{"id":16505,"date":"2019-07-29T08:10:37","date_gmt":"2019-07-29T08:10:37","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/29\/abaturage-barashimira-polisi-kuba-yabagarurije-ibikoresho-byabo-byari-byibwe\/"},"modified":"2025-02-12T12:12:56","modified_gmt":"2025-02-12T10:12:56","slug":"abaturage-barashimira-polisi-kuba-yabagarurije-ibikoresho-byabo-byari-byibwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16505","title":{"rendered":"Abaturage barashimira Polisi kuba yabagarurije ibikoresho byabo byari byibwe"},"content":{"rendered":"<p>Abaturage bashimiye Polisi y\u2019u Rwanda nyuma y\u2019aho Polisi ikorera mu karere ka Gasabo\u00a0 mu murenge wa Bumbogo mu rucyerera rwo kuri uyu wa 28 Nyakanga igaruje ibitenge 11 n\u2019imashini z\u2019idoda 4 byari byibwe n\u2019abasore batatu aribo Twizerimana Janvier w\u2019imyaka 32 y\u2019amavuko, Mugisha Issa w\u2019imyaka 19 na Kuradusenge Jean w\u2019imyaka 31 y\u2019amavuko.<\/p>\n<p>Ibi bikoresho byari byibwe ni iby\u2019itsinda ry\u2019abagore bagera ku icumi(10)\u00a0 bishyize hamwe rizwi ku izina rya \u201cGood Mothers\u201d rikora\u00a0 umurimo w\u2019ubudozi ndetse bakanawigisha n\u2019abandi bagore n\u2019abakobwa, rikaba rikorera mu murenge wa Bumbogo mu kagari ka Kinyanyaga mu gasanteri ka Muhozi.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali, Chief Inspector of Police (CIP) Marie Goreti Umutesi yavuze ko umuyobozi w\u2019iri tsinda Nikuze Suzana na mugenzi we w\u2019umubitsi akaba n\u2019umwanditsi waryo Abamariya Claire ko bahamagawe n\u2019abaturage baturiye ako gasanteri bababwira ko inzu bakoreramo ikinguye bashobora kuba babibye.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cBakimara guhabwa ayo makuru mu masaha ya 03h50 z\u2019urucyerera bahise bahamagara kuri sitasiyo ya Polisi ya Bumbogo maze umuyobozi wayo nawe ahita atabarira igihe abageraho 04h00 zuzuye.\u201d<\/p>\n<p>Yongeyeho ati \u201cMuri urwo rucyerera Polisi ikimara kuhagera k\u2019ubufatanye n\u2019abaturage baturiye ako gasanteri bahise bajya kureba abacyekwa maze ibyo bikoresho birafatwa.\u201d<\/p>\n<p>CIP Umutesi avuga ko abo basore babasanganye ibyo bitenge byose uko ari cumi na kimwe (11) n\u2019imitwe y\u2019imashini zidoda 2 izindi ebyiri nazo zikaba ziri gushakwa kuko hari icyizere cyo kuzibona.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu mujyi wa Kigali yashimiye abaturage uruhare bakomeje kugaragaza mu gufatanya na Polisi kurwanya ibyaha no kubiburizamo bityo abanyabyaha bagafatwa.<\/p>\n<p>Yakomeje asaba abaturage cyane cyane urubyiruko kutijandika mu bikorwa bibi birimo n\u2019ubujura ahubwo bagakura amaboko mu mufuka bagakora ntibararikire kuzatungwa n\u2019iby\u2019abandi bakoze.\u00a0 Akomeza avuga ko Polisi iri maso kandi itazahwema guhashya abanyabyaha batandukanye.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019itsinda Good Mothers yashimiye Polisi y\u2019u Rwanda kuba yabasubije ibikoresho byabo byari byibwe.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201c Ibi bitenge byacu birahenze cyane ndetse n\u2019izi mashini. Ndashima rwose Polisi yacu kuko ihora iri maso, ndasaba umuturage wese kujya ayiyambaza mu gihe icyo ari cyose ahuye n\u2019ikibazo kuko izamutabara.\u201d<\/p>\n<p>Umwanditsi w\u2019iri tsinda akaba n\u2019umunyamabaga waryo Abamariya Claire nawe yashimiye Polisi y\u2019u Rwanda uburyo itabarira igihe abayitabaje.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201c Njyewe nahamagaye komanda wa Sitasiyo ya Bumbogo nzi ko ayo masaha atari bunyitabe ariko nkimuhamagara yahise anyitaba kandi ako kanya ahita agera ku nyubako yacu dukoreramo batangira gushaka abo bajura.\u201d<\/p>\n<p>Yashimiye leta ishyiraho imirongo yo guhamagara mu gihe umuntu ahuye n\u2019ikibazo by\u2019umwihariko yizeza Polisi ko batazabura gukorana nayo bayihera amakuru ku gihe y\u2019aho babonye icyo aricyo cyose gishobora guhungabanya umutekano n\u2019ituze ry\u2019abaturawanda.<\/p>\n<p>Aba basore uko ari batatu bashyikirijwe urwego rw\u2019ubugenzacyaha rukorera kuri sitasiyo ya Bumbogo ngo bakurikiranwe ku byaha bacyekwaho.