{"id":16133,"date":"2019-07-07T14:01:26","date_gmt":"2019-07-07T14:01:26","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/07\/rwamagana-umupfakazi-wari-umaze-imyaka-15-mu-busembere-yabonye-inzu-yo-kubamo\/"},"modified":"2025-02-12T12:18:49","modified_gmt":"2025-02-12T10:18:49","slug":"rwamagana-umupfakazi-wari-umaze-imyaka-15-mu-busembere-yabonye-inzu-yo-kubamo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16133","title":{"rendered":"Rwamagana : Umupfakazi wari umaze imyaka 15 mu busembere yabonye inzu yo kubamo\u00a0"},"content":{"rendered":"<p>Umugore witwa Nikuze Herene utuye mu Mudugudu wa Rudashya mu Kagari ka Nkungu mu Murenge wa Munyaga yagaragaje amarangamutima yo gushimira ihuriro ry\u2019amakoperative y\u2019abafundi mu Ntara y\u2019iburasirazuba bamufashije kumuha ibikoresho n\u2019amadirishya bigezweho bigatuma yizihiza isabukuru y\u2019imyaka 25 yo kwibohora ari mu nzu ye yubakiwe ku bufatanye bw\u2019umurenge n\u2019abaturage\u00a0\u00a0.<\/p>\n<p>Abafundi n\u2019ababaji bavuga ko biyemeje kugira uruhare mu gufasha abatishoboye banagira uruhare mu guteza imbere imibereho.<\/p>\n<p>Kananura Etienne, umwe mu bafundi, yavuze ko abafundi bamaze kuba abanyamwuga mu kazi kabo ndetse ko imibereho yabo yahindutse ari nayo mpamvu biyemeje gufasha umuturage ukennye kwizihiza umunsi wo kwibohora bamuremera nawe akishimira kwibohora.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201ctwebwe abafundi turishimira umwuga wacu uburyo udufasha kugira imibereho myiza ugereranyije n\u2019imyaka yashize ,kuko urebye tubayeho navuga ko twibohoye bitewe nuko kera umufundi bamufataga nk\u2019umuntu uciriritse wo gukora ayo kunywera gusa ndetse ugasanga ntacyo tugeraho hari na bamwe batashoboraga no kwigurira mituweri wasangaga abenshi bubaka amazu ariko ugasanga bo bakodesha ariko kuva tugiye muri koperative byarahindutse ku buryo abari mu makoperative babashije kwiyubakira inzu babamo .\u201d<\/p>\n<p>Kananura arakomeza avuga ko gufasha umuturage bamukingira inzu ari nabo bazimuguriye ari igikorwa bishimiye.<\/p>\n<p>Aragira \u201cigikorwa twajemo ku munsi nk\u2019uyu tunizihiza kwibohora byaradushimishije cyane ,batubwiye ko bahisemo ko twafasha umwe mu baturage kandi tugasiga tuyikinze akayijyamo yishimira ko yibohoye gucumbika.\u201d<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019ihuriro ry\u2019amakoperative y\u2019abafundi, UBTC EAST, yavuze ko abafundi ko bishimira ko bibohoye bahindura imikorere n\u2019imyumvire bakaba baranifuje gufasha umuturage bamufasha kuba heza.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201ctwebwe abafundi turishimira aho tugeze twiyubaka ,mu bihe byahise washakaga umufundi ukaba wamubariza ku kabari kuko gutera imbere ntibyari byoroshye bitewe n\u2019imyumvire yari mu bafundi ariko turishimira ko yahindutse cyane ,uyu munsi twaje gufasha uyu mubyeyi kuko inzu ye nta nzugi n\u2019amadirishya byagiraga ,mwabonye ko twayikinze dukoreshaeje inzugi n\u2019amadirishya kandi bihenze bitewe nuko twashakaga kumufasha kwizihiza kwibohora ari mu nzu yari yarabuze uko ayibamo idakinze.\u201d<\/p>\n<p>Nikuze Herene yishimiye kwizihiza umunsi wo kwibohora yujuriwe inzu nshya ,mu marangamutima yaragaje ko yaramaze imyaka 15 atagira inzu yo kubamo asembera mu baturanyi.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cndishimimye cyane kandi ndashimira abanterejeho bakanyubakira,uyu munsi ndishimye kuko mfite umunezero mu mutima wanjye nari maze imyaka 15 mu nzu z\u2019abaturanyi bacumbikiraga ntashobora no kubona amafaranga yo gukodesha ,uyu munsi ndanezerewe cyane kuko iyo ubuyobozi n\u2019abagiraneza batantekerezaho ngo bantabare ntabwo mba nishimye uko mubireba ,ubwo nabonaga imodoka izanye ziriya nzugi ntabwo byangoye kwemera ko bagiye kuzishyira ku nzu yanjye kuko ari inzugi ubundi nabonaga ku mazu y\u2019abafite ubushobozi \u00a0ariko bamaze kuzishyiraho ku nzu yanjye \u00a0ubu ngiye kuyitaha nezerewe kandi ubu ndibohoye nk\u2019abandi banyarwanda.\u201d<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Munyaga, Mukashyaka Chantal, yavuze ko bishimiye kuba Nikuze Herene abonye inzu ye akaba yizihije umunsi mukuru wo kwibora atagicumbitse.<\/p>\n<p>Aragira ati \u201cturishimira ko Herene yizihije kwibohora abohotse ku mutima kuko abafundi badufashije bakamukingira inzu kandi inzugi n\u2019amadirishya byose aribo babimuguriye ,iriya nzu yubatswe ku bafatanye bw\u2019umurenge\u00a0\u00a0n abaturage bakoze bamuhaye umuganda natwe tukamuha amabati 20,abafundi nabo badufashije byatumye yizihiza kwibohora ari mu nzu ye kandi ntayo yagiraga ,amashyarazi nayo tuzayamuha muri gahunda isanzwe yo kugeza amashyarazi ku baturage.