{"id":16313,"date":"2019-07-18T09:28:50","date_gmt":"2019-07-18T09:28:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/18\/pasitori-francis-karemera-yatorewe-kuba-musenyeri-mushya-wa-ear-diyoseze-ya\/"},"modified":"2019-07-18T09:28:50","modified_gmt":"2019-07-18T09:28:50","slug":"pasitori-francis-karemera-yatorewe-kuba-musenyeri-mushya-wa-ear-diyoseze-ya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313","title":{"rendered":"Pasitori Francis Karemera yatorewe kuba Musenyeri mushya wa  EAR\/ Diyoseze ya Cyangugu"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Nyuma y\u2019uko ku cyumweru tariki 14 Nyakanga 2019 , mu itorero ry\u2019Abangilikani Diyoseze ya Cyangugu basezeye ku mugaragaro ku wari\u00a0 umwepisikopi wabo,Musenyeri Nathan Rusengo Amoti wahinduriwe imirimo aho agiye kuba umwepisikopi wa Diyoseze ya Kigali muri iri torero,\u00a0 inama y\u2019abepisikopi yateraniye mu mujyi wa Karongi ku wa 15 Nyakanga ,yatoreye Pasitori Francis Karemera kuba umwepisikopi mushya w\u2019iri torero muri iyi Diyoseze.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ubwo umwepisikopi mukuru w\u2019iri torero, Dr Laurent Mbanda\u00a0 yifatanyaga n\u2019abakirisitu b\u2019iyi Diyoseze n\u2019ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rusizi gusezera kuri\u00a0 Musenyeri Nathan Rusengo Amoti wari uhamaze imyaka 7,aba bakirisitu bavuze ko uwari Musenyeri wabo agiye batabishaka na gato kuko yari amaze kubageza ku bikorwa by\u2019indashyikirwa\u00a0 mu buryo burenze ubwo batekerezaga,bavuga ariko ko ubwo itorero rimukeneye ngo azamure na Diyoseze ya Kigali ivugwaho kuba isa n\u2019iyadindiye mu gihe iya Cyangugu ngo ari yo ihagaze neza mu zindi zose ,nta kindi bakora.<\/p>\n<p>Niyonsaba Martin,umukuru w\u2019abakirisitu muri iyi Diyoseze yari yabwiye Bwiza.com ati\u2019\u2019 yatubereye intwari mu buryo butangaje kuko adusigiye ibikorwa byinshi tutigeze tunatekereza,birimo\u00a0 Guest house yahasanze yaguye cyane n\u2019izindi 2 asize harimo iri Bweyeye, amashuri,amavuriro,abatagiraga shinge na rugero yitayeho bamwe barubakirwa n\u2019ibindi twari tukimwifuzaho birimo kurushaho kuzamura akarere ka Nyamasheke kuko yibanze kuri Rusizi cyane, kutubonera kaminuza ifatika yakwigisha na tewolojiya\u00a0 n\u2019ibindi twifuza ko uzamusimbura yazadukorera.<\/p>\n<p>\u00a0Bukeye ku wa 15 ni bwo inama y\u2019abepisikopi yatoreye pasitori Francis Karemera kuzayobora iyi Diyoseze nk\u2019uko\u00a0 umwepisikopi mukuru w\u2019iri torero,Dr Laurent Mbanda yabishimangiye mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com kuri uyu wa gatatu.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019\u00a0 twamutoye,yitwa Reverend Francis Karemera, yari umunyamabanga mukuru w\u2019itorero Anglican mu Rwanda,yari abimazemo imyaka\u00a0 irenga 10.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko inama y\u2019abepisikopi\u00a0 itora mu bakandida 2 baba boherejwe na Diyoseze ikeneye umwepisikopi,igahitamo umwe babona afite ubunararibonye buhagije,ushoboye uwo murimo, ufite amashuri akenewe,amaze nibura imyaka 5 mu murimo,afite impamyabushobozi ya kaminuza muri Tewolojiya,bikaba atari ngombwa ngo abe asanzwe ari uwo muri iyo Diyoseze kuko ashobora guturuka muri\u00a0 Diyoseze iyo ari yo yose ku isi, abo bakandida 2 bagatorwa na sinode ya Diyoseze muri benshi ishyikirijwe n\u2019akanama gahitamo abakandida,abo 2 bagashyikirizwa inama y\u2019abepisikopi igahitamo umwe.<\/p>\n<p>Avuga ko nyuma yo gutorwa n\u2019iyi nama hahita hasohorwa itangazo rijya mu itangazamakuru bikanamenyeshwa abangilikani ku isi yose,hagategerezwa iminsi 28 nk\u2019uko amategeko yabo abisaba,bategereje uwagira ikindi amuvugaho kitamenyekanye mbere cyangwa ikindi cyatungurana,nyuma hagakurikiraho kumurobanura no kumwicaza ku ntebe y\u2019ubwepisikopi.