{"id":16185,"date":"2019-07-11T09:35:31","date_gmt":"2019-07-11T09:35:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/11\/ubuhamya-bw-039-umugabo-wasambanye-n-039-indaya-agataha-yambaye-ubusa-imaze\/"},"modified":"2019-07-11T09:35:31","modified_gmt":"2019-07-11T09:35:31","slug":"ubuhamya-bw-039-umugabo-wasambanye-n-039-indaya-agataha-yambaye-ubusa-imaze","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16185","title":{"rendered":"Ubuhamya bw&#039;umugabo wasambanye n&#039;indaya agataha yambaye ubusa imaze kumunyarira"},"content":{"rendered":"<p>Muraho Bwiza.com, Nitwa Alphonse ntuye i Musanze, ndi umugabo, mfite umugore n&#8217;abana babiri, nagerageje guca inyuma umugore wanjye, ariko nahahuriye n&#8217;urwo imbwa yaboneye ku iriba.<\/p>\n<p>Ubu buhamya mbutanze nyuma yo kubona ubw&#8217;umugore wasabaga inama kuri iki kinyamakuru avuga ko yamenye iby&#8217;amavangingo no gukuna ageze mu Rwanda.<\/p>\n<p>Nibyo koko abagabo dukunda abagore baciye muri izi nzira z&#8217;urubohero, ariko icyo nababwira ni uko n&#8217;uwanjye atigeze azicamo, ariko nyuma nabiganiriyeho hamwe na we kandi tunafata umwanzuro mwiza kandi ibyo twifuzaga byarashobotse.<\/p>\n<p>Wenda ntatinze kuri ibi, reka mbabwire uko byangendekeye. Umugore wanjye nari ntangiye kumwanya pe! kuko twageraga mu buriri ibyishimo nkabibura, akabura ububobere yewe n&#8217;ibyo by&#8217;amavangingo ntabyo yagiraga. Utabonye ububobere n&#8217;ibindi wifuza ntibyaboneka rwose.<\/p>\n<p>Twarabishwaniye, bigera n&#8217;aho noneho murekera uburenganzira bwe, ubwo nari ndaye i Kigali kuko akazi nkora ndara aho ngeze bitewe n&#8217;aho nakoreye. Nakodesheje Lodge ahantu ngize ibanga kuko harazwi muri Kigali.<\/p>\n<p>Narabanje nikoza mu kabari, nsoma agacupa ndanarya, nk&#8217;umugabo iyo ibyo birangiye igikurikira muracyumva, wumva ushatse umugore. Nabwiye umusore waserivaga aho nti &#8216;Nshakira umukobwa se&#8217; ntiyazuyaje yahise ambaza uwo nifuza ndamushushanyiriza, ananyereka amafoto ya batatu baziranye ngo asanzwe azi ko bakora ako kazi.<\/p>\n<p>Nahizemo umwe, ahita anampuza na we, Twajyanye muri iyo Lodge nari nakodesheje tugezeyo abazamu baho baramwangira kuko nta ndangamuntu yari azanye, biba ngombwa ko tujyana iwe.<\/p>\n<p>Ikintu cya mbere namubajije, nifuzaga kumenya niba atagiye kumbihiriza nk&#8217;uko mu rugo byari bisanzwe, kuko numvaga nsa n&#8217;uwahuzwe imibonano, bitewe n&#8217;umugore wanjye. Umukobwa yaransubije ati &#8220;Keretse icyo udashaka&#8217;. Ndamubaza nti &#8216;Ugira amavangingo se&#8217; na we ati &#8220;Ni Aferi toto&#8221;.<\/p>\n<p>Yanyishyuje mbere, ariko nibutse kwikingira kuko ntabwo nari nasinze wenda ngo nabuze ubwenge, twagiye mu buriri iwe, umukobwa dutangira igikorwa, natangiye numva rwose nta kibazo n&#8217;ubwo bubobere bwe bwumvikana cyane.<\/p>\n<p>Byagezemo hagati arisaza cyane nk&#8217;umuntu waryohewe cyane, mwa bantu mwe, yamishijeho inkari zinuka, namwe murabizi umuntu wanyoye inzoga uko ziba zinuka nabi, nisanze n&#8217;imyenda yanjye kuko yari aho ku buriri nirinda ko yanyiba, nayo yajandamye. Ibyo yakoraga nabonaga ameze nk&#8217;umusazi, ariko byose n&#8217;inzoga yari yanyoye.<\/p>\n<p>Byarambabaje, noneho birangiye anzanaho urusaku rwinshi cyane, mu mvugo ntasubiramo, birangira mvanye ibyangombwa byanjye mu ipantalo, nsohoka nambaye agakabutura k&#8217;imbere n&#8217;iserengeri.<\/p>\n<p>Natashye njya muri Lodge nambaye uko, amahirwe ni uko nta muntu wambonye unzi, nasohotse mu nzu y&#8217;iyo ndaya abantu bake bambonye bampaye urw&#8217;amenyo, gusa Imana yaramfashije umugore wanjye ntiyigeze amenya iyo nkuru.<\/p>\n<p>Icyo nifuzaga kugiraho inama uyu mugore navuzeho haruguru, rwose umugabo we niyicare babiganireho babishakire umuti kandi bizakunda, naho ubundi nashaka ibyishimo ku bandi azavana imbwa yiruka.<\/p>\n<p>Kuko njyewe kuva uwo munsi sinshobora guca inyuma umugore wanjye, nanga indaga 100% n&#8217;aho iva ikagera bitewe n&#8217;ibyo yankoreye aribwo bwa mbere nyiguze. Ubu umudamu wanjye ibyo yaburaga byose arabifite bitewe n&#8217;ibiganiro birenze kimwe twagiye tugirana kandi tugafashanya. Murakoze!