{"id":16664,"date":"2019-08-07T15:56:28","date_gmt":"2019-08-07T15:56:28","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/08\/07\/nyamasheke-harasabwa-ubufatanye-mu-guhangana-n-ihungabana-rigaragara-ku-bana\/"},"modified":"2025-02-12T12:11:49","modified_gmt":"2025-02-12T10:11:49","slug":"nyamasheke-harasabwa-ubufatanye-mu-guhangana-n-ihungabana-rigaragara-ku-bana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16664","title":{"rendered":"Nyamasheke: Harasabwa ubufatanye mu guhangana n\u2019ihungabana rigaragara ku bana bibana"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyamasheke n\u2019ubw\u2019umuryango Strive foundation\u00a0 Rwanda ufite mu nshingano kurengera abana bibana, buvuga ko muri aka karere\u00a0 hari abana nk\u2019aba benshi,bafite ibibazo byinshi bibaviramo ihungabana rikomeye ariko riza mu buryo bunyuranye, inzego zose bireba muri aka karere\u00a0 zigakangurirwa kongera ubufatanye mu gukumira no guhangana n\u2019ibibazo byaba bitera aba bana kwibana n\u2019ihungabana rikomeye ribiturukaho.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Kwibana kwabo\u00a0 nk\u2019uko Bwiza.com yabitangarijwe n\u2019umugwaneza Solange\u00a0 ushinzwe ubujyanama n\u2019isanamitima muri Strive Rwanda muri aka karere, ngo biterwa n\u2019impamvu nyinshi zirimo gupfa kw\u2019ababyeyi bombi abana bakisanga nta kundi babigenza, amakimbirane yo mu ngo aho nk\u2019umwe mu bashakanye yica undi na we agafungwa bagasigara bonyine, aho umugore n\u2019umugabo bombi bigendera bagata abana mu nzu bonyine, aho abana bisanga ababyeyi babo bombi bafunze kubera n\u2019amateka igihugu cyanyuzemo,n\u2019izindi zitandukanye.<\/p>\n<p>Aba bana kenshi bisanga muri ubu buzima batarabwiteguye, nta ho kuba nta ho gukura icyo kurya,ntaho barageza amashuri, ngo bahita bisanga mu buzima buruhije cyane, aho nk\u2019umukuru ahita ata ishuri ngo yite ku bamukurikira, bamwe kubyakira bikabananira bagaterwa n\u2019ihungabana rikomeye cyane ariko ridahita rigaragara inyuma,rikagaragazwa n\u2019ibintu bimwe na bimwe,nko kwishora mu biyobyabwenge cyangwa mu mibonano mpuzabitsina imburagihe, kwigunga bakumva isi yarabaye nk\u2019ibaguyeho bakumva nta buzima bafite n\u2019ibindi,bikabangiza cyane.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 bahura n\u2019ihungabana rikomeye cyane ni yo mpamvu baba bagomba kwitabwaho by\u2019umwihariko n\u2019inzego zose zita ku burengenzira bw\u2019umwana. Twe tugerageza gukora uko dushoboye ngo tubahumurize,tubaha ibyo bakenera mu burezi,mu buzima,mu buhinzi n\u2019ubworozi ku babishobora ,kubaha amatara bacana mu nzu ngo abiga babashe gusubiramo amasomo yabo, gushakira imyuga abitaye ku bavandimwe babo,bo bakabura uko biga,n\u2019ibindi,kugira ngo tubagarurire icyizere cyo kubaho nubwo\u00a0 bitoroshye.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Gikundiro Diane wo mu kagari k\u2019Impala mu murenge wa Bushenge, avuga ko bari bafite ababyeyi buri wese akagenda ukwe kubera amakimbirane bahoranaga,bakaba batazi aho se aba,nyina na we ngo washatse undi mugabo bakaba bamubona rimwe na rimwe nk\u2019iyo bagiye mu isoko rya Bushenge n\u2019ahandi ariko batazi na we aho aba,gusa ngo agaragaza ihungabana rikomeye bibaza uko rizavurwa, ariko na bo ngo ubuzima ntibuboroheye.<\/p>\n<p>Ati \u2019\u2019Bamaze kuduta bakigendera ibyari mu nzu byose kugeza no ku gitanda mama akabijyana ntidusigarane n\u2019isahani,byatumye mva mu ishuri nari ngeze mu wa 3 w\u2019ayisumbuye ngo nite ku basigaye kuko turi 5 mu nzu, nta ho guhinga,inzara ijya itwica tukihangana,icyakora aba bagira neza\u00a0 ba Strive foundation Rwanda aho batangiriye kudufasha,baduha bimwe mu byo twari dukeneye ngo ubuzima bukomeze,turihanganye,kandi tuzakura.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Uwineza Pie ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage mu murenge wa Ruharambuga, avuga ko\u00a0 nk\u2019ubuyobozi bagerageza gukurikirana aba bana ariko kubera kubivanga n\u2019izindi nshingano bikagorana kumenya umunsi ku munsi imibereho yabo, gusa ku bufatanye n\u2019aba bafatanyabikorwa,ibimenyekanye bigakemurwa vuba,nubwo bitoroshye kubera ko bagenda biyongera uko n\u2019amakimbirane yo mu ngo yiyongera.<\/p>\n<p>Umuyobozi wa Strive foundation Rwanda ku rwego rw\u2019igihugu,Muramira Bernard,avuga ko muri aka karere bita ku miryango 125 y\u2019abana bibana mu mirenge 7 ikagize,bakaba baracukije igera ku 163, ubushobozi\u00a0 budahagije bafite bugatuma badashobora kugera mu mirenge yose uko ari 15 binashoboka ko hari abafite ibibazo birenze n\u2019iby\u2019aba bitaho, akavuga icyakora ko bazakomeza gushakisha icyafasha aba bitaho,ubufatanye n\u2019ubuyobozi bw\u2019inzego z\u2019ibanze no gushyira mu mihigo yazo ibikorwa bakorera aba bana bizatuma hari byinshi bigerwaho.