{"id":16398,"date":"2019-07-23T09:33:52","date_gmt":"2019-07-23T09:33:52","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/23\/nyamasheke-ucyekwaho-kwica-nyina-amukase-ijosi-yishyikirije-inzego-z-umutekano\/"},"modified":"2025-02-12T12:13:54","modified_gmt":"2025-02-12T10:13:54","slug":"nyamasheke-ucyekwaho-kwica-nyina-amukase-ijosi-yishyikirije-inzego-z-umutekano","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16398","title":{"rendered":"Nyamasheke: Ucyekwaho kwica nyina amukase ijosi yishyikirije inzego z\u2019umutekano"},"content":{"rendered":"<p><b><i>Ntawukuriryayo Samuel\u00a0 w\u2019imyaka 37 y\u2019amavuko, utuye mu mudugudu wa\u00a0 Bunyenyezi,akagari ka Murambi ,umurenge wa Rangiro mu karere ka Nyamasheke, yishyikirije inzego z\u2019umutekano, aho acyekwaho kwica nyina Mukahirwa Adalie amukase ijosi.<\/i><\/b><\/p>\n<p>Amakuru dukesha\u00a0 umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Murambi muri uyu murenge,Mukamana Thamar avuga ko\u00a0 urupfu rw\u2019uyu mukecuru Mukahirwa Adalie w\u2019imyaka 66 y\u2019amavuko, wari utuye mu mudugudu wa Rwungo muri aka kagari, barumenye ku wa gatanu ushize,ubwo hafi saa yine z\u2019ijoro ari bwo umuhungu\u00a0 we Ndayisenga Jean Damasc\u00e8 yabahuruje avuga ko asanze umurambo wa nyina mu cyumba cy\u2019uruganiriro ukase ijosi ariko ritatandukanye bahita bahurura bahageze n\u2019abaturanyi benshi basanga koko umukecuru yishwe ijosi rikase ariko ritatandukanye n\u2019igihimba neza.<\/p>\n<p>Avuga ko uyu wahuruje ari umwe mu bahungu be\u00a0 wari usanzwe atuye muri santere y\u2019ubucuruzi ya Tyazo mu murenge wa Kanjongo wari umaze iminsi yaragarutse muri aka kagari\u00a0 gukurikirana ikibazo yari afite cy\u2019ibangombwa by\u2019ubutaka,ariko hakaba hari hamaze iminsi muri uyu muryango ikibazo cy\u2019amakimbirane na yo ashingiye ku butaka aho ngo bashakaga ko uyu mukecuru abaha iminani,aje kuharya nk\u2019uko yari asanzwe abigenza ahamagaye ntiyitabwa kandi urugi rukingiye inyuma,akubise idirishya abona uwo murambo.<\/p>\n<p>Ngo ubuyobozi bumaze kubona ko ikibazo cyabo\u00a0 gikomeza gutera amakimbirane akaze mu muryango, baganirijwe ku itegeko rishya rijyanye n\u2019iby\u2019iminani,babwirwa ko umubyeyi awuha uwo ashaka cyangwa ntanawutange,ariko uyu mukecuru mu gushaka kuyahosha yemera kuzabagabanya isambu afite,ariko uriya\u00a0 Ntawukuriryayo Samuel ngo akavuga ko nyina abatinza akanabarerega kandi ngo baramuhaye ibyo bita igiseke abana baha umubyeyi ngo azabahe iyo minani, akacyakira avuga ko azayibaha ariko akagenda abatinza.<\/p>\n<p>Amakuru ava mu baturage bandi na yo avuga ko uyu Ntawukuriryayo abonye nyina yanga kubaha iyo minani akanakeka ko uyu murumuna we Ndayisenga Jean Damasc\u00e8ne ari we ushobora kuzahabwa hanini kuko ngo yumvikanaga na nyina, yahisemo\u00a0 gusengerera nyina inzoga aramusindisha cyane,amugejeje mu rugo amwica amukereye ijosi,bikanemezwa n\u2019umushumba waragiriraga uyu mukecuru ikimasa gihari witwa Maniriho,uvuga ko ngo yumvise ibintu bibomborana mu nzu ariko yanga guhita ajyayo kuko ngo bamukekaga ubujura,avuga ko nahagera bavuga ko aje kwiba arabireka.<\/p>\n<p>Uyu mushumba anongeraho ko ngo yahamagaye Ntawukuriryayo abona akingira inyuma urugi rw\u2019inzu kandi yari azi ko yayinjiranyemo n\u2019uyu mukecuru,abona afite inzoga mu icupa amusaba kuyimusomyaho,undi ngo amubwira ko aho kumusomya aza akajya kumusengerera ku kabari ka mukuru we witwa\u00a0 Zikamanwabanzi F\u00e9licien,aho ngo yanamusengereyeyo amacupa 4,irya 4 ararimusigana aragaruka ari bwo yasangaga n\u2019abahuruye bahari n\u2019abandi bose bo mu muryango barahamagarwa ariko Ntawukuriryayo arabura kugeza ubwo we ubwe yishyikirije inzego z\u2019umutekano.<\/p>\n<p>Gitifu Mukamana ati\u2019\u2019 bari basanganywe amakimbirane ashingiye ku masambu n\u2019ikibazo cyabo cyashyikirijwe inteko y\u2019abaturage\u00a0 avugira igihe azabahera iminani, Ntawukuriryayo akavuga ko atinda ari yo mpamvu dukeka ko yaba yahisemo kumwica,ibindi inzego zibishinzwe ziracyabikurikirana.<\/p>\n<p>Mu gihe uyu mukecuru yashyinguwe kuri iki cyumweru,umuyobozi w\u2019aka karere wungirije ushinzwe iterambere ry\u2019ubukungu Ntaganira Josu\u00e9 Michel,yabwiye Bwiza.com ko\u00a0 uyu Ntawukuriryayo ku mugoroba wo ku cyumweru nyina yashyinguwe, yijyanye ku biro by\u2019aka karere avuga ko ngo amaze iminsi ashakishwa, aje kubazwa ibyo akekwaho byo kwica nyina, kuri uyu wa mbere akaba yahise ashyikirizwa RIB ya Kanjongo aho afungiye.<\/p>\n<p>Yasabye abavuturage kwirinda amakimbirane,ugize ikibazo akakijyana mu buyobozi aho kugikemuza kwambura undi ubuzima kuko ubikoze na we bitamugwa amahoro.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa RIB,Mbabazi Modeste yemereye Bwiza.com ko imufite,aho yagize ati\u2019\u2019 yafashwe,akurikiranyweho n\u2019urwego rw\u2019ubugenzacyaha mu karere ka Nyamasheke kwica nyina,akaba ariho abibazwa.