{"id":16955,"date":"2019-08-24T13:12:40","date_gmt":"2019-08-24T13:12:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/08\/24\/nrs-igiye-gukora-ubushakashatsi-ku-gikomeje-gutera-ubuzererezi\/"},"modified":"2025-02-12T12:07:14","modified_gmt":"2025-02-12T10:07:14","slug":"nrs-igiye-gukora-ubushakashatsi-ku-gikomeje-gutera-ubuzererezi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16955","title":{"rendered":"NRS igiye gukora ubushakashatsi ku gikomeje gutera ubuzererezi"},"content":{"rendered":"<p>Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Igororamuco NRS kigiye gukora ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi nyuma y&#8217;aho cyari giherutse kugaragaza ko ingengo y\u2019imari cyahawe gukoresha uyu mwaka idahagije kuko harimo icyuho cya Miliyoni 600 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda yo kwita ku nzererezi mu bigo ngororamuco bya Nyamagabe na Gitagata.<\/p>\n<p>Ni ikibazo gikomeza gufata intera ndetse kinagaragaza uburyo ubuzererezi bukomeje kwiyongera ubwiyongere bwatumye iki kigo kiyemeza gukora ubushakashatsi ku kibutera.<\/p>\n<p>Bosenibamwe Aime umuyobozi w\u2019Ikigo k\u2019Igihugu k\u2019igororamuco  <em>yagize ati<\/em>  <em> \u201cTwakwibaza inzira turimo, umurongo turimo urimo urakemura ikibazo? Urimo gufasha Igihugu gukemura ikibazo? Ntabwo washobora kubimenya udakoze ubushakashatsi bwimbitse ngo umenye muri buri karere,muri buri murenge,muri buri ntara, ikibazo giteye gite? Wamara kukimenya ukamenya biterwa ni iki? ni izihe ngamba zo kubikemura? Ingamba z\u2019igihe gito ni ingamba z\u2019igihe kirambye,ese ni bande babikora? ni ayahe mikoro akenewe? Ni ukwisuzuma niba koko turi mu nzira nziza yo guca burundu ikibazo cy\u2019ubwiyongere bw\u2019ubuzererezi.\u201d<\/em> <\/p>\n<p>Ndabaga Diogene umushakashatsi wa NRS avuga ko ubu bushakashatsi buzagaragaza impamvu imyitwarire ibangamiye ituze ry\u2019abanyarwanda ikomeza kwiyongera aho kugabanuka.<\/p>\n<p><em style=\"font-weight: inherit;\">yagize ati \u201cUbu bushakashatsi icyo bugamije ni ukureba uburemere bw\u2019ibyo bibatera kwitwara batyo.Ariko ntitwagarukira ku buremere gusa ahubwo hagomba gushakwa n\u2019ingamba zafatwa kugira ngo ba bantu bave i buzimu bajye i buntu,ubwo nibwo bushakashatsi bwa mbere.\u201d<\/em> <\/p>\n<p><em style=\"font-weight: inherit;\">Ubushakashatsi bwa kabiri noneho ni ukureba aba bantu banyuze muri ariya mashuri Iwawa n\u2019ahandi za Nyamagabe, bavuyeyo ese barahindutse? Niba barahindutse ni ibiki batubwira ayo masomo bakuye aho bigiraga n\u2019imyuga bahigiraga cyangwa n\u2019inama babajyiraga nibyo byatumye bahinduka? ese babandi bananiwe guhinduka bagasubirayo ni iki kibitera? Ni ya masomo atarabagiriye akamaro? Cyangwa n\u2019ibikoresho bidahagije? Ni iki? Nabyo tubyigeho ariko nanone tuba dushaka kumenya niba umusaruro w\u2019abantu \u00a0banyuze muri ariaya mashuri ko byabagiriye akamaro.\u201d<\/em> <\/p>\n<p>Murekatete Chantal ushinzwe Uburinganire n\u2019Iterambere mu mujyi wa Kigali agaragaza impungenge za bumwe mu bushakashatsi bwakozwe, ariko ntihagaragare icyo bwari bugamije kuri iki kibazo.<\/p>\n<p>Arasaba abagiye gukora ubu bushakashatsi kuzanira inzego zishinzwe guhangana n\u2019iki kibazo ukuri kubyakwibandwaho.<\/p>\n<p>Yagize ati<em style=\"font-weight: inherit;\">\u00a0\u201cTuratekereza ko ubu bushakashatsi bugiye kuba igisubizo k\u2019ikibazo mu byukuri gihari, tukumva ko bugiye gucukumbura byimbitse impamvu nyamakuru zitera ubuzererezi, tukaba twiteze kubonamo igisubizo gitandukanye n\u2019icyo n\u2019ibyari bihari kuko bo bagiye gushakashak. Ibyo tutabashije gukora bituma ikibazo kigihari n\u2019 ibyo tubakeneyeho kugira ngo babitwereke. Ese aho dukwiririye gushyira imbaraga tutazishyiraga ni hehe? Kugira ngo mu by\u2019ukuri ikibazo kiranduke burundu.\u201d<\/em> <\/p>\n<p>Abangana na 90% by\u2019abana b\u2019inzererezi, abakora uburaya, abasabiriza baboneka hirya no hino bavuga ko icyabibateye ari ubukene.<\/p>\n<p>Abenshi muri bo basobanura ko babikora mu rwego rwo gushakisha imibereho ndetse bakemeza ko babonye icyabakura muri ubwo buzima kibarinda inzara batabusubiramo.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Source: RadioTv10<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Igororamuco NRS kigiye gukora ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi nyuma y&#8217;aho cyari giherutse kugaragaza ko ingengo y\u2019imari cyahawe gukoresha uyu mwaka idahagije kuko harimo icyuho cya Miliyoni 600 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda yo kwita ku nzererezi mu bigo ngororamuco bya Nyamagabe na Gitagata. Ni ikibazo gikomeza gufata intera ndetse kinagaragaza uburyo ubuzererezi bukomeje kwiyongera ubwiyongere [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":5,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-16955","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>NRS igiye gukora ubushakashatsi ku gikomeje gutera ubuzererezi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16955\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"NRS igiye gukora ubushakashatsi ku gikomeje gutera ubuzererezi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Igororamuco