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bashimiye Polisi y\u2019u Rwanda nyuma y\u2019aho Polisi ikorera mu karere ka Gasabo\u00a0 mu murenge wa Bumbogo mu rucyerera rwo kuri uyu wa 28 Nyakanga igaruje ibitenge 11 n\u2019imashini z\u2019idoda 4 byari byibwe n\u2019abasore batatu aribo Twizerimana Janvier w\u2019imyaka 32 y\u2019amavuko, Mugisha Issa w\u2019imyaka 19 na Kuradusenge Jean w\u2019imyaka 31 y\u2019amavuko. Ibi bikoresho byari byibwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-16505","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abaturage barashimira Polisi kuba yabagarurije ibikoresho byabo byari byibwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16505\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abaturage barashimira Polisi kuba yabagarurije ibikoresho byabo byari byibwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bashimiye Polisi y\u2019u Rwanda nyuma y\u2019aho Polisi ikorera mu karere ka Gasabo\u00a0 mu murenge wa Bumbogo mu rucyerera rwo kuri uyu wa 28 Nyakanga igaruje ibitenge 11 n\u2019imashini z\u2019idoda 4 byari byibwe n\u2019abasore batatu aribo Twizerimana Janvier w\u2019imyaka 32 y\u2019amavuko, Mugisha Issa w\u2019imyaka 19 na Kuradusenge Jean w\u2019imyaka 31 y\u2019amavuko. Ibi bikoresho byari byibwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16505\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-29T08:10:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:12:56+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16505#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16505\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abaturage barashimira Polisi kuba yabagarurije ibikoresho byabo byari byibwe\",\"datePublished\":\"2019-07-29T08:10:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:12:56+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16505\"},\"wordCount\":462,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16505#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16505\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16505\",\"name\":\"Abaturage barashimira Polisi kuba yabagarurije ibikoresho byabo byari byibwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-07-29T08:10:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:12:56+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16505#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16505\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16505#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abaturage barashimira Polisi kuba yabagarurije ibikoresho byabo byari byibwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abaturage barashimira Polisi kuba yabagarurije ibikoresho byabo byari byibwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16505","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abaturage barashimira Polisi kuba yabagarurije ibikoresho byabo byari byibwe - BWIZA","og_description":"Abaturage bashimiye Polisi y\u2019u Rwanda nyuma y\u2019aho Polisi ikorera mu karere ka Gasabo\u00a0 mu murenge wa Bumbogo mu rucyerera rwo kuri uyu wa 28 Nyakanga igaruje ibitenge 11 n\u2019imashini z\u2019idoda 4 byari byibwe n\u2019abasore batatu aribo Twizerimana Janvier w\u2019imyaka 32 y\u2019amavuko, Mugisha Issa w\u2019imyaka 19 na Kuradusenge Jean w\u2019imyaka 31 y\u2019amavuko. Ibi bikoresho byari byibwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16505","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-29T08:10:37+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:12:56+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16505#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16505"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abaturage barashimira Polisi kuba yabagarurije ibikoresho byabo byari byibwe","datePublished":"2019-07-29T08:10:37+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:12:56+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16505"},"wordCount":462,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16505#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16505","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16505","name":"Abaturage barashimira Polisi kuba yabagarurije ibikoresho byabo byari byibwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-07-29T08:10:37+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:12:56+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16505#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16505"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16505#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abaturage barashimira Polisi kuba yabagarurije ibikoresho byabo byari byibwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16505","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16505"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16505\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16505"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16505"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16505"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}