{"id":16389,"date":"2019-07-22T12:55:21","date_gmt":"2019-07-22T12:55:21","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/22\/umugore-wa-jean-bigirimana-uri-mu-buhunzi-mu-rwanda-nta-cyizere-agifite-cyo\/"},"modified":"2025-02-12T12:14:01","modified_gmt":"2025-02-12T10:14:01","slug":"umugore-wa-jean-bigirimana-uri-mu-buhunzi-mu-rwanda-nta-cyizere-agifite-cyo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389","title":{"rendered":"Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona"},"content":{"rendered":"<p>Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona<\/p>\n<p> <em>Umunyamakuru Jean Bigirimana wari umunyamakuru wa Iwacu, yaburiwe irengero mu mwaka wa 2016, kuva icyo gihe ashakishwa, umugore we, Godeberte Hakizimana avuga ko nta cyizere agifite cyaba icyo kumubona ari muzima cyangwa yarapfuye.<\/em> <\/p>\n<p>Godeberte yasigiwe na Bigirimana abana babiri, bakaba barahungiye mu Rwanda nyuma y\u2019ibura ry\u2019umugabo we, nabo bagasigara batotezwa. Hamwe n\u2019umuryango bavuga ko bagiye gutegura ikiriyo ku nshuro ya gatatU.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko bitangazwa na SOS Medias\/ Burundi, Godeberte avuga ko yahunze 2017 nyuma yo gushyirwa ku iterabwoba, abwirwa amagambo y\u2019uko mu gihe cyose azaba akiri ku butaka bw\u2019u Burundi na we azacishwa mu rihumye. Ahamya ko ubu yiyemeje guhindura ubuzima.<\/p>\n<p>Ati \u201cImyaka itatu ni igihe kirekire. Kirekire by\u2019umwihariko. Natakaje icyizere cyose cyo kuba namubona ari muzima cyangwa yarapfuye. Ubu twiteguye guhindura paji y\u2019ubuzima n\u2019ubwo bwose bitoroshye\u201d.<\/p>\n<p>Ndifuza gutangira ubundi buzima bushya, ku bw\u2019ibyo ndifuza mbere na mbere ngo mbanze ntegura ikiriyo gishobora kuzajya gihoraho cyangwa kuba ari cyo cya nyuma. Ibibazo nahuye nabyo buri gihe bihora ari bimwe, ni ukubura umwanzuro\u201d.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko na n\u2019ubu atarabona icyo asubiza abana be mu gihe bahora bamubaza \u2018Papa ari he, yagiye he?\u2019 bityo ngo akaba yiteguye kubabwiza ukuri ko yagiye kandi atazagaruka.<\/p>\n<p>Jean Bigirimana, umunyamakuru wari ufite imyaka 37 akaba na se w\u2019abana babiri bakiri bato, yaburiwe irengero tariki ya 22 Nyakanga 2016, agana i Bugarama, agace k\u2019i Burasirazuba bw\u2019u Burundi kari muri kilometero 30 mu murwa mukuru Bujumbura. Icyo gihe yari asezeranyije umugore we ko agiye gutaha bagasangira ifunguro rya saa sita.<\/p>\n<p>Bamwe bavuga ko yafashwe n\u2019abantu bikekwa ko ari abagize urwego rw\u2019igihugu rushinzwe ubutasi (SNR), bivugwa ko rukoreshwa na Perezida w\u2019iki gihugu, nyuma bakamujyana mu modoka ifite ibirahure bitabona bakamujyana ahantu hatazwi, kugeza ubu nta muntu uzi amakuru ye.<\/p>\n<figure id=\"attachment_139436\" aria-describedby=\"caption-attachment-139436\" style=\"width: 600px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-139436 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/jea.jpg\" alt=\"\" width=\"600\" height=\"399\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-139436\" class=\"wp-caption-text\">Jean Bigirimana wabuze afite imyaka 37<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona Umunyamakuru Jean Bigirimana wari umunyamakuru wa Iwacu, yaburiwe irengero mu mwaka wa 2016, kuva icyo gihe ashakishwa, umugore we, Godeberte Hakizimana avuga ko nta cyizere agifite cyaba icyo kumubona ari muzima cyangwa yarapfuye. Godeberte yasigiwe na Bigirimana abana babiri, bakaba barahungiye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-16389","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona Umunyamakuru Jean Bigirimana wari umunyamakuru wa Iwacu, yaburiwe irengero mu mwaka wa 2016, kuva icyo gihe ashakishwa, umugore we, Godeberte Hakizimana avuga ko nta cyizere agifite cyaba icyo kumubona ari muzima cyangwa yarapfuye. Godeberte yasigiwe na Bigirimana abana babiri, bakaba barahungiye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-22T12:55:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:14:01+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/jea.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16389#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16389\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona\",\"datePublished\":\"2019-07-22T12:55:21+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:14:01+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16389\"},\"wordCount\":330,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16389#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/jea.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16389#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16389\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16389\",\"name\":\"Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16389#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16389#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/jea.jpg\",\"datePublished\":\"2019-07-22T12:55:21+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:14:01+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16389#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16389\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16389#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16389#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona - BWIZA","og_description":"Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona Umunyamakuru Jean Bigirimana wari umunyamakuru wa Iwacu, yaburiwe irengero mu mwaka wa 2016, kuva icyo gihe ashakishwa, umugore we, Godeberte Hakizimana avuga ko nta cyizere agifite cyaba icyo kumubona ari muzima cyangwa yarapfuye. Godeberte yasigiwe na Bigirimana abana babiri, bakaba barahungiye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-22T12:55:21+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:14:01+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/jea.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona","datePublished":"2019-07-22T12:55:21+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:14:01+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389"},"wordCount":330,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/jea.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16389#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389","name":"Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/jea.jpg","datePublished":"2019-07-22T12:55:21+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:14:01+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16389"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16389#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umugore wa Jean Bigirimana uri mu buhunzi mu Rwanda, nta cyizere agifite cyo kuzamubona"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16389","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16389"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16389\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16389"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16389"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16389"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}