{"id":17449,"date":"2019-09-24T09:49:17","date_gmt":"2019-09-24T09:49:17","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/24\/leta-y-039-u-rwanda-yasabwe-kugira-ubushishozi-ku-bana-b-039-inzererezi\/"},"modified":"2025-02-12T12:01:47","modified_gmt":"2025-02-12T10:01:47","slug":"leta-y-039-u-rwanda-yasabwe-kugira-ubushishozi-ku-bana-b-039-inzererezi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17449","title":{"rendered":"Leta y&#039;u Rwanda yasabwe kugira ubushishozi ku bana b&#039;inzererezi"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Imwe mu miryango iharanira uburengenzira bwa muntu mu Rwanda yasabye Leta kutihutira gusubiza abana b\u2019inzererezi mu miryango hatabanje gusuzumwa impamvu nyir\u2019izina yatumye baza mu mihanda.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Ubuzererezi ni ikibazo Leta ivuga ko gihangayishije ariko impamvu ibutera ntikunze kuvugwaho rumwe .<\/p>\n<p>Gusa bamwe mu bana bo bavuga ko impamvu zatumye bajya mu muhanda zishamikiye ku bukene bw\u2019ababyeyi babo.<\/p>\n<p>Umwe ati\u201cMama baramufunze, njye na mugenzi wanjye turara duhiga.\u201d<\/p>\n<p>Undi ati\u00a0\u201cNjye ni uko mba nabuze ibyo kurya nkajya kwihigira.\u201d<\/p>\n<p>Mu Rwanda hamaze gutangizwa ubukangurambaga bwo kurwanya uburezerezi n\u2019indi myitwarire ibangamiye rubanda, aho abana b\u2019inzererezi mu turere twose biteganyijwe ko bazasubizwa mu mirayango kandi abo bizagaraga ko ari ngombwa kugororwa bakajyanwa mu bigo Ngororamuco.<\/p>\n<p>Nubwo bimeze gutya ariko abaharanira uburengenzira bwa muntu basanga kohoreza abana b\u2019inzererezi mu miryango atari cyo kihutirwa hatabanje icukumbura ryimbitse mu miryango n\u2019impamvu yatumye baza mu buzererezi.<\/p>\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019impuzamiryango iharanira uburengenzira bwa muntu CLADHO, Dr.Emmanuel Safari, avuga ko hakenewe kubanza gukorwa ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi.<\/p>\n<p>Ati\u201cRero nihakorwe ubushakashatsi tumenye ikibutera nitumara kumenya ikibutera tuzamenya noneho n\u2019uburyo dutanga ubufasha, naho gufata abana ngo ubakuye mu muhanda ukoresheje ingufu ukabasubiza mu mirenge y\u2019iwabo ntabwo ari cyo gisubizo.\u201d<\/p>\n<p>Kuba umuti w\u2019ubuzererezi ukwiye gushakirwa mu kugucumbura ibibazo biri mu miryango, bishobora kuba aribyo byaba igisubizo kirambye ukurikije uko aba babyeyi bagaragaza impamvu itera ubuzererezi.<\/p>\n<p>Nk&#8217;uko Radiotv Flash ibitangaza, umwe ati \u201cIkibibatera hari igihe aba afite nyina udafite akazi akamwohereza kujya gusaba.\u201d<\/p>\n<p>Undi ati\u00a0\u201cUrebye igituma abana bajya mu muhanda ahanini biterwa n\u2019ubukene bwo mu miryango.\u201d<\/p>\n<p>Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019igororamuco gifite mu nshingano kurwanya ubuzererezi n\u2019indi myitwarire ibangamira abaturage kivuga ko ubu kiri gukora ubushakashatsi bwimbitse ku kibazo cy\u2019uburerezi hagamijwe kureba impamvu nyiriz\u2019izina \u00a0zitera ubuzererezi no gushaka igisubizo kirambye.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Igororamuco Bosenibamwe Aime agaragaza ko ubwo bushakashatsi buzatuma babasha gushaka umuti urambye w\u2019ikibazo cy\u2019ubuzererezi.<\/p>\n<p>Ati\u00a0\u201cUbushakashatsi twarabutangiye ndetse twanatangiye no kureba umusaruro wavuye muri \u2018rehabilitation\u2019 kuva yatangira bitarenze ukwezi kwa kabiri umwaka utaha turaba dufite imibare yose.\u201d<\/p>\n<p>Imibare y\u2019Ikigo k\u2018Igihugu Gishinzwe Igororamuco, cyatangaje ko kuva ikigo cya Iwawa gitangiye kugeza ubu cyigororewemo abana 19000, mu gihe Ikigo ngororamuco cya Nyamagabe kimaze amezi abiri gifunguye kirimo abana b\u2019inzererezi basaga 1500, naho icya Gitagata kirimo abasaga 700 barimo n\u2019abana bari munsi y\u2019imyaka 18, ubu kibaka cyaratangiye kwakira n\u2019abagore.