{"id":16753,"date":"2019-08-13T23:19:11","date_gmt":"2019-08-13T23:19:11","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/08\/13\/bamwe-mu-banyeshuri-b-039-abanyarwanda-biga-i-goma-batinye-kujya-kuruhukira\/"},"modified":"2019-08-13T23:19:11","modified_gmt":"2019-08-13T23:19:11","slug":"bamwe-mu-banyeshuri-b-039-abanyarwanda-biga-i-goma-batinye-kujya-kuruhukira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16753","title":{"rendered":"Bamwe mu banyeshuri b&#039;Abanyarwanda biga i Goma batinye kujya kuruhukira iwabo"},"content":{"rendered":"<p>Bamwe mu banyeshuri b&#8217;abanyarwanda biga i Goma bahisemo kugumayo kuko batizeye kwemererwa gusubirayo muri ibi bihe kugabanya abambuka umupaka bikomeje.<\/p>\n<p>Mu mujyi wa Gisenyi kandi hari gukorwa ibarura ry&#8217;abajya hakurya i Goma n&#8217;ibyo bajya gukorayo nk&#8217;uko umwe mu bayobozi b&#8217;ibanze yabibwiye BBC.<\/p>\n<p>Ku mipaka ya &#8216;petite&#8217; na &#8216;grande barri\u00e8re&#8217; ku ruhande rw&#8217;u Rwanda haracyari imirongo y&#8217;abantu baba bifuza kwambuka, hari abangirwa n&#8217;abemererwa. Gusa abaza bashaka kwambuka baragabanutse bigaragara.<\/p>\n<p>Ku ruhande rwa Congo -mu buryo budasanzwe &#8211; barabaza abanyekongo baje mu Rwanda icyo baje gukora, hari bamwe bangira kwambuka.<\/p>\n<p>Urujya n&#8217;uruza rwaragabanyijwe bigaragara hagati ya Goma na Gisenyi, imijyi ishingiye ku bucuruzi ubusanzwe abayituye bahahirana cyane.<\/p>\n<p>Nyamara kuwa kabiri w&#8217;icyumweru gishize ba minisitiri b&#8217;ubuzima b&#8217;u Rwanda na Congo bemeje ubufatanye mu kurwanya Ebola hatabangamiwe urujya n&#8217;uruza rw&#8217;ubucuruzi n&#8217;imibereho y&#8217;abantu ku mipaka.<\/p>\n<p> <strong>Hari a<\/strong>  <strong>banyeshuri bagumye i Goma<\/strong> <\/p>\n<p>Nyuma yo kubwirwa ko ubu bigoye kwambuka, no kumva ko abayobozi mu Rwanda bavuga ko nta mpamvu zo kujya kwiga ahari icyorezo, abigayo bamwe bafashe ingamba.<\/p>\n<p>Umukobwa w&#8217;i Rubavu wiga ubuvuzi muri kaminuza i Goma yabwiye BBC ko we na bagenzi be ubu bahisemo kudataha mu Rwanda &#8211; aho bazaga buri munsi &#8211; kuko batizeye neza kwemererwa gusubira i Goma.<\/p>\n<p>Avuga ko bigayo &#8216;medicine&#8217; kuko mu Rwanda isigaye ahantu hamwe [muri Kaminuza y&#8217;u Rwanda] ahandi bayigaga i Gitwe hafunzwe, we na bagenzi be bakaba ngo badashoboye igiciro cya kaminuza y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Izi ngamba zo kugabanya urujya n&#8217;uruza ku mipaka ya Goma na Gisenyi zasanze bari mu bizamini bisoza umwaka, nabo bajya inama bafata ingamba zabo muri ibi bihe.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Byadutunguye tugiye mu bizamini, twabiganiriyeho n&#8217;abandi batugira inama yo kuza kuba ino, nibura tubone uko dukora ibizamini kugira ngo umwaka utadupfira ubusa&#8221;.<\/p>\n<p>Ku wa mbere w&#8217;icyumweru gishize, mu nama yahuje abaturage bahagarariye abandi n&#8217;abaminisitiri batatu, ku Gisenyi, Minisitiri w&#8217;ubuzima w&#8217;u Rwanda yavuze ko baganiriye uko i Goma hajya hajyayo abantu bacye bagatumikira abandi.<\/p>\n<p>Muri iyi minsi hari gukorwa ibarura mu mirenge y&#8217;Akarere ka Rubavu, ibarura bivugwa ko rigamije kumenya abaturage bambuka bajya i Goma no kureba uburyo bagabanuka.<\/p>\n<p>Kugabanya urujya n&#8217;uruza rw&#8217;abambuka imipaka hagati ya Gisenyi na Goma byagize ingaruka ku buzima bw&#8217;abantu ibihumbi batunzwe n&#8217;ubucuruzi buciriritse hagati y&#8217;imijyi yombi.<\/p>\n<p>Ishami ry&#8217;umuryango w&#8217;abibumbye ryita ku buzima rivuga ko nta burwayi bushya bwa Ebola burongera kugaragara mu mujyi wa Goma.