\u201d<\/p>\n<table>\n<tbody>\n<tr>\n<td><\/td>\n<td><\/td>\n<\/tr>\n<\/tbody>\n<\/table>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umugore witwa Nikuze Herene utuye mu Mudugudu wa Rudashya mu Kagari ka Nkungu mu Murenge wa Munyaga yagaragaje amarangamutima yo gushimira ihuriro ry\u2019amakoperative y\u2019abafundi mu Ntara y\u2019iburasirazuba bamufashije kumuha ibikoresho n\u2019amadirishya bigezweho bigatuma yizihiza isabukuru y\u2019imyaka 25 yo kwibohora ari mu nzu ye yubakiwe ku bufatanye bw\u2019umurenge n\u2019abaturage\u00a0\u00a0. Abafundi n\u2019ababaji bavuga ko biyemeje kugira uruhare [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-16133","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana : Umupfakazi wari umaze imyaka 15 mu busembere yabonye inzu yo kubamo\u00a0 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16133\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana : Umupfakazi wari umaze imyaka 15 mu busembere yabonye inzu yo kubamo\u00a0 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umugore witwa Nikuze Herene utuye mu Mudugudu wa Rudashya mu Kagari ka Nkungu mu Murenge wa Munyaga yagaragaje amarangamutima yo gushimira ihuriro ry\u2019amakoperative y\u2019abafundi mu Ntara y\u2019iburasirazuba bamufashije kumuha ibikoresho n\u2019amadirishya bigezweho bigatuma yizihiza isabukuru y\u2019imyaka 25 yo kwibohora ari mu nzu ye yubakiwe ku bufatanye bw\u2019umurenge n\u2019abaturage\u00a0\u00a0. Abafundi n\u2019ababaji bavuga ko biyemeje kugira uruhare [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16133\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-07T14:01:26+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:18:49+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16133#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16133\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwamagana : Umupfakazi wari umaze imyaka 15 mu busembere yabonye inzu yo kubamo\u00a0\",\"datePublished\":\"2019-07-07T14:01:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:18:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16133\"},\"wordCount\":520,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16133#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16133\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16133\",\"name\":\"Rwamagana : Umupfakazi wari umaze imyaka 15 mu busembere yabonye inzu yo kubamo\u00a0 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-07-07T14:01:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:18:49+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16133#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16133\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16133#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana : Umupfakazi wari umaze imyaka 15 mu busembere yabonye inzu yo kubamo\u00a0\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana : Umupfakazi wari umaze imyaka 15 mu busembere yabonye inzu yo kubamo\u00a0 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16133","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana : Umupfakazi wari umaze imyaka 15 mu busembere yabonye inzu yo kubamo\u00a0 - BWIZA","og_description":"Umugore witwa Nikuze Herene utuye mu Mudugudu wa Rudashya mu Kagari ka Nkungu mu Murenge wa Munyaga yagaragaje amarangamutima yo gushimira ihuriro ry\u2019amakoperative y\u2019abafundi mu Ntara y\u2019iburasirazuba bamufashije kumuha ibikoresho n\u2019amadirishya bigezweho bigatuma yizihiza isabukuru y\u2019imyaka 25 yo kwibohora ari mu nzu ye yubakiwe ku bufatanye bw\u2019umurenge n\u2019abaturage\u00a0\u00a0. Abafundi n\u2019ababaji bavuga ko biyemeje kugira uruhare [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16133","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-07T14:01:26+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:18:49+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16133#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16133"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwamagana : Umupfakazi wari umaze imyaka 15 mu busembere yabonye inzu yo kubamo\u00a0","datePublished":"2019-07-07T14:01:26+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:18:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16133"},"wordCount":520,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16133#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16133","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16133","name":"Rwamagana : Umupfakazi wari umaze imyaka 15 mu busembere yabonye inzu yo kubamo\u00a0 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-07-07T14:01:26+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:18:49+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16133#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16133"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16133#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana : Umupfakazi wari umaze imyaka 15 mu busembere yabonye inzu yo kubamo\u00a0"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16133","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16133"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16133\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16133"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16133"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16133"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}