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 ni umwe mu bapasitori bafite uburambe,bazi itorero,bigishijwe neza,berekanye ubuhanga bwabo mu yindi mirimo bakoze,turizera ko azakomereza aho uwo asimbuye yari ageze kandi nta cyari giteganijwe na kimwe kitazakorwa kuko tumwizeye,akazakomeza imirimo mu ivugabutumwa,kwigisha abapasitori mu iterambere n\u2019izindi nshingano zose za Diyoseze kuko na we azaba afite iye migambi azayigezaho.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Musenyeri Nathan Rusengo Amoti\u00a0 ucyuye igihe, yabwiye Bwiza.com ko yishimira ko mu myaka 7 yari ahamaze, ku bufatanye n\u2019abakirisitu\u00a0 asize urusengero rugezweho rwatwaye hafi 300.000.000 z\u2019amanyarwanda, yarasanze uruto cyane rwari rutangiye gusaza, abakirisitu 27.000 yarabasanze ari 4000 gusa, amakanisa agera kuri 45 yubatse arimo amaparuwasi 32,andi akora ariko akeneye inyubako asize ageze ku 130 yarasanze 74, Ikigo nderabuzima cya Kacyangugu yasanze gifunze asize\u00a0 gikora neza cyane Guest house yasanze imwe arayagura asize n\u2019izindi 2 n\u2019ibindi yishimira,akavuga ko yari hafi kubaka inzu nini y\u2019amagorofa y\u2019ubucuruzi mu mujyi wa Rusizi n\u2019ibindi bikorwa birimo no kuzuza ikigo nderabuzima cya Gihundwe,n\u2019ibindi yumva mugenzi we azakomeza.<\/p>\n<p>Kubyerekeranye no kuba Nyamasheke atarayikozemo cyane ati\u2019\u2019 Nyamasheke yarangoye cyane kuko ibyangombwa byo kubaka bihabona umugabo bigasiba undi mu gihe muri Rusizi byosroshye. Ho bagukoza hirya no hino ukamara umwaka ugenda ukageraho ukarambirwa ni yo mpamvu ntahakoze cyane. Bakwiye kuvugurura kugira ngo uzaza azoroherwe.<\/p>\n<p>Musenyeri\u00a0 mushya,Francis Karemera uzicazwa ku ntebe ku wa 15 Nzeri,afite imyaka 59 y\u2019amavuko, impamyabushobozi y\u2019icyiro cya 3 cya kaminuza mu bijyanye n\u2019ubuyobozi n\u2019icya 2 cya kaminuza muri Tewolojiya,arubatse afite abana bane.<\/p>\n<figure id=\"attachment_139026\" aria-describedby=\"caption-attachment-139026\" style=\"width: 551px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-139026 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-45.jpg\" alt=\"\" width=\"551\" height=\"608\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-139026\" class=\"wp-caption-text\">Pasitori Francis Karemera watorewe kuba umwepisikopi wa Angilikani Diyoseze ya Cyangugu<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019uko ku cyumweru tariki 14 Nyakanga 2019 , mu itorero ry\u2019Abangilikani Diyoseze ya Cyangugu basezeye ku mugaragaro ku wari\u00a0 umwepisikopi wabo,Musenyeri Nathan Rusengo Amoti wahinduriwe imirimo aho agiye kuba umwepisikopi wa Diyoseze ya Kigali muri iri torero,\u00a0 inama y\u2019abepisikopi yateraniye mu mujyi wa Karongi ku wa 15 Nyakanga ,yatoreye Pasitori Francis Karemera kuba umwepisikopi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-16313","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Pasitori Francis Karemera yatorewe kuba Musenyeri mushya wa EAR\/ Diyoseze ya Cyangugu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Pasitori Francis Karemera yatorewe kuba Musenyeri mushya wa EAR\/ Diyoseze ya Cyangugu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019uko ku cyumweru tariki 14 Nyakanga 2019 , mu itorero ry\u2019Abangilikani Diyoseze ya Cyangugu basezeye ku mugaragaro ku wari\u00a0 umwepisikopi wabo,Musenyeri Nathan Rusengo Amoti wahinduriwe imirimo aho agiye kuba umwepisikopi wa Diyoseze ya Kigali muri iri torero,\u00a0 inama y\u2019abepisikopi yateraniye mu mujyi wa Karongi ku wa 15 Nyakanga ,yatoreye Pasitori Francis Karemera kuba umwepisikopi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-18T09:28:50+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-45.