{"id":17307,"date":"2019-09-14T12:19:38","date_gmt":"2019-09-14T12:19:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/14\/kigali-hafashwe-abarimu-bashinjwa-gukubita-abanyeshuri-umwe-agacika-ururimi\/"},"modified":"2019-09-14T12:19:38","modified_gmt":"2019-09-14T12:19:38","slug":"kigali-hafashwe-abarimu-bashinjwa-gukubita-abanyeshuri-umwe-agacika-ururimi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17307","title":{"rendered":"Kigali: Hafashwe abarimu bashinjwa gukubita abanyeshuri, umwe agacika ururimi, undi agakomereka ku jisho"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Polisi y\u2019u Rwanda yafashe abarimu babiri; Mukaremera Christine ufite imyaka 29 na Niyonshuti Theoneste ufite imyaka 37 bashinjwa gukubita abana babiri, umwe agacika ururimi undi agakomereka ku jisho.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Ibi byabereye mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Jari mu kigo cy\u2019ishuri cya Cyuga aho aba barimu babiri\u00a0 bakubise abanyeshuri babiri bigishaga, umwe muri bo\u00a0 bikamuviramo gucika ururimi rukadodwa.<\/p>\n<p>Aba barimu bombi bigishaga ku kigo cy\u2019amashuri cya Cyuga giherereye mu karere ka Gasabo mu murenge wa Jali.\u00a0 Uyu Mukaremera Christine niwe tariki ya 11 Nzeri 2019 yakubise umwana w\u2019umukobwa ufite imyaka 10 wiga mu mwaka wa Gatanu w\u2019amashuri abanza bikamuviramo gucika ururimi.<\/p>\n<p>Ni mu gihe uwitwa Niyonshuti Theoneste tariki ya 04 Nzeri na we wigisha kuri icyo kigo cy\u2019ishuri yari yakubise umuyeshuri w\u2019imyaka 17 bikamuviramo gukomereka ku jisho.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali Chief Inspector of Police (CIP) Marie Gorette Umutesi avuga ko uriya mwarimukazi na mugenzi we bakubise abana\u00a0 bikabaviramo gukomereka cyane.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cUriya Mukaremera yakubise umwana urushyi mu mutwe, agiye kumukubita urwakabiri umwana ashaka kwihisha munsi y\u2019intebe hariho isahane ajyanamo impamba ayikubitaho ururimi kuko yagendaga arira yasamye bituma rukomereka. Niyonshuti we yakubise umwana igipfunsi mu jisho.\u201d<\/p>\n<p>CIP Marie Gorette Umutesi yaboneyeho gusaba abarimu ndetse n\u2019abandi bose bafite inshingano zo kurera kwirinda guhana abana bikabije kuko binyuranyije n\u2019amategeko arengera umwana.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cGukubita cyangwa guha umwana ibihano bikabije ntabwo byemewe, yaba ari abarimu ku mashuri cyangwa abandi barezi turabasaba kwirinda gukubita cyangwa guhana abana bikabije.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko uretse kuba bariya bana barakubiswe bikabaviramo gukomereka hari na bamwe mu barezi cyangwa ababyeyi usanga baha abana ibihano bibabaza umubiri cyangwa bagakoreshwa imirimo ivunanye idahwanye n\u2019imyaka yabo. Ibintu biba binyuranyije n\u2019amategeko arengera uburenganzira bw\u2019umwana.<\/p>\n<p>CIP Umutesi akomeza avuga ko ibyakozwe na bariya barimu ari icyaha gihanwa n\u2019amategeko kuko bakubise bakanakomeretsa. Amakuru y\u2019ibyakozwe n\u2019aba barimu yatanzwe n\u2019abaturage, ubwo Polisi yakurikiranaga ibi bibazo ubuyobozi bw\u2019ishuri bigishagaho nabwo bwemeje aya makuru.<\/p>\n<p>Kuri ubu aba barimu bombi bafashwe bashyikirizwa urwego rw\u2019ubugenzacyaha (RIB) kugira ngo bakurikiranwe ku cyaha bacyekwaho.<br \/>\n[penci_related_posts dis_pview=&#8221;no&#8221; dis_pdate=&#8221;no&#8221; title=&#8221;Izindi nkuru wasoma&#8221; background=&#8221;&#8221; border=&#8221;&#8221; thumbright=&#8221;no&#8221; number=&#8221;4&#8243; style=&#8221;list&#8221; align=&#8221;none&#8221; withids=&#8221;&#8221; displayby=&#8221;recent_posts&#8221; orderby=&#8221;rand&#8221;]<br \/>\nIngingo ya 121 mu gitabo gishyiraho ibyaha n\u2019ibihano byabyo iteganya ko umuntu wese, abishaka, ukomeretsa undi, umukubita cyangwa umusagarira ku buryo bwa kiboko bubabaje aba akoze icyaha.<\/p>\n<p>Iyo icyaha cyakorewe umwana, umubyeyi, uwo bashyingiranywe cyangwa umuntu udashoboye kwitabara kubera imiterere ye ku mubiri cyangwa mu bwenge, ahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu (5) ariko kitarenze imyaka umunani (8) n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda atari munsi ya miliyoni imwe (1.000.000 FRW) ariko atarenga miliyoni ebyiri (2.000.000 FRW).<\/p>\n<p>Polisi irakangurira abarimu n\u2019abandi bose bafite inshingano zo kurera ko bibujijwe guhana umwana bikabije aho bigera n\u2019aho byamuviramo uburwayi n\u2019ibikomere ku mubiri.