{"id":16373,"date":"2019-07-21T11:00:43","date_gmt":"2019-07-21T11:00:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/21\/rwamagana-arasaba-kurenganurwa-kubera-umutungo-we-watejwe-cyamunara-mu-buryo-bw\/"},"modified":"2025-02-12T12:14:09","modified_gmt":"2025-02-12T10:14:09","slug":"rwamagana-arasaba-kurenganurwa-kubera-umutungo-we-watejwe-cyamunara-mu-buryo-bw","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373","title":{"rendered":"Rwamagana: Arasaba kurenganurwa kubera umutungo we watejwe cyamunara mu buryo bw\u2019amayobera"},"content":{"rendered":"<p>Umuturage witwa Waswa Peter utuye mu Mudugudu wa Kagerero mu Kagari ka Bwiza mu Murenge wa Kigabiro arasaba inzego zishinzwe kurenganura abaturage kumurenganura kubera cyamunara yamubereye amayobera\u00a0\u00a0.<\/p>\n<p>Waswa Peter yahungutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi kuko yari yaravukiye mu mahanga bitewe nuko ababyeyi be bari barahunze mu 1959.<\/p>\n<p>Waswa Peter avuga ko amaze kugera mu Rwanda yahawe ubutaka na Mukangwije Agnes muri gahunda y\u2019isaranganya ryakozwe n\u2019abari abayobozi ,mu gihe babaruraga ubutaka bwamuhawe ,Mukangwije yabwibarujeho aho kububarura kuri Waswa Peter wabuhawe ndetse babufatanya n\u2019ubundi butaka yiguriye n\u2019umuturage .<\/p>\n<p>Amaze kumenya ko ubutaka yahawe mu gihe cyo gusaranganya n\u2019ubundi yiguriye babwibarujeho, yahise ajya kurega Mukangwije mu bunzi b\u2019akagari ka Bwiza ajuririra abunzi b\u2019umurenge wa Kigabiro bamwohereje mu rukiko rw\u2019ibanze rwa Kigabiro .<\/p>\n<p>Ubwo yaburanaga yareze mu rukiko Mukankusi Venantie baburanaga ariko ahagarariye Mukangwije bari bari barasaranganyije ,urukiko rwemeje ko ikirego cya Waswa Peter kitakiriwe kuko uwari wanditsweho ibyangombwa by\u2019ubwo butaka ariwe yareze rwemeza ko agomba guha Mukankusi Venantie, waburaniraga nyina Mukangwije Agnes, amafaranga ibihumbi 700 akubiyemo indishyi n\u2019igihembo cy\u2019avoka waburaniraga Mukankusi Venantie .<\/p>\n<p>Waswa Peter avuga ko yasabwe n\u2019umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019umurenge ko akwiye kwishyura Mukankusi amafaranga yategetswe n\u2019urukiko ariko atungurwa nuko uwishyuzaga yahise ajya gushaka umuhesha w\u2019inkiko w\u2019umwuga kugirango arangize urubanza .<\/p>\n<p>Umuhesha w\u2019inkiko w\u2019umwuga yasabye Peter Waswa kwishyura Mukankusi Venantie bumvikana ko azajya ayishyura mu byiciro kugirango batamutereza cyamunara inzu yabagamo n\u2019umuryango we .<\/p>\n<p>Umuhesha w\u2019inkiko w\u2019umwuga Maitre Nziza Venuste yamaze gufata amafaranga ibihumbi 400 ntiyongera kugaruka ahubwo yakomeje gukoresha undi muntu uzwi ku izina rya Jado ku buryo byateye urujijo Waswa Peter uburyo yishyuzwa n\u2019abantu babiri ariko akabwirwa n\u2019uwo munyamategeko ko akorana na Nziza Venuste .<\/p>\n<p>Waswa Peter avuga ko uburyo umutungo watejwe Cyamunara byamubereye amayobera ndetse agasaba inzego zibishinzwe ko zikwiye gukurikirana akarengane yakorewe kandi yari amaze kwishyura amafaranga ibihumbi 800 muri miriyoni n\u2019ibihumbi 200 yagombaga kwishyura akubiyemo ibihumbi 700 ya Mukankusi n\u2019ibihumbi 500 yagombaga kwishyura umuhesha w\u2019inkiko w\u2019umwuga .<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cNdasaba abashinzwe kurenganura abaturage kundenganura kuko nahohotewe kandi nari mu nzira zo kwishyura amafaranga ibihumbi 400 yari asigaye kuko ubwa mbere uriya witwa Nziza Yaje nkamuha amafaranga ibihumbi 400 imbere y\u2019abaturage yarongeye yohereza uwitwa Jado nawe muha amafaranga ibihumbi 400 ubwo nari nsigaje 400 ,umukozi we witwa Jado yaraje avuga ngo aje guteza cyamunara ,icyo gihe uwitwa Gasana yageretse miriyoni n\u2019ibihumbi 300 Jado avuga ko basubitse cyamunara kuri 30 mu kwa gatanu noneho\u00a0\u00a0Nziza niwe wiyiziye mubwira ko hari umuntu ugomba kumpa amafaranga asigaye ntantereze inzu cyamunara ariko arabyanga.\u201d<\/p>\n<p>Uwitwa Gasana Francois umunsi wa Cyamunara yohereje abakomisiyoneri barimo uwitwa Munyampeta wageretse amafaranga miriyoni n\u2019ibihumbi 320.