{"id":16646,"date":"2019-07-04T12:15:09","date_gmt":"2019-07-04T12:15:09","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/04\/kigali-nyakabanda-umunsi-w-umuganura-wabaye-akanya-keza-ko-kugira-ibyo\/"},"modified":"2019-07-04T12:15:09","modified_gmt":"2019-07-04T12:15:09","slug":"kigali-nyakabanda-umunsi-w-umuganura-wabaye-akanya-keza-ko-kugira-ibyo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646","title":{"rendered":"Kigali\/Nyakabanda: Umunsi w\u2019umuganura wabaye akanya keza ko kugira ibyo bahuguramo urubyiruko"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ku wa Gatanu tariki ya 2 Kanama 2019, mu Rwanda hose hizihijwe umunsi w\u2019umuganura, mu midugudu itandukanye y\u2019igihugu abaturage bizihiwe basangira ku byo bejeje, bityo abo mu Mudugudu wa Kirwa, Akagari ka Nyakabanda ya Kabiri, Umurenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, bakaba barishimiye ibi birori bizera ko bigira icyo byigisha urubyiruko.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Bamwe mu babyeyi baganiriye na Bwiza.com, bavuga ko bizihiza uyu munsi ari nako bagaragariza urubyiruko ibyiza by\u2019umuco w\u2019u Rwanda, rukabaza ibibazo ku byo rubona rudasobanukirwa, ariko narwo rukabazwa icyo rutahanye nk\u2019Urubyiruko imbaraga z\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Mukankiko Josephine w\u2019imyaka 65 y\u2019amavuko, ati \u201cUmuganura ni umuco Nyarwanda Abanyarwanda bakunda, kera abana barakuraga bagashyingirwa abandi bakubaka bityo bakagira igihe cyo kuganurza ababyeyi, natwe mu mudugudu wa Gitwa umuganura twawiteguye neza nk\u2019abantu barimo abakuru; abakecuru, abasaza ndetse n\u2019abakiri bato twigisha uko bazajya bategura umuganura mu gihe tuzaba tukiriho&#8221;.<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati &#8220;Twasonze umutsima w\u2019amasaka, duteka ibihaza, ibitoki bitogosheje, abana twabahaye amata, abakuru banywa urwagwa tunasangira kuri uwo mutsina, mbese turanabyina dusoma ku nkangaza,\u2026<\/p>\n<figure id=\"attachment_140637\" aria-describedby=\"caption-attachment-140637\" style=\"width: 917px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-140637 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/New-Picture-3.jpg\" alt=\"\" width=\"917\" height=\"583\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-140637\" class=\"wp-caption-text\">Ku myaka 80, avuga ko ari ngombwa gutoza abato bagakura bazi umuco Nyarwanda<\/figcaption><\/figure>\n<p>Nyiramongi Thelesie w\u2019imyaka 80, avuga ko umuganura atari uw\u2019ubu, ko na kera hose ababyeyi n\u2019abana babo bawusangiraga ku mweru, ati \u201cUmuganura ni umuco wa kera, ukaragwa abana bose, abana bakaragwa umuganura\u201d.<\/p>\n<p>Avuga ko uko iterambere rigenda riza hari ibihinduka, ati \u201cBiratandukanye kuko ibya kera habaga harimo kwambara Kinyarwanda, ababyeyi bagatega urugori, bagahabwa umuganura, umubyeyi akabaraga ati \u2018muzabyare muheke\u2019 umubyeyi akagenda akata umutsima w\u2019amasaka ahereza abana ati bana banjye ndabahaye namwe muzatange umuganura\u201d.<\/p>\n<figure id=\"attachment_140634\" aria-describedby=\"caption-attachment-140634\" style=\"width: 3456px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-140634 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/DSCF8561.jpg\" alt=\"\" width=\"3456\" height=\"2304\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-140634\" class=\"wp-caption-text\">Abakuze basaba ko imbaraga zakongera mu rubyiruko bityo umuco nyarwanda ugakomeza gusigasirwa<\/figcaption><\/figure>\n<p>Umuyobozi w\u2019Umudugudu wa Kirwa, Aimable Sandro avuga ko bizihije uyu munsi banaha akanya urubyiruko rugira icyo rusobanurirwa ku byakorwaga, ndetse n\u2019abakuru bafata akanya ko kurubaza icyo rwungutse kizarufasha gukomeza gusigasira umuco nyarwanda.<\/p>\n<p>Ati \u201cNi byiza burya gukomeza gusigasira umuco kuko burya umuco uracika,\u00a0 urubyiruko rwabajijwe ibibazO, umuco ni iki? Akagusubiza, urubyiruko rwishimye, icyo birufasha, nk\u2019urubyiruko azamenya ngo umuco nyarwanda ni iki? Ni byiza cyane kuba barashyizeho inteko y\u2019umuco n\u2019ururimi kuko umwana azamenya ngo u Rwanda rwa Gasabo ni iki? Iyaba byashobokaga buri mwaka buri Mudugudu ukagira umunsi wawo w\u2019umuganura wihariye\u201d.<\/p>\n<figure id=\"attachment_140635\" aria-describedby=\"caption-attachment-140635\" style=\"width: 3456px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-140635 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/DSCF8563.jpg\" alt=\"\" width=\"3456\" height=\"2304\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-140635\" class=\"wp-caption-text\">Urubyiruko rwasobanuriwe byinshi ku birebana n&#8217;umunsi w&#8217;umuganura<\/figcaption><\/figure>\n<p>Aimable yakomeje avuga ko n\u2019abakuru hari bamwe batazi inkomoko y\u2019umuganura ariko ko uko urubyiruko ruzakomeza kugenda ruwusobanukirwa, ngo bizafasha ku buryo bazajya babyiruka basobanukiwe neza.Nk\u2019umudugudu wa Kirwa by\u2019umwihariko uri mu Mujyi wa Kigali ko ari ukurusobanurira byimbitse bitewe n\u2019uko bamwe hari igihe hari ibyo baba babonye bwa mbere, nk&#8217;umutsima w\u2019amasaka, inzoga y\u2019ubuki n\u2019ibindi.<\/p>\n<p>Insanganyamatsiko y\u2019Umuganura 2019 igira iti \u201cUmuganura isoko y\u2019ubumwe n\u2019ishingiro ryo kwigira\u201d.