{"id":16404,"date":"2019-07-23T11:48:11","date_gmt":"2019-07-23T11:48:11","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/23\/rusizi-barasabwa-ubufatanye-mu-gukemura-ibibazo-by-039-abana-bibana\/"},"modified":"2019-07-23T11:48:11","modified_gmt":"2019-07-23T11:48:11","slug":"rusizi-barasabwa-ubufatanye-mu-gukemura-ibibazo-by-039-abana-bibana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16404","title":{"rendered":"Rusizi: Barasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo by&#039;abana bibana"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Rusizi n\u2019ubw\u2019umushinga Strive foundation Rwanda wita ku bana bibana mu turere twa Rusizi na Nyamasheke\u00a0 buvuga ko aba bana bahura n\u2019ibibazo byinshi, bagasaba buri wese uhangayikishijwe n\u2019imibereho y\u2019aba bana kugira uruhare mu kugira ngo\u00a0 irusheho kuba myiza.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje ubuyobozi bw\u2019akarere,ba Gitifu n\u2019abashinzwe imibereho y\u2019abaturage mu mirenge ya Nyakabuye,Nkungu,Butare na Bweyeye n\u2019uyu mushinga Strive foundation usanzwe uhakurikirana imibereho y\u2019aba bana, hagaragajwe\u00a0 ko kugeza ubu hakiri imiryango 65 yabo muri iyi mirenge uko ari 4 yabaruwe inakurikiranirwa hafi ,ariko ugisangana ibibazo by\u2019inzitane bikeneye gukomeza kwitabwaho n\u2019inzego bireba zose kugira ngo ubuzima bwabo bube bwiza kurushaho.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko byagaragajwe na Ruzibiza L\u00e9opold, umwe mu bakozi bawo,ngo aba bana bafite ibibazo by\u2019inzitane bikwiriye ubuvugizi bwa bose,kuko ngo kuva muri 2011 batangira gukurikirana ibibazo byabo no kugerageza kubikemura hari imiryango 96 y\u2019aba bana babashije gucutsa bakuze nubwo n\u2019ubundi batabura ibibazo by\u2019ihungabana biterwa n\u2019iyi mibereho mibi,cyane cyane ko bamwe\u00a0 baba barasigiwe ibikomere bikomeye by\u2019umutima n\u2019izi mpamvu ziba zaratumye bisanga birera.<\/p>\n<p>Ati \u2019\u2019Ubuzima bwabo\u00a0 usanga buteye agahinda cyane\u00a0 kuko hari abasigwa n\u2019ababyeyi\u00a0 bombi bazize urupfu rusanzwe cyangwa uburwayi\u00a0 bamwe basigarana, cyane cyane ubw\u2019agakoko gatera SIDA mu gihe abakabitayeho na bo baba bakiri bato cyane n\u2019imiryango yabo yindi ikabatererana yanga kwikorera iyo mitwaro itazatura, aho usanga umwe mu babana yarishe\u00a0 uwo bashakanye na we agafungwa abana bakisanga ari bonyine muri ibyo bikomere bikabije, bagomba kuzagemurira muri gereza se wishe nyina cyangwa nyina wishe se batabona n\u2019ingemu no kwiga ari ibibazo nta n\u2019inzu babasizemo ubuzima bugasharira.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Arakomeza ati \u2019\u2019Hari kandi aho dusanga umuryango warakubiswe n\u2019ubukene bukabije\u00a0 umugabo n\u2019umugore umwe agaca aha undi hariya bagata abana bakigendera ntibazamenye aho bari, upfusha uwo bashakanye akabata\u00a0 akajya gushaka undi,ababyeyi bombi baba bafunze,n\u2019ibindi, byose bikabikubitaho basanganywe n\u2019ubuzima buciriritse,ibibazo bikarushaho gukomera.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Avuga ko mu bigerageza gukorwa ngo\u00a0 bumve ko atari bonyine, bafashwa gusubira mu mashuri kuko nk\u2019abakuru bahita bayata ngo bite kuri benenyina barimo n\u2019abasigwa ari utwana duto cyane n\u2019abo barwayi biba bigoye kwitaho,kuvuzwa mu buryo bwose bushoboka iyo barwaye,kubakirwa inzu iyo basizwe mu zishaje,kubashakira amatara aturuka ku mirasire y\u2019izuba\u00a0 ngo babashe gusubira mu masomo neza,kubabonera imyambaro,uburyo bwo kwidagadura n\u2019ibindi byose byabibagiza ibyo bahuye na byo bakiri bato nubwo ingorane ziba zikiri nyinshi.<\/p>\n<p>Gusa ngo ibibazo biba ari byinshi cyane bikarenga ubushobozi bw\u2019aba bafatanyabikorwa ari yo mpamvu bafata imirenge mike kandi ibi bibazo biboneka hose,ubuyobozi bw\u2019aka karere bukavuga ko guhangana na byo\u00a0 bitoroshye na gato kuko bimwe biba birenze uko babitekerezaga, bagashimira abagerageza kiwtanga ngo babakure mu buzima bubi bushegesha umutima n\u2019umubiri.<\/p>\n<p>Rukesha Emmanuel uyobora umurenge wa Butare,avuga ko n\u2019aho ayobora abana nk\u2019aba bahari, barimo n\u2019abo ababyeyi bata bavuga ko bagiye guhaha I Burundi ntibazagaruke,kuba basabwe ko kubitaho\u00a0 byajya mu mihigo y\u2019imirenge akemeza ko bizatuma barushaho kwitabwaho.<\/p>\n<p>Umuyobozi mukuru wa Strive foundation Rwanda, Muramira Bernard yavuze ko bazakomeza gukora uko bashoboye mu bushobozi budahambaye bafite ngo bite kuri aba bana ,ashimira akarere ubufatanye busesuye kandi yizeye ko buzakomeza.<\/p>\n<p>Umuyobozi wako wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage,Nsigaye Emmanuel, avuga ko mu mirenge yose yako 18 ibibazo nk\u2019ibi bihari, banamaze kubarurwa, ubufatanye bwa bose bukaba ari ngombwa ngo barusheho kwitabwaho.