{"id":17376,"date":"2019-09-19T10:06:38","date_gmt":"2019-09-19T10:06:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/19\/numva-nayitwika-ni-imodoka-nyuma-yo-gusanga-umugabo-wanjye-arimo\/"},"modified":"2025-02-03T01:01:11","modified_gmt":"2025-02-02T23:01:11","slug":"numva-nayitwika-ni-imodoka-nyuma-yo-gusanga-umugabo-wanjye-arimo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17376","title":{"rendered":"Numva nayitwika,\u00a0 ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?"},"content":{"rendered":"<p>Agahinda ntikica gashengura umutima, ubu ndababaye, ndababaye kandi ndumva rwose byarandenze.<\/p>\n<p>Ndagisha inama wenda umutima mubi mfite muri iyi minsi washira. Amazina ntabwo nyavuga ariko ntuye muri Kigali, niho nkorera ndetse n&#8217;umugabo wanjye niho akorera.<\/p>\n<p>Ku wa Gatanu w&#8217;icyumweru gishize ubwo nari ntashye mvuye mu kazi nka saa Mbiri z&#8217;ijoro, naramuhamagaye mubaza aho arimo gufatira rimwe, arahambwira nanjye mpita mubwira nti ndaje ungurire ka vin.<\/p>\n<p>Mu minota mike nahise mugeraho kuko nahise mfata moto nshaka ko tuza no gutahana, hadaciyeho iminota 10 nahise mubwira ko mpageze.<\/p>\n<p>Nasanze ari wenyine ariko hari indi ntebe, mubajije uwo bari kumwe ambeshya ko ari ntawe, naho ubundi hari hicaye undi mugore ntazi, ahari ni ikiraya cye, yumvise ko nje vuba ahita ahahaguruka.<\/p>\n<p>Twaricaye ariko nkabona adatuje, agasohoka akitaba telefoni, akaguma muri watsapp, gusa nkakeka byinshi. Bankoreye komande aho ibonekeye nibwo yatoyeho akanyama ararya, nyuma asohoka yitaba telefoni.<\/p>\n<p>Narariye, ndasoza ntegereza umugabo ndaheba, hashize akanya ndahaguruka njya hanze hose ndeba ndaheba, aho imodoka nari nayibonye iparitse ndayibura.<\/p>\n<p>Nakomeje kwibaza byinshi biranyobera, nakomeje kureba nza kubona imodoka yayiparitse ahandi hantu hijimye, ndagenda ndayegara nkumva harimo abantu, namuritsemo n&#8217;agatoroshi ka telefoni ndatungurwa.<\/p>\n<p>Basambaniragamo, navuze ijambo rimwe gusa muhamaga, ndamubwira nti kuki unkoreye ibi? baguye mu kantu, umugore yaturumbutse yiruka, ntumbaze niba yaranagiye yambaye, mbese umutwe warandiye, ncika intege, kuvuga biranga, ikiniga kiramfata.<\/p>\n<p>Nahise mfata moto, nageze mu rugo nataye ubwenge, ahubwo nagize amahirwe kuko nari kuyihanukaho.<\/p>\n<p>Umugabo yaraje aparika imodoka, yageze mu nzu yimyoza buri kanya, ubwo araza ansanga mu buriri avuye muri douche. Uburiri nabumutayemo njya kurara mu cyumba cy&#8217;abashyitsi n&#8217;ubu niho nkirara.<\/p>\n<p>Namaze gatatu naracitse intege, n&#8217;akazi ntacyo nkatekerezaho, gusa ubu ndababaye ku buryo n&#8217;iyo modoka naringiye kubyuka nijoro ngo nyitwike, ntabwo nzongera kuyijyamo, ahubwo numva nayo narayihuzwe ku buryo nanayitwika pe, umugabo we sinzi ko azongera kunkoraho.<\/p>\n<p>Nizeye ko mungira inama, nasomye byinshi n&#8217;abandi bagiye babaza bituma nanjye ikibazo mfite nkivugira aha. Murakoze!!<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Agahinda ntikica gashengura umutima, ubu ndababaye, ndababaye kandi ndumva rwose byarandenze. Ndagisha inama wenda umutima mubi mfite muri iyi minsi washira. Amazina ntabwo nyavuga ariko ntuye muri Kigali, niho nkorera ndetse n&#8217;umugabo wanjye niho akorera. Ku wa Gatanu w&#8217;icyumweru gishize ubwo nari ntashye mvuye mu kazi nka saa Mbiri z&#8217;ijoro, naramuhamagaye mubaza aho arimo gufatira [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-17376","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Numva nayitwika,\u00a0 ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17376\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Numva nayitwika,\u00a0 ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Agahinda ntikica gashengura umutima, ubu ndababaye, ndababaye kandi ndumva rwose byarandenze. Ndagisha inama wenda umutima mubi mfite muri iyi minsi washira. Amazina ntabwo nyavuga ariko ntuye muri Kigali, niho nkorera ndetse n&#8217;umugabo wanjye niho akorera. Ku wa Gatanu w&#8217;icyumweru gishize ubwo nari ntashye mvuye mu kazi nka saa Mbiri z&#8217;ijoro, naramuhamagaye mubaza aho arimo gufatira [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17376\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-19T10:06:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:01:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17376#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17376\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Numva nayitwika,\u00a0 ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?\",\"datePublished\":\"2019-09-19T10:06:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17376\"},\"wordCount\":330,\"commentCount\":26,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17376#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17376\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17376\",\"name\":\"Numva nayitwika,\u00a0 ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-19T10:06:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17376#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17376\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17376#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Numva nayitwika,\u00a0 ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Numva nayitwika,\u00a0 ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17376","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Numva nayitwika,\u00a0 ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki? - BWIZA","og_description":"Agahinda ntikica gashengura umutima, ubu ndababaye, ndababaye kandi ndumva rwose byarandenze. Ndagisha inama wenda umutima mubi mfite muri iyi minsi washira. Amazina ntabwo nyavuga ariko ntuye muri Kigali, niho nkorera ndetse n&#8217;umugabo wanjye niho akorera. Ku wa Gatanu w&#8217;icyumweru gishize ubwo nari ntashye mvuye mu kazi nka saa Mbiri z&#8217;ijoro, naramuhamagaye mubaza aho arimo gufatira [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17376","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-19T10:06:38+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:01:11+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17376#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17376"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Numva nayitwika,\u00a0 ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?","datePublished":"2019-09-19T10:06:38+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17376"},"wordCount":330,"commentCount":26,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17376#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17376","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17376","name":"Numva nayitwika,\u00a0 ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-19T10:06:38+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17376#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17376"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17376#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Numva nayitwika,\u00a0 ni imodoka nyuma yo gusanga umugabo wanjye arimo kuyisambaniramo- Nkore iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17376","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17376"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17376\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17376"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17376"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17376"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}