{"id":16893,"date":"2019-08-21T13:06:55","date_gmt":"2019-08-21T13:06:55","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/08\/21\/hagiye-gukorwa-ubushakashatsi-ku-gitera-ubuzererezi-mu-rwanda-bosenibamwe\/"},"modified":"2025-02-12T12:07:49","modified_gmt":"2025-02-12T10:07:49","slug":"hagiye-gukorwa-ubushakashatsi-ku-gitera-ubuzererezi-mu-rwanda-bosenibamwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16893","title":{"rendered":"Hagiye gukorwa ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi mu Rwanda- Bosenibamwe"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Igororamuco kigiye gukora ubushakashatsi ku cyaba gitera ubuzererezi mu Rwanda, mu gihe 20% by&#8217;abagororwa ngo basubira inyuma bakabusubiramo.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ubu bushakashatsi bugiye gukorwa mu gihe usanga mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu hari abana b&#8217;inzererezi, bamwe batangaza ko biyemeje kuba muri ubu buzima kubera ubupfubyi, ubukene bwo mu miryango, amakimbirane y&#8217;ababyeyi babo,&#8230;.<\/p>\n<p>Mu mujyi wa Kigali, mu masaha y&#8217;amanwa bamwe muri aba bana ntabwo bigaragaza bitewe n&#8217;uko baba batinya ko inzego z&#8217;umutekano zibafata, baba bihinze muri za ruhurura bo bita Inganyi, bwatangira kwira bagatangira gusohokamo.<\/p>\n<p>Usanga bafite uducupa barimo kugenda bakururamo umwuka, baba badushyizemo icyo bita Tineli cyangwa se kole. Uyu RBA dukesha iyi nkuru, yamusanze mu mujyi ahazwi nka Down Town, yagize ati &#8220;Iyi bayita Basiko, ni Tineri, tuyikura Nyabugogo&#8221;.<\/p>\n<p>Uyu arasobanura ko atazi n&#8217;aho ababyeyi be baba, ati &#8220;Ababyeyi banjye sinzi aho baba, navutse mfitwe n&#8217;umwe, na we asubira inyuma antera nyogokuru, ubwo ni uko nguko, ni ibyo navukuyemo. Umwe numva ngo atuye Nyacyonga niho yifitiye undi mugore&#8221;.<\/p>\n<p>Aba bana ntabwo bashobora kukwemerera ko mujyana aho barara, ngo ni ibanga ryabo. &#8220;Urumva mbikubwiye naba ndaburije bagenzi banjye kuko ejobundi mu gitondo polisi yavuze ko za mbwa zisaka arizo zizajya zinjira zikajya kubakuramo, none urumva nagutangariza iki ahongaho?<\/p>\n<p>Hari n&#8217;abafite imyaka isaga 20, bavuga ko bagiye bajyanwa mu bigo ngororamuco ariko bavayo bagasubira muri ubu buzima. Ati &#8220;Njyewe mfite imyaka 24, nkaba mazemo imyaka 20, muri iyi myaka Leta yanjyanye mu bigo byinshi birimo Gitagata, ibya Rwamagana, Kanombe,&#8230;Ariko kubera kole nanywaga muri make sinjya mbeshya&#8221;.<\/p>\n<p>Undi, ati &#8220;Hari abo bagorora pe ari umwana wumva noneho ka gatima karehareha ugasanga,&#8230;. reka nguhe urugero, nkanjye ndataha ariko nkaza nkinywera ayo mafege [itabi] n&#8217;iyo miriro nkongera nkigira mu rugo&#8221;.<\/p>\n<p>Umuyobozi w&#8217;Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Igororamuco, Bosenibamwe Aime avuga ko 20% bagororwa nyuma bakongera gusubira mu buzererezi, gusa ngo hagiye gukorwa ubushakashatsi harebwa ikibitera.<\/p>\n<p>Ati &#8220;Muri iyi ngengo y&#8217;imari y&#8217;uyu mwaka yasohotse, tugiye gukora ubushakashatsi bwimbitse buzatwereka imiterere y&#8217;ubuzererezi mu Rwanda, impamvu zibitera n&#8217;imiti ishoboka ngo duhangane n&#8217;iki kibazo n&#8217;igihe byafata&#8221;.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko bitarenze mu kwezi kwa Kabiri umwaka utaha\u00a0 ishusho y&#8217;ubuzererezi mu Rwanda izaba ifitwe.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Igororamuco kigiye gukora ubushakashatsi ku cyaba gitera ubuzererezi mu Rwanda, mu gihe 20% by&#8217;abagororwa ngo basubira inyuma bakabusubiramo. Ubu bushakashatsi bugiye gukorwa mu gihe usanga mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu hari abana b&#8217;inzererezi, bamwe batangaza ko biyemeje kuba muri ubu buzima kubera ubupfubyi, ubukene bwo mu miryango, amakimbirane y&#8217;ababyeyi babo,&#8230;. Mu mujyi wa Kigali, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-16893","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hagiye gukorwa ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi mu Rwanda- Bosenibamwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16893\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hagiye gukorwa ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi mu Rwanda- Bosenibamwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Igororamuco kigiye gukora ubushakashatsi ku cyaba gitera ubuzererezi mu Rwanda, mu gihe 20% by&#8217;abagororwa ngo basubira inyuma bakabusubiramo. Ubu bushakashatsi bugiye gukorwa mu gihe usanga mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu hari abana b&#8217;inzererezi, bamwe batangaza ko biyemeje kuba muri ubu buzima kubera ubupfubyi, ubukene bwo mu miryango, amakimbirane y&#8217;ababyeyi babo,&#8230;. Mu mujyi wa Kigali, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16893\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-08-21T13:06:55+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:07:49+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16893#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16893\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Hagiye gukorwa ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi mu Rwanda- Bosenibamwe\",\"datePublished\":\"2019-08-21T13:06:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:07:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16893\"},\"wordCount\":369,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16893#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16893\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16893\",\"name\":\"Hagiye gukorwa ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi mu Rwanda- Bosenibamwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-08-21T13:06:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:07:49+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16893#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16893\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16893#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hagiye gukorwa ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi mu Rwanda- Bosenibamwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hagiye gukorwa ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi mu Rwanda- Bosenibamwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16893","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hagiye gukorwa ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi mu Rwanda- Bosenibamwe - BWIZA","og_description":"Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Igororamuco kigiye gukora ubushakashatsi ku cyaba gitera ubuzererezi mu Rwanda, mu gihe 20% by&#8217;abagororwa ngo basubira inyuma bakabusubiramo. Ubu bushakashatsi bugiye gukorwa mu gihe usanga mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu hari abana b&#8217;inzererezi, bamwe batangaza ko biyemeje kuba muri ubu buzima kubera ubupfubyi, ubukene bwo mu miryango, amakimbirane y&#8217;ababyeyi babo,&#8230;. Mu mujyi wa Kigali, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16893","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-08-21T13:06:55+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:07:49+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16893#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16893"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Hagiye gukorwa ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi mu Rwanda- Bosenibamwe","datePublished":"2019-08-21T13:06:55+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:07:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16893"},"wordCount":369,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16893#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16893","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16893","name":"Hagiye gukorwa ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi mu Rwanda- Bosenibamwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-08-21T13:06:55+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:07:49+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16893#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16893"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16893#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hagiye gukorwa ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi mu Rwanda- Bosenibamwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16893","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16893"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16893\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16893"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16893"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16893"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}