{"id":17118,"date":"2019-09-03T09:36:36","date_gmt":"2019-09-03T09:36:36","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/03\/urujijo-ku-nkongi-y-039-umuriro-yafashe-inyubako-y-039-ubucuruzi-mu-mujyi-wa\/"},"modified":"2025-02-12T12:05:53","modified_gmt":"2025-02-12T10:05:53","slug":"urujijo-ku-nkongi-y-039-umuriro-yafashe-inyubako-y-039-ubucuruzi-mu-mujyi-wa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17118","title":{"rendered":"Urujijo ku nkongi y&#039;umuriro yafashe inyubako y&#039;ubucuruzi mu mujyi wa Rusizi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Inyubako y\u2019ubucuruzi\u00a0 igizwe n\u2019imiryango itanu y\u2019uwitwa\u00a0 Gahunga Innocent iri mu mujyi rwagati wa Rusizi, yafashwe n\u2019inkongi y\u2019umuriro saa kumi n\u2019iminota 10 z\u2019umugoroba zo kuri uyu wa mbere tariki ya 2 Nzeri 2019, inkomoko y&#8217;iyi nkongi ikaba ikiri urujijo.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Muri iyi miryango yose uko ari Itanu, itatu ni yo yagezweho n\u2019umuriro mwinshi harimo umwe nyira wo atagize icyo aramura, isigaye na yo bimwe birashya\u00a0 n\u2019ibyo bakuyemo birangirika cyane kubera kujugunywa hanze,indi 2 isigaye nubwo nta muriro wayigezemo ariko na yo ibyasohowemo byose kubera kwikanga gushya byangiritse, kugeza ubu ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rusizi bukavuga ko icyateye iyi nkongi kikiri urujijo.<\/p>\n<p>Iyi miryango yahiriyemo ibicuruzwa ibindi bikangirika ni uwa Gakwaya Bernard\u00a0 wacururizagamo imyenda y\u2019amatisi, bivugwa ko ari ho iyi nkongi y\u2019umuriro yatangiriye inyuma mu gikari aho ibikwa, bikavugwako inyubako yose yari ikinze kuko we ngo atari yacuruje,\u00a0 bituma iyo myenda yose ikongoka ntiyarokora n\u2019umwe, bagenzi be Ntigurirwa Xavier, Nyaminani Eug\u00e8ne, Mujawamariya Doroth\u00e9e na Ndimurwango Providence, ibyinshi bikaba byangiritse cyane ubwo bageragezaga kubisohora, umuriro ukba wazimijwe n\u2019inzego z\u2019umutekano ku bufatanye n\u2019abaturage.<\/p>\n<p>Aganira na Bwiza.com, umwe mu bahuye n\u2019ako kaga,Ntigurirwa Xavier, yavuze ko uyu muriro wari ukaze cyane kandi watunguranye kuko\u00a0 nubwo we ngo atari ahari, abari bahari bagiye kubona bakabona umwotsi ucumbeka mu nzu kwa mugenzi wabo, bakabona ni mu myenda acuruza hari gushya hahareye inyuma mu gikari kandi inyubako ikinze ntacyo bakuramo,batangira kwirwanaho buri wese akuramo ibye ariko biranga birashya,ibidahiye\u00a0 bakabikuramo babijugunya cyane ku buryo na byo byangiritse bikomeye.<\/p>\n<p>Ati &#8220;Njye nangirikishije ibifite agaciro k\u2019arenga miliyoni 20 kuko n\u2019ibyitwa ko bitahiye byose byamenaguritse. Byari ibikoresho byo mu rugo birimo amateremusi,amatase,amasahani n\u2019ibindi,gusa kuba nari mfite ubwishingizi ngiye kuvugana n\u2019aho nabufatiraga ndebe ko hari icyo bizamarira na ho ubundi twagendesheje bitavugwa&#8221;.<\/p>\n<p>Bwiza.com ntiyashoboye kuvugana na Gakwaya Bernard bivugwa ko yasaga n\u2019uwafashwe n\u2019ihungabana nyuma y\u2019aka kaga kose yahuye na ko\u00a0 ngo imubaze niba we yaba yari afite ubwishingizi bw\u2019ibicuruzwa bye ku buryo yazagira icyo abona cyamufasha gukomeza imirimo ye,gusa bisanzwe bivugwa ko muri uyu mujyi hari abacuruzi benshi badakozwa ibyo gufata ubwishingizi bw\u2019ibyo bakora,hakaba hari impungenge ko hari abashobora guhura n\u2019aka kaga bagasubira ku isuka nk\u2019uko bikunda kuvugwa.<\/p>\n<p>Ndagijimana Eug\u00e8ne umwe mu bacuruzi begeranye n\u2019aba bahuye n\u2019aka kaga,yabwiye Bwiza.com ko\u00a0 bibahaye isomo ryo kujya bakora buri gihe bafite ubwishingizi bw\u2019ibicuruzwa byabo, kuko hashobora koko kuba hari abatabyitaho bagira ibyago nk\u2019ibi bakaba bahita bava muri uyu mwuga kandi ari wo uba ubatungiye imiryango, bakajya banahora bagenzura ko insinga z\u2019amashanyarazi zikoze neza,nta kibazo zateza.