{"id":16165,"date":"2019-07-09T14:46:41","date_gmt":"2019-07-09T14:46:41","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/09\/rusizi-ikigo-cy-039-ishuri-kirataka-igihombo-cyagushijwemo-na-leta\/"},"modified":"2019-07-09T14:46:41","modified_gmt":"2019-07-09T14:46:41","slug":"rusizi-ikigo-cy-039-ishuri-kirataka-igihombo-cyagushijwemo-na-leta","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165","title":{"rendered":"Rusizi: Ikigo cy&#039;ishuri kirataka igihombo cyagushijwemo na Leta"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubuyobozi bw\u2019ishuri Mizero TVET School riri mu mujyi wa Rusizi buravuga ko buhangayikishijwe bikomeye no kuba bwarubatse amashuri bukanayashyiramo ibikoresho bihagije\u00a0 binagezweho, nyuma yo kwizezwa Leta abanyeshuri mu mashami y\u2019imyuga nyamara ntigire n\u2019umwe ihohereza.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Buvuga ko n&#8217;abahazabakiri bake cyane bityo bugasaba REB, WDA na MINEDUC gukemura iki kibazo kigenda giteza igihombo ku ishuri no kuri Leta muri rusange.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko Bwiza.com yabitangarijwe n\u2019umuyobozi waryo, Uwimana Marie Jos\u00e9e, ngo ryashinzwe mu mwaka wa 2000 ku gitekerezo cy\u2019abapadiri b\u2019abayezuwiti baba mu mujyi wa Rusizi\u00a0 bari barakiriye abana benshi b\u2019imfubyi za Jenoside yakorewe abatutsi, barabarera babashakira n\u2019amashuri bariga, ariko babona ko hari abandi gukomeza amashuri asanzwe byabagora bahitamo kubashakira ay\u2019imyuga barayabubakira.<\/p>\n<p>Baje gusanga\u00a0 bidashoboka ko yakwigamo abo bana gusa, barayagura bashyiramo n\u2019ibikoresho bari bashoboye kubona icyo gihe batangira kwakira abiga amasomo y\u2019igihe gito baturutse hirya no hino, aho barangizaga\u00a0 bajya mu mirimo guhanga ubuzima,ariko uko imyaka yagiye ihita banajyana na gahunda ya Leta yo kwigisha imyuga mu buryo bugezweho ,butanga ubumenyi buhanitse, baje guhindura rya shuri ryatangiye ari CFJ Mizero,rihindika\u00a0 Mizero TVET School na Leta ibemerera abanyeshuri guhera muri 2018 ariko n\u2019ubu nta n\u2019umwe barabona.<\/p>\n<p>Iki kibazo cyagarutsweho ubwo iri shuri risanzwe ritanga amasomo y\u2019ubutetsi,ubwubatsi n\u2019ubudozi ryatahaga\u00a0 ibyumba 3 bishya by\u2019amashuri n\u2019igikoni kirimo ibikoresho bigezweho,byose hamwe byatwaye amafaranga 75.000.000 banatanga impamyabumenyi ku banyeshuri 57 barirangijemo umwaka ushize,aho bavugaga ko bafite ubushobozi bwo kwakira abana 125 mu mashami yose nyamara bakaba bafite 50 gusa kandi Leta ihemba abarezi bahigisha, ibikoresho bipfa ubusa byagombye gukoreshwa mu gutanga ubwo bumenyi,n\u2019ibindi bihombo.<\/p>\n<p>\u00a0Uwimana Marie Jos\u00e9e avuga ko kugeza ubu bagombye kwakira abana Leta ibahaye mu mashami y\u2019ubutetsi n\u2019ubwubatsi,ubududozi na bwo bakaba bamaze kugira ibikoresho bihagije ku buryo bakwakira iri shami mu bana bahawe na Leta igisigaye akaba ari uburenganzira bategereje kuri WDA ngo babahabwe,bakaba bakomeje kwakira abiga igihe gito.<\/p>\n<p>Ku byerekeranye n\u2019uku gupfa ubusa kw\u2019amashuri n\u2019ibikoresho yagize ati\u2019\u2019 dufite ikibazo gikomeye cyane cy\u2019abanyeshuri kuko nk\u2019abiga ubwubatsi ni 5 gusa bagombye kuba 25, ab\u2019ubutetsi ni 13 na bo bakabaye 25 kandi mwabonye amashuri\u00a0 twatashye n\u2019ibikoresho birimo, tutababonye bizapfa ubusa duhombe na Leta muri rusange ihombe kandi babatwemerera ntibabaduhe, tukayoberwa aho bipfira.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Yarakomeje ati\u2019\u2019\u00a0 Ni ikibazo gikomeye cyane kuko nk\u2019umwaka ushize bambwiye kujya kubahitamo nk\u2019uko byagendaga ndanabikora\u00a0 ariko ntibagira n\u2019umwe bandikira ibaruwa iza hano ubwo ntitwamenye abo twahisemo aho bagiye kwiga. Uyu mwaka na bwo bari batwemereye abanyeshuri 90 ndetse n\u2019ibaruwa ya WDA ibatwemerera turayifite ariko bayohereje muri REB ngo\u00a0 ibaduhe na bwo ntitwabona n\u2019umwe ntituzi aho babohereje,nabaza REB ngo nimbaze WDA na yo ngo nimbaze REB bakomeza kumbyinisha muzunga gutyo birangira na bo tutababonye twari tubiteguye, dukomeza gukoresha abagenda bizana ari\u00a0 ko ababigisha Leta ibatangaho akayabo ka buri kwezi,guhemba abarimu badafite abo bigisha kandi batabuze ahubwo tutazi aho bipfira n\u2019uwo mutungo wa Leta ukomeza gupfa ubusa twese tureba kikaba ikibazo,tukifuza abanyeshuri mbere ya byose.<\/p>\n<figure id=\"attachment_138326\" aria-describedby=\"caption-attachment-138326\" style=\"width: 811px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-138326 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-22.jpg\" alt=\"\" width=\"811\" height=\"608\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-138326\" class=\"wp-caption-text\">Abiga ubudozi bereka ababyeyi intambwe bamaze gutera muri ubu bumenyi<\/figcaption><\/figure>\n<p>Anavuga ko afite icyizere ko aya makosa yakozwe\u00a0 atazongera kuko ikibazo yakigejeje mu nzego zose bireba kandi ko imikorere nk\u2019iyi idindiza byinshi mu iterambere ry\u2019igihugu, kuko\u00a0 no mu bahawe impamyabushobozi harimo 8 bigaga ubutetsi bo Leta yari yaboherereje umwaka wabanje bariga nyamara umwaka ushize ngo baza gusanga\u00a0 ishuri ritari ku rutonde rw\u2019ababemerewe,gusa kuko bari barize hafatwa umwanzuro wo kuzibaha,amakosa nk\u2019aya yose akumva adakwiye kongera.<\/p>\n<p>Nyir\u2019ishuri padiri Mutemangando\u00a0 Tito na we ababazwa no kubona ashakashaka uburyo abonera abana b\u2019abanyarwanda ibikorwa remezo nk\u2019ibi ngo bige nyamara abagomba kubamuzanira ntibabikore bigaherera aho, akanasaba akarere kubafasha gukora umuhanda ugera ku ishuri kuko wangiritse cyane nta bushobozi afite bwo kuwubaka neza,na wo ngo ukomeza guteza ibindi bibazo.