{"id":16324,"date":"2019-07-18T16:40:14","date_gmt":"2019-07-18T16:40:14","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/18\/rusizi-bugarama-hakenewe-uruhare-rw-ababyeyi-mu-guhangana-n-ikibazo-cy\/"},"modified":"2019-07-18T16:40:14","modified_gmt":"2019-07-18T16:40:14","slug":"rusizi-bugarama-hakenewe-uruhare-rw-ababyeyi-mu-guhangana-n-ikibazo-cy","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324","title":{"rendered":"Rusizi\/ Bugarama: Hakenewe uruhare rw\u2019ababyeyi mu guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019ubucucike mu mashuri"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi buvuga ko nubwo hakorwa\u00a0 byinshi ngo ubucucike bw\u2019abana mu mashuri bugabanuke, uruhare rwisumbuye rw&#8217;ababyeyi rukenewe mu guhangana n&#8217;iki kibazo.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ubu bucucike mu mashuri ngo bukomeje kuhagaragara bitewe n\u2019impamvu nyinshi zirimo n\u2019abahimukira buri gihe bahashaka imirimo bakahazana n\u2019abana bagomba kwiga kandi mu kubaka amashuri baba batiteze umubare ungana utyo.<\/p>\n<p>Byagarutsweho ubwo muri GS Bugarama cit\u00e9 hatahwaga ibyumba by\u2019amashuri 2, ubwiherero 34 n\u2019igikoni kigezweho gishobora gutekera abana benshi mu gihe mbere batekeraga mu gakoni gakikijwe n\u2019amabati impande zose katakemuraga ikibazo cy\u2019ireme ry\u2019ibiribwa bitekerwa abana,ibi byumba na byo bikaba bikemuye ikibazo gikomeye cyane cy\u2019ubucucike bwaharangwaga nubwo ngo butarangiye,ubwiherero na bwo ngo ubwari buhari bwari hafi kuzura butanahagije kuko bwari 10 gusa mu bana barenga 2600, muri ibi byose ubwiherero 21 n\u2019iki gikoni bikaba byarubatswe n\u2019ababyeyi ubwabo, ibisigaye biba inkunga y\u2019akarere.<\/p>\n<p>Iyabivuze Ollegia wiga mu wa 3 w\u2019ayisumbuye avuga ko nk\u2019iyo habaga ari igihe cy\u2019izuba ryinshi batashoboraga kwiga neza kubera kwicara babyigana n\u2019icyokere cyinshi,kubona aho bigira bikaba bibaruhuye cyane.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 twigaga nabi tubyigana kandi kino kibaya cya Bugarama kibamo izuba ryinshi cyane iyo ari igihe cyaryo,tukaba tutavuga ko twafataga kubera kwiga gutyo turi abana bagera kuri 70 mu cyumba cy\u2019ishuri ,ariko ibi byumba 2 bigiye kugabanya ubu bucucike twige neza,ubwiherero na bwo byagaragaraga ko ari ikibazo gikomeye cyane, no kuba nta gikoni twagiraga bikarushaho kutubabaza,tugashima akarere n\u2019ababyeyi bacu banze ko dukomeza guhangayika gutyo bagashaka igisubizo.<\/p>\n<figure id=\"attachment_139074\" aria-describedby=\"caption-attachment-139074\" style=\"width: 811px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-139074 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-47.jpg\" alt=\"\" width=\"811\" height=\"608\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-139074\" class=\"wp-caption-text\">Abanyeshuri bavuga ko aya mahirwe babonye bagiye kuyabyaza umusaruro<\/figcaption><\/figure>\n<p>Mvuyekure Hassan Damien,umwe mu babyeyi baharerera, avuga ko kuba bageze ku rwego rwo kwishakira ibisubizo by\u2019abana babo ari intambwe ikomeye bakesha imiyoborere myiza ikaba n\u2019imwe mu mbuto\u00a0 zigaragara zo kwibohora,kuko kera bo ngo bigaga kure cyane bamwe bakarara nzira kandi biga mu mashuri abanza,bakiga bicaye ku ngiga z\u2019ibiti cyangwa ku matafari ya rukarakara,akizeza kubungabungira umutekano ibi byose bigezaho,agasaba ko harebwa uko iri shuri ryahinduka iry\u2019uburezi bw\u2019ibanze bw\u2019imyaka 12 kuko kugera ku myaka 9 gusa bikiri ikibazo kuko hari bamwe mu baharangiza n\u2019ubundi bakajya kwiga kure kandi ari cyo barwanya.<\/p>\n<p>Ubu bucucike bukomeza kugaragara mu mashuri y\u2019uyu murenge nk\u2019uko bivugwa n\u2019umuyobozi w\u2019iri shuri,Mbarushimana Hamimu,ngo buterwa n\u2019abimukira benshi bahaza buri gihe bahashaka imibereho bakazana n\u2019abo bana\u00a0 baba bagomba kuhakomereza amashuri,ubuharike,ubushoreke,gutwara inda kw\u2019abangavu no kutaboneza urubyaro bihiganje na byo bigatera abana benshi bakenera kwiga kandi amashuri ari make, akavuga ko batangiye kubikemura bashishikariza ababyeyi kwishakamo ibisubizo ubwabo bakiyubakira amashuri y\u2019abana babo,Leta ikabunganira ariko ihereye ku mbaraga zabo ubwabo.<\/p>\n<p>Avuga ko ibi bikorwa byose byuzuye bitwaye arenga 67.000.000,agashima ababyeyi imyumvire bamaze kuzamura mu kwishakamo ibisubizo, agashima akarere n\u2019umuryango w\u2019abayisilamu mu Rwanda imbaraga bashyira mu myigire y\u2019aba bana no kurira ahatunganye ku biga mu yisumbuye,akavuga ko ubu bufatanye bugiye no kugera ku ntambwe yo kubaka uruzitiro rw\u2019ishuri na rwo ruzabatwara atari make,kuko ngo kuva mu 1968 ryubakwa ritazitiwe,kurizitira bikaba byakongera umutekano w\u2019abana, n\u2019icyifuzo cyabo cyo kuhazana uburezi bw\u2019ibanze bw\u2019imyaka 12,ibindi byumba bigera kuri 11 bakeneye ngo barusheho kugabanya ubu bucucike nibiboneka n\u2019iki\u00a0 cyifuzo kizakorerwa ubuvugizi.<\/p>\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019uyu murenge Ntivuguruzwa Gervais avuga ko\u00a0 urimo ibigo by\u2019amashuri 6 byose bigifite ikibazo cy\u2019ubucucike kandi badashobora guhagarika ubwiyongere bw\u2019abana baza bashaka kwiga,agasaba ababyeyi bo ku yandi mashuri gufatira urugero kuri aba bakishakamo ibisubizo n\u2019ubundi byobozi bukaza bubunganira,akanabashimira ibimaze gukorwa cyane cyane mu bikorwa by\u2019umuganda,kandi ngo bizakomeza.