{"id":1675,"date":"2016-04-19T09:49:45","date_gmt":"2016-04-19T09:49:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/04\/19\/burera-hakozwe-ubukangurambaga-bwo-kurwanya-ihohoterwa-rikorerwa-abana\/"},"modified":"2025-02-12T21:37:59","modified_gmt":"2025-02-12T19:37:59","slug":"burera-hakozwe-ubukangurambaga-bwo-kurwanya-ihohoterwa-rikorerwa-abana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1675","title":{"rendered":"Burera: Hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana"},"content":{"rendered":"<p>Mu gihe cy\u2019iminsi itatu, Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Burera yagiranye ibiganiro n\u2019ababyeyi bafite abana bataye ishuri, abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze, abarezi mu bigo by\u2019amashuri  yo muri aka karere, bose ibakangurira gusenyera umugozi umwe mu kurwanya ihohoterwa iryo ari ryo ryose rikorerwa abana.<br \/>\nInama babisabiwemo zabereye mu mirenge yose 17 igize aka karere kuva ku itariki 13 kugeza ku wa 15 Mata.<br \/>\nMu batanze ibyo biganiro harimo abayobozi ba Sitasiyo za Polisi y\u2019u Rwanda muri aka karere n\u2019abanyamabanga nshingwabikorwa b\u2019imirenge izo nama zabereyemo.<br \/>\nAganira n\u2019abo mu murenge wa Cyeru ku itariki 15 Mata, ushinzwe imikoranire ya Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abaturage ndetse n\u2019izindi nzego hagamijwe ubufatanye mu kwicungira umutekano mu karere ka Burera, Assistant Inspector of Police (AIP) Ph\u00e9lin Nshimiyumukiza yababwiye ko umwana afite uburenganzira bwo kwandikishwa igihe avutse, ubwo kubaho, uburenganzira bwo kuvuzwa, ubwo kumenya ababyeyi be, ubwo kugaragaza igitekerezo,  ubwo kuruhuka, n\u2019uburenganzira bwo kwidagadura.<br \/>\nYakomeje ababwira ko umwana agomba na none kurindwa ivangura, kurindwa ishimutwa, kurindwa gucuruzwa, kurindwa imirimo ivunanye, ndetse n\u2019ikindi kintu cyose kinyuranije n\u2019uburenganzira bwe.<br \/>\nAIP Nshimiyumukiza yababwiye ati:&#8221;Abana bose bagomba kwiga kuko ari uburenganzira bwabo.  Ababyeyi n\u2019abandi bantu bavana abana mu ishuri kugira ngo babafashe mu mirimo nk\u2019ubuhinzi bakwiye kubireka.  Abana bataye ishuri bagomba kurisubizwamo.&#8221;<br \/>\nYabwiye abo babyeyi ko intonganya, ubuharike, n\u2019amakimbirane biri mu bituma abana bahunga iwabo  bakajya ku mihanda , maze abasaba kubyirinda.<br \/>\nYabasobanuriye ko guhohotera umwana harimo kumukubita, kumukoresha imirimo ivunanye, kumuha ibihano bikomeye, kumusambanya, kumuta, kwihekura, no kuvanamo inda.<br \/>\nAIP Nshimiyumukiza yabwiye abari muri iyo nama ko imirimo itemewe ikoreshwa abana harimo kubakoresha mu birombe, gusoroma icyayi, gucukura umucanga, ibumba, n\u2019ingwa, no kwikorera imitwaro mu isoko bashaka amafaranga.<br \/>\nYababwiye ko ufite amakuru ajyanye n\u2019ihohoterwa ryakorewe umwana yayatanga kuri Sitasiyo ya Polisi y\u2019u Rwanda imwegereye cyangwa agahamagara  nomero ya terefone itishyurwa 116.<br \/>\nUmunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Cyeru, Twiringiyimana Theogene yashimye Polisi y\u2019u Rwanda muri aka karere ku mpanuro yahaye abari muri iyo nama, kandi abasaba kuzizirikana ndetse no kuzikurikiza.<br \/>\nYagize ati:&#8221;Uretse ubuzima bubi bagirira ku mihanda, abana bayobotse iyo nzira bakora ibyaha birimo ubujura no kunywa ibiyobyabwenge. Reka twese dufatanye kurwanya ikintu cyose gishobora gutuma umwana ata ishuri akajya ku muhanda, kandi duharanire ko uburenganzira bwe aho buva bukagera bwubahirijwe.&#8221;<br \/>\nUmwe muri abo babyeyi witwa Karekezi Sebastien yagize ati:&#8221;Impamvu zatumye umwana wanjye ata ishuri ngiye kuzishakira umuti urambye ku buryo atazongera kurita, kandi amashuri natangira nzahita musubizamo, ndetse nzakomeza kujya musobanurira akamaro ko kwiga.&#8221;<br \/>\nUmwe mu barezi bitabiriye iyo nama wo mu rwunge rw\u2019amashuri rwa Jean de la Menais witwa Nsanzimana Janvier yagize ati:&#8221;Ubufatanye hagati y\u2019ababyeyi, abarezi, n\u2019ubuyobozi bw\u2019inzego  z\u2019ibanze ni  ngombwa kugira ngo tubashe kurerera igihugu uko bikwiye. Uruhare rwanjye narushijeho kurusobanukirwa, kandi nzashyira mu bikorwa ibyo nsabwa.&#8221;<br \/>\nYasabye abarezi bagenzi be kuba abafatanyabikorwa mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana, baba abo bigisha ndetse n\u2019abandi muri rusange.