{"id":16910,"date":"2019-08-22T11:19:40","date_gmt":"2019-08-22T11:19:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/08\/22\/abaturage-baratabaza-kandi-ntawe-utaka-atababaye-ingabire-avuga-kuri-bus\/"},"modified":"2019-08-22T11:19:40","modified_gmt":"2019-08-22T11:19:40","slug":"abaturage-baratabaza-kandi-ntawe-utaka-atababaye-ingabire-avuga-kuri-bus","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910","title":{"rendered":"Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Impirimbanyi mu kurwanya ruswa n&#8217;akarengane akaba n&#8217;Umuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire<\/em> <\/strong>  <strong>\u00a0 <em>Marie<\/em> \u00a0 <em>Immacul\u00e9e,<\/em>  <em> yasabye Ikigo\u00a0cy&#8217;igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n&#8217;imwe ifitiye igihugu akamaro (<\/em>  <em>RURA<\/em>  <em>), gukemura ikibazo cy\u2019abagenzi bategera imodoka mu Mujyi wa Kigali ngo badahwema kugaragaza ibibazo bafite.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ibi Ingabire yabisabye abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Kanama 2019, nyuma y\u2019ubutumwa bw\u2019uwitwa Ntirushwa Sylvestre, wasabaga inzego bireba ko hagabanywa umubare w\u2019abagenzi bagenda muri bus zitwara abagenzi.<\/p>\n<p> <em>Yagize ati \u201c<\/em> Mwiriwe neza? Mwihanganye mukadufasha umubare w&#8217;abagenda mu izi modoka zitwara abagenzi muri Kigali, ukagabanywa mwaba mukoze cyane kuko birakabije\u201d. Ibi yagaragaje ko abisaba inzego bireba zirimo RURA na Polisi y\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Ni benshi mu bakoresha twitter bagiye bagaragaza ko iki kibazo kimaze igihe kandi ko abagenzi babigiriramo ingaruka. Mbonigaba Joseph ati \u201cHajemo companies nyinshi zitwara abagenzi byakemuka kuko bakorera kuri competition naho ubu baravuga turabatwarira igihe tugarukira. Mu ntara nta kibazo kibayo kuko uwakora nabi nta bagenzi yabona\u201d.<\/p>\n<p>Modeste, we ati \u201cNjyewe mbona iki kibazo mu mujyi wa Kigali kitazacyemuka vuba kuko abagenzi ni benshi, imihanda ni micyeya kandi mito, imodoka nazo ziracyari nkeya. Yewe bizatwara igihe pe\u201d.<\/p>\n<p>Nizeyimana Jean Claude, ati \u201cKo mbere se bitabagaho, nibemerere abandi bazanemo imodoka kuko bo bigaragara ko badafite ubushobozi. Companies ebyiri mu mujyi wose, reba mu Ntara ko hari ikibazo kirimo?<\/p>\n<p>Bernardin ati \u201cNihagira ugusubiza ku kibazo cy&#8217;umubare mwinshi w\u2019abagenzi muri za shirumuteto [yashatse kuvuga Bus] uze kumbwira. Kugeza ubu nta munyarwanda uzi ngo zemerewe gutwara bangahe, sindabona Polisi cyangwa \u00a0Rura ziyihagarika ngo babigenzure. Nabyo se baragira ngo Nyakubahwa wagowe azarinde kubyinjiramo?<\/p>\n<p>Mukashema, ati \u201cNimugoroba nka saa mbiri, nari mpagaze iruhande rwa Gare ya Kimironko mbona imirongo abantu bariho nibaza uburyo iki kibazo cyananiranye kandi nibikomeye twarabikoze. Icyaje kumbabaza cyane ni umubyeyi wari uhetse umwana w&#8217;uruhinja ari kurira kandi ari no ku murongo\u201d.<\/p>\n<p>Eline, ati \u201cIbintu izi company ziri gukorera Abanyarwanda sibyo, gupakira abantu nkushyira ibijumba mu isafuriya, bibaye byiza hashyirwaho umubare ntarengwa, RURA muzadufashe mutembere muri gare ya kimironko hagati ya saa kumi n\u2019ebyiri na saa tatu murebe ibihabera, mbabazwa n\u2019ababyeyi\u201d Ntirushwa yahise amusubiza ati \u201cNtabwo ari Kimironko gusa, bazajye na Remere, Nyabugogo, Downtown, Kabuga, Nyanza,&#8230;\u201d.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019ibi bitekerezo bitandukanye, Ingabire Immaculee na we yagize ati \u201cAriko iki kibazo abantu bakivuze iminsi ni ukuri gikwiye gushakirwa igisubizo. Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye\u201d.<\/p>\n<p>Umukozi wa RURA ushinzwe igenzura mu by\u2019ingendo n\u2019ubwikorezi, Nyiringabo Joseph, yatangarije Bwiza.com ko abagenzi bagenwe kugenda muri izi bus ari 70, abicara ni 39 naho abandi 31 bagahagarara.<\/p>\n<p>Yemeza ko RURA ikora igenzura, abo isanze barengeje abagenzi 70, ikabahana. Agira ati \u201cTurawugenzura kandi turanabahana abawurengeje, turabahana twihanikiriye, ikibazo tugira ni uko imodoka zacu zitinda mu muhanda, ihagaze ntiyakagombye kuhatinda kugira ngo abantu batabira ibyuya\u201d.<\/p>\n<p>Ikibazo kirebana n\u2019abagenzi batinda ku byapa bategereje imodoka cyanakunze kuvugwa cyane ariko na n\u2019ubu kikaba kitarabonerwa umuti kugera n\u2019aho bamwe bavuga ko cyazakemurwa na Perezida wa Repubulika bitewe n\u2019igihe kimaze, uyu mukozi wa RURA yemereye Bwiza.com kuzayiha ibisobanuro birambuye kuri cyo, ku munsi izifuza ikamusanga mu biro.