{"id":17368,"date":"2019-09-18T16:02:31","date_gmt":"2019-09-18T16:02:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/18\/kurara-wambaye-ubusa-kimwe-mu-byo-umukobwa-ugiye-gushaka-atangira-kwimenyereza\/"},"modified":"2025-02-03T01:01:11","modified_gmt":"2025-02-02T23:01:11","slug":"kurara-wambaye-ubusa-kimwe-mu-byo-umukobwa-ugiye-gushaka-atangira-kwimenyereza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17368","title":{"rendered":"Kurara wambaye ubusa, kimwe mu byo umukobwa ugiye gushaka atangira kwimenyereza"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Umuntu aravuka agakura ariko igihe kikagera na we akava iwabo akajya<\/em> <br class=\"autobr\" \/> <em>gushinga urwe, ku miryango biba ari ibyishimo kuko aba ari amahirwe yo<\/em> <br class=\"autobr\" \/> <em>kuyagura, bityo rero nk&#8217;umukobwa hari ibyo asiga iwabo agatangira kwimenyereza ibindi bizamufasha kubaka urugo rwe.<\/em> <br class=\"autobr\" \/><\/strong> <\/p>\n<p>Nk\u2019umukobwa uba uvuye mu muryango we agiye gushaka mu wundi, aba ate<br class=\"autobr\" \/>impungenge nyinshi yibaza twinshi mu byukuri umuntu yavuga ko dufite<br class=\"autobr\" \/>ishingiro, kuko nta numwe ushyingirwa adafite amatsiko y\u2019uko agiye kubaho. Yibaza uburyo azashimisha umugabo, uko azajya amutegurira amafunguro, uko azajya arara amupfumbase, uko azajya arara yambaye ubusa rimwe na rimwe yabitekereza akumva bimuteye isoni.<\/p>\n<p><br class=\"autobr\" \/>Dore ibintu 10 umukobwa aba agomba kwimenyereza<\/p>\n<p> <strong>Kwimenyereza kwicisha bugufi no gushaka inshuti nshya<\/strong> <\/p>\n<p>Benshi usanga iyo bamaze gushyingira bakuraho za telefone, bakuriza ibiciro kuko baba bumva ko bageze mu rwabo ariko biba ari ngombwa ko yisanisha n\u2019abandi, akongera inshuti aho kuzigabanya, kuko hari igihe ava aha agashaka kure agasanga nta muntu ahazi, urumva ko aba agomba kubiyegereza, ikindi kandi urugo rwabo ruba rugomba kugendwa.<\/p>\n<p> <strong>Kwihanganira ibigeragezo<\/strong> <\/p>\n<p>Agomba kumenya ko akuze, akumva ko agiyekwigerekaho umutwaro w\u2019urugo kandi ko urugo ari rugari ruba rute byinshi rubazwa bitandukanye n\u2019uburyo yajyaga abaho, akumva ko uwo bagiye kubana atari wa wundi wamuhamagaraga amwita Cherie, chouchou,honey,\u2026 buri kanya, ko izibana zikomanya amahembe, ko ashobora kubura urubyaro, umugabo agafungwa, mukabura akazi,\u2026 aha rero bisaba kwihangana no gusenga cyane.<\/p>\n<p>Ikindi ugomba kubaka witeguye, ni uko mushobora kubura urubyaro, utazi kwihangana rero ngo utegereze, ushobora guhita wisenyera kubera kwiruka mu bandi bagabo, umugabo na we akajya mu bagore, ubundi mukanduzanya ibirwara birimo na VIH\/SIDA, ni ukwihangana.<\/p>\n<p> <strong>Kwimenyereza gukora cyane<\/strong> <\/p>\n<p>Agomba kumenya ko agiye kubaka umuryango we, ko ari bantu 2 bagiye kubaka urugo, mukobwa uba ugomba kwivanamo ubunebwe bwose n\u2019ubutesi.<\/p>\n<p> <strong>Gutangira kwirengagiza iby\u2019iwabo<\/strong> <\/p>\n<p>Umukobwa aba agomba kumenya ko agiye mu rwe, ibyo kuririmba ngo papa ate imodoka, amafaranga,\u2026 rwose agomba kumenya ko umutungo w\u2019ababyeyi atari uwe cyangwa uw\u2019umugabo we, niba ageze mu rwe akararira ibidakaranze agomba kumva ko bimuryoheye aho kuvuga ngo kandi iwacu ubu barariye iriti.<\/p>\n<p> <strong>Kwimenyereza guhendahenda no kuguyaguya<\/strong> <\/p>\n<p>Abagabo bakunda umuntu ubitaho, kimwe n\u2019abana, akumva ko agomba kuguyaguya umugabo akamuha umunezero haba mu bikorwa cyangwa mu mvugo.