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019ishami ry\u2019uburezi\u00a0 muri aka karere, Hagenimana Jean de Dieu yabijeje ko bigiye gukurikiranwa aya makosa ntazongere,bakazakorerwa ubuvugizi bagahabwa abana bifuza.<\/p>\n<figure id=\"attachment_138324\" aria-describedby=\"caption-attachment-138324\" style=\"width: 808px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-138324 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-21.jpg\" alt=\"\" width=\"808\" height=\"608\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-138324\" class=\"wp-caption-text\">Biga ubwubatsi ari 5 bakagombye kuba 25<\/figcaption><\/figure>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019ishuri Mizero TVET School riri mu mujyi wa Rusizi buravuga ko buhangayikishijwe bikomeye no kuba bwarubatse amashuri bukanayashyiramo ibikoresho bihagije\u00a0 binagezweho, nyuma yo kwizezwa Leta abanyeshuri mu mashami y\u2019imyuga nyamara ntigire n\u2019umwe ihohereza. Buvuga ko n&#8217;abahazabakiri bake cyane bityo bugasaba REB, WDA na MINEDUC gukemura iki kibazo kigenda giteza igihombo ku ishuri no kuri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-16165","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Ikigo cy&#039;ishuri kirataka igihombo cyagushijwemo na Leta - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Ikigo cy&#039;ishuri kirataka igihombo cyagushijwemo na Leta - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019ishuri Mizero TVET School riri mu mujyi wa Rusizi buravuga ko buhangayikishijwe bikomeye no kuba bwarubatse amashuri bukanayashyiramo ibikoresho bihagije\u00a0 binagezweho, nyuma yo kwizezwa Leta abanyeshuri mu mashami y\u2019imyuga nyamara ntigire n\u2019umwe ihohereza. Buvuga ko n&#8217;abahazabakiri bake cyane bityo bugasaba REB, WDA na MINEDUC gukemura iki kibazo kigenda giteza igihombo ku ishuri no kuri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-09T14:46:41+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-22.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16165#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16165\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Ikigo cy&#039;ishuri kirataka igihombo cyagushijwemo na Leta\",\"datePublished\":\"2019-07-09T14:46:41+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16165\"},\"wordCount\":675,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16165#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/0-22.jpg\",\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16165#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16165\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16165\",\"name\":\"Rusizi: Ikigo cy&#039;ishuri kirataka igihombo cyagushijwemo na Leta - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16165#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16165#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/0-22.jpg\",\"datePublished\":\"2019-07-09T14:46:41+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16165#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16165\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16165#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16165#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Ikigo cy&#039;ishuri kirataka igihombo cyagushijwemo na Leta\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Ikigo cy&#039;ishuri kirataka igihombo cyagushijwemo na Leta - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Ikigo cy&#039;ishuri kirataka igihombo cyagushijwemo na Leta - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019ishuri Mizero TVET School riri mu mujyi wa Rusizi buravuga ko buhangayikishijwe bikomeye no kuba bwarubatse amashuri bukanayashyiramo ibikoresho bihagije\u00a0 binagezweho, nyuma yo kwizezwa Leta abanyeshuri mu mashami y\u2019imyuga nyamara ntigire n\u2019umwe ihohereza. Buvuga ko n&#8217;abahazabakiri bake cyane bityo bugasaba REB, WDA na MINEDUC gukemura iki kibazo kigenda giteza igihombo ku ishuri no kuri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-09T14:46:41+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-22.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Ikigo cy&#039;ishuri kirataka igihombo cyagushijwemo na Leta","datePublished":"2019-07-09T14:46:41+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165"},"wordCount":675,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-22.jpg","articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16165#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165","name":"Rusizi: Ikigo cy&#039;ishuri kirataka igihombo cyagushijwemo na Leta - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-22.jpg","datePublished":"2019-07-09T14:46:41+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16165"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16165#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Ikigo cy&#039;ishuri kirataka igihombo cyagushijwemo na Leta"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16165","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16165"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16165\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16165"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16165"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16165"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}