<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-141918 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/New-Picture-5.jpg\" alt=\"\" width=\"662\" height=\"487\" \/><\/p>\n<figure id=\"attachment_141919\" aria-describedby=\"caption-attachment-141919\" style=\"width: 873px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-141919 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/imodoka-21.jpg\" alt=\"\" width=\"873\" height=\"491\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-141919\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Abagenzi ntibishimira uburyo batwarwa muri izi bus, bahagaze kandi ari benshi<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p> <em>\u00a0<\/em> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Impirimbanyi mu kurwanya ruswa n&#8217;akarengane akaba n&#8217;Umuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire \u00a0 Marie \u00a0 Immacul\u00e9e, yasabye Ikigo\u00a0cy&#8217;igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n&#8217;imwe ifitiye igihugu akamaro ( RURA ), gukemura ikibazo cy\u2019abagenzi bategera imodoka mu Mujyi wa Kigali ngo badahwema kugaragaza ibibazo bafite. Ibi Ingabire yabisabye abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, kuri uyu wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[19],"tags":[],"class_list":["post-16910","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Impirimbanyi mu kurwanya ruswa n&#8217;akarengane akaba n&#8217;Umuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire \u00a0 Marie \u00a0 Immacul\u00e9e, yasabye Ikigo\u00a0cy&#8217;igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n&#8217;imwe ifitiye igihugu akamaro ( RURA ), gukemura ikibazo cy\u2019abagenzi bategera imodoka mu Mujyi wa Kigali ngo badahwema kugaragaza ibibazo bafite. Ibi Ingabire yabisabye abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, kuri uyu wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-08-22T11:19:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/New-Picture-5.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16910#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16910\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi\",\"datePublished\":\"2019-08-22T11:19:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16910\"},\"wordCount\":537,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16910#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/08\\\/New-Picture-5.jpg\",\"articleSection\":[\"mu-rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16910#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16910\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16910\",\"name\":\"Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16910#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16910#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/08\\\/New-Picture-5.jpg\",\"datePublished\":\"2019-08-22T11:19:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16910#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16910\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16910#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16910#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi - BWIZA","og_description":"Impirimbanyi mu kurwanya ruswa n&#8217;akarengane akaba n&#8217;Umuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire \u00a0 Marie \u00a0 Immacul\u00e9e, yasabye Ikigo\u00a0cy&#8217;igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n&#8217;imwe ifitiye igihugu akamaro ( RURA ), gukemura ikibazo cy\u2019abagenzi bategera imodoka mu Mujyi wa Kigali ngo badahwema kugaragaza ibibazo bafite. Ibi Ingabire yabisabye abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, kuri uyu wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-08-22T11:19:40+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/New-Picture-5.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi","datePublished":"2019-08-22T11:19:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910"},"wordCount":537,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/New-Picture-5.jpg","articleSection":["mu-rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16910#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910","name":"Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/08\/New-Picture-5.jpg","datePublished":"2019-08-22T11:19:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16910"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16910#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16910","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16910"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16910\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16910"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16910"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16910"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}