{"id":16431,"date":"2019-07-24T16:45:03","date_gmt":"2019-07-24T16:45:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/24\/abaturiye-pariki-ya-nyungwe-basobanuriwe-inyungu-ibafitiye\/"},"modified":"2019-07-24T16:45:03","modified_gmt":"2019-07-24T16:45:03","slug":"abaturiye-pariki-ya-nyungwe-basobanuriwe-inyungu-ibafitiye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16431","title":{"rendered":"Abaturiye Pariki ya Nyungwe basobanuriwe inyungu ibafitiye"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubuyobozi bw\u2019ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019iterambere(RDB) n\u2019ubw\u2019akarere ka Nyamasheke\u00a0 buvuga ko bwishimira uburyo abaturiye Pariki y\u2019igihugu ya Nyungwe ku gice giherereye muri aka karere bayibungabungira umutekano nyuma y\u2019aho Leta yemereye abaturiye amapariki\u00a0 kujya babona ku byiza bituruka ku bukerarugendo, bityo bukaba bubasaba kurushaho kuyifata nk&#8217;iyabo.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Babisabwe ubwo mu\u00a0 mudugudu wa Rwumba,akagari ka Buvungira,mu murenge wa Bushekeri muri aka karere hatahwaga ibikorwa RDB n\u2019aka karere bubakiye \u00a0 Nyungwe Cultural Village Cooperative, koperative y\u2019abaturage b\u2019uyu murenge ishinzwe ubukerarugendo bushingiye ku muco, mu rwego rwo gukomeza gukundisha abaturage iyi pariki no gufatanya\u00a0 kuyibungabungira umutekano,na bo bagasogongera ku byiza biyiturukamo,birimo n\u2019uku gutezwa imbere binyuze muri koperative.<\/p>\n<p>Ibyatashywe nk\u2019uko Bwiza.com yabitangarijwe na Mbabazi Marie Louise ushinzwe guhuza pariki z\u2019igihugu n\u2019abazituriye,\u00a0 ni inyubako za Kinyarwanda zirimo byinshi mu biranga umuco nyarwanda birimo n\u2019ibyakorwaga n\u2019abakurambere nko gusya amasaka,guteka bya Kinyarwanda, kwenga urwagwa mu muvure wa Kinyarwanda n\u2019ibindi,hakaba n\u2019inzu z\u2019abami b\u2019uRwanda\u00a0 n\u2019ibyari bizigize, aho abo bamukerarugendo barara nyuma yo gutemberezwa iyi pariki,imirima y\u2019ibyayi,imirima y\u2019abaturage n\u2019ahandi baba bashaka gutembera bagamije kureba imibereho y\u2019abatuye aka karere n\u2019ibindi baba bashaka.<\/p>\n<p>Hari kandi ibikorwa by\u2019ubugeni n\u2019ubukorikori buhakorerwa na bwo bwerekwa abahasura, uyu muyobozi akavuga ko igitekerezo cyo guteza imbere muri ubu buryo abaturiye ibikorwa nk\u2019ibi by\u2019ubukerarugendo cyaturutse kuri Nyakubahwa perezida Kagame,aho yabanje \u00a0 kwemerera abaturage ko ku mafaranga azajya yinjira 5% yayo azajya abasigaramo akabateza imbere,umwaka ushize ava kuri 5% agera ku 10%.<\/p>\n<p>Mbabazi M.Louise avuga ko ibi byakemuye ibibazo byinshi cyane kuko hari benshi nko muri aka karere wasangaga batibonamo iyi pariki kuko basaga n\u2019abumva ntaho bahuriye na yo,ari bwo wasangaga ku mpeshyi ihoramo inkongi z\u2019umuriro, ba rushimusi bajyaga guhigamo inyamaswa bakazica amadovize aziturukaho akaba arabuze, gutemamo ibiti, guhakuramo ubuki bangiza\u00a0 inzuki n\u2019ibindi byayangizaga, ariko ubu nyuma y\u2019aho babona bubakirwa amashuri y\u2019abana babo, amakoperative akora ibikorwa binyuranye agaterwa inkunga abayagize bakivana mu bukene, abafite ibikorwa by\u2019ubukorikori,iby\u2019ubuhinzi,ubworozi n\u2019ibindi bagafashwa kwiteza imbere, biyemeje kuyibungabungira umutekano.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 byatanze umusaruro ukomeye cyane kuko nk\u2019abaturiye iyi pariki muri aka karere n\u2019utundi twose tuyikoraho,kimwe n\u2019ibindi bikorwa by\u2019ubukerarugendo biri mu gihugu ntibashobora kwemera hari ubyangiza bareba kuko bazi aho bibavana n\u2019aho bibageza mu iterambere. Dukora ibishoboka byose\u00a0 nk\u2019aha uturiye iyi pariki wese akayiyumvamo akagira icyo ayikuramo kimuteza imbere ni muri urwo rwego tuba twateye inkunga nk\u2019iyi koperative n\u2019ibindi tubakorera byinshi ngo bakomeze kuyiyumvamo.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Asaba abayituriye kwishyira hamwe no gukora imishinga ibateza imbere na bo bakayitera inkunga,bakarwanya ba rushimusi n\u2019abandi bose baba bagamije guhungabanya umutekano w\u2019ibiyirimo, akabizeza ko batazakena ihari na bo bahari.<\/p>\n<p>Tuyisenge Placide uyobora iyi koperative igizwe n\u2019abanyamuryango 70 barimo abagore\u00a0 45,ashimira perezida Kagame wabateje imbere akanabakundisha kurushaho iyi pariki akizeza gucunga neza inyungu babona bakarushaho kwiteza imbere.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 baduteye inkunga ifatika itubyarira ibi bikorwa byatashywe uyu munsi,tukazabibyaza umusaruro w\u2019iterambere, ba mukerarugendo basura kano gace bakajya basubirayo bavuga u Rwanda neza bakagarura n\u2019abandi benshi,ari twe n\u2019igihugu cyose ibyiza by\u2019iyi parike bikatugeraho.