{"id":17264,"date":"2019-09-11T16:37:03","date_gmt":"2019-09-11T16:37:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/11\/nibamukande-yumve-gitifu-wa-kagano-nyamasheke-ngo-arucira-umuturage\/"},"modified":"2025-02-12T12:02:52","modified_gmt":"2025-02-12T10:02:52","slug":"nibamukande-yumve-gitifu-wa-kagano-nyamasheke-ngo-arucira-umuturage","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17264","title":{"rendered":"Nibamukande yumve- Gitifu wa Kagano\/Nyamasheke ngo arucira umuturage\u00a0"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Umuturage witwa Nshimiyimana Ananias yashyizwe mu kigo ngororamuco cyo mu karere\u00a0 ka Nyamasheke,\u00a0 umugore we ndetse n\u2019umuturanyi bavuga ko yazize guha amakuru itangazamakuru ndetse ko aho kugira ngo ubuyobozi bw&#8217;umurenge bumurenganure bwamusabiye &#8216;gukandwa&#8217;.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Muri Gashyantare uyu mwaka nibwo hatangajwe inkuru z\u2019abaturage batuye mu mudugudu wa Mutusa akagari ka Rwesero ho mu murenge wa Kagano, bavugaga ko bimwe inzira n\u2019abaturanyi babo ndetse amazi ava ku nzu zabo akaba agiye kuzabasenyera, kuva ku wa Gatatu w\u2019icyumweru gishize umwe muri aba baturage yajyanywe mu kigo ngororamuco cya Nyamasheke, bagenzi be bakavuga ko aricyo azize.<\/p>\n<p>Nyiranzakizwanayo Rachel umugore wa Nshimiyimana \u00a0hari icyo avuga ku byo bashinja umugabo we kwanga kwitaba ubuyobozi.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201c Kumuhamagara ntiyari ahari, hari urupfu yari yagiyemo i Kigali, njyewe naranitabye kuko ibyo yari yahamagariwe byari byakozwe n\u2019umwana kandi umwana ari uwacu twembi, mpageze baranyanze bambwira ko ntagomba kumwitabira.\u201d<\/p>\n<p>Nyiranzakizwanayo avuga ko iyo umugabo we abajije icyo azira bamubwira ko ikibazo agifitanye n\u2019ubuyobozi; ati \u201cIyo abajije baramubwira ngo ikibazo agifitanye n\u2019ubuyobozi\u201d.<\/p>\n<p>Umwe mu baturanyi be wasabye ko imyirongoroye ndetse n\u2019ijwi rye bihindurwa, \u00a0kubera impamvu z\u2019umutekano we yavuze ko icyo uyu mugabo wajywanwe mu kigo ngororamuco \u00a0azira kuvugisha itangazamakuru ,ati \u201c\u00a0ubwo icyatumye uyu mugabo afungwa ndetse nubu akaba akirimo, twabasabye ko baza aho byabereye bakabasubiza ko uwo bashakaga ari uyu mugabo kuko yahuruje Radio ikaza mu mu mudugudu wacu kandi batabishaka.\u201d<\/p>\n<p>Uyu muturanyi yakomeje avuga ko ibi byavuzwe n\u2019umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Kagano. Yagize ati \u201c Gitifu niwe wabivuze yari yicaye imbere y\u2019ameza, yaravuze ngo nibamukande yumve. akomeza \u00a0bamuhimbira ibyaha ko yatemye insina, bamuhimbira ko yasuzuguye bayobozi,&#8230;&#8221;<\/p>\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Kagano,\u00a0 Niyonzima Jacques aganira na Radio Isangano dukesha iyi nkuru, ahakana ko uyu muturage yajyanwe mu kigo ngororamuco kuko yatanze amakuru, \u00a0ko ahubwo agandira ubuyobozi.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201d Uwo Ananias nawe ni umuntu wagaragaye nk\u2019umuntu wigomeka, uhohotera abantu yahamagazwa ntiyitabe, mbese ni ukwigomeka ntekereza ko nihaba isuzuma ashobora gutaha kuko ubu maze kumva uko ubuyobozi bukora n\u2019inshingano afite mu buyobozi. \u201c<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko akurikiranweho kuba yaraciye inzira mu murima w\u2019umuturage yahamagarwa ntiyitabe ndetse hari nuwo yambuye isuka.<\/p>\n<p>Uyu munyamabanga avuga ko uyu muturage yahamagajwe n\u2019umukuru w\u2019umudugudu inshuro enye ntiyitabe agahamagazwa n\u2019umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari nabwo akanga kwitaba, \u2026<\/p>\n<p>Bwana Kimanuka Jean Nepomscene ukuriye Isibo uyu muryango ubarizwamo avuga ko nta myitwarire mibi azi Nshimiyimana Ananias yagize ati \u201c Mu byukuri uretse kiriya kintu cyabonetse cy\u2019amakimbirane y\u2019inzira akaba ariyo amugejeje hariya, urumva ko abantu bamwimaga inzira batamuvugira neza, niho wenda bahereye ariko ntakindi kintu kibi muziho da!\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati \u201c Si igisambo, nta muntu ararwana na we ntawe ndabona yakubise, ntakindi kintu kibi muziho pe\u201d<\/p>\n<p>Ibivugwa n\u2019aba baturage biramutse ari ukuri, iyi ishobora kuba imwe mu nzira yo gutinyisha abaturage kujyabavugana n\u2019itangazamakuru , cyane ko nubundi uba usanga abaturage bavuga ko iyo banyamakuru bamaze kuhava akenshi abayobozi babareba nabi mu mirenge itandukanye igize akarere ka Nyamasheke.