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019aka karere\u00a0 wungirishje ushinzwe iterambere ry\u2019ubukungu,Ntaganira Josu\u00e9 Michel, ashimira abafatanyabikorwa bose bafasha mu kwita kuri aba bana,agasaba n\u2019abana ubwabo kudatiza umurindi ibi bibazo bahuye na byo ngo bitware nabi,ahubwo ko bakwiye guhangana na byo kuko ubuyobozi bubireba kandi bubari hafi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyamasheke n\u2019ubw\u2019umuryango Strive foundation\u00a0 Rwanda ufite mu nshingano kurengera abana bibana, buvuga ko muri aka karere\u00a0 hari abana nk\u2019aba benshi,bafite ibibazo byinshi bibaviramo ihungabana rikomeye ariko riza mu buryo bunyuranye, inzego zose bireba muri aka karere\u00a0 zigakangurirwa kongera ubufatanye mu gukumira no guhangana n\u2019ibibazo byaba bitera aba bana kwibana n\u2019ihungabana rikomeye ribiturukaho. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-16664","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Harasabwa ubufatanye mu guhangana n\u2019ihungabana rigaragara ku bana bibana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16664\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Harasabwa ubufatanye mu guhangana n\u2019ihungabana rigaragara ku bana bibana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyamasheke n\u2019ubw\u2019umuryango Strive foundation\u00a0 Rwanda ufite mu nshingano kurengera abana bibana, buvuga ko muri aka karere\u00a0 hari abana nk\u2019aba benshi,bafite ibibazo byinshi bibaviramo ihungabana rikomeye ariko riza mu buryo bunyuranye, inzego zose bireba muri aka karere\u00a0 zigakangurirwa kongera ubufatanye mu gukumira no guhangana n\u2019ibibazo byaba bitera aba bana kwibana n\u2019ihungabana rikomeye ribiturukaho. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16664\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-08-07T15:56:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:11:49+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16664#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16664\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Harasabwa ubufatanye mu guhangana n\u2019ihungabana rigaragara ku bana bibana\",\"datePublished\":\"2019-08-07T15:56:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:11:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16664\"},\"wordCount\":613,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16664#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16664\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16664\",\"name\":\"Nyamasheke: Harasabwa ubufatanye mu guhangana n\u2019ihungabana rigaragara ku bana bibana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-08-07T15:56:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:11:49+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16664#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16664\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16664#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Harasabwa ubufatanye mu guhangana n\u2019ihungabana rigaragara ku bana bibana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Harasabwa ubufatanye mu guhangana n\u2019ihungabana rigaragara ku bana bibana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16664","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Harasabwa ubufatanye mu guhangana n\u2019ihungabana rigaragara ku bana bibana - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyamasheke n\u2019ubw\u2019umuryango Strive foundation\u00a0 Rwanda ufite mu nshingano kurengera abana bibana, buvuga ko muri aka karere\u00a0 hari abana nk\u2019aba benshi,bafite ibibazo byinshi bibaviramo ihungabana rikomeye ariko riza mu buryo bunyuranye, inzego zose bireba muri aka karere\u00a0 zigakangurirwa kongera ubufatanye mu gukumira no guhangana n\u2019ibibazo byaba bitera aba bana kwibana n\u2019ihungabana rikomeye ribiturukaho. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16664","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-08-07T15:56:28+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:11:49+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16664#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16664"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Harasabwa ubufatanye mu guhangana n\u2019ihungabana rigaragara ku bana bibana","datePublished":"2019-08-07T15:56:28+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:11:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16664"},"wordCount":613,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16664#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16664","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16664","name":"Nyamasheke: Harasabwa ubufatanye mu guhangana n\u2019ihungabana rigaragara ku bana bibana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-08-07T15:56:28+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:11:49+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16664#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16664"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16664#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Harasabwa ubufatanye mu guhangana n\u2019ihungabana rigaragara ku bana bibana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16664","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16664"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16664\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16664"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16664"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16664"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}