<\/p>\n<p> <strong>Guhanga udushya<\/strong> <\/p>\n<p>Abagabo bakunda abagore bahorana udushya tuganisha ku iterambere, mu gihe witeguye kurushinga tangira uhimbe udushinga, mu gihe mubana utumubwire, niba ari aga credit (inguzanyo) ubona kabafasha kamubwire mugafate,\u2026<\/p>\n<p> <strong>Kwimenyereza gukorera kuri gahunda<\/strong> <\/p>\n<p>Mukobwa nushaka umugabo ugihuzagurika, muzajya muhora mu ntonganya, kuko abagabo baba bashaka umuntu udahuzagurika nubwo wenda hari n\u2019abagabo usanga bajagaraye, niba aguhaye ibihumbi 100 byo kugura televiziyo uramenye utazagenda ukabigura imyenda utabanje kumubaza, niba ari iki ni iki\u00a0? Kandi irinde kumufatira aho ubonye hose, menya igihe cyo gukina, icyo kuryama n\u2019icy\u2019akazi\u00a0!<\/p>\n<p> <strong>Amabanga yo mu buriri<br class=\"autobr\" \/><\/strong> <\/p>\n<p>Hari abantu benshi banga gupfumbatwa, ariko mukobwa niba ugiye gushaka ugomba kumenya ko umugabo wawe azagupfumbata, kandi nawe ukamupfumbata, hari nababiteramo urwenya ngo ni ukwinjira mu muryango w\u2019abarara bambaye ubusa, nawe rero uramenye\u00a0!!<\/p>\n<p>Menya gahunda yo gutegura umugabo, kandi umunezeze, agukunde,<br class=\"autobr\" \/>umukunde\u00a0!! Niba hari ibyo utiye amatsiko baza umubyeyi wawe, nyogosenge<br class=\"autobr\" \/>cyangwa undi wisanzuraho ariko atari uwo kukworeka.<\/p>\n<p>Mukobwa, mbere yo kubana n&#8217;umugabo wawe uzabanze umuganirize ku kitwa Gukuna cyangwa guca imyeyo, birimo gusenya ingo nyinshi, hari igihe ugenda ntabwo wigeze ukora, akazatinda akabigucyurira,&#8230;<\/p>\n<p>Ikindi kirimo gusenya ingo nyinshi, ni ukuzana amavangingo mu gihe cy&#8217;imibonano mpuzabitsina, nabyo ni ibintu muganiraho, mugafashanya kandi bigakunda ukayabona, urugo kurwubaka ni ibiganiro.<\/p>\n<p> <strong>Kwimenyereze kurera no Guheka<\/strong> <\/p>\n<p>Mu gihe uba witegura kuba umubyeyi mu gihe cya vuba, uba ugomba kugira byinshi umenya ku buzima bw\u2019umugore utwite, wabyaye cyangwa se uko umwana afatwa ahabwa uburere bwiza.<\/p>\n<p> <strong>Irinde amabwire<\/strong> <\/p>\n<p>Nyuma yo kubaka urwawe ubwirwa byinshi ibisenya cyangwa ibyubaka,\u2026 nawe rero iyo wishinze ibyo ubwirwa na buri wese ubura aho ufatwa ukisenyera nta n\u2019iminsi ibiri, ikindi kandi va mu byo wirirwagamo ukiri umukobwa, niba hari aho ugiye menya gusaba uruhushya umugabo cyangwa se uhamubwire, ibyo utangira kubyimenyereza mbere utaranagera mu rwawe\u00a0! Ikindi kandi imenyereze gusenga kandi unabitoze uwo mugiye kubana.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuntu aravuka agakura ariko igihe kikagera na we akava iwabo akajya gushinga urwe, ku miryango biba ari ibyishimo kuko aba ari amahirwe yo kuyagura, bityo rero nk&#8217;umukobwa hari ibyo asiga iwabo agatangira kwimenyereza ibindi bizamufasha kubaka urugo rwe. Nk\u2019umukobwa uba uvuye mu muryango we agiye gushaka mu wundi, aba ateimpungenge nyinshi yibaza twinshi mu byukuri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-17368","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kurara wambaye ubusa, kimwe mu byo umukobwa ugiye gushaka atangira kwimenyereza - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17368\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kurara wambaye ubusa, kimwe mu byo umukobwa ugiye gushaka atangira kwimenyereza - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuntu aravuka agakura ariko igihe kikagera na we akava iwabo akajya gushinga urwe, ku miryango biba ari ibyishimo kuko aba ari amahirwe yo kuyagura, bityo rero nk&#8217;umukobwa hari ibyo asiga iwabo agatangira kwimenyereza ibindi bizamufasha kubaka urugo rwe. Nk\u2019umukobwa uba uvuye mu muryango we agiye gushaka mu wundi, aba