{"id":16123,"date":"2019-07-07T09:37:32","date_gmt":"2019-07-07T09:37:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/07\/gutanga-serivisi-hashingiwe-ku-byiciro-by-ubudehe-bishobora-kwimakaza\/"},"modified":"2025-02-12T12:18:53","modified_gmt":"2025-02-12T10:18:53","slug":"gutanga-serivisi-hashingiwe-ku-byiciro-by-ubudehe-bishobora-kwimakaza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16123","title":{"rendered":"Gutanga serivisi hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe bishobora kwimakaza akarengane, TIR"},"content":{"rendered":"<p>Mu gihe ibyiciro by\u2019ubudehe bigana mu ivigururwa, yaba inzego za Leta, imiryango itari iya Leta n\u2019abandi bafatanyabikorwa; nta ruhande na rumwe rugaragaza aho amabwiriza yo gushingira ku byiciro by\u2019ubudehe hatangwa serivisi yavuye. Mu kiganiro kivuga kuri iyi ngingo cyabereye ku Radio na TV Isango, umuyobozi nshingwabikorwa wa Transparency International ishami ry\u2019u Rwanda asanga birimo akarengane, na cyane ko muri ibi byiciro birangira habayemo n\u2019amakosa atarakosorwa.<\/p>\n<p>Ni mu kiganiro cyahuje umukozi wa MINALOC Sheikh Bahame Hassan, umuyobozi muri LODA Gatsinzi Justin, umuyobozi nshingwabikorwa wa TIR Mupiganyi Appolinaire (uri ku ifoto) n\u2019abandi bafatanyabikorwa. Abaturage nabo bakigizemo uruhare bahamagara bakanohereza ubutumwa bugufi.<\/p>\n<p>Mupiganyi ati, \u201cibyiciro by\u2019ubudehe ntibyagombye gushingirwaho n\u2019abatanga serivisi zinyuranye, abaterankunga, amashuri n\u2019ibindi kuko byimakaza akarengane\u201d.<\/p>\n<p>Sheikh Bahame ati, \u201cburuse nitangwe hashingiwe ku manota aho gushingira ku byiciro by\u2019ubudehe; Mituweli ishingire ku bushobozi bw\u2019umuturage\u201d.<\/p>\n<p>Gatsinzi ati, -mu kiganiro cyabanje- \u201c ntituzi aho ONG zakuye amabwiriza yo kugendera ku byiciro by\u2019ubudehe zireba abo zifasha, ariko nazo kubera ko zitabasha gufasha bose, zibigenderaho ngo zirebe abagenerwabikorwa bakeneye inkunga\u201d.<\/p>\n<p>Habumugisha Vincent, umuturage wa Nyamasheke ati, \u201cntibikwiye ko icyiciro cy&#8217;ubudehe gishingirwaho mu gutanga serivisi runaka nka buruse cyangwa\u00a0 ibindi, hakwiye gushingirwa ku zindi mpamvu zizwi. Guhabwa ifashanyo iyo ariyo yose ntibikwiye gushingira ku byiciro by\u2019ubudehe\u201d<\/p>\n<p>Ibi byiciro by\u2019ubudehe birimo bivugururwa byavuzweho byinshi, bimwe by\u2019ukuri ndetse n\u2019ibihuha, nta wabura kuvuga ko byateje abantu \u2018gucika ururondogoro\u2019.<\/p>\n<p>Hari benshi babifashe nk\u2019ihame, hari ababyuririyeho barenganya abaturage, habayemo amakosa menshi atarigeze akosorwa, abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze babihuje n\u2019imihigo; ndetse n\u2019ababyitiriye ibyo bidahuye.<\/p>\n<p> <strong>Zimwe muri serivisi zashyizwe mu majwi<\/strong> <\/p>\n<p>Kubona buruse yo kwiga kaminuza<\/p>\n<p>Kubona mituweli<\/p>\n<p>Kubona uruhusa two kujya mu mahanga<\/p>\n<p>Kwishyura amazi, umuriro n\u2019ibishingwe<\/p>\n<p>Gukwa no kubona umugeni<\/p>\n<p>Kugaburirwa ku ishuri<\/p>\n<p>Guterwa inkunga n\u2019abagiraneza<\/p>\n<p>Gutanga amagarama y\u2019urubanza<\/p>\n<p>Kunganirwa mu mategeko<\/p>\n<p>Guhabwa ubufasha mu by\u2019amategeko<\/p>\n<p>Guhabwa inguzanyo ya Banki<\/p>\n<p>Kubona icyangombwa cyo mu myubakire<\/p>\n<p>Guhabwa inyunganira mirire ku bana n\u2019abagore batwite<\/p>\n<p>Serivise z\u2019irangamimerere<\/p>\n<p>Gupiganira amasoko ya Leta<\/p>\n<p>Gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga<\/p>\n<p>Kubona uruhushya rwo gucuruza (patente)<\/p>\n<p>Kwandikisha company no gutangira ibikorwa by\u2019ubucuruzi<\/p>\n<p>Kwimurwa mu manegeka<\/p>\n<p>Kwishyura cyangwa gushumbusha abahuye n\u2019ibiza<\/p>\n<p>N\u2019ibindi<\/p>\n<p>Bimwe byarakozwe, ibindi byaravuzwe, ibindi biri mu bitekerezo. Ari ibiri ukuri cyangwa ibinyoma, nta rwego ruremeza ko rwatanze amabwiriza yo gukoresha amakuru y\u2019ibyiciro by\u2019ubudehe gutyo.