01:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16115#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16115\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ndi umurundikazi, nabuze icyo nakora kuko mbona ikibuno cyanjye kizasaza abasore b\u2019i Kigali\",\"datePublished\":\"2019-07-06T11:43:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16115\"},\"wordCount\":174,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16115#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16115\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16115\",\"name\":\"Ndi umurundikazi, nabuze icyo nakora kuko mbona ikibuno cyanjye kizasaza abasore b\u2019i Kigali - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-07-06T11:43:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16115#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16115\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16115#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ndi umurundikazi, nabuze icyo nakora kuko mbona ikibuno cyanjye kizasaza abasore b\u2019i Kigali\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ndi umurundikazi, nabuze icyo nakora kuko mbona ikibuno cyanjye kizasaza abasore b\u2019i Kigali - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16115","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ndi umurundikazi, nabuze icyo nakora kuko mbona ikibuno cyanjye kizasaza abasore b\u2019i Kigali - BWIZA","og_description":"Nitwa Bella nkaba ndi umurindikazi utuye mu mujyi wa Kigali. Mu myaka igera muri irindwi maze muri uyu mujyi, abasore benshi bagiye bifuza kuryamana nanjye kubera ikibuno cyanjye benshi bakunze kumbwira ko kibakurura. Ku bwanjye imiterere yanjye iranyura pe, gusa ibyo mbwirwa n\u2019abasore b\u2019i Kigali cyangwa uburyo mba mbona banyifuzamo, ntabwo byigeze bimbaho nkiba Buja. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16115","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-06T11:43:23+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:01:14+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16115#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16115"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ndi umurundikazi, nabuze icyo nakora kuko mbona ikibuno cyanjye kizasaza abasore b\u2019i Kigali","datePublished":"2019-07-06T11:43:23+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16115"},"wordCount":174,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16115#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16115","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16115","name":"Ndi umurundikazi, nabuze icyo nakora kuko mbona ikibuno cyanjye kizasaza abasore b\u2019i Kigali - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-07-06T11:43:23+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16115#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16115"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16115#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ndi umurundikazi, nabuze icyo nakora kuko mbona ikibuno cyanjye kizasaza abasore b\u2019i Kigali"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16115","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16115"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16115\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16115"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16115"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16115"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}