{"id":1743,"date":"2016-04-23T11:22:19","date_gmt":"2016-04-23T11:22:19","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/04\/23\/rubavu-polisi-yaganirije-urubyiruko-rw-039-abakorerabushake-mu-gukumira-ibyaha\/"},"modified":"2025-02-12T21:35:35","modified_gmt":"2025-02-12T19:35:35","slug":"rubavu-polisi-yaganirije-urubyiruko-rw-039-abakorerabushake-mu-gukumira-ibyaha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1743","title":{"rendered":"Rubavu: Polisi yaganirije urubyiruko rw&#039;abakorerabushake mu gukumira ibyaha"},"content":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Rubavu  irashimira abagize ihuriro ry\u2019urubyiruko Nyarwanda rw&#8217;abakorerabushake mu kurwanya no gukumira ibyaha (Rwandan Youth Volunteers in Community Policing-RYVCP) bo muri aka karere kubera uruhare rwabo mu kubumbatira umutekano. Yabasabye kandi kurushaho gukangurira abantu kwirinda ibyaha aho biva bikagera kandi  bakagira uruhare mu kubumbatira umutekano.<br \/>\nIbi byavugiwe mu nama yabereye mu murenge wa Rugerero ho mu karere ka Rubavu, aho Inspector of Police (IP)  Solange Nyiraneza, ushinzwe imikoranire ya Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abaturage ndetse n\u2019izindi nzego hagamijwe ubufatanye mu kurwanya no gukumira ibyaha muri aka karere  aherekejwe na Bwana Rwibasira J Bosco, umuhuzabikorwa w\u2019uru rubyiruko muri Rubavu, yaganiriye n\u2019abagera kuri 50 muri bo.<br \/>\nInspector of Police (IP) Nyiraneza  yabwiye urwo rubyiruko ati:&#8221;Uruhare rwanyu mu kubumbatira umutekano ruragaragara. Mukomereze aho, kandi murusheho gukangurira abandi kwirinda ibyaha by\u2019ubwoko bwose ndetse no guteza imbere imibereho y\u2019abaturage b\u2019aho mutuye.&#8221;<br \/>\nYakomeje arusaba kongera imbaraga mu gukangurira abantu kutanywa ibiyobyabwenge nk\u2019urumogi, kutabicuruza, no kutabikwirakwiza.<br \/>\nYagize ati:&#8221;Mwafashe  umwanzuro mwiza wo gufatanya n\u2019inzego zishinzwe umutekano mu kurwanya no gukumira  ibiyobyabwenge n\u2019ibindi byaha. Mugomba rero gutanga urugero rwiza kugira ngo  inama muzagira abandi bazazikurikize.&#8221;<br \/>\nYakomeje arusobanurira ko ibiyobyabwenge bishobora kubashora mu ngeso mbi nk\u2019ubusambanyi bukurikirwa rimwe na rimwe no gutwara inda zitateganyijwe no kwandura zimwe mu ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, maze arusaba kuzajya rukangurira abantu b\u2019ingeri zose kutabinywa, kutabicuruza, no kutabikwirakwiza, kandi bagaha Polisi y\u2019u Rwanda amakuru y\u2019ababikora.<br \/>\nNa none IP Nyiraneza yasobanuriye urwo rubyiruko uko icuruzwa ry\u2019abantu rikorwa, aha akaba yararubwiye  ko bitarafata intera ndende mu Rwanda, ariko ko  hari abantu bacye bafashwe bakora icyo cyaha.<br \/>\nBwana Rwibasira we, yasabye abanyamuryango b\u2019ihuriro ryabo aho bari mu gihugu hose guharanira kugera ku ntego biyemeje zo kurwanya no gukumira ibyaha.<br \/>\nYagize ati:&#8221;Turi imbaraga z\u2019igihugu.Tugomba rero kurwanya ikintu icyo ari cyo cyose gishobora kubangamira ituze n\u2019umutekano w\u2019abaturarwanda.&#8221;<br \/>\nYasabye  bagenzi be bo mu yindi mirenge y\u2019akarere ka Rubavu  gukurikiza inama bagiriwe na Polisi y\u2019u Rwanda muri aka karere kuko ibi biganiro bigenda bibera mu mirenge itandukanye y\u2019ako karere.<br \/>\nUru rubyiruko nyarwanda rw&#8217;abakorerabushake mu gukumira ibyaha (RYVCP), rugizwe n&#8217;abanyamuryango barenga gato ibihumbi birindwi (7,000) mu gihugu hose, bakaba bakora ibikorwa bitandukanye by&#8217;ubukorerabushake birimo kubakira imwe mu miryango itishoboye, kuyirihira ubwisungane mu kwivuza no kuyoroza, rugakora kandi ubukangurambaga mu kurwanya ibiyobyabwenge, ruswa n&#8217;ibindi.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Rubavu irashimira abagize ihuriro ry\u2019urubyiruko Nyarwanda rw&#8217;abakorerabushake mu kurwanya no gukumira ibyaha (Rwandan Youth Volunteers in Community Policing-RYVCP) bo muri aka karere kubera uruhare rwabo mu kubumbatira umutekano. Yabasabye kandi kurushaho gukangurira abantu kwirinda ibyaha aho biva bikagera kandi bakagira uruhare mu kubumbatira umutekano. Ibi byavugiwe mu nama yabereye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-1743","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Polisi yaganirije urubyiruko rw&#039;abakorerabushake mu gukumira ibyaha - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1743\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Polisi yaganirije urubyiruko rw&#039;abakorerabushake mu gukumira ibyaha - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Rubavu irashimira abagize ihuriro ry\u2019urubyiruko Nyarwanda rw&#8217;abakorerabushake mu kurwanya no gukumira ibyaha (Rwandan Youth Volunteers in Community Policing-RYVCP) bo muri aka karere kubera uruhare rwabo mu kubumbatira umutekano. Yabasabye kandi kurushaho gukangurira abantu kwirinda ibyaha aho biva bikagera kandi bakagira uruhare mu kubumbatira umutekano. Ibi byavugiwe mu nama yabereye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1743\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-04-23T11:22:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T19:35:35+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1743#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1743\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rubavu: Polisi yaganirije urubyiruko rw&#039;abakorerabushake mu gukumira ibyaha\",\"datePublished\":\"2016-04-23T11:22:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:35:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1743\"},\"wordCount\":421,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1743#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1743\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1743\",\"name\":\"Rubavu: Polisi yaganirije urubyiruko rw&#039;abakorerabushake mu gukumira ibyaha - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-04-23T11:22:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:35:35+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1743#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1743\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1743#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Polisi yaganirije urubyiruko rw&#039;abakorerabushake mu gukumira ibyaha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Polisi yaganirije urubyiruko rw&#039;abakorerabushake mu gukumira ibyaha - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1743","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Polisi yaganirije urubyiruko rw&#039;abakorerabushake mu gukumira ibyaha - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Rubavu irashimira abagize ihuriro ry\u2019urubyiruko Nyarwanda rw&#8217;abakorerabushake mu kurwanya no gukumira ibyaha (Rwandan Youth Volunteers in Community Policing-RYVCP) bo muri aka karere kubera uruhare rwabo mu kubumbatira umutekano. Yabasabye kandi kurushaho gukangurira abantu kwirinda ibyaha aho biva bikagera kandi bakagira uruhare mu kubumbatira umutekano. Ibi byavugiwe mu nama yabereye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1743","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-04-23T11:22:19+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T19:35:35+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1743#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1743"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rubavu: Polisi yaganirije urubyiruko rw&#039;abakorerabushake mu gukumira ibyaha","datePublished":"2016-04-23T11:22:19+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:35:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1743"},"wordCount":421,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1743#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1743","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1743","name":"Rubavu: Polisi yaganirije urubyiruko rw&#039;abakorerabushake mu gukumira ibyaha - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-04-23T11:22:19+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:35:35+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1743#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1743"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1743#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Polisi yaganirije urubyiruko rw&#039;abakorerabushake mu gukumira ibyaha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1743","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1743"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1743\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1743"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1743"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1743"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}