{"id":17457,"date":"2019-09-24T13:18:51","date_gmt":"2019-09-24T13:18:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/24\/nzi-neza-ko-mu-rusengero-harimo-abatinganyi-bagenzi-bange-nabonibo-uririmbira\/"},"modified":"2019-09-24T13:18:51","modified_gmt":"2019-09-24T13:18:51","slug":"nzi-neza-ko-mu-rusengero-harimo-abatinganyi-bagenzi-bange-nabonibo-uririmbira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17457","title":{"rendered":"Nzi neza ko mu rusengero harimo abatinganyi bagenzi bange-Nabonibo uririmbira Imana"},"content":{"rendered":"<p>Albert Nabonibo, Umuhanzi uririmbo indirimbo ziramya n&#8217;izihimbaza Imana avuga ko yahuye n&#8217;imbogamizi nyinshi nyuma y&#8217;aho atangarije mu ruhame ko ari umutinganyi harimo gutukwa no kweguzwa ku kazi.<\/p>\n<p>Mu kiganiro yagiranye n&#8217;ikigo cy&#8217;Ibiro Ntaramakuru by&#8217;Abongereza (Reuters) cyitwa Thomson Reuters Foundation, Nabonibo yavuze ko atitaye ku bantu nk&#8217;aba barimo inshuti ze, abakunda ibihangano bye barimo n&#8217;abo ku mbuga nkoranyambaga, bose bamututse.<\/p>\n<p>Avuga ko byose yabikoze mu buryo bwo kwimakaza ukuri, akaba ashishikariza n&#8217;abandi kutabaho mu binyoma.<\/p>\n<p>&#8221; Ndabizi bamwe mu bafana bange bazagenda ariko ntabwo nzacika intege. Nzi neza kandi ko hari abazaguma mu ruhande rwange. Intego yyange ni ukuvugisha ukuri.&#8221; Albert Nabonibo mu nkuru ya Reuters.<\/p>\n<p>Nabonibo yabwiye Reuters ko kuva yatangariza mu ruhame ko ari umutinganyi, hari inshuti ze zahagaritse kongera kuvugana nawe, abo mu muryango we bamubaza impamvu yishyize ku karubanda. Aho yakoraga ho ngo baramwirukanye, bamubwira ko atujuje ibisabwa umukozi w&#8217;umwuga.<\/p>\n<p>Mu Rwanda nta tegeko rihana umuntu wemera cyangwa se ukora ubutinganyi. Ingaruka zabwo ziboneka mu matorero, aho bahitamo guhagarika umuyoboke; ntazongere kugaragara mu bikobwa byayo. Ikindi ni ugutakaza inshuti n&#8217;akazi\u00a0 bitewe no kutemera uwo muco nk&#8217;uko byagenze kuri uyu muhanzi.<\/p>\n<p>Olivier Nduhungirehe, Umunyamabanga muri Minisiteri y&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga yavuze ko uburenganzira bwa Nabonibo no kwishyira ukizana bigomba kubahirizwa, bityo azarindirwa umutekano.<\/p>\n<p>Yakuriye mu karere ka Gicumbi mu Ntara y&#8217;Amajyaruguru, asengera mu itorero rya Pentekote (ADEPR). Avuga ko muri iri torero bamwanga cyangwa bamwemera, hari abandi bameze nkawe.<\/p>\n<p>&#8221; Itorero rizanyemera cyangwa ribireke ariko icyo nzi neza ni uko mu rusengero harimo abafite imigirire nk&#8217;iyange (abatinganyi).&#8221; Nabonibo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Albert Nabonibo, Umuhanzi uririmbo indirimbo ziramya n&#8217;izihimbaza Imana avuga ko yahuye n&#8217;imbogamizi nyinshi nyuma y&#8217;aho atangarije mu ruhame ko ari umutinganyi harimo gutukwa no kweguzwa ku kazi. Mu kiganiro yagiranye n&#8217;ikigo cy&#8217;Ibiro Ntaramakuru by&#8217;Abongereza (Reuters) cyitwa Thomson Reuters Foundation, Nabonibo yavuze ko atitaye ku bantu nk&#8217;aba barimo inshuti ze, abakunda ibihangano bye barimo n&#8217;abo ku [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-17457","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nzi neza ko mu rusengero harimo abatinganyi bagenzi bange-Nabonibo uririmbira Imana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17457\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nzi neza ko mu rusengero harimo abatinganyi bagenzi bange-Nabonibo uririmbira Imana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Albert Nabonibo, Umuhanzi uririmbo indirimbo ziramya n&#8217;izihimbaza Imana avuga ko yahuye n&#8217;imbogamizi nyinshi nyuma y&#8217;aho atangarije mu ruhame ko ari umutinganyi harimo gutukwa no kweguzwa ku kazi. Mu kiganiro yagiranye n&#8217;ikigo cy&#8217;Ibiro Ntaramakuru by&#8217;Abongereza (Reuters) cyitwa Thomson Reuters Foundation, Nabonibo yavuze ko atitaye ku bantu nk&#8217;aba barimo inshuti ze, abakunda ibihangano bye barimo n&#8217;abo ku [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17457\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-24T13:18:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17457#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17457\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Nzi neza ko mu rusengero harimo abatinganyi bagenzi bange-Nabonibo uririmbira Imana\",\"datePublished\":\"2019-09-24T13:18:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17457\"},\"wordCount\":273,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17457#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17457\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17457\",\"name\":\"Nzi neza ko mu rusengero harimo abatinganyi bagenzi bange-Nabonibo uririmbira Imana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-24T13:18:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17457#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17457\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17457#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nzi neza ko mu rusengero harimo abatinganyi bagenzi bange-Nabonibo uririmbira Imana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nzi neza ko mu rusengero harimo abatinganyi bagenzi bange-Nabonibo uririmbira Imana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17457","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nzi neza ko mu rusengero harimo abatinganyi bagenzi bange-Nabonibo uririmbira Imana - BWIZA","og_description":"Albert Nabonibo, Umuhanzi uririmbo indirimbo ziramya n&#8217;izihimbaza Imana avuga ko yahuye n&#8217;imbogamizi nyinshi nyuma y&#8217;aho atangarije mu ruhame ko ari umutinganyi harimo gutukwa no kweguzwa ku kazi. Mu kiganiro yagiranye n&#8217;ikigo cy&#8217;Ibiro Ntaramakuru by&#8217;Abongereza (Reuters) cyitwa Thomson Reuters Foundation, Nabonibo yavuze ko atitaye ku bantu nk&#8217;aba barimo inshuti ze, abakunda ibihangano bye barimo n&#8217;abo ku [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17457","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-24T13:18:51+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17457#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17457"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Nzi neza ko mu rusengero harimo abatinganyi bagenzi bange-Nabonibo uririmbira Imana","datePublished":"2019-09-24T13:18:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17457"},"wordCount":273,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17457#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17457","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17457","name":"Nzi neza ko mu rusengero harimo abatinganyi bagenzi bange-Nabonibo uririmbira Imana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-24T13:18:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17457#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17457"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17457#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nzi neza ko mu rusengero harimo abatinganyi bagenzi bange-Nabonibo uririmbira Imana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17457","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17457"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17457\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17457"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17457"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17457"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}