<\/p>\n<figure id=\"attachment_139328\" aria-describedby=\"caption-attachment-139328\" style=\"width: 536px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-139328 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/DSC_5959.jpg\" alt=\"\" width=\"536\" height=\"800\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-139328\" class=\"wp-caption-text\">Waswa Peter usaba kurenganurwa<\/figcaption><\/figure>\n<p>Peter Waswa yabwiye\u00a0<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/\">bwiza.com<\/a>\u00a0ko yababajwe nuko umutungo watejwe cyamunara hifashijwe abakomisiyoneri barimo Munyampeta .<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cNababajwe nuko uriya munyamategeko yaje guteza cyamunara akirengagiza agaciro k\u2019umutungo wanjye ahubwo bigaragara ko ibyo bakoze bari bamaze kubipanga kuko uriya Munyampeta bivuga ko yaguze yazanye n\u2019abandi bagabo barimo Wellars ,Nyemazi,Mahoro bose uko ari bane bari bahawe amafaranga baza ari abakomisiyoneri bivugwa ko Munyampeta ariwe utanze miriyoni na 320 ariko hashize iminsi numva ngo Gasana niwe wishyuye Nziza Venuste niyo mpamvu nifuza kurenganurwa kuko umutungo wanjye watejwe ku maherere ntabwo yigeze ampa inyandiko yakoze ateza cyamunara .\u201d<\/p>\n<p>Gasana Francois wishyuye amafaranga yageretswe na Munyampeta nawe ari mu gihirahiro kuko\u00a0\u00a0yishyuye amafaranga ntiyahabwa umutungo yishyuriye ndetse kuva amaze kwishyura yabuze maitre Nziza Venuste byatumye ajya kumurega ku rugaga rw\u2019abahesha b\u2019inkiko b\u2019umwuga.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cUbwa mbere narageretse ariko ubwa kabiri sinjye wagiyeyo ahubwo hagiyeyo Munyampeta ,bari bambwiye ko amafaranga natanze bwa mbere nibatayarenza bazambwira nkishyura ,ubwo bambwiye ko ntagomba kurenza amasaha 24 ntishyuye,nagiye kuri banki nkurayo amafaranga ariko kuva tumaze kwishyura twashatse Nziza turamubura tujya kumurega ku rugaga rwabo batubwira ko yagiye hanze ntawuhari natwe dufite ikibazo kuko ibyo twishyuye ntabyo twabonye .\u201d<\/p>\n<p>Maitre Nziza Venuste yabwiye Bwiza.com ko ntacyo yatangaza avuga ko Waswa Peter yagana inkiko akarenganurwa agahakana kudaha Peter Waswa inyandikomvugo y\u2019itezwa rya Cyamunara.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cNtabwo ndi mu biro kuburyo nakubwira kuri iyo dossier\u00a0\u00a0ariko uwo muturage inama mwamugira nuko yagana inkiko niba yararenganye bakamurenganura .\u201d<\/p>\n<p>Inzu ya Waswa Peter yatejwe cyamunara ifite agaciro ka miriyoni 4. 016.142 yagombaga gutezwa muri cyamunara ku gaciro ka 60%\u00a0 bihwanye n&#8217;amafaranga y&#8217;u Rwanda\u00a0 2. 409.685. Bivugwa ko uwageretse yatanze amafaranga 1.320.000.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuturage witwa Waswa Peter utuye mu Mudugudu wa Kagerero mu Kagari ka Bwiza mu Murenge wa Kigabiro arasaba inzego zishinzwe kurenganura abaturage kumurenganura kubera cyamunara yamubereye amayobera\u00a0\u00a0. Waswa Peter yahungutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi kuko yari yaravukiye mu mahanga bitewe nuko ababyeyi be bari barahunze mu 1959. Waswa Peter avuga ko amaze kugera mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-16373","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Arasaba kurenganurwa kubera umutungo we watejwe cyamunara mu buryo bw\u2019amayobera - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Arasaba kurenganurwa kubera umutungo we watejwe cyamunara mu buryo bw\u2019amayobera - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuturage witwa Waswa Peter utuye mu Mudugudu wa Kagerero mu Kagari ka Bwiza mu Murenge wa Kigabiro arasaba inzego zishinzwe kurenganura abaturage kumurenganura kubera cyamunara yamubereye amayobera\u00a0\u00a0. Waswa Peter yahungutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi kuko yari yaravukiye mu mahanga bitewe nuko ababyeyi be bari barahunze mu 1959. Waswa Peter avuga ko amaze kugera mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-21T11:00:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:14:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/DSC_5959.