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019aka karere Kayumba Ephrem,yatangarije Bwiza.com ko kugeza ubu batazi icyateye iyi nkongi n\u2019agaciro k\u2019ibyangiritse,asaba abacuruzi bagenzi b\u2019abahuye n\u2019ibi byago kubasura bagafatanya n\u2019ubuyobozi kubahumuriza,bakajya banitwararika ibikoreshwa n\u2019amashanyarazi byose aho bakorera ngo bitaba byabateza ibyago nk\u2019ibi by\u2019inkongi z\u2019imiriro.<\/p>\n<p>Uyu mujyi bivugwa na benshi ko ukigaragaramo\u00a0 inyubako zishaje,z\u2019ibice zishobora kuba zifite n\u2019insinga z\u2019amashanyarazi zishaje cyane\u00a0 zateza amakuba nubwo hari n\u2019amagorofa ahazamurwa, ukunze kugaragaramo akajagari kenshi karimo ak\u2019amakamyo\u00a0 n\u2019amafuso usanga awurunzemo kumanywa ku buryo benshi bemeza ko hari ibice bishobora gufatwa n\u2019inkongi y\u2019umuriro kubizimya bikagorana kubera kubura aho abazimya banyura ayamakamyo n\u2019amafuso,.<\/p>\n<p>Ubuyobozi bwariho mu myaka ishize\u00a0 bwari bwarafashe ingamba ko izi modoka zajya zipakira zikanapakurura nijoro ,ku manywa hakaba\u00a0 ubwisanzure, nyamara ku buyobozi bwakurikiyeho kugeza ubu ntibwabyitayeho ya mamodoka yongera kuzura imbere\u00a0 y\u2019inyubako z\u2019ubucuruzi.<\/p>\n<p>Biriyongeraho akandi kajagari gakabije kawurangwamo k\u2019amagaraje n\u2019abasuderi\u00a0 bakorera aho babonye na byo ngo bishobora guteza izindi ngorane nyamara ubuyobozi ngo bwaba butabyitayeho nk\u2019uko bivugwa n\u2019abaturage, hakanavugwa\u00a0 inyubako zimwe usangana ibicuruzwa by\u2019akajagari binabikwa mu kajagari birimo n\u2019ibishobora gufatwa n\u2019inkongi y\u2019umuriro byihuse bigakongeza ibindi vuba, ibi byose kimwe n\u2019iby\u2019ubwishingizi bw\u2019ibicuruzwa,umuyobozi w\u2019aka karere Kayumba Ephrem akavuga ko akarere kadashinzwe\u00a0 kubwiriza abacuruzi ibyo bakwiye gukora mu bucuruzi bwabo,ko buri wese areba ikimufitiye akamaro akaba ari cyo akora.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inyubako y\u2019ubucuruzi\u00a0 igizwe n\u2019imiryango itanu y\u2019uwitwa\u00a0 Gahunga Innocent iri mu mujyi rwagati wa Rusizi, yafashwe n\u2019inkongi y\u2019umuriro saa kumi n\u2019iminota 10 z\u2019umugoroba zo kuri uyu wa mbere tariki ya 2 Nzeri 2019, inkomoko y&#8217;iyi nkongi ikaba ikiri urujijo. Muri iyi miryango yose uko ari Itanu, itatu ni yo yagezweho n\u2019umuriro mwinshi harimo umwe nyira wo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":9,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-17118","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Urujijo ku nkongi y&#039;umuriro yafashe inyubako y&#039;ubucuruzi mu mujyi wa Rusizi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17118\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urujijo ku nkongi y&#039;umuriro yafashe inyubako y&#039;ubucuruzi mu mujyi wa Rusizi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inyubako y\u2019ubucuruzi\u00a0 igizwe n\u2019imiryango itanu y\u2019uwitwa\u00a0 Gahunga Innocent iri mu mujyi rwagati wa Rusizi, yafashwe n\u2019inkongi y\u2019umuriro saa kumi n\u2019iminota 10 z\u2019umugoroba zo kuri uyu wa mbere tariki ya 2 Nzeri 2019, inkomoko y&#8217;iyi nkongi ikaba ikiri urujijo. Muri iyi miryango yose uko ari Itanu, itatu ni yo yagezweho n\u2019umuriro mwinshi harimo umwe nyira wo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17118\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-03T09:36:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:05:53+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Bahuwiyongera Sylvestre\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Bahuwiyongera Sylvestre\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17118#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17118\"},\"author\":{\"name\":\"Bahuwiyongera Sylvestre\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/0d7286adcfb4c3c5c7ed9dc5e05b374e\"},\"headline\":\"Urujijo ku nkongi y&#039;umuriro yafashe inyubako y&#039;ubucuruzi mu mujyi wa