\u00a0 Benshi babirenganiyemo, abandi babirenganirizamo, ariko nta rwego rwifuza ko byahora bitya.<\/p>\n<p>Mu karere ka Burera, hari aho bagendeye ku byiciro by\u2019ubudehe batabara abahuye n\u2019ibiza byashenye amazu bikanatwara imyaka. Nyamara muri iki gikorwa, uri mu cyiciro cya gatatu ntacyo yahabwaga.<\/p>\n<p>Mu karere ka Musanze, hari aho imiryango itari iya Leta yakuye abana yafashaga ku rutonde ngo kuko bashyizwe mu cyiciro cya gatatu.<\/p>\n<p>Mu karere ka Nyamagabe, abana babujijwe igaburo rya saasita nk\u2019abandi ngo kuko bari mu cyiciro cya gatatu. Mu mudugudu wa Kabeza, akagari ka Remera mu murenge wa Gasaka, hagaragaye umwana watakaga kwimwa buruse, avuga ko ababyeyi bashyizwe mu cyiciro cya gatatu ku makosa.<\/p>\n<p>Mu karere ka Nyarugenge, Kampani ikora isuku \u201cInzira nziza\u201d imaze iminsi isinyisha amasezerano abaturage igendeye ku byiciro by\u2019ubudehe; aho uwo mu cyiciro cya gatatu azajya yishyira ibishingwe ku mafaranga 3750 ku kwezi; uwo mu cya kabiri agatanga bibiri.<\/p>\n<p>Mu karere ka Bugesera, abana bavuka ku babyeyi batari mu cyiciro cya mbere ntibahabwa inyunganira mirire ya Shisha Kibondo. Mu murenge wa Mwogo, Nyirambarushimana Claudine wo mu kagari ka Kagasa ari mu cyiciro cya kabiri, afite abana 6 kandi umugabo yaramutaye. Afite umwana wagize imyaka ibiri ataragenda, nyamara hari inyunganizi atahawe kubera icyo cyiciro.<\/p>\n<p>Ni kimwe na mugenzi we Uwurukundo Angelique uri mu cyiciro cya gatatu, kandi we n\u2019umugabo we batunzwe no gupagasa, ku mafaranga 1000 ku munsi iyo babonye aho bapagasa. Uyu nawe ajya gufatira umwana inyunganizi bakamuha ijyanye n\u2019icyiciro cya gatatu, nyamara nawe ubwe agaragaza ibimenyetso by\u2019imirire mibi.<\/p>\n<p>Habumugisha, umuturage wa Nyamasheke avuga uko abona abaturage bashyirwa mu byiciro.<\/p>\n<p>Ati, \u201cuko numva njye uburyo bwakoreshwa mu gushyira abanyarwanda mu byiciro by&#8217;ubudehe , habaho gusura umuturage hagakusanywa amakuru nyuma hakaba inama rusange n&#8217;abaturage mu mudugudu bakemeza amakuru yatanzwe n&#8217;umuturage cyangwa bakayakosora maze bakamugenera icyiciro cyimukwiye. Ikindi njye mbona umuntu atarenza imyaka 3 mu cyiciro kimwe cy&#8217;ubudehe\u00a0 bikaba umuhigo\u201d.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe ibyiciro by\u2019ubudehe bigana mu ivigururwa, yaba inzego za Leta, imiryango itari iya Leta n\u2019abandi bafatanyabikorwa; nta ruhande na rumwe rugaragaza aho amabwiriza yo gushingira ku byiciro by\u2019ubudehe hatangwa serivisi yavuye. Mu kiganiro kivuga kuri iyi ngingo cyabereye ku Radio na TV Isango, umuyobozi nshingwabikorwa wa Transparency International ishami ry\u2019u Rwanda asanga birimo akarengane, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-16123","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gutanga serivisi hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe bishobora kwimakaza akarengane, TIR - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16123\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gutanga serivisi hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe bishobora kwimakaza akarengane, TIR - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe ibyiciro by\u2019ubudehe bigana mu ivigururwa, yaba inzego za Leta, imiryango itari iya Leta n\u2019abandi bafatanyabikorwa; nta ruhande na rumwe rugaragaza aho amabwiriza yo gushingira ku byiciro by\u2019ubudehe hatangwa serivisi yavuye. Mu kiganiro kivuga kuri iyi ngingo cyabereye ku Radio na TV Isango, umuyobozi nshingwabikorwa wa Transparency International ishami ry\u2019u Rwanda asanga birimo akarengane, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16123\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-07T09:37:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:18:53+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16123#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16123\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gutanga