{"id":17259,"date":"2019-09-11T12:47:06","date_gmt":"2019-09-11T12:47:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/11\/iyo-foto-mberetse-niko-nteye-ndi-mwiza-kandi-nteye-neza-ntibinezeza-kuko\/"},"modified":"2025-02-03T01:01:11","modified_gmt":"2025-02-02T23:01:11","slug":"iyo-foto-mberetse-niko-nteye-ndi-mwiza-kandi-nteye-neza-ntibinezeza-kuko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17259","title":{"rendered":"Iyo foto mberetse niko nteye, ndi mwiza kandi nteye neza, ntibinezeza kuko bimpoza mu bigeragezo- Nkore iki?"},"content":{"rendered":"<p>Ibigeragezo igitsina gore duhura nabyo sinzi niba n&#8217;abagabo babinyuramo, ku bwanjye ndi umukobwa w&#8217;imyaka 26 y&#8217;amavuko, iwacu ni muri Kigali\/ Muhima ariko nkorera mu mujyi.<\/p>\n<p>Nta nkumi yigaya ariko ntabwo wakwiyoberwa, ndi mwiza pe kandi n&#8217;uko nteye nzi ko hari abakobwa benshi babyifuza.<\/p>\n<p>Uku meze rero bituma nitekerezaho cyane bitewe n&#8217;imijugujugu mba natewe nkayisimbuka, rwose pe, ntababeshye nabuze uko mbigenza.<\/p>\n<p>Nshyira agafoto ku mbuga nkoranyambaga nkasanga ubutumwa nohererejwe 90% ari ubunsaba urukundo, muri bwo nkasanga abarunsaba 70% muri bo ni abagabo.<\/p>\n<p>Akenshi abo mpaye akanya tugakomeza kuganira nta handi baganisha ni ku buriri, bakancukisha amafaranga bifuza ko turyamana.<\/p>\n<p>Mbese ntabwo bwacya rimwe cyangwa kabiri hatagize umugabo cyangwa umusore unganirije ku kirebana n&#8217;imibonano mpuzabitsina, cyangwa ngo andate ubwiza n&#8217;ibindi mbona ari ibyo kundoha.<\/p>\n<p>Kubera izi ntambara mporamo, bituma ntanezezwa n&#8217;uko nteye ahubwo nkumva bishobotse byahinduka. Ndakundana n&#8217;umusore nakumva umutima wanjye utangiye kumukunda ati &#8216;umubiri waWE urancumuza&#8217;, ejo ati &#8216;numva nshaka ko turyama&#8217; tukaba turashwanye.<\/p>\n<p>Ni izo ntambara mporamo, ninubaka urugo nzi neza ko izi ntambara zitazashira kandi kubera uko ngaragara abasore ntibambona nk&#8217;uwo kubaka urugo ahubwo abenshi mbambona bambona nk&#8217;uwo kuryoshya mu buriri kandi atari uko ndi.<\/p>\n<p>Ntabwo ndi indaya, nta n&#8217;uw&#8217;iwacu wabyigeze, nkeneye inama zanyu, murakoze!!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ibigeragezo igitsina gore duhura nabyo sinzi niba n&#8217;abagabo babinyuramo, ku bwanjye ndi umukobwa w&#8217;imyaka 26 y&#8217;amavuko, iwacu ni muri Kigali\/ Muhima ariko nkorera mu mujyi. Nta nkumi yigaya ariko ntabwo wakwiyoberwa, ndi mwiza pe kandi n&#8217;uko nteye nzi ko hari abakobwa benshi babyifuza. Uku meze rero bituma nitekerezaho cyane bitewe n&#8217;imijugujugu mba natewe nkayisimbuka, rwose [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-17259","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Iyo foto mberetse niko nteye, ndi mwiza kandi nteye neza, ntibinezeza kuko bimpoza mu bigeragezo- Nkore iki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17259\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Iyo foto mberetse niko nteye, ndi mwiza kandi nteye neza, ntibinezeza kuko bimpoza mu bigeragezo- Nkore iki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ibigeragezo igitsina gore duhura nabyo sinzi niba n&#8217;abagabo babinyuramo, ku bwanjye ndi umukobwa w&#8217;imyaka 26 y&#8217;amavuko, iwacu ni muri Kigali\/ Muhima ariko nkorera mu mujyi. Nta nkumi yigaya ariko ntabwo wakwiyoberwa, ndi mwiza pe kandi n&#8217;uko nteye nzi ko hari abakobwa benshi babyifuza. Uku meze rero bituma nitekerezaho cyane bitewe n&#8217;imijugujugu mba natewe nkayisimbuka, rwose [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17259\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-11T12:47:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:01:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17259#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17259\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Iyo foto mberetse niko nteye, ndi mwiza kandi nteye neza, ntibinezeza kuko bimpoza mu bigeragezo- Nkore iki?\",\"datePublished\":\"2019-09-11T12:47:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17259\"},\"wordCount\":223,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17259#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17259\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17259\",\"name\":\"Iyo foto mberetse niko nteye, ndi mwiza kandi nteye neza, ntibinezeza kuko bimpoza mu bigeragezo- Nkore iki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-11T12:47:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17259#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17259\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17259#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Iyo foto mberetse niko nteye, ndi mwiza kandi nteye neza, ntibinezeza kuko bimpoza mu bigeragezo- Nkore iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Iyo foto mberetse niko nteye, ndi mwiza kandi nteye neza, ntibinezeza kuko bimpoza mu bigeragezo- Nkore iki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17259","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Iyo foto mberetse niko nteye, ndi mwiza kandi nteye neza, ntibinezeza kuko bimpoza mu bigeragezo- Nkore iki? - BWIZA","og_description":"Ibigeragezo igitsina gore duhura nabyo sinzi niba n&#8217;abagabo babinyuramo, ku bwanjye ndi umukobwa w&#8217;imyaka 26 y&#8217;amavuko, iwacu ni muri Kigali\/ Muhima ariko nkorera mu mujyi. Nta nkumi yigaya ariko ntabwo wakwiyoberwa, ndi mwiza pe kandi n&#8217;uko nteye nzi ko hari abakobwa benshi babyifuza. Uku meze rero bituma nitekerezaho cyane bitewe n&#8217;imijugujugu mba natewe nkayisimbuka, rwose [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17259","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-11T12:47:06+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:01:11+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17259#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17259"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Iyo foto mberetse niko nteye, ndi mwiza kandi nteye neza, ntibinezeza kuko bimpoza mu bigeragezo- Nkore iki?","datePublished":"2019-09-11T12:47:06+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17259"},"wordCount":223,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17259#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17259","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17259","name":"Iyo foto mberetse niko nteye, ndi mwiza kandi nteye neza, ntibinezeza kuko bimpoza mu bigeragezo- Nkore iki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-11T12:47:06+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17259#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17259"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17259#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Iyo foto mberetse niko nteye, ndi mwiza kandi nteye neza, ntibinezeza kuko bimpoza mu bigeragezo- Nkore iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17259","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17259"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17259\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17259"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17259"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17259"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}