{"id":16287,"date":"2019-07-16T23:29:42","date_gmt":"2019-07-16T23:29:42","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/16\/diane-rwigara-yandikiye-perezida-kagame-ibaruwa-ifunguye\/"},"modified":"2025-02-12T12:15:06","modified_gmt":"2025-02-12T10:15:06","slug":"diane-rwigara-yandikiye-perezida-kagame-ibaruwa-ifunguye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16287","title":{"rendered":"Diane Rwigara yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye"},"content":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Nyakanga 2019, Diane Rwigara uvuga ko ari umunyapolitike utavuga rumwe na Leta y\u2019u Rwanda, yatangaje ko yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye amusaba gukurikirana no guhagarika impfu za hato na hato kubacitse ku icumu rya jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.<\/p>\n<p>Mu kiganiro yahaye abanyamakuru cyabereye ku biro bye i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali , Diane Rwigara yavuze ko yandikiye umukuru w\u2019igihugu ibaruwa ifunguye nyuma y\u2019uko umucungagereza Mwiseneza Jean Paul yiciwe i Nyamata mu Karere ka Bugesera , uyu mucungagereza wishwe atemaguwe n\u2019abantu bataramenyekana yari inshuti ya Diane Rwigara, akaba kandi yari yararokotse Jenoside we na mushiki we, Diane akavuga ko bikabije ndetse bimaze no kurengera kuba abarokotse Jenoside bakomeje kwicwa abandi bakaburirwa irengero ntihagaragazwe ababikoze cyangwa ngo hihutishwe iperereza.<\/p>\n<p>Mu ibaruwa y\u2019impapuro ebyiri iriho n\u2019umugereka w\u2019mpapuro eshantu bwiza.com yabashije kubona igaragaraho urutonde n\u2019amazina y\u2019abantu bamwe avuga ko bishwe cyangwa bakaburirwa irengero, Diane Rwigara yavuze ko yababajwe bikomeye n\u2019urupfu rwa Mwiseneza , anavuga ko bamenyaniye kuri gereza ubwo yari afunzwe ndetse akavuga ko yishwe hashize igihe gito bavuganye. \u201cMwiseneza (Nyamata ) twamenyaniye kuri gereza ubwo nari mfunze, yari umuntu mwiza, yarokotse Jenoside nabwo bamukuye mu mirambo myinshi, buriya hose yari yuzuyeho imihoro, yari umuntu mwiza, ugira ukuri , urupfu rwe rwanteye shoke, ni ikibazo kukuba abarokotse barimo bicwa impfu zidasobanutse, kandi imwe mu miryango y\u2019abarokotse ubona hari ibibazo bibagora gukemura ndetse nta kintu kinini ibivugaho bityo akaba yizeye igisubizo k&#8217;umukuru w&#8217;igihugu\u201c .<\/p>\n<p>Diane Rwigara avuga ko u Rwanda ari igihugu cyakuyeho igihano cy\u2019urupfu abantu barishima , ndetse ashimira umukuru w\u2019iguhugu cy\u2019u Rwanda kuba we n\u2019ingabo yari ayoboye barahagaritse Jenoside yakorerwaga Abatutsi , akavuga ko byaba bibabaje mubahagaritse Jenoside harimo abarenganya Abacitse ku icumu, bityo agasaba umukuru w\u2019igihugu gukoresha ububasha bwe hagahagarikwa impfu za hato na hato kuko imiryango imwe n\u2019imwe y\u2019Abanyarwanda ikomeje kuba mu gahinda ko kubura ababo, yavuze ko kandi imbaraga zakoreshejejwe hahagarikwa jenoside zitananirwa gukemura ikibazo cy&#8217;abapfa mu buryo budasobanutse<\/p>\n<p>Abanyamakuru bamaze gusoma iyi baruwa bamubajije niba atagiye gusimbura inzego z\u2019ubugenzacyaha, cyangwa niba yarakoze ubushakashatsi akamenya ababa bica abo bantu, aha kandi bamubajije kukuba harimo gusa naho atunga intoki mu buryo buteruye ubutegetsi buriho no ku miryango imwe nimwe iharanira inyungu z\u2019abacitse ku icumu, bamubaza niba atagaragaraho icyaha cyo gupfobya Jenoside . Ati : Ntamuntu ukwiye gupfobya Jenoside haba munyandiko cyangwa mu mvugo. Ntabwo nayipfobya \u201d<\/p>\n<p>&#8220;Abantu benshi uko bapfuye turabizi, navuganye n\u2019abantu bamwe na bamwe , ngenda soma ibinyamakuru bimwe na bimwe bya hano, abantu bamwe baburiwe irengero ababanaga nabo bafite uko babizi , sinshaka kuvuga amazina y\u2019abantu bampaye amakuru, ariko ni ibintu bizwi.&#8221;<\/p>\n<p>Diane Rwigara yavuze ko koko hari byinshi Leta yakoze bifasha abarokotse ariko\u00a0 ko\u00a0 bidahagije ighe haba hari abadatuje, yavuze ko kandi ategereje igisubizo cy&#8217;umukuru w&#8217;igihugu ku ibaruwa yamwandikiye.<\/p>\n<p>Diane Rwigara ubu arafatwa nk\u2019impirimbanyi ya demokarasi, yashatse kwiyamamaza mu matora ya perezida aheruka mu 2017, ariko akanama k\u2019amatora kanzura ko atabyemerewe kavuga ko yakoze uburiganya mu kuzuza ibyangombwa bijyanye na kandidatire ye, nyuma yaje gufungwa we na nyina\u00a0 ariko urukiko ruza kubagira abere.<\/p>\n<p>Tukaba tuzagerageza kuvugana na CNLG cyangwa ibuka twumve icyo babivugaho kuko nabo mu ibaruwa yandikiwe umukuru w&#8217;igihugu barabimenyeshejwe .