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe cy\u2019iminsi itatu, Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Burera yagiranye ibiganiro n\u2019ababyeyi bafite abana bataye ishuri, abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze, abarezi mu bigo by\u2019amashuri yo muri aka karere, bose ibakangurira gusenyera umugozi umwe mu kurwanya ihohoterwa iryo ari ryo ryose rikorerwa abana. Inama babisabiwemo zabereye mu mirenge yose 17 igize aka karere kuva ku [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-1675","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Burera: Hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1675\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Burera: Hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe cy\u2019iminsi itatu, Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Burera yagiranye ibiganiro n\u2019ababyeyi bafite abana bataye ishuri, abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze, abarezi mu bigo by\u2019amashuri yo muri aka karere, bose ibakangurira gusenyera umugozi umwe mu kurwanya ihohoterwa iryo ari ryo ryose rikorerwa abana. Inama babisabiwemo zabereye mu mirenge yose 17 igize aka karere kuva ku [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1675\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-04-19T09:49:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T19:37:59+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1675#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1675\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Burera: Hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana\",\"datePublished\":\"2016-04-19T09:49:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:37:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1675\"},\"wordCount\":506,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1675#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1675\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1675\",\"name\":\"Burera: Hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-04-19T09:49:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:37:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1675#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1675\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1675#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Burera: Hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Burera: Hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1675","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Burera: Hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana - BWIZA","og_description":"Mu gihe cy\u2019iminsi itatu, Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Burera yagiranye ibiganiro n\u2019ababyeyi bafite abana bataye ishuri, abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze, abarezi mu bigo by\u2019amashuri yo muri aka karere, bose ibakangurira gusenyera umugozi umwe mu kurwanya ihohoterwa iryo ari ryo ryose rikorerwa abana. Inama babisabiwemo zabereye mu mirenge yose 17 igize aka karere kuva ku [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1675","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-04-19T09:49:45+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T19:37:59+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1675#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1675"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Burera: Hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana","datePublished":"2016-04-19T09:49:45+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:37:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1675"},"wordCount":506,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1675#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1675","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1675","name":"Burera: Hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-04-19T09:49:45+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:37:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1675#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1675"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1675#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Burera: Hakozwe ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1675","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1675"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1675\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1675"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1675"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1675"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}