<\/p>\n<figure id=\"attachment_140625\" aria-describedby=\"caption-attachment-140625\" style=\"width: 3456px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-140625 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/DSCF8545.jpg\" alt=\"\" width=\"3456\" height=\"2304\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-140625\" class=\"wp-caption-text\">Aimable n&#8217;abandi babyeyi basangira ku musururu<\/figcaption><\/figure>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-140626 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/DSCF8548.jpg\" alt=\"\" width=\"3456\" height=\"2304\" \/><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku wa Gatanu tariki ya 2 Kanama 2019, mu Rwanda hose hizihijwe umunsi w\u2019umuganura, mu midugudu itandukanye y\u2019igihugu abaturage bizihiwe basangira ku byo bejeje, bityo abo mu Mudugudu wa Kirwa, Akagari ka Nyakabanda ya Kabiri, Umurenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, bakaba barishimiye ibi birori bizera ko bigira icyo byigisha urubyiruko. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-16646","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amateka-numuco"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kigali\/Nyakabanda: Umunsi w\u2019umuganura wabaye akanya keza ko kugira ibyo bahuguramo urubyiruko - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali\/Nyakabanda: Umunsi w\u2019umuganura wabaye akanya keza ko kugira ibyo bahuguramo urubyiruko - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku wa Gatanu tariki ya 2 Kanama 2019, mu Rwanda hose hizihijwe umunsi w\u2019umuganura, mu midugudu itandukanye y\u2019igihugu abaturage bizihiwe basangira ku byo bejeje, bityo abo mu Mudugudu wa Kirwa, Akagari ka Nyakabanda ya Kabiri, Umurenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, bakaba barishimiye ibi birori bizera ko bigira icyo byigisha urubyiruko. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-04T12:15:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/New-Picture-3.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16646#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16646\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kigali\\\/Nyakabanda: Umunsi w\u2019umuganura wabaye akanya keza ko kugira ibyo bahuguramo urubyiruko\",\"datePublished\":\"2019-07-04T12:15:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16646\"},\"wordCount\":499,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16646#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/08\\\/New-Picture-3.jpg\",\"articleSection\":[\"amateka-numuco\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16646#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16646\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16646\",\"name\":\"Kigali\\\/Nyakabanda: Umunsi w\u2019umuganura wabaye akanya keza ko kugira ibyo bahuguramo urubyiruko - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16646#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16646#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/08\\\/New-Picture-3.jpg\",\"datePublished\":\"2019-07-04T12:15:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16646#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16646\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16646#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16646#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali\\\/Nyakabanda: Umunsi w\u2019umuganura wabaye akanya keza ko kugira ibyo bahuguramo urubyiruko\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali\/Nyakabanda: Umunsi w\u2019umuganura wabaye akanya keza ko kugira ibyo bahuguramo urubyiruko - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali\/Nyakabanda: Umunsi w\u2019umuganura wabaye akanya keza ko kugira ibyo bahuguramo urubyiruko - BWIZA","og_description":"Ku wa Gatanu tariki ya 2 Kanama 2019, mu Rwanda hose hizihijwe umunsi w\u2019umuganura, mu midugudu itandukanye y\u2019igihugu abaturage bizihiwe basangira ku byo bejeje, bityo abo mu Mudugudu wa Kirwa, Akagari ka Nyakabanda ya Kabiri, Umurenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, bakaba barishimiye ibi birori bizera ko bigira icyo byigisha urubyiruko. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-04T12:15:09+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/New-Picture-3.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kigali\/Nyakabanda: Umunsi w\u2019umuganura wabaye akanya keza ko kugira ibyo bahuguramo urubyiruko","datePublished":"2019-07-04T12:15:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646"},"wordCount":499,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/New-Picture-3.jpg","articleSection":["amateka-numuco"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16646#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646","name":"Kigali\/Nyakabanda: Umunsi w\u2019umuganura wabaye akanya keza ko kugira ibyo bahuguramo urubyiruko - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/New-Picture-3.jpg","datePublished":"2019-07-04T12:15:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16646"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16646#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali\/Nyakabanda: Umunsi w\u2019umuganura wabaye akanya keza ko kugira ibyo bahuguramo urubyiruko"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16646","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16646"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16646\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16646"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16646"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16646"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}