Rusizi\",\"datePublished\":\"2019-09-03T09:36:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:05:53+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17118\"},\"wordCount\":690,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17118#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17118\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17118\",\"name\":\"Urujijo ku nkongi y&#039;umuriro yafashe inyubako y&#039;ubucuruzi mu mujyi wa Rusizi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-03T09:36:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:05:53+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17118#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17118\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17118#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urujijo ku nkongi y&#039;umuriro yafashe inyubako y&#039;ubucuruzi mu mujyi wa Rusizi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/0d7286adcfb4c3c5c7ed9dc5e05b374e\",\"name\":\"Bahuwiyongera Sylvestre\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=9\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urujijo ku nkongi y&#039;umuriro yafashe inyubako y&#039;ubucuruzi mu mujyi wa Rusizi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17118","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urujijo ku nkongi y&#039;umuriro yafashe inyubako y&#039;ubucuruzi mu mujyi wa Rusizi - BWIZA","og_description":"Inyubako y\u2019ubucuruzi\u00a0 igizwe n\u2019imiryango itanu y\u2019uwitwa\u00a0 Gahunga Innocent iri mu mujyi rwagati wa Rusizi, yafashwe n\u2019inkongi y\u2019umuriro saa kumi n\u2019iminota 10 z\u2019umugoroba zo kuri uyu wa mbere tariki ya 2 Nzeri 2019, inkomoko y&#8217;iyi nkongi ikaba ikiri urujijo. Muri iyi miryango yose uko ari Itanu, itatu ni yo yagezweho n\u2019umuriro mwinshi harimo umwe nyira wo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17118","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-03T09:36:36+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:05:53+00:00","author":"Bahuwiyongera Sylvestre","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Bahuwiyongera Sylvestre","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17118#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17118"},"author":{"name":"Bahuwiyongera Sylvestre","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/0d7286adcfb4c3c5c7ed9dc5e05b374e"},"headline":"Urujijo ku nkongi y&#039;umuriro yafashe inyubako y&#039;ubucuruzi mu mujyi wa Rusizi","datePublished":"2019-09-03T09:36:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:05:53+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17118"},"wordCount":690,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17118#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17118","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17118","name":"Urujijo ku nkongi y&#039;umuriro yafashe inyubako y&#039;ubucuruzi mu mujyi wa Rusizi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-03T09:36:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:05:53+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17118#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17118"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17118#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urujijo ku nkongi y&#039;umuriro yafashe inyubako y&#039;ubucuruzi mu mujyi wa Rusizi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/0d7286adcfb4c3c5c7ed9dc5e05b374e","name":"Bahuwiyongera Sylvestre","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=9"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17118","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/9"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17118"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17118\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17118"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17118"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17118"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}