serivisi hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe bishobora kwimakaza akarengane, TIR\",\"datePublished\":\"2019-07-07T09:37:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:18:53+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16123\"},\"wordCount\":705,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16123#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16123\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16123\",\"name\":\"Gutanga serivisi hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe bishobora kwimakaza akarengane, TIR - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-07-07T09:37:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:18:53+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16123#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16123\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16123#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gutanga serivisi hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe bishobora kwimakaza akarengane, TIR\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gutanga serivisi hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe bishobora kwimakaza akarengane, TIR - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16123","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gutanga serivisi hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe bishobora kwimakaza akarengane, TIR - BWIZA","og_description":"Mu gihe ibyiciro by\u2019ubudehe bigana mu ivigururwa, yaba inzego za Leta, imiryango itari iya Leta n\u2019abandi bafatanyabikorwa; nta ruhande na rumwe rugaragaza aho amabwiriza yo gushingira ku byiciro by\u2019ubudehe hatangwa serivisi yavuye. Mu kiganiro kivuga kuri iyi ngingo cyabereye ku Radio na TV Isango, umuyobozi nshingwabikorwa wa Transparency International ishami ry\u2019u Rwanda asanga birimo akarengane, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16123","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-07T09:37:32+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:18:53+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16123#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16123"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gutanga serivisi hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe bishobora kwimakaza akarengane, TIR","datePublished":"2019-07-07T09:37:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:18:53+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16123"},"wordCount":705,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16123#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16123","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16123","name":"Gutanga serivisi hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe bishobora kwimakaza akarengane, TIR - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-07-07T09:37:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:18:53+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16123#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16123"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16123#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gutanga serivisi hashingiwe ku byiciro by\u2019ubudehe bishobora kwimakaza akarengane, TIR"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16123","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16123"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16123\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16123"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16123"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16123"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}