{"id":17265,"date":"2019-09-11T16:35:13","date_gmt":"2019-09-11T16:35:13","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/11\/hasohowe-amajwi-yavuzwe-n-039-umunyamakuru-jamal-khashoggi-ubwo-yicwaga\/"},"modified":"2025-02-12T12:02:53","modified_gmt":"2025-02-12T10:02:53","slug":"hasohowe-amajwi-yavuzwe-n-039-umunyamakuru-jamal-khashoggi-ubwo-yicwaga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17265","title":{"rendered":"Hasohowe amajwi yavuzwe n&#039;umunyamakuru Jamal Khashoggi ubwo yicwaga"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ikinyamakuru cyo muri Turukiya cyatangaje amakuru mashya ajyanye n&#8217;amajwi bivugwa ko yumvikanisha ibihe bya nyuma by&#8217;umunyamakuru Jamal Khashoggi wishwe wo muri Arabie Saoudite.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Uyu munyamakuru wanengaga bikomeye leta ya Arabie Saoudite yiciwe mu biro by&#8217;uhagarariye icyo gihugu muri Turukiya biri mu mujyi wa Istanbul mu kwezi kwa cumi k&#8217;umwaka ushize.<\/p>\n<p>Ikinyamakuru Sabah kibogamiye kuri leta ya Turukiya, kivuga ko iyo nyandiko-mvugo cyatangaje ikubiyemo amajwi yafatiwe imbere muri iyo ambasade, akaza kugera mu ntoki z&#8217;ubutasi bwa Turukiya.<\/p>\n<p>Iyo nyandiko-mvugo ikubiyemo ibivugwa ko ari amagambo ya nyuma uwo munyamakuru yavuze.<\/p>\n<p>Khashoggi yandikiraga inkuru z&#8217;ibitekerezo bye bwite ikinyamakuru Washington Post cyo muri Amerika ndetse yabaga muri Amerika mbere y&#8217;urupfu rwe.<\/p>\n<p>Yabonywe bwa nyuma yinjira muri ambasade ya Arabie Saoudite i Istanbul ku itariki ya kabiri y&#8217;ukwezi kwa cumi mu 2018, aho yari yagiye gushaka ibyangombwa yari akeneye ngo abashe gushakana n&#8217;umukunzi we ukomoka muri Turukiya.<\/p>\n<p>Urupfu rwe mu buryo bw&#8217;amayobera rwatumye Arabie Saoudite yibazwaho cyane, leta y&#8217;iki gihugu nyuma yaho iza gutanga amakuru arimo kubusanya ajyanye n&#8217;uburyo ivuga ko yishwe.<\/p>\n<p>Kuva icyo gihe, abategetsi ba Arabie Saoudite begetse iyicwa rye ku gikorwa &#8220;cyatandukiriye&#8221; ndetse igeza mu bucamanza abagabo 11 ishinja kumwica.<\/p>\n<p>Ikinyamakuru Sabah cyakomeje kugenda gishingirwaho mu nkuru z&#8217;ibitangazamakuru mpuzamahanga kubera gutangaza amakuru &#8211; arimo amwe ataravuzweho rumwe &#8211; ajyanye n&#8217;urupfu rw&#8217;amayobera rw&#8217;uwo munyamakuru.<\/p>\n<p>Muri iki cyumweru, iki kinyamakuru cyatangaje inkuru ebyiri nshya ku rupfu rwa Khashoggi wishwe n&#8217;itsinda cyise &#8220;itsinda ry&#8217;abishi&#8221;.<\/p>\n<p>Inkuru iheruka ya vuba muri izo, itangaza mu buryo burambuye ibivugwa ko ari amajwi yo mu iyicwa rye.<\/p>\n<p>Irimo amakuru nk&#8217;ay&#8217;impuguke mu kugenza ibimenyetso by&#8217;ibyaha, wari mu itsinda ryoherejwe rivuye muri Arabie Saoudite, bivugwa ko yavugaga ko uwo munyamakuru ari &#8220;inyamaswa yo guturamo igitambo&#8221;, mbere y&#8217;uko agera kuri iyo ambasade.<\/p>\n<p>Ikinyamakuru Sabah gitangaza ko Khashoggi, amaze kugera muri ambasade, yagize amakenga akabwirwa ko agomba gusubira mu murwa mukuru Riyadh wa Arabie Saoudite kubera itegeko ryatanzwe na polisi mpuzamahanga, Interpol.<\/p>\n<p>Bivugwa ko uyu munyamakuru yanze ibyo yasabwaga n&#8217;iryo tsinda, birimo nko kwandikira umuhungu we ubutumwa bugufi kuri telefone, agahita ahabwa imiti yo gutuma ata ubwenge, nkuko iki kinyamakuru kibivuga.<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko yahise asaba abishi be, mu magambo ye ya nyuma, kudakomeza gupfuka umunwa we kuko arwaye indwara ya &#8216;asathma&#8217; yo mu myanya y&#8217;ubuhumekero, ariko agahita ata ubwenge.<\/p>\n<p>Khashoggi yahejejwe umwuka yashyizwe umufuka mu mutwe &#8211; ni ko iki kinyamakuru Sabah kivuga &#8211; ndetse bikavugwa ko urusaku rwo kugundagurana rwumvikana muri ayo majwi.<\/p>\n<p>Iki kinyamakuru kinavuga ko ayo majwi yumvikanisha umurambo ukatagurwamo uduce n&#8217;impuguke mu kugenza ibimenyetso by&#8217;ibyaha.<\/p>\n<p>Amakuru yuko hari amajwi yumvikanisha iyicwa rya Khashoggi yakomeje kuvugwaho guhera mu mwaka ushize.<\/p>\n<p>Abategetsi ba Turukiya bemeje ku mugaragaro ko ayo majwi ahari ndetse bavuga ko bayasangije ibindi bihugu, ariko ntibizwi uburyo iki kinyamakuru bisa nkaho yakigezeho.<\/p>\n<p>Mu gihe hafi umwaka umwe ugiye gushira nyuma y&#8217;urupfu rwe, umurambo wa Khashoggi ntabwo uraboneka nubwo amahanga yakomeje kotsa igitutu Arabie Saoudite.<\/p>\n<p>Mu ntangiriro y&#8217;uyu mwaka, impuguke y&#8217;umuryango w&#8217;abibumbye (ONU) mu guperereza ubwicanyi butabanjirijwe n&#8217;ubutabera yasabye ko hakorwa iperereza ryigenga kandi ritabogamye ku rupfu rwe.<\/p>\n<p>Iyi ntumwa idasanzwe ya ONU, Agn\u00e8s Callamard, yavuze ko urupfu rw&#8217;uwo munyamakuru ari &#8220;ubwicanyi bwakozwe ku bwende, bwabanje gutegurwa&#8221;.<\/p>\n<p>Yongeyeho ati: &#8220;Leta ya Arabie Saoudite ni yo yo kubiryozwa&#8221;, anavuga ko ikwiye gukorwaho iperereza.<\/p>\n<p>Leta ya Arabie Saoudite yamaganye raporo ye ndetse yakomeje kugenda ihakana ko abamwishe ari yo yari yabibategetse.