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Rusizi n\u2019ubw\u2019umushinga Strive foundation Rwanda wita ku bana bibana mu turere twa Rusizi na Nyamasheke\u00a0 buvuga ko aba bana bahura n\u2019ibibazo byinshi, bagasaba buri wese uhangayikishijwe n\u2019imibereho y\u2019aba bana kugira uruhare mu kugira ngo\u00a0 irusheho kuba myiza. Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje ubuyobozi bw\u2019akarere,ba Gitifu n\u2019abashinzwe imibereho y\u2019abaturage mu mirenge ya Nyakabuye,Nkungu,Butare na [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[19],"tags":[],"class_list":["post-16404","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Barasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo by&#039;abana bibana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16404\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Barasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo by&#039;abana bibana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Rusizi n\u2019ubw\u2019umushinga Strive foundation Rwanda wita ku bana bibana mu turere twa Rusizi na Nyamasheke\u00a0 buvuga ko aba bana bahura n\u2019ibibazo byinshi, bagasaba buri wese uhangayikishijwe n\u2019imibereho y\u2019aba bana kugira uruhare mu kugira ngo\u00a0 irusheho kuba myiza. Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje ubuyobozi bw\u2019akarere,ba Gitifu n\u2019abashinzwe imibereho y\u2019abaturage mu mirenge ya Nyakabuye,Nkungu,Butare na [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16404\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-23T11:48:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16404#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16404\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Barasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo by&#039;abana bibana\",\"datePublished\":\"2019-07-23T11:48:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16404\"},\"wordCount\":565,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16404#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16404\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16404\",\"name\":\"Rusizi: Barasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo by&#039;abana bibana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-07-23T11:48:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16404#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16404\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16404#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Barasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo by&#039;abana bibana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Barasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo by&#039;abana bibana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16404","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Barasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo by&#039;abana bibana - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Rusizi n\u2019ubw\u2019umushinga Strive foundation Rwanda wita ku bana bibana mu turere twa Rusizi na Nyamasheke\u00a0 buvuga ko aba bana bahura n\u2019ibibazo byinshi, bagasaba buri wese uhangayikishijwe n\u2019imibereho y\u2019aba bana kugira uruhare mu kugira ngo\u00a0 irusheho kuba myiza. Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje ubuyobozi bw\u2019akarere,ba Gitifu n\u2019abashinzwe imibereho y\u2019abaturage mu mirenge ya Nyakabuye,Nkungu,Butare na [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16404","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-23T11:48:11+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16404#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16404"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Barasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo by&#039;abana bibana","datePublished":"2019-07-23T11:48:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16404"},"wordCount":565,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16404#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16404","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16404","name":"Rusizi: Barasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo by&#039;abana bibana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-07-23T11:48:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16404#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16404"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16404#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Barasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo by&#039;abana bibana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16404","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16404"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16404\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16404"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16404"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16404"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}