<\/p>\n<figure id=\"attachment_139075\" aria-describedby=\"caption-attachment-139075\" style=\"width: 811px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-139075 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-48.jpg\" alt=\"\" width=\"811\" height=\"608\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-139075\" class=\"wp-caption-text\">Hatashye ibyumba by\u2019amashuri 2, ubwiherero 34 n\u2019igikoni kigezweho<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi buvuga ko nubwo hakorwa\u00a0 byinshi ngo ubucucike bw\u2019abana mu mashuri bugabanuke, uruhare rwisumbuye rw&#8217;ababyeyi rukenewe mu guhangana n&#8217;iki kibazo. Ubu bucucike mu mashuri ngo bukomeje kuhagaragara bitewe n\u2019impamvu nyinshi zirimo n\u2019abahimukira buri gihe bahashaka imirimo bakahazana n\u2019abana bagomba kwiga kandi mu kubaka amashuri baba batiteze umubare ungana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-16324","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi\/ Bugarama: Hakenewe uruhare rw\u2019ababyeyi mu guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019ubucucike mu mashuri - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi\/ Bugarama: Hakenewe uruhare rw\u2019ababyeyi mu guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019ubucucike mu mashuri - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi buvuga ko nubwo hakorwa\u00a0 byinshi ngo ubucucike bw\u2019abana mu mashuri bugabanuke, uruhare rwisumbuye rw&#8217;ababyeyi rukenewe mu guhangana n&#8217;iki kibazo. Ubu bucucike mu mashuri ngo bukomeje kuhagaragara bitewe n\u2019impamvu nyinshi zirimo n\u2019abahimukira buri gihe bahashaka imirimo bakahazana n\u2019abana bagomba kwiga kandi mu kubaka amashuri baba batiteze umubare ungana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-18T16:40:14+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-47.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16324#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16324\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi\\\/ Bugarama: Hakenewe uruhare rw\u2019ababyeyi mu guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019ubucucike mu mashuri\",\"datePublished\":\"2019-07-18T16:40:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16324\"},\"wordCount\":624,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16324#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/0-47.jpg\",\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16324#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16324\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16324\",\"name\":\"Rusizi\\\/ Bugarama: Hakenewe uruhare rw\u2019ababyeyi mu guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019ubucucike mu mashuri - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16324#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16324#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/0-47.jpg\",\"datePublished\":\"2019-07-18T16:40:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16324#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16324\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16324#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16324#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi\\\/ Bugarama: Hakenewe uruhare rw\u2019ababyeyi mu guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019ubucucike mu mashuri\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi\/ Bugarama: Hakenewe uruhare rw\u2019ababyeyi mu guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019ubucucike mu mashuri - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi\/ Bugarama: Hakenewe uruhare rw\u2019ababyeyi mu guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019ubucucike mu mashuri - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi buvuga ko nubwo hakorwa\u00a0 byinshi ngo ubucucike bw\u2019abana mu mashuri bugabanuke, uruhare rwisumbuye rw&#8217;ababyeyi rukenewe mu guhangana n&#8217;iki kibazo. Ubu bucucike mu mashuri ngo bukomeje kuhagaragara bitewe n\u2019impamvu nyinshi zirimo n\u2019abahimukira buri gihe bahashaka imirimo bakahazana n\u2019abana bagomba kwiga kandi mu kubaka amashuri baba batiteze umubare ungana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-18T16:40:14+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-47.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi\/ Bugarama: Hakenewe uruhare rw\u2019ababyeyi mu guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019ubucucike mu mashuri","datePublished":"2019-07-18T16:40:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324"},"wordCount":624,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-47.jpg","articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16324#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324","name":"Rusizi\/ Bugarama: Hakenewe uruhare rw\u2019ababyeyi mu guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019ubucucike mu mashuri - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/0-47.jpg","datePublished":"2019-07-18T16:40:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16324"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16324#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi\/ Bugarama: Hakenewe uruhare rw\u2019ababyeyi mu guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019ubucucike mu mashuri"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16324","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16324"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16324\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16324"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16324"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16324"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}