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda yafashe abarimu babiri; Mukaremera Christine ufite imyaka 29 na Niyonshuti Theoneste ufite imyaka 37 bashinjwa gukubita abana babiri, umwe agacika ururimi undi agakomereka ku jisho. Ibi byabereye mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Jari mu kigo cy\u2019ishuri cya Cyuga aho aba barimu babiri\u00a0 bakubise abanyeshuri babiri bigishaga, umwe muri bo\u00a0 bikamuviramo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-17307","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kigali: Hafashwe abarimu bashinjwa gukubita abanyeshuri, umwe agacika ururimi, undi agakomereka ku jisho - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17307\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali: Hafashwe abarimu bashinjwa gukubita abanyeshuri, umwe agacika ururimi, undi agakomereka ku jisho - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda yafashe abarimu babiri; Mukaremera Christine ufite imyaka 29 na Niyonshuti Theoneste ufite imyaka 37 bashinjwa gukubita abana babiri, umwe agacika ururimi undi agakomereka ku jisho. Ibi byabereye mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Jari mu kigo cy\u2019ishuri cya Cyuga aho aba barimu babiri\u00a0 bakubise abanyeshuri babiri bigishaga, umwe muri bo\u00a0 bikamuviramo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17307\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-14T12:19:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17307#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17307\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Kigali: Hafashwe abarimu bashinjwa gukubita abanyeshuri, umwe agacika ururimi, undi agakomereka ku jisho\",\"datePublished\":\"2019-09-14T12:19:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17307\"},\"wordCount\":476,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17307#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17307\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17307\",\"name\":\"Kigali: Hafashwe abarimu bashinjwa gukubita abanyeshuri, umwe agacika ururimi, undi agakomereka ku jisho - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-14T12:19:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17307#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17307\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17307#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali: Hafashwe abarimu bashinjwa gukubita abanyeshuri, umwe agacika ururimi, undi agakomereka ku jisho\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali: Hafashwe abarimu bashinjwa gukubita abanyeshuri, umwe agacika ururimi, undi agakomereka ku jisho - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17307","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali: Hafashwe abarimu bashinjwa gukubita abanyeshuri, umwe agacika ururimi, undi agakomereka ku jisho - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda yafashe abarimu babiri; Mukaremera Christine ufite imyaka 29 na Niyonshuti Theoneste ufite imyaka 37 bashinjwa gukubita abana babiri, umwe agacika ururimi undi agakomereka ku jisho. Ibi byabereye mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Jari mu kigo cy\u2019ishuri cya Cyuga aho aba barimu babiri\u00a0 bakubise abanyeshuri babiri bigishaga, umwe muri bo\u00a0 bikamuviramo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17307","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-14T12:19:38+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17307#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17307"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Kigali: Hafashwe abarimu bashinjwa gukubita abanyeshuri, umwe agacika ururimi, undi agakomereka ku jisho","datePublished":"2019-09-14T12:19:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17307"},"wordCount":476,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17307#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17307","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17307","name":"Kigali: Hafashwe abarimu bashinjwa gukubita abanyeshuri, umwe agacika ururimi, undi agakomereka ku jisho - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-14T12:19:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17307#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17307"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17307#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali: Hafashwe abarimu bashinjwa gukubita abanyeshuri, umwe agacika ururimi, undi agakomereka ku jisho"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17307","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17307"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17307\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17307"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17307"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17307"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}