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikinyamakuru cyo muri Turukiya cyatangaje amakuru mashya ajyanye n&#8217;amajwi bivugwa ko yumvikanisha ibihe bya nyuma by&#8217;umunyamakuru Jamal Khashoggi wishwe wo muri Arabie Saoudite. Uyu munyamakuru wanengaga bikomeye leta ya Arabie Saoudite yiciwe mu biro by&#8217;uhagarariye icyo gihugu muri Turukiya biri mu mujyi wa Istanbul mu kwezi kwa cumi k&#8217;umwaka ushize. Ikinyamakuru Sabah kibogamiye kuri leta [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-17265","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hasohowe amajwi yavuzwe n&#039;umunyamakuru Jamal Khashoggi ubwo yicwaga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17265\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hasohowe amajwi yavuzwe n&#039;umunyamakuru Jamal Khashoggi ubwo yicwaga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ikinyamakuru cyo muri Turukiya cyatangaje amakuru mashya ajyanye n&#8217;amajwi bivugwa ko yumvikanisha ibihe bya nyuma by&#8217;umunyamakuru Jamal Khashoggi wishwe wo muri Arabie Saoudite. Uyu munyamakuru wanengaga bikomeye leta ya Arabie Saoudite yiciwe mu biro by&#8217;uhagarariye icyo gihugu muri Turukiya biri mu mujyi wa Istanbul mu kwezi kwa cumi k&#8217;umwaka ushize. Ikinyamakuru Sabah kibogamiye kuri leta [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17265\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-11T16:35:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:02:53+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17265#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17265\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Hasohowe amajwi yavuzwe n&#039;umunyamakuru Jamal Khashoggi ubwo yicwaga\",\"datePublished\":\"2019-09-11T16:35:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:02:53+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17265\"},\"wordCount\":580,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17265#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17265\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17265\",\"name\":\"Hasohowe amajwi yavuzwe n&#039;umunyamakuru Jamal Khashoggi ubwo yicwaga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-11T16:35:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:02:53+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17265#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17265\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17265#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hasohowe amajwi yavuzwe n&#039;umunyamakuru Jamal Khashoggi ubwo yicwaga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hasohowe amajwi yavuzwe n&#039;umunyamakuru Jamal Khashoggi ubwo yicwaga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17265","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hasohowe amajwi yavuzwe n&#039;umunyamakuru Jamal Khashoggi ubwo yicwaga - BWIZA","og_description":"Ikinyamakuru cyo muri Turukiya cyatangaje amakuru mashya ajyanye n&#8217;amajwi bivugwa ko yumvikanisha ibihe bya nyuma by&#8217;umunyamakuru Jamal Khashoggi wishwe wo muri Arabie Saoudite. Uyu munyamakuru wanengaga bikomeye leta ya Arabie Saoudite yiciwe mu biro by&#8217;uhagarariye icyo gihugu muri Turukiya biri mu mujyi wa Istanbul mu kwezi kwa cumi k&#8217;umwaka ushize. Ikinyamakuru Sabah kibogamiye kuri leta [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17265","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-11T16:35:13+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:02:53+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17265#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17265"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Hasohowe amajwi yavuzwe n&#039;umunyamakuru Jamal Khashoggi ubwo yicwaga","datePublished":"2019-09-11T16:35:13+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:02:53+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17265"},"wordCount":580,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17265#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17265","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17265","name":"Hasohowe amajwi yavuzwe n&#039;umunyamakuru Jamal Khashoggi ubwo yicwaga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-11T16:35:13+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:02:53+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17265#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17265"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17265#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hasohowe amajwi yavuzwe n&#039;umunyamakuru Jamal Khashoggi ubwo yicwaga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17265","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17265"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17265\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17265"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17265"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17265"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}