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16373#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16373\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwamagana: Arasaba kurenganurwa kubera umutungo we watejwe cyamunara mu buryo bw\u2019amayobera\",\"datePublished\":\"2019-07-21T11:00:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:14:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16373\"},\"wordCount\":716,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16373#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/DSC_5959.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16373#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16373\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16373\",\"name\":\"Rwamagana: Arasaba kurenganurwa kubera umutungo we watejwe cyamunara mu buryo bw\u2019amayobera - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16373#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16373#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/DSC_5959.jpg\",\"datePublished\":\"2019-07-21T11:00:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:14:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16373#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16373\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16373#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16373#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Arasaba kurenganurwa kubera umutungo we watejwe cyamunara mu buryo bw\u2019amayobera\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Arasaba kurenganurwa kubera umutungo we watejwe cyamunara mu buryo bw\u2019amayobera - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Arasaba kurenganurwa kubera umutungo we watejwe cyamunara mu buryo bw\u2019amayobera - BWIZA","og_description":"Umuturage witwa Waswa Peter utuye mu Mudugudu wa Kagerero mu Kagari ka Bwiza mu Murenge wa Kigabiro arasaba inzego zishinzwe kurenganura abaturage kumurenganura kubera cyamunara yamubereye amayobera\u00a0\u00a0. Waswa Peter yahungutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi kuko yari yaravukiye mu mahanga bitewe nuko ababyeyi be bari barahunze mu 1959. Waswa Peter avuga ko amaze kugera mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-21T11:00:43+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:14:09+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/DSC_5959.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwamagana: Arasaba kurenganurwa kubera umutungo we watejwe cyamunara mu buryo bw\u2019amayobera","datePublished":"2019-07-21T11:00:43+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:14:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373"},"wordCount":716,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/DSC_5959.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16373#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373","name":"Rwamagana: Arasaba kurenganurwa kubera umutungo we watejwe cyamunara mu buryo bw\u2019amayobera - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/DSC_5959.jpg","datePublished":"2019-07-21T11:00:43+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:14:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16373"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16373#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Arasaba kurenganurwa kubera umutungo we watejwe cyamunara mu buryo bw\u2019amayobera"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16373","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16373"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16373\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16373"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16373"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16373"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}