{"id":17285,"date":"2019-09-12T16:09:59","date_gmt":"2019-09-12T16:09:59","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/12\/leta-ya-zimbabwe-n-039-umuryango-wa-robert-mugabe-ntibavuga-rumwe-ku\/"},"modified":"2025-02-12T12:02:44","modified_gmt":"2025-02-12T10:02:44","slug":"leta-ya-zimbabwe-n-039-umuryango-wa-robert-mugabe-ntibavuga-rumwe-ku","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17285","title":{"rendered":"Leta ya Zimbabwe n&#039;umuryango wa Robert Mugabe ntibavuga rumwe ku ishyingurwa rye"},"content":{"rendered":"<p>Umuryango wa Robert Mugabe uvuga ko wababajwe cyane nuko utigeze ugishwa inama na leta ya Zimbabwe muri gahunda zo gushyingura uyu wahoze ari perezida w&#8217;iki gihugu.<\/p>\n<p>Bwana Mugabe yapfuye ku wa gatanu ushize afite imyaka 95, mu bitaro byo muri Singapour aho yari amaze amezi yivuriza.<\/p>\n<p>Umurambo we uri gutegurirwa gushyirwa mu kibuga cy&#8217;umupira w&#8217;amaguru cyo ku murwa mukuru Harare ngo abantu bawusezereho mbere yuko ushyingurwa.<\/p>\n<p>Umuryango we na leta ntibavuga rumwe ku hantu Bwana Mugabe azashyingurwa.<\/p>\n<p>Umuryango wa Bwana Mugabe uvuga ko ku cyumweru nijoro umurambo we uzashyingurwa mu cyaro cyo ku ivuko cy&#8217;ahitwa Kutama, ndetse ugashyingurwa mu muhango wihariye w&#8217;umuryango.<\/p>\n<p>Ibiro ntaramakuru AFP byasubiyemo amagambo ya mwishywa we witwa Leo Mugabe agira ati:<\/p>\n<p>&#8220;Umurambo we uzasezerwaho ku cyumweru nijoro i Kutama&#8230; hakurikireho umuhango wihariye wo gushyingura &#8211; nko ku wa mbere cyangwa ku wa kabiri &#8211; nta byo kumushyingura mu irimbi ry&#8217;igihugu ry&#8217;intwari. Icyo ni cyo cyemezo cy&#8217;abagize umuryango bose&#8221;.<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;urupfu rwa Bwana Mugabe, Perezida Emmerson Mnangagwa yatangaje ko ari intwari y&#8217;igihugu, avuga ko akwiye gushyingurwa mu irimbi ry&#8217;intwari.<\/p>\n<p>Paul Mavhima, Minisitiri w&#8217;uburezi wa Zimbabwe, avuga ko nta gushidikanya ko Bwana Mugabe akwiye gushyingurwa nk&#8217;intwari y&#8217;igihugu.<\/p>\n<p>Yabwiye BBC ati: &#8220;Umuntu w&#8217;icyamamare nka we, umuhango wo kumuherekeza uzitabirwa n&#8217;abakuru n&#8217;abahoze ari abakuru b&#8217;ibihugu bagera hafi kuri 50. Umuntu nk&#8217;uwo ducyesha iki gihugu, nta mpaka zagakwiye kugibwa kuri ibyo na rimwe. Nta makimbirane n&#8217;amwe yagakwiye kubaho&#8221;.<\/p>\n<p>&#8220;Icyemezo gikwiye gusobanuka, akwiye kujya mu irimbi ry&#8217;intwari&#8221;.<\/p>\n<p>Mu itangazo umuryango wa Mugabe wasohoye, wavuze ko uhangayicyishijwe bikomeye n&#8217;ukuntu abategetsi bakoze gahunda yo gushyingura &#8220;batagishije inama umuryango we wa hafi wari wahawe inshingano zo kumenyesha ibyo yavuze bwa nyuma yifuza gukorerwa mu kumusezeraho no kumushyingura&#8221;.<\/p>\n<p>Iryo tangazo ryongeraho ko abo mu muryango we babajwe no kubona ko leta ya Zimbabwe &#8220;iri kugerageza kubahatira kwemera ibyo gushyingura nyakwigendera Robert Gabriel Mugabe bitandukanye n&#8217;uko yifuzaga gushyingurwa&#8221;.<\/p>\n<p>Iri tangazo rinongeraho ko kimwe mu byo Bwana Mugabe yari yifuje bwa nyuma ari uko umugore we Grace Mugabe atazava na rimwe iruhande rw&#8217;umurambo we kugeza abonye ko ashyinguwe.<\/p>\n<p>Bivugwa ko umuryango wa Bwana Mugabe warubiye kubera ukuntu yahiritswe ku butegetsi na Bwana Mnangagwa mu myaka ibiri ishize afashijwe n&#8217;igisirikare.<\/p>\n<p>Mu mwaka wa 2017, Bwana Mugabe yirukanye Bwana Mnangagwa ku mwanya wa visi-perezida, ibintu benshi bemeza ko bwari uburyo bwo gutegurira Madamu Grace kumusimbura ku butegetsi.<\/p>\n<p>Umurambo we wageze muri Zimbabwe ejo ku wa gatatu uvuye muri Singapour. Nyuma wajyanwe mu rugo rwa Bwana Mugabe ruzwi nka &#8220;Blue Roof&#8221; ruri i Harare, aho abo mu muryango we n&#8217;abawushyigikiye bateraniye mu kiriyo.<\/p>\n<p>Uraza gushyirwa mu kibuga cy&#8217;umupira w&#8217;amaguru cya Rufaro uhamare iminsi ibiri abantu bawusezeraho, mbere yuko usezerwaho na leta ya Zimbabwe ku wa gatandatu.<\/p>\n<p>Bwana Mugabe yabaye umutegetsi wa mbere wa Zimbabwe nyuma yaho iki gihugu cyahoze gikolonizwa n&#8217;Ubwongereza kiboneye ubwingege mu mwaka wa 1980 &#8211; ubutegetsi yamazeho imyaka 37.