<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Nyakanga 2019, Diane Rwigara uvuga ko ari umunyapolitike utavuga rumwe na Leta y\u2019u Rwanda, yatangaje ko yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye amusaba gukurikirana no guhagarika impfu za hato na hato kubacitse ku icumu rya jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Mu kiganiro yahaye abanyamakuru cyabereye ku biro bye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-16287","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Diane Rwigara yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16287\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Diane Rwigara yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Nyakanga 2019, Diane Rwigara uvuga ko ari umunyapolitike utavuga rumwe na Leta y\u2019u Rwanda, yatangaje ko yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye amusaba gukurikirana no guhagarika impfu za hato na hato kubacitse ku icumu rya jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Mu kiganiro yahaye abanyamakuru cyabereye ku biro bye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16287\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-16T23:29:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:15:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16287#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16287\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Diane Rwigara yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye\",\"datePublished\":\"2019-07-16T23:29:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:15:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16287\"},\"wordCount\":535,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16287#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16287\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16287\",\"name\":\"Diane Rwigara yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-07-16T23:29:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:15:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16287#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16287\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16287#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Diane Rwigara yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Diane Rwigara yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16287","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Diane Rwigara yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Nyakanga 2019, Diane Rwigara uvuga ko ari umunyapolitike utavuga rumwe na Leta y\u2019u Rwanda, yatangaje ko yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye amusaba gukurikirana no guhagarika impfu za hato na hato kubacitse ku icumu rya jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Mu kiganiro yahaye abanyamakuru cyabereye ku biro bye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16287","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-16T23:29:42+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:15:06+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16287#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16287"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Diane Rwigara yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye","datePublished":"2019-07-16T23:29:42+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:15:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16287"},"wordCount":535,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16287#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16287","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16287","name":"Diane Rwigara yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-07-16T23:29:42+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:15:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16287#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16287"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16287#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Diane Rwigara yandikiye Perezida Kagame ibaruwa ifunguye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16287","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16287"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16287\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16287"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16287"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16287"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}