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu banyeshuri b&#8217;abanyarwanda biga i Goma bahisemo kugumayo kuko batizeye kwemererwa gusubirayo muri ibi bihe kugabanya abambuka umupaka bikomeje. Mu mujyi wa Gisenyi kandi hari gukorwa ibarura ry&#8217;abajya hakurya i Goma n&#8217;ibyo bajya gukorayo nk&#8217;uko umwe mu bayobozi b&#8217;ibanze yabibwiye BBC. Ku mipaka ya &#8216;petite&#8217; na &#8216;grande barri\u00e8re&#8217; ku ruhande rw&#8217;u Rwanda haracyari imirongo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-16753","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bamwe mu banyeshuri b&#039;Abanyarwanda biga i Goma batinye kujya kuruhukira iwabo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16753\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bamwe mu banyeshuri b&#039;Abanyarwanda biga i Goma batinye kujya kuruhukira iwabo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu banyeshuri b&#8217;abanyarwanda biga i Goma bahisemo kugumayo kuko batizeye kwemererwa gusubirayo muri ibi bihe kugabanya abambuka umupaka bikomeje. Mu mujyi wa Gisenyi kandi hari gukorwa ibarura ry&#8217;abajya hakurya i Goma n&#8217;ibyo bajya gukorayo nk&#8217;uko umwe mu bayobozi b&#8217;ibanze yabibwiye BBC. Ku mipaka ya &#8216;petite&#8217; na &#8216;grande barri\u00e8re&#8217; ku ruhande rw&#8217;u Rwanda haracyari imirongo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16753\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-08-13T23:19:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16753#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16753\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Bamwe mu banyeshuri b&#039;Abanyarwanda biga i Goma batinye kujya kuruhukira iwabo\",\"datePublished\":\"2019-08-13T23:19:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16753\"},\"wordCount\":421,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16753#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16753\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16753\",\"name\":\"Bamwe mu banyeshuri b&#039;Abanyarwanda biga i Goma batinye kujya kuruhukira iwabo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-08-13T23:19:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16753#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16753\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16753#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bamwe mu banyeshuri b&#039;Abanyarwanda biga i Goma batinye kujya kuruhukira iwabo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bamwe mu banyeshuri b&#039;Abanyarwanda biga i Goma batinye kujya kuruhukira iwabo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16753","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bamwe mu banyeshuri b&#039;Abanyarwanda biga i Goma batinye kujya kuruhukira iwabo - BWIZA","og_description":"Bamwe mu banyeshuri b&#8217;abanyarwanda biga i Goma bahisemo kugumayo kuko batizeye kwemererwa gusubirayo muri ibi bihe kugabanya abambuka umupaka bikomeje. Mu mujyi wa Gisenyi kandi hari gukorwa ibarura ry&#8217;abajya hakurya i Goma n&#8217;ibyo bajya gukorayo nk&#8217;uko umwe mu bayobozi b&#8217;ibanze yabibwiye BBC. Ku mipaka ya &#8216;petite&#8217; na &#8216;grande barri\u00e8re&#8217; ku ruhande rw&#8217;u Rwanda haracyari imirongo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16753","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-08-13T23:19:11+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16753#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16753"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Bamwe mu banyeshuri b&#039;Abanyarwanda biga i Goma batinye kujya kuruhukira iwabo","datePublished":"2019-08-13T23:19:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16753"},"wordCount":421,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16753#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16753","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16753","name":"Bamwe mu banyeshuri b&#039;Abanyarwanda biga i Goma batinye kujya kuruhukira iwabo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-08-13T23:19:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16753#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16753"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16753#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bamwe mu banyeshuri b&#039;Abanyarwanda biga i Goma batinye kujya kuruhukira iwabo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16753","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16753"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16753\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16753"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16753"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16753"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}