{"id":17318,"date":"2019-09-15T11:30:31","date_gmt":"2019-09-15T11:30:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/15\/iburasirazuba-inzego-z-ibanze-zahawe-umukoro-wo-gukemura-ibibazo-byugarije\/"},"modified":"2025-02-12T12:02:32","modified_gmt":"2025-02-12T10:02:32","slug":"iburasirazuba-inzego-z-ibanze-zahawe-umukoro-wo-gukemura-ibibazo-byugarije","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17318","title":{"rendered":"Iburasirazuba: Inzego z\u2019ibanze zahawe umukoro wo gukemura ibibazo byugarije abaturage"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu nama nyunguranabitekerezo yahurije inzego z\u2019ibanze yabereye i Rwamagana ku biro by\u2019Intara y\u2019Iburasirazuba, umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu, Dr Alvera Mukabaramba yasabye abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze \u00a0gukemura ibibazo byugarije imibereho y\u2019abaturage.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ubwo yatangizaga inama nyunguranabiterezo, Guvereneri Fred Mufulkye yagize ati &#8220;Ngira ngo murabizi ko twari dufite abana bagera ku bihumbi 10\u00a0 bari bataye ishuri, hari abarenga ibihumbi cumi bitatu by\u2019abana twagaruye mu ishuri ariko hari ibihumbi bibiri, ntabwo dufite amakuru y\u2019aho abo bana bari , tukaba twariyemeje iki cyumweru nibura ko tuzaba twageze urugo ku rundi na bariya turabashaka kuko nta bisobanuro twagira, kumva ko na bariya ibihumbi bibiri tugomba kubasubiza mu ishuri.<\/p>\n<p>Hari kandi ikibazo cy\u2019abangavu baterwa inda ntacyo kigomba guduhangayisha hari ndetse n\u2019ahakigaragara ikibazo cy\u2019imirire mibi tukaba tubasaba gukomeza gufata ingamba zo gukemura ibyo bibazo&#8221;.<\/p>\n<p>Mukayiranga Marie Gloriose umwe banyabanga nshingwabikorwa avuga ko hari ingamba zihariye zashinzweho hagamijwe gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y\u2019abaturage.<\/p>\n<p>Bimwe mu bibazo yagararije abari bitabiriye inama, hari ingo zidafite amacumbi, abaturage bakirarana n\u2019amaturage, ubuharike\u00a0 ndetse n&#8217;abata ingo, ikibazo cy\u2019abana bafite imirire mibi,&#8230;<\/p>\n<p>Yanagaragaje ko biyemeje gushyira mu bikorwa ingamba zigamije gukemura ibibazo bibangamiye umudendezo bifashije uburyo bushya\u00a0 14 buzakoreshwa mu gukemura ibibazo byose bakuye mu isesengura ryakozwe n\u2019itsinda ry\u2019abanyamabangashingwabikorwa b\u2019imirenge .<\/p>\n<p>Umunyamabanga wa Leta \u00a0ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage muri \u00a0minisiteri y\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu, Dr Alvera Mukabaramba\u00a0 yasabye abayobozi kwigana abakora neza mu gushaka ibisubizo ku bibazo bibangamiye imibereho y\u2019abaturage .<\/p>\n<p>Agira ati &#8220;Uragenda ugasanga umudugudu runaka wabaye uwa mbere ariko ugasanga ni umudugudu umwe mu murenge cyangwa umurenge umwe uri imbere indi iri inyuma ndibaza kuki ibikorerwa hamwe abandi batakigira kubabasha kubikora neza kugira ngo twese dukemure ibabazo ntabari inyuma&#8221;.<\/p>\n<p>Avuga ko ingamba zafashwe zizatuma hakemurwa ibyo bibazo.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong> <em>Ngabonziza Justin\/ Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu nama nyunguranabitekerezo yahurije inzego z\u2019ibanze yabereye i Rwamagana ku biro by\u2019Intara y\u2019Iburasirazuba, umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu, Dr Alvera Mukabaramba yasabye abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze \u00a0gukemura ibibazo byugarije imibereho y\u2019abaturage. Ubwo yatangizaga inama nyunguranabiterezo, Guvereneri Fred Mufulkye yagize ati &#8220;Ngira ngo murabizi ko twari dufite abana bagera ku bihumbi 10\u00a0 bari bataye ishuri, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-17318","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Iburasirazuba: Inzego z\u2019ibanze zahawe umukoro wo gukemura ibibazo byugarije abaturage - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17318\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Iburasirazuba: Inzego z\u2019ibanze zahawe umukoro wo gukemura ibibazo byugarije abaturage - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu nama nyunguranabitekerezo yahurije inzego z\u2019ibanze yabereye i Rwamagana ku biro by\u2019Intara y\u2019Iburasirazuba, umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu, Dr Alvera Mukabaramba yasabye abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze \u00a0gukemura ibibazo byugarije imibereho y\u2019abaturage. Ubwo yatangizaga inama nyunguranabiterezo, Guvereneri Fred Mufulkye yagize ati &#8220;Ngira ngo murabizi ko twari dufite abana bagera ku bihumbi 10\u00a0 bari bataye ishuri, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17318\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-15T11:30:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:02:32+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17318#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17318\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Iburasirazuba: Inzego z\u2019ibanze zahawe umukoro wo gukemura ibibazo byugarije abaturage\",\"datePublished\":\"2019-09-15T11:30:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:02:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17318\"},\"wordCount\":309,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17318#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17318\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17318\",\"name\":\"Iburasirazuba: Inzego z\u2019ibanze zahawe umukoro wo gukemura ibibazo byugarije abaturage - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-15T11:30:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:02:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17318#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17318\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17318#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Iburasirazuba: Inzego z\u2019ibanze zahawe umukoro wo gukemura ibibazo byugarije abaturage\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Iburasirazuba: Inzego z\u2019ibanze zahawe umukoro wo gukemura ibibazo byugarije abaturage - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17318","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Iburasirazuba: Inzego z\u2019ibanze zahawe umukoro wo gukemura ibibazo byugarije abaturage - BWIZA","og_description":"Mu nama nyunguranabitekerezo yahurije inzego z\u2019ibanze yabereye i Rwamagana ku biro by\u2019Intara y\u2019Iburasirazuba, umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu, Dr Alvera Mukabaramba yasabye abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze \u00a0gukemura ibibazo byugarije imibereho y\u2019abaturage. Ubwo yatangizaga inama nyunguranabiterezo, Guvereneri Fred Mufulkye yagize ati &#8220;Ngira ngo murabizi ko twari dufite abana bagera ku bihumbi 10\u00a0 bari bataye ishuri, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17318","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-15T11:30:31+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:02:32+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17318#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17318"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Iburasirazuba: Inzego z\u2019ibanze zahawe umukoro wo gukemura ibibazo byugarije abaturage","datePublished":"2019-09-15T11:30:31+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:02:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17318"},"wordCount":309,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17318#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17318","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17318","name":"Iburasirazuba: Inzego z\u2019ibanze zahawe umukoro wo gukemura ibibazo byugarije abaturage - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-15T11:30:31+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:02:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17318#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17318"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17318#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Iburasirazuba: Inzego z\u2019ibanze zahawe umukoro wo gukemura ibibazo byugarije abaturage"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17318","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17318"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17318\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17318"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17318"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17318"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}