{"id":17397,"date":"2019-09-22T19:58:43","date_gmt":"2019-09-22T19:58:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/22\/kaminuza-ya-chur-yateye-utwasi-ibivugwa-ko-abarimu-banze-kwigisha\/"},"modified":"2019-09-22T19:58:43","modified_gmt":"2019-09-22T19:58:43","slug":"kaminuza-ya-chur-yateye-utwasi-ibivugwa-ko-abarimu-banze-kwigisha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397","title":{"rendered":"Kaminuza ya CHUR yateye utwasi ibivugwa ko abarimu banze kwigisha"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) yamaganye amakuru avuga ko abarimu muri iyi kaminuza banze kwigisha ku bwo kudahembwa.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Mu minsi mike ishize ni bwo aya makuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga ndetse no muri bimwe mu bitangazamakuru byo mu Rwanda.<\/p>\n<p>Bwiza.com yashatse kumenya amakuru y\u2019impamo kuri iki kibazo, maze inyarukira aho iyi Kaminuza ikorera muri St Paul mu Mujyi wa Kigali.<\/p>\n<p>Umuhuzabikorwa wa Kampisi za Kaminuza ya CHUR, Dr Mathias Twahirwa yahakanye aya amakuru yemeza ko iki kibazo, avuga ko ayo ari amakabyankuru.<\/p>\n<p>Ati &#8221; Ikigaragara ayo ni amakabyankuru, ibibazo bihari byose birazwi. Nta kibazo nk&#8217;icyo kiri muri Kaminuza ya CHUR. Nta kibazo gihari, abarimu nabo babitangira ubuhamya. Nta\u00a0 kidasanzwe kiri muri CHUR. Abarimu barahari kuva mu cyumweru gishize. Kuva twatangira uyu mwaka w&#8217;amasomo, nta munyeshuri urabura umwarimu.&#8221;<\/p>\n<p>Mu kumenya niba ibitangazwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019iyi kaminuza ari byo, Bwiza.com yegereye umwe mu barimu bigisha muri iyi kaminuza. Felix Nshimyumuremyi wigisha mu Ishami ry\u2019Itangazamakuru no mu yandi mashami, yavuze ko nta mwarimu w\u2019iyi kaminuza wigeze yanga kwitabira akazi, abitewe no kudahembwa.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201c Njye ibyo nzi neza ni uko kuvuga ko abarimu tutari kwigisha ni ikinyoma cyambaye ubusa, ni ikinyoma. Uyu munsi ndi hano naje kwigisha nk\u2019uko bisanzwe. Ikibazo cy\u2019imishahara cyabayeho ariko ntitwigeze tureka akazi, kuri ubu bari kugikemura kugira ngo buri wese (abarimu) ahemberwe ku gihe.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati \u201c Bagenzi banjye bamwe ntibari hano kubera ko igihe bigishiriza ntikiragera, ariko ngira ngo urabona ko no mu yandi mashuri harimo abarimu.\u201d<\/p>\n<p>Uyu mwarimu yemeza ko bagenzi be bahari biteguye kwigisha kandi ko kugeza ubu amasomo ari kugenda nk\u2019uko bisanzwe. Avuga ko amakuru avuga ko kaminuza igiye gufunga imiryango atari impamo.<\/p>\n<figure id=\"attachment_144453\" aria-describedby=\"caption-attachment-144453\" style=\"width: 5456px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-144453 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/09\/Felix.jpg\" alt=\"\" width=\"5456\" height=\"3064\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-144453\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Mwarimu Felix Nshimyumuremyi ubwo yari mu ishuri yigisha.<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure>\n<p>Ku ruhande rw\u2019abanyeshuri, bavuga ko iby\u2019aya makuru atari yo cyane ko bari kwiga nk\u2019uko bisanzwe, abarimu bahari nk\u2019uko biteganyijwe kuri gahunda bahabwa na Kaminuza ya CHUR.<\/p>\n<figure id=\"attachment_144454\" aria-describedby=\"caption-attachment-144454\" style=\"width: 5456px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-144454 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/09\/DSC01473.jpg\" alt=\"\" width=\"5456\" height=\"3064\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-144454\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Mwarimu Felix Nshimyumuremyi mu masomo<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure>\n<p>Umwe muri bo akaba n\u2019umuyobozi w\u2019abanyeshuri uhagarariye abandi, Musema Ally Radjab wiga mu mwaka wa kabiri mu Ishami ry\u2019Ubushabitsi (Business), yavuze ko ari kwiga bisanzwe, ko atigeze abura umwarimu kuva amasomo yatangira.<\/p>\n<p>Ati \u201c\u00a0 Njye nk\u2019umunyeshuri nta kibazo mfite mu masomo yanjye. Abarimu barahari, ubu turi kwiga nk\u2019uko gahunda iteguwe,kuva kuwa mbere kugeza kuwa Gatanu. Ntekereza ko niba twe twiga ku manywa dufite abarimu, ni nako bimeze ku biga nimugoroba na wikendi.