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuturage witwa Nshimiyimana Ananias yashyizwe mu kigo ngororamuco cyo mu karere\u00a0 ka Nyamasheke,\u00a0 umugore we ndetse n\u2019umuturanyi bavuga ko yazize guha amakuru itangazamakuru ndetse ko aho kugira ngo ubuyobozi bw&#8217;umurenge bumurenganure bwamusabiye &#8216;gukandwa&#8217;. Muri Gashyantare uyu mwaka nibwo hatangajwe inkuru z\u2019abaturage batuye mu mudugudu wa Mutusa akagari ka Rwesero ho mu murenge wa Kagano, bavugaga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-17264","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nibamukande yumve- Gitifu wa Kagano\/Nyamasheke ngo arucira umuturage\u00a0 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17264\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nibamukande yumve- Gitifu wa Kagano\/Nyamasheke ngo arucira umuturage\u00a0 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuturage witwa Nshimiyimana Ananias yashyizwe mu kigo ngororamuco cyo mu karere\u00a0 ka Nyamasheke,\u00a0 umugore we ndetse n\u2019umuturanyi bavuga ko yazize guha amakuru itangazamakuru ndetse ko aho kugira ngo ubuyobozi bw&#8217;umurenge bumurenganure bwamusabiye &#8216;gukandwa&#8217;. Muri Gashyantare uyu mwaka nibwo hatangajwe inkuru z\u2019abaturage batuye mu mudugudu wa Mutusa akagari ka Rwesero ho mu murenge wa Kagano, bavugaga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17264\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-11T16:37:03+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:02:52+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17264#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17264\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Nibamukande yumve- Gitifu wa Kagano\\\/Nyamasheke ngo arucira umuturage\u00a0\",\"datePublished\":\"2019-09-11T16:37:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:02:52+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17264\"},\"wordCount\":492,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17264#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17264\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17264\",\"name\":\"Nibamukande yumve- Gitifu wa Kagano\\\/Nyamasheke ngo arucira umuturage\u00a0 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-11T16:37:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:02:52+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17264#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17264\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17264#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nibamukande yumve- Gitifu wa Kagano\\\/Nyamasheke ngo arucira umuturage\u00a0\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nibamukande yumve- Gitifu wa Kagano\/Nyamasheke ngo arucira umuturage\u00a0 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17264","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nibamukande yumve- Gitifu wa Kagano\/Nyamasheke ngo arucira umuturage\u00a0 - BWIZA","og_description":"Umuturage witwa Nshimiyimana Ananias yashyizwe mu kigo ngororamuco cyo mu karere\u00a0 ka Nyamasheke,\u00a0 umugore we ndetse n\u2019umuturanyi bavuga ko yazize guha amakuru itangazamakuru ndetse ko aho kugira ngo ubuyobozi bw&#8217;umurenge bumurenganure bwamusabiye &#8216;gukandwa&#8217;. Muri Gashyantare uyu mwaka nibwo hatangajwe inkuru z\u2019abaturage batuye mu mudugudu wa Mutusa akagari ka Rwesero ho mu murenge wa Kagano, bavugaga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17264","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-11T16:37:03+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:02:52+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17264#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17264"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Nibamukande yumve- Gitifu wa Kagano\/Nyamasheke ngo arucira umuturage\u00a0","datePublished":"2019-09-11T16:37:03+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:02:52+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17264"},"wordCount":492,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17264#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17264","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17264","name":"Nibamukande yumve- Gitifu wa Kagano\/Nyamasheke ngo arucira umuturage\u00a0 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-11T16:37:03+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:02:52+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17264#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17264"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17264#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nibamukande yumve- Gitifu wa Kagano\/Nyamasheke ngo arucira umuturage\u00a0"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17264","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17264"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17264\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17264"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17264"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17264"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}