NRS kigiye gukora ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi nyuma y&#8217;aho cyari giherutse kugaragaza ko ingengo y\u2019imari cyahawe gukoresha uyu mwaka idahagije kuko harimo icyuho cya Miliyoni 600 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda yo kwita ku nzererezi mu bigo ngororamuco bya Nyamagabe na Gitagata. Ni ikibazo gikomeza gufata intera ndetse kinagaragaza uburyo ubuzererezi bukomeje kwiyongera ubwiyongere [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16955\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-08-24T13:12:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:07:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Karegeya Omar Jean Baptiste\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Karegeya Omar Jean Baptiste\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16955#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16955\"},\"author\":{\"name\":\"Karegeya Omar Jean Baptiste\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/04c164dbaad10bcacc13d7771cdebf54\"},\"headline\":\"NRS igiye gukora ubushakashatsi ku gikomeje gutera ubuzererezi\",\"datePublished\":\"2019-08-24T13:12:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:07:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16955\"},\"wordCount\":447,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16955#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16955\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16955\",\"name\":\"NRS igiye gukora ubushakashatsi ku gikomeje gutera ubuzererezi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-08-24T13:12:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:07:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16955#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16955\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16955#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"NRS igiye gukora ubushakashatsi ku gikomeje gutera ubuzererezi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/04c164dbaad10bcacc13d7771cdebf54\",\"name\":\"Karegeya Omar Jean Baptiste\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=5\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"NRS igiye gukora ubushakashatsi ku gikomeje gutera ubuzererezi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16955","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"NRS igiye gukora ubushakashatsi ku gikomeje gutera ubuzererezi - BWIZA","og_description":"Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Igororamuco NRS kigiye gukora ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi nyuma y&#8217;aho cyari giherutse kugaragaza ko ingengo y\u2019imari cyahawe gukoresha uyu mwaka idahagije kuko harimo icyuho cya Miliyoni 600 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda yo kwita ku nzererezi mu bigo ngororamuco bya Nyamagabe na Gitagata. Ni ikibazo gikomeza gufata intera ndetse kinagaragaza uburyo ubuzererezi bukomeje kwiyongera ubwiyongere [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16955","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-08-24T13:12:40+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:07:14+00:00","author":"Karegeya Omar Jean Baptiste","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Karegeya Omar Jean Baptiste","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16955#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16955"},"author":{"name":"Karegeya Omar Jean Baptiste","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/04c164dbaad10bcacc13d7771cdebf54"},"headline":"NRS igiye gukora ubushakashatsi ku gikomeje gutera ubuzererezi","datePublished":"2019-08-24T13:12:40+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:07:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16955"},"wordCount":447,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16955#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16955","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16955","name":"NRS igiye gukora ubushakashatsi ku gikomeje gutera ubuzererezi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-08-24T13:12:40+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:07:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16955#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16955"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16955#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"NRS igiye gukora ubushakashatsi ku gikomeje gutera ubuzererezi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/04c164dbaad10bcacc13d7771cdebf54","name":"Karegeya Omar Jean Baptiste","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=5"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16955","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/5"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16955"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16955\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16955"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16955"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16955"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}