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati \u201c Uyu mwaka twawutangiye neza, nta kibazo gihari. Nakangurira abandi bifuza kwiga muri iyi kaminuza kwiyandikisha nta kibazo.\u201d<\/p>\n<figure id=\"attachment_144455\" aria-describedby=\"caption-attachment-144455\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-144455 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/09\/Musema.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"449\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-144455\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Musema Ally avuga ko nta kibazo cy&#8217;ibura ry&#8217;abarimu kiri muri Kaminuza ya CHUR<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure>\n<p>Mugenzi we wiga mu mwaka wa Gatatu mu Ishami ry\u2019Itangazamakuru, Alphonse Gatera, yavuze ko abavuga ko abanyeshuri b\u2019iyi kaminuza batiga bitewe no kubura abarimu bafite ahandi bakura amakuru.<\/p>\n<p>Ati \u201c Turiga neza, ubu ni bwo nsohotse mu ishuri (yerekana umukoro yahawe). Abavuga ko tutiga sinzi aho bakura ayo makuru. Abarimu turabafite, serivisi duhabwa ni nziza nta kibazo. Ibyo gufunga iyi kaminuza ntabyo nzi.\u201d<\/p>\n<figure id=\"attachment_144456\" aria-describedby=\"caption-attachment-144456\" style=\"width: 5456px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-144456 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/09\/Gatera.jpg\" alt=\"\" width=\"5456\" height=\"3064\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-144456\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Gatera Alphonse avuga ko amasomo akomeje nk&#8217;uko bisanzwe<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure>\n<p>Bwiza.com kandi yegereye umunyeshuri wiga mu wa mbere mu Ishami ry\u2019Itumanaho, Dalda Shirimpumu yavuze ko yumvise amakuru ko abarimu badahari kandi ko ngo na kaminuza igiye gufunga imiryango, ariko avuga yasanze bitandukanye n\u2019ibyo yibwiraga.<\/p>\n<p>Ati \u201c Nanjye ayo makuru narayumvise, ntangira kwibaza uko ngiye kwiga muri kaminuza nta zabona umwarimu ndetse igiye gufunga ariko nasanze bitandukanye. Kuri ubu turiga neza nk\u2019abandi bose. Turiga neza bishimishije.\u201d<\/p>\n<figure id=\"attachment_144460\" aria-describedby=\"caption-attachment-144460\" style=\"width: 5456px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-144460 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/09\/Dalda.jpg\" alt=\"\" width=\"5456\" height=\"3064\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-144460\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Dalda avuga ko yasanze ibyatangajwe kuri Kaminuza yya CHUR byari ibihuha bitewe n&#8217;ukuri yiboneye<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure>\n<p>Yemeza ako akurikije uko biga yakangurira n\u2019abandi kwiyandikisha muri iyi Kaminuza ya CHUR.<\/p>\n<p>Kaminuza ya CHUR yatangiye gutanga amasomo mu 2016 mu Karere ka Karongi ifite abanyeshuri 100. Kuri ubu ifite abanyeshuri basaga 2,000 biga mu mashami anyuranye.<\/p>\n<p>Muri aya mashami \u00a0harimo iry\u2019Ubumenyi n\u2019Ikoranabuhanga , Ubuhinzi n\u2019iterambere ry\u2019Icyaro, Ubucuruzi n\u2019Ishoramari, Uburezi, Indimi \u00a0n\u2019Ubumenyamuntu.<\/p>\n<p>Ubuyobozi butangaza ko bwishimiye itangira ry&#8217;amasomo y&#8217;umwaka w&#8217;amashuri wa 2019\/2020 watangiye kare. Kuri ubu iyi kaminuza nk&#8217;uko ubuyobozi bubitangaza, irishimira kuba iri muri eshanu za mbere zatsindiye Excellent Award, mu marushanwa yari ihagarariwemo na Dr Adrie Mukashema, umwarimu muri iyi Kaminuza akba n&#8217;Umuyobozi Wungirije Ushinzwe Amasomo. Umushinga we ukaba warahwembwe amafaranga y&#8217;u Rwanda miliyoni 50.