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imwe mu miryango iharanira uburengenzira bwa muntu mu Rwanda yasabye Leta kutihutira gusubiza abana b\u2019inzererezi mu miryango hatabanje gusuzumwa impamvu nyir\u2019izina yatumye baza mu mihanda. Ubuzererezi ni ikibazo Leta ivuga ko gihangayishije ariko impamvu ibutera ntikunze kuvugwaho rumwe . Gusa bamwe mu bana bo bavuga ko impamvu zatumye bajya mu muhanda zishamikiye ku bukene bw\u2019ababyeyi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-17449","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Leta y&#039;u Rwanda yasabwe kugira ubushishozi ku bana b&#039;inzererezi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17449\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Leta y&#039;u Rwanda yasabwe kugira ubushishozi ku bana b&#039;inzererezi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Imwe mu miryango iharanira uburengenzira bwa muntu mu Rwanda yasabye Leta kutihutira gusubiza abana b\u2019inzererezi mu miryango hatabanje gusuzumwa impamvu nyir\u2019izina yatumye baza mu mihanda. Ubuzererezi ni ikibazo Leta ivuga ko gihangayishije ariko impamvu ibutera ntikunze kuvugwaho rumwe . Gusa bamwe mu bana bo bavuga ko impamvu zatumye bajya mu muhanda zishamikiye ku bukene bw\u2019ababyeyi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17449\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-24T09:49:17+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:01:47+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17449#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17449\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Leta y&#039;u Rwanda yasabwe kugira ubushishozi ku bana b&#039;inzererezi\",\"datePublished\":\"2019-09-24T09:49:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:01:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17449\"},\"wordCount\":401,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17449#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17449\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17449\",\"name\":\"Leta y&#039;u Rwanda yasabwe kugira ubushishozi ku bana b&#039;inzererezi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-24T09:49:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:01:47+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17449#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17449\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17449#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Leta y&#039;u Rwanda yasabwe kugira ubushishozi ku bana b&#039;inzererezi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Leta y&#039;u Rwanda yasabwe kugira ubushishozi ku bana b&#039;inzererezi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17449","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Leta y&#039;u Rwanda yasabwe kugira ubushishozi ku bana b&#039;inzererezi - BWIZA","og_description":"Imwe mu miryango iharanira uburengenzira bwa muntu mu Rwanda yasabye Leta kutihutira gusubiza abana b\u2019inzererezi mu miryango hatabanje gusuzumwa impamvu nyir\u2019izina yatumye baza mu mihanda. Ubuzererezi ni ikibazo Leta ivuga ko gihangayishije ariko impamvu ibutera ntikunze kuvugwaho rumwe . Gusa bamwe mu bana bo bavuga ko impamvu zatumye bajya mu muhanda zishamikiye ku bukene bw\u2019ababyeyi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17449","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-24T09:49:17+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:01:47+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17449#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17449"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Leta y&#039;u Rwanda yasabwe kugira ubushishozi ku bana b&#039;inzererezi","datePublished":"2019-09-24T09:49:17+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:01:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17449"},"wordCount":401,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17449#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17449","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17449","name":"Leta y&#039;u Rwanda yasabwe kugira ubushishozi ku bana b&#039;inzererezi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-24T09:49:17+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:01:47+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17449#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17449"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17449#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Leta y&#039;u Rwanda yasabwe kugira ubushishozi ku bana b&#039;inzererezi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17449","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17449"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17449\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17449"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17449"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17449"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}