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Muraho Bwiza.com, Nitwa Alphonse ntuye i Musanze, ndi umugabo, mfite umugore n&#8217;abana babiri, nagerageje guca inyuma umugore wanjye, ariko nahahuriye n&#8217;urwo imbwa yaboneye ku iriba. Ubu buhamya mbutanze nyuma yo kubona ubw&#8217;umugore wasabaga inama kuri iki kinyamakuru avuga ko yamenye iby&#8217;amavangingo no gukuna ageze mu Rwanda. Nibyo koko abagabo dukunda abagore baciye muri izi nzira [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-16185","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubuhamya bw&#039;umugabo wasambanye n&#039;indaya agataha yambaye ubusa imaze kumunyarira - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16185\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubuhamya bw&#039;umugabo wasambanye n&#039;indaya agataha yambaye ubusa imaze kumunyarira - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Muraho Bwiza.com, Nitwa Alphonse ntuye i Musanze, ndi umugabo, mfite umugore n&#8217;abana babiri, nagerageje guca inyuma umugore wanjye, ariko nahahuriye n&#8217;urwo imbwa yaboneye ku iriba. Ubu buhamya mbutanze nyuma yo kubona ubw&#8217;umugore wasabaga inama kuri iki kinyamakuru avuga ko yamenye iby&#8217;amavangingo no gukuna ageze mu Rwanda. Nibyo koko abagabo dukunda abagore baciye muri izi nzira [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16185\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-11T09:35:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16185#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16185\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubuhamya bw&#039;umugabo wasambanye n&#039;indaya agataha yambaye ubusa imaze kumunyarira\",\"datePublished\":\"2019-07-11T09:35:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16185\"},\"wordCount\":479,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16185#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16185\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16185\",\"name\":\"Ubuhamya bw&#039;umugabo wasambanye n&#039;indaya agataha yambaye ubusa imaze kumunyarira - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-07-11T09:35:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16185#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16185\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16185#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubuhamya bw&#039;umugabo wasambanye n&#039;indaya agataha yambaye ubusa imaze kumunyarira\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubuhamya bw&#039;umugabo wasambanye n&#039;indaya agataha yambaye ubusa imaze kumunyarira - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16185","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubuhamya bw&#039;umugabo wasambanye n&#039;indaya agataha yambaye ubusa imaze kumunyarira - BWIZA","og_description":"Muraho Bwiza.com, Nitwa Alphonse ntuye i Musanze, ndi umugabo, mfite umugore n&#8217;abana babiri, nagerageje guca inyuma umugore wanjye, ariko nahahuriye n&#8217;urwo imbwa yaboneye ku iriba. Ubu buhamya mbutanze nyuma yo kubona ubw&#8217;umugore wasabaga inama kuri iki kinyamakuru avuga ko yamenye iby&#8217;amavangingo no gukuna ageze mu Rwanda. Nibyo koko abagabo dukunda abagore baciye muri izi nzira [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16185","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-11T09:35:31+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16185#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16185"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubuhamya bw&#039;umugabo wasambanye n&#039;indaya agataha yambaye ubusa imaze kumunyarira","datePublished":"2019-07-11T09:35:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16185"},"wordCount":479,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16185#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16185","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16185","name":"Ubuhamya bw&#039;umugabo wasambanye n&#039;indaya agataha yambaye ubusa imaze kumunyarira - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-07-11T09:35:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16185#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16185"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16185#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubuhamya bw&#039;umugabo wasambanye n&#039;indaya agataha yambaye ubusa imaze kumunyarira"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16185","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16185"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16185\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16185"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16185"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16185"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}