{"id":17205,"date":"2019-09-08T09:22:37","date_gmt":"2019-09-08T09:22:37","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/08\/ndashavuye-pe-natunguwe-no-gusanga-umugabo-wanjye-yaraguze-indaya-2-ku-bihumbi\/"},"modified":"2025-02-03T01:01:11","modified_gmt":"2025-02-02T23:01:11","slug":"ndashavuye-pe-natunguwe-no-gusanga-umugabo-wanjye-yaraguze-indaya-2-ku-bihumbi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17205","title":{"rendered":"Ndashavuye pe! Natunguwe no gusanga umugabo wanjye yaraguze indaya 2 ku bihumbi 160- Nkore iki?"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Nari narayobewe aho umugabo wanjye amarira amafaranga ariko natunguwe no gusanga ajya mu biciro n\u2019indaya zihenze, azihonga amafaranga kugira ngo basambane.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Amazina si ngombwa, gusa ndi umugore, umuryango wanjye dutuye i Kigali, mfite umugabo n\u2019abana babiri n\u2019undi turera.<\/p>\n<p>Umugabo wanjye atwara imodoka zijya mu mahanga, amafaranga ahabwa ku isafari ni menshi pe, ariko ayo ageza mu rugo ni ingerere ugereranije n\u2019ayo ahabwa.<\/p>\n<p>Nakunze kumubaza aho ayashyira, na we akabura igisubizo, ariko ubu namaze kumenya ukuri dore ko n\u2019ubundi nari nsanzwe nkeka ko afite amahabara.<\/p>\n<p>Ubwo yageraga mu rugo nka saa munani yagasomye agahita asinzira, nibwo nafashe telefoni ye ndayijagajaga mbona ukuri ku byo nahoraga nibaza.<\/p>\n<p>Kuri watsapp nabonye ikiganiro yagiranye n\u2019abakobwa babiri, bamwoherereza amafoto ndetse banamubwira uburyo bazi kunezeza abagabo, mbese ni birebire ariko byose ni uburaya gusa.<\/p>\n<p>Bagiye mu birico nk\u2019abagura isambu pe, birangira uwa mbere yemeye ibihumbi 90, message bohererezanije nyuma zanyeretse ko basambanye ndetse ko nta n\u2019ikibazo bagiranye, bisobanuye ko baryamanye yayamuhaye. Undi ni ibihumbi 70, na we byarabaye, ubutumwa bakomeje kohererezanya arabihamya.<\/p>\n<p>Ni uko byanteza ibibazo ariko mba mberetse amafoto y\u2019izo ndaya kugira ngo namwe zitazabata mu mutego, nabonye bitoroshye.<\/p>\n<p>Umugabo namubajije kuri abo bakobwa, namwereka amafoto yabo, kuko nahise nyiba kuri telefoni ye nyashyira no ku yanjye.<\/p>\n<p>Nirinze kumubwira ko najagajaze telefoni ye, narabamubajije mubaza n\u2019ibyo bapanga, mbes yahise agwa mu kantu, amara nk\u2019iminota itanu yibaza byinshi, kuko yahise abona ko namenye ukuri.<\/p>\n<p>Yahise ansubiza nabi, turatongana ariko mubwira ko nakomeza uburaya nzamuta nkigendera aho kuzicwa na Sida, aho kumpa akanya ngo tubiganireho yahise anyihenuraho ngo sinkirirwe mucunga, ngo aho yirirwa hose ntabwo tuba turi kumwe ashatse yakora ibyo ashaka byose.<\/p>\n<p>Naramurakariye ku buryo n\u2019ubu ntawe uravugisha undi kandi yarasubiyeyo mu isafari, gusa namubwiye ko ntashobora kuzongera kuryamana na we tutaripimishiriza hamwe ngo turebe aho duhagaze, niba tutarandura Sida, ndahangayitse, ari mu buraya cyane kandi niko umutungo utikira.<\/p>\n<p>Nkeneye inama, murakoze!!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nari narayobewe aho umugabo wanjye amarira amafaranga ariko natunguwe no gusanga ajya mu biciro n\u2019indaya zihenze, azihonga amafaranga kugira ngo basambane. Amazina si ngombwa, gusa ndi umugore, umuryango wanjye dutuye i Kigali, mfite umugabo n\u2019abana babiri n\u2019undi turera. Umugabo wanjye atwara imodoka zijya mu mahanga, amafaranga ahabwa ku isafari ni menshi pe, ariko ayo ageza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-17205","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ndashavuye pe! Natunguwe no gusanga umugabo wanjye yaraguze indaya 2 ku bihumbi 160- Nkore iki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17205\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ndashavuye pe! Natunguwe no gusanga umugabo wanjye yaraguze indaya 2 ku bihumbi 160- Nkore iki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nari narayobewe aho umugabo wanjye amarira amafaranga ariko natunguwe no gusanga ajya mu biciro n\u2019indaya zihenze, azihonga amafaranga kugira ngo basambane. Amazina si ngombwa, gusa ndi umugore, umuryango wanjye dutuye i Kigali, mfite umugabo n\u2019abana babiri n\u2019undi turera. Umugabo wanjye atwara imodoka zijya mu mahanga, amafaranga ahabwa ku isafari ni menshi pe, ariko ayo ageza [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17205\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-08T09:22:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:01:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17205#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17205\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Ndashavuye pe! Natunguwe no gusanga umugabo wanjye yaraguze indaya 2 ku bihumbi 160- Nkore iki?\",\"datePublished\":\"2019-09-08T09:22:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17205\"},\"wordCount\":330,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17205#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17205\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17205\",\"name\":\"Ndashavuye pe! Natunguwe no gusanga umugabo wanjye yaraguze indaya 2 ku bihumbi 160- Nkore iki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-08T09:22:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17205#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17205\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17205#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ndashavuye pe! Natunguwe no gusanga umugabo wanjye yaraguze indaya 2 ku bihumbi 160- Nkore iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ndashavuye pe! Natunguwe no gusanga umugabo wanjye yaraguze indaya 2 ku bihumbi 160- Nkore iki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17205","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ndashavuye pe! Natunguwe no gusanga umugabo wanjye yaraguze indaya 2 ku bihumbi 160- Nkore iki? - BWIZA","og_description":"Nari narayobewe aho umugabo wanjye amarira amafaranga ariko natunguwe no gusanga ajya mu biciro n\u2019indaya zihenze, azihonga amafaranga kugira ngo basambane. Amazina si ngombwa, gusa ndi umugore, umuryango wanjye dutuye i Kigali, mfite umugabo n\u2019abana babiri n\u2019undi turera. Umugabo wanjye atwara imodoka zijya mu mahanga, amafaranga ahabwa ku isafari ni menshi pe, ariko ayo ageza [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17205","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-08T09:22:37+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:01:11+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17205#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17205"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Ndashavuye pe! Natunguwe no gusanga umugabo wanjye yaraguze indaya 2 ku bihumbi 160- Nkore iki?","datePublished":"2019-09-08T09:22:37+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17205"},"wordCount":330,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17205#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17205","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17205","name":"Ndashavuye pe! Natunguwe no gusanga umugabo wanjye yaraguze indaya 2 ku bihumbi 160- Nkore iki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-08T09:22:37+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17205#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17205"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17205#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ndashavuye pe! Natunguwe no gusanga umugabo wanjye yaraguze indaya 2 ku bihumbi 160- Nkore iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17205","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17205"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17205\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17205"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17205"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17205"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}