<\/p>\n<p>Umuyobozi\u00a0 mukuru ushinzwe imirimo rusange muri aka karere,Niyibizi Ntabyera Hubert yatangarije Bwiza.com ko mu ngengo y\u2019imari ya 2017-2018 RDB yari yabahaye inkunga ya 64.000.000, umwaka ushize\u00a0 iyi nyungu ishyizwe ku 10% bahabwa 124.000.000,aya yose akaba yaragiye mu iterambere ry\u2019abaturage arimo hafi 22.000.000 yahawe iyi koperative,ayubatswemo ibikorwa remezo binyuranye,byose byagize uruhare mu iterambere ry\u2019abayitiriye,akabasaba kujya bakira neza ba mukerarugendo babonye kugira ngo biyongere n\u2019icyo babakuraho cyiyongere.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019iterambere(RDB) n\u2019ubw\u2019akarere ka Nyamasheke\u00a0 buvuga ko bwishimira uburyo abaturiye Pariki y\u2019igihugu ya Nyungwe ku gice giherereye muri aka karere bayibungabungira umutekano nyuma y\u2019aho Leta yemereye abaturiye amapariki\u00a0 kujya babona ku byiza bituruka ku bukerarugendo, bityo bukaba bubasaba kurushaho kuyifata nk&#8217;iyabo. Babisabwe ubwo mu\u00a0 mudugudu wa Rwumba,akagari ka Buvungira,mu murenge wa Bushekeri muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[19],"tags":[],"class_list":["post-16431","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abaturiye Pariki ya Nyungwe basobanuriwe inyungu ibafitiye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16431\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abaturiye Pariki ya Nyungwe basobanuriwe inyungu ibafitiye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019iterambere(RDB) n\u2019ubw\u2019akarere ka Nyamasheke\u00a0 buvuga ko bwishimira uburyo abaturiye Pariki y\u2019igihugu ya Nyungwe ku gice giherereye muri aka karere bayibungabungira umutekano nyuma y\u2019aho Leta yemereye abaturiye amapariki\u00a0 kujya babona ku byiza bituruka ku bukerarugendo, bityo bukaba bubasaba kurushaho kuyifata nk&#8217;iyabo. Babisabwe ubwo mu\u00a0 mudugudu wa Rwumba,akagari ka Buvungira,mu murenge wa Bushekeri muri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16431\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-24T16:45:03+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16431#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16431\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abaturiye Pariki ya Nyungwe basobanuriwe inyungu ibafitiye\",\"datePublished\":\"2019-07-24T16:45:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16431\"},\"wordCount\":598,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16431#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16431\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16431\",\"name\":\"Abaturiye Pariki ya Nyungwe basobanuriwe inyungu ibafitiye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-07-24T16:45:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16431#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16431\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16431#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abaturiye Pariki ya Nyungwe basobanuriwe inyungu ibafitiye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abaturiye Pariki ya Nyungwe basobanuriwe inyungu ibafitiye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16431","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abaturiye Pariki ya Nyungwe basobanuriwe inyungu ibafitiye - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019iterambere(RDB) n\u2019ubw\u2019akarere ka Nyamasheke\u00a0 buvuga ko bwishimira uburyo abaturiye Pariki y\u2019igihugu ya Nyungwe ku gice giherereye muri aka karere bayibungabungira umutekano nyuma y\u2019aho Leta yemereye abaturiye amapariki\u00a0 kujya babona ku byiza bituruka ku bukerarugendo, bityo bukaba bubasaba kurushaho kuyifata nk&#8217;iyabo. Babisabwe ubwo mu\u00a0 mudugudu wa Rwumba,akagari ka Buvungira,mu murenge wa Bushekeri muri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16431","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-24T16:45:03+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16431#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16431"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abaturiye Pariki ya Nyungwe basobanuriwe inyungu ibafitiye","datePublished":"2019-07-24T16:45:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16431"},"wordCount":598,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16431#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16431","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16431","name":"Abaturiye Pariki ya Nyungwe basobanuriwe inyungu ibafitiye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-07-24T16:45:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16431#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16431"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16431#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abaturiye Pariki ya Nyungwe basobanuriwe inyungu ibafitiye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16431","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16431"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16431\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16431"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16431"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16431"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}