<\/p>\n<p> <strong>Amafoto: Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) yamaganye amakuru avuga ko abarimu muri iyi kaminuza banze kwigisha ku bwo kudahembwa. Mu minsi mike ishize ni bwo aya makuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga ndetse no muri bimwe mu bitangazamakuru byo mu Rwanda. Bwiza.com yashatse kumenya amakuru y\u2019impamo kuri iki kibazo, maze inyarukira aho iyi Kaminuza ikorera [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-17397","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kaminuza ya CHUR yateye utwasi ibivugwa ko abarimu banze kwigisha - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kaminuza ya CHUR yateye utwasi ibivugwa ko abarimu banze kwigisha - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) yamaganye amakuru avuga ko abarimu muri iyi kaminuza banze kwigisha ku bwo kudahembwa. Mu minsi mike ishize ni bwo aya makuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga ndetse no muri bimwe mu bitangazamakuru byo mu Rwanda. Bwiza.com yashatse kumenya amakuru y\u2019impamo kuri iki kibazo, maze inyarukira aho iyi Kaminuza ikorera [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-22T19:58:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/09\/Felix.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17397#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17397\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Kaminuza ya CHUR yateye utwasi ibivugwa ko abarimu banze kwigisha\",\"datePublished\":\"2019-09-22T19:58:43+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17397\"},\"wordCount\":754,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17397#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/09\\\/Felix.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17397#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17397\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17397\",\"name\":\"Kaminuza ya CHUR yateye utwasi ibivugwa ko abarimu banze kwigisha - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17397#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17397#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/09\\\/Felix.jpg\",\"datePublished\":\"2019-09-22T19:58:43+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17397#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17397\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17397#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17397#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kaminuza ya CHUR yateye utwasi ibivugwa ko abarimu banze kwigisha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kaminuza ya CHUR yateye utwasi ibivugwa ko abarimu banze kwigisha - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kaminuza ya CHUR yateye utwasi ibivugwa ko abarimu banze kwigisha - BWIZA","og_description":"Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR) yamaganye amakuru avuga ko abarimu muri iyi kaminuza banze kwigisha ku bwo kudahembwa. Mu minsi mike ishize ni bwo aya makuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga ndetse no muri bimwe mu bitangazamakuru byo mu Rwanda. Bwiza.com yashatse kumenya amakuru y\u2019impamo kuri iki kibazo, maze inyarukira aho iyi Kaminuza ikorera [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-22T19:58:43+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/09\/Felix.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Kaminuza ya CHUR yateye utwasi ibivugwa ko abarimu banze kwigisha","datePublished":"2019-09-22T19:58:43+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397"},"wordCount":754,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/09\/Felix.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17397#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397","name":"Kaminuza ya CHUR yateye utwasi ibivugwa ko abarimu banze kwigisha - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/09\/Felix.jpg","datePublished":"2019-09-22T19:58:43+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17397"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17397#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kaminuza ya CHUR yateye utwasi ibivugwa ko abarimu banze kwigisha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17397","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17397"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17397\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17397"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17397"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17397"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}