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16313#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16313\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Pasitori Francis Karemera yatorewe kuba Musenyeri mushya wa EAR\\\/ Diyoseze ya Cyangugu\",\"datePublished\":\"2019-07-18T09:28:50+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16313\"},\"wordCount\":668,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16313#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/0-45.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16313#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16313\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16313\",\"name\":\"Pasitori Francis Karemera yatorewe kuba Musenyeri mushya wa EAR\\\/ Diyoseze ya Cyangugu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16313#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16313#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/0-45.jpg\",\"datePublished\":\"2019-07-18T09:28:50+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16313#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16313\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16313#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16313#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Pasitori Francis Karemera yatorewe kuba Musenyeri mushya wa EAR\\\/ Diyoseze ya Cyangugu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Pasitori Francis Karemera yatorewe kuba Musenyeri mushya wa EAR\/ Diyoseze ya Cyangugu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Pasitori Francis Karemera yatorewe kuba Musenyeri mushya wa EAR\/ Diyoseze ya Cyangugu - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019uko ku cyumweru tariki 14 Nyakanga 2019 , mu itorero ry\u2019Abangilikani Diyoseze ya Cyangugu basezeye ku mugaragaro ku wari\u00a0 umwepisikopi wabo,Musenyeri Nathan Rusengo Amoti wahinduriwe imirimo aho agiye kuba umwepisikopi wa Diyoseze ya Kigali muri iri torero,\u00a0 inama y\u2019abepisikopi yateraniye mu mujyi wa Karongi ku wa 15 Nyakanga ,yatoreye Pasitori Francis Karemera kuba umwepisikopi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-18T09:28:50+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-45.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Pasitori Francis Karemera yatorewe kuba Musenyeri mushya wa EAR\/ Diyoseze ya Cyangugu","datePublished":"2019-07-18T09:28:50+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313"},"wordCount":668,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-45.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16313#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313","name":"Pasitori Francis Karemera yatorewe kuba Musenyeri mushya wa EAR\/ Diyoseze ya Cyangugu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-45.jpg","datePublished":"2019-07-18T09:28:50+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16313"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16313#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Pasitori Francis Karemera yatorewe kuba Musenyeri mushya wa EAR\/ Diyoseze ya Cyangugu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16313","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16313"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16313\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16313"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16313"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16313"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}