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuryango wa Robert Mugabe uvuga ko wababajwe cyane nuko utigeze ugishwa inama na leta ya Zimbabwe muri gahunda zo gushyingura uyu wahoze ari perezida w&#8217;iki gihugu. Bwana Mugabe yapfuye ku wa gatanu ushize afite imyaka 95, mu bitaro byo muri Singapour aho yari amaze amezi yivuriza. Umurambo we uri gutegurirwa gushyirwa mu kibuga cy&#8217;umupira w&#8217;amaguru [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-17285","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Leta ya Zimbabwe n&#039;umuryango wa Robert Mugabe ntibavuga rumwe ku ishyingurwa rye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17285\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Leta ya Zimbabwe n&#039;umuryango wa Robert Mugabe ntibavuga rumwe ku ishyingurwa rye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuryango wa Robert Mugabe uvuga ko wababajwe cyane nuko utigeze ugishwa inama na leta ya Zimbabwe muri gahunda zo gushyingura uyu wahoze ari perezida w&#8217;iki gihugu. Bwana Mugabe yapfuye ku wa gatanu ushize afite imyaka 95, mu bitaro byo muri Singapour aho yari amaze amezi yivuriza. Umurambo we uri gutegurirwa gushyirwa mu kibuga cy&#8217;umupira w&#8217;amaguru [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17285\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-12T16:09:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:02:44+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17285#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17285\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Leta ya Zimbabwe n&#039;umuryango wa Robert Mugabe ntibavuga rumwe ku ishyingurwa rye\",\"datePublished\":\"2019-09-12T16:09:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:02:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17285\"},\"wordCount\":498,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17285#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17285\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17285\",\"name\":\"Leta ya Zimbabwe n&#039;umuryango wa Robert Mugabe ntibavuga rumwe ku ishyingurwa rye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-12T16:09:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:02:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17285#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17285\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17285#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Leta ya Zimbabwe n&#039;umuryango wa Robert Mugabe ntibavuga rumwe ku ishyingurwa rye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Leta ya Zimbabwe n&#039;umuryango wa Robert Mugabe ntibavuga rumwe ku ishyingurwa rye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17285","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Leta ya Zimbabwe n&#039;umuryango wa Robert Mugabe ntibavuga rumwe ku ishyingurwa rye - BWIZA","og_description":"Umuryango wa Robert Mugabe uvuga ko wababajwe cyane nuko utigeze ugishwa inama na leta ya Zimbabwe muri gahunda zo gushyingura uyu wahoze ari perezida w&#8217;iki gihugu. Bwana Mugabe yapfuye ku wa gatanu ushize afite imyaka 95, mu bitaro byo muri Singapour aho yari amaze amezi yivuriza. Umurambo we uri gutegurirwa gushyirwa mu kibuga cy&#8217;umupira w&#8217;amaguru [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17285","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-12T16:09:59+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:02:44+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17285#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17285"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Leta ya Zimbabwe n&#039;umuryango wa Robert Mugabe ntibavuga rumwe ku ishyingurwa rye","datePublished":"2019-09-12T16:09:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:02:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17285"},"wordCount":498,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17285#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17285","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17285","name":"Leta ya Zimbabwe n&#039;umuryango wa Robert Mugabe ntibavuga rumwe ku ishyingurwa rye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-12T16:09:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:02:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17285#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17285"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17285#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Leta ya Zimbabwe n&#039;umuryango wa Robert Mugabe ntibavuga rumwe ku ishyingurwa rye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17285","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17285"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17285\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17285"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17285"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17285"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}