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Avuga ko ingingo ya 107 y\u2019igitabo cy\u2019amategeko\u00a0 mpanabyaha iteganya ko aramutse ahamwe n\u2019iki cyaha yahanishwa igifungo cya burundu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ntawukuriryayo Samuel\u00a0 w\u2019imyaka 37 y\u2019amavuko, utuye mu mudugudu wa\u00a0 Bunyenyezi,akagari ka Murambi ,umurenge wa Rangiro mu karere ka Nyamasheke, yishyikirije inzego z\u2019umutekano, aho acyekwaho kwica nyina Mukahirwa Adalie amukase ijosi. Amakuru dukesha\u00a0 umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Murambi muri uyu murenge,Mukamana Thamar avuga ko\u00a0 urupfu rw\u2019uyu mukecuru Mukahirwa Adalie w\u2019imyaka 66 y\u2019amavuko, wari utuye mu mudugudu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-16398","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Ucyekwaho kwica nyina amukase ijosi yishyikirije inzego z\u2019umutekano - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16398\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Ucyekwaho kwica nyina amukase ijosi yishyikirije inzego z\u2019umutekano - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ntawukuriryayo Samuel\u00a0 w\u2019imyaka 37 y\u2019amavuko, utuye mu mudugudu wa\u00a0 Bunyenyezi,akagari ka Murambi ,umurenge wa Rangiro mu karere ka Nyamasheke, yishyikirije inzego z\u2019umutekano, aho acyekwaho kwica nyina Mukahirwa Adalie amukase ijosi. Amakuru dukesha\u00a0 umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Murambi muri uyu murenge,Mukamana Thamar avuga ko\u00a0 urupfu rw\u2019uyu mukecuru Mukahirwa Adalie w\u2019imyaka 66 y\u2019amavuko, wari utuye mu mudugudu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16398\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-23T09:33:52+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:13:54+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16398#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16398\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Ucyekwaho kwica nyina amukase ijosi yishyikirije inzego z\u2019umutekano\",\"datePublished\":\"2019-07-23T09:33:52+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:13:54+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16398\"},\"wordCount\":602,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16398#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16398\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16398\",\"name\":\"Nyamasheke: Ucyekwaho kwica nyina amukase ijosi yishyikirije inzego z\u2019umutekano - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-07-23T09:33:52+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:13:54+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16398#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16398\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16398#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Ucyekwaho kwica nyina amukase ijosi yishyikirije inzego z\u2019umutekano\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Ucyekwaho kwica nyina amukase ijosi yishyikirije inzego z\u2019umutekano - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16398","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Ucyekwaho kwica nyina amukase ijosi yishyikirije inzego z\u2019umutekano - BWIZA","og_description":"Ntawukuriryayo Samuel\u00a0 w\u2019imyaka 37 y\u2019amavuko, utuye mu mudugudu wa\u00a0 Bunyenyezi,akagari ka Murambi ,umurenge wa Rangiro mu karere ka Nyamasheke, yishyikirije inzego z\u2019umutekano, aho acyekwaho kwica nyina Mukahirwa Adalie amukase ijosi. Amakuru dukesha\u00a0 umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Murambi muri uyu murenge,Mukamana Thamar avuga ko\u00a0 urupfu rw\u2019uyu mukecuru Mukahirwa Adalie w\u2019imyaka 66 y\u2019amavuko, wari utuye mu mudugudu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16398","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-23T09:33:52+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:13:54+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16398#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16398"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Ucyekwaho kwica nyina amukase ijosi yishyikirije inzego z\u2019umutekano","datePublished":"2019-07-23T09:33:52+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:13:54+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16398"},"wordCount":602,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16398#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16398","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16398","name":"Nyamasheke: Ucyekwaho kwica nyina amukase ijosi yishyikirije inzego z\u2019umutekano - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-07-23T09:33:52+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:13:54+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16398#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16398"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16398#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Ucyekwaho kwica nyina amukase ijosi yishyikirije inzego z\u2019umutekano"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16398","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16398"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16398\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16398"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16398"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16398"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}