ateimpungenge nyinshi yibaza twinshi mu byukuri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17368\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-18T16:02:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:01:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17368#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17368\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Kurara wambaye ubusa, kimwe mu byo umukobwa ugiye gushaka atangira kwimenyereza\",\"datePublished\":\"2019-09-18T16:02:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17368\"},\"wordCount\":663,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17368#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17368\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17368\",\"name\":\"Kurara wambaye ubusa, kimwe mu byo umukobwa ugiye gushaka atangira kwimenyereza - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-18T16:02:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17368#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17368\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17368#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kurara wambaye ubusa, kimwe mu byo umukobwa ugiye gushaka atangira kwimenyereza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kurara wambaye ubusa, kimwe mu byo umukobwa ugiye gushaka atangira kwimenyereza - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17368","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kurara wambaye ubusa, kimwe mu byo umukobwa ugiye gushaka atangira kwimenyereza - BWIZA","og_description":"Umuntu aravuka agakura ariko igihe kikagera na we akava iwabo akajya gushinga urwe, ku miryango biba ari ibyishimo kuko aba ari amahirwe yo kuyagura, bityo rero nk&#8217;umukobwa hari ibyo asiga iwabo agatangira kwimenyereza ibindi bizamufasha kubaka urugo rwe. Nk\u2019umukobwa uba uvuye mu muryango we agiye gushaka mu wundi, aba ateimpungenge nyinshi yibaza twinshi mu byukuri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17368","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-18T16:02:31+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:01:11+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17368#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17368"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Kurara wambaye ubusa, kimwe mu byo umukobwa ugiye gushaka atangira kwimenyereza","datePublished":"2019-09-18T16:02:31+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17368"},"wordCount":663,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17368#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17368","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17368","name":"Kurara wambaye ubusa, kimwe mu byo umukobwa ugiye gushaka atangira kwimenyereza - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-18T16:02:31+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17368#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17368"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17368#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kurara wambaye ubusa, kimwe mu byo umukobwa ugiye gushaka atangira kwimenyereza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17368","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17368"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17368\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17368"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17368"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17368"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}