{"id":17469,"date":"2019-09-25T13:21:44","date_gmt":"2019-09-25T13:21:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/25\/lion-manzi-ntiyakiriye-uburyo-abarimu-baciye-imirongo-mu-musatsi-w-039-umwana\/"},"modified":"2025-02-03T01:46:25","modified_gmt":"2025-02-02T23:46:25","slug":"lion-manzi-ntiyakiriye-uburyo-abarimu-baciye-imirongo-mu-musatsi-w-039-umwana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17469","title":{"rendered":"Lion Manzi ntiyakiriye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#039;umwana we"},"content":{"rendered":"<p>Umushyushyarugamba akaba n&#8217;umunyamakuru, Rene Maurice Habamenshi\u00a0 uzwi nka MC Lion Manzi ntiyishimiye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#8217;umwana we.<\/p>\n<p>Yavuze ko umwana we yageze mu rugo arira.<\/p>\n<p>&#8221; Umwana wange yageze mu rugo arira kubera ko bamuciye imirongo ibiri iteye isoni mu musatsi kandi ibintu nk&#8217;ibi bibaye ku bana bange mu bigo bitandukanye.&#8221; Manzi.<\/p>\n<p>Avuga ko atari ubwa mbere abarimu bamwogosheye abana kandi bavuga ko biri mu mabwiriza ya Minisiteri y&#8217;Uburezi. Yibaza aho ireme ry&#8217;uburezi rihuriye no gutunga imisatsi.<\/p>\n<p>&#8221; Akabazo k&#8217;amatsiko: Ireme ry&#8217;uburezi ryaba ryarapfiriye mu misatsi y&#8217;abana bacu ku buryo kubakoza isoni bene aka kageni ari byo bizazana igisubizo? Ibi ntibyumvikana.&#8221; Manzi.<\/p>\n<p>Ubu butumwa bwa Lion Manzi bwarebaga Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Uburezi (REB), Minisiteri y&#8217;Uburezi ndetse n&#8217;Abanyarwanda bakoresha urubuga rwa Twitter.<\/p>\n<p>Abantu basomye ubu butumwa batanze ibitekerezo bitandukanye, byakuruye impaka.<\/p>\n<p>Herv\u00e9 Girihirwe: &#8221;  <em>Ibi byatubagaho kuva twatangira amashuri abanza kugeza tuyarangije. Birababaje kubona kugeza ubu hakiri ababyeyi bacyemera ko abana babo batunga imisatsi.&#8221;<\/em> <\/p>\n<p>Deejay Spin: &#8221; <em>Ibi ntibyemewe ntibyumvikana na mba. Ishuri ryagahamagaje ababyeyi bakogoshesha abana ariko ntibabaze abana. Ntabwo higa imisatsi.&#8221;<\/em> <\/p>\n<p>Jean Niyigaba: &#8221;  <em>Ikibazo cyari kuba ko byakorewe uwawe gusa abandi bayifite ntibabikorerwe . Niba abarenze ku mabwiriza bose babanwe kimwe wowe urabura gukosora amakosa agaragara ku mwana ahubwo urashaka guhangana n&#8217;amabwiriza ya MINEDUC cyangwa y&#8217;ishuri.&#8221;<\/em> <\/p>\n<p>Sanny Ntaganira Aline: &#8221;  <em>Ariko se uyu muco uracyariho kweli? En plus ku mwana ungana atya? Barabidukoraga kera ku mashuri ariko numvaga ubu bitakibaho! Uyu muco ni mubi pe, ugomba gucika!&#8221;<\/em> <\/p>\n<p>Hakorimana Daniel:  <em>&#8221; Umusatsi mu bigo bimwe ntiwemewe, kandi igihe umuntu yumvako umwana we agomba kwigana umusatsi hari ibigo mbona bibyemera byakabaye byiza kumujyanayo, niba ari amabwiriza ntacyo mwarenzaho.&#8221;<\/em> <\/p>\n<p>Katabogama: &#8221; <em> Umusatsi ntacyo utwaye, abarimu bakwiriye guhindura imyumvire, bakareka kubabaza abana. Byatubagaho ariko natekereje ko byarangiye.&#8221;<\/em> <\/p>\n<p>Arthur Kaneza: &#8221; <em>Kera byakorwaga kuko abantu benshi batari bamara gusobanukirwa n&#8217;amabwiriza y&#8217;isuku abana bakaba bakwanduzanya inda zo mu mutwe. Ariko ubu sinumva icyo bigikora mu mabwiriza agenga amashuri n&#8217;ibigo bikiyakoresha nta mpamvu bitanga yumvikana. Ubu baracyafite impungenge z&#8217;umwanda?&#8221;<\/em> <\/p>\n<p>Minisiteri y&#8217;Uburezi yasubije ko ibi bitemewe ariko bidakuraho ko umunyeshyuri yubahiriza amategeko y&#8217;aho yiga.<\/p>\n<p>&#8221; Ntabwo byemewe gukoresha cyangwa gukora ku mubiri w&#8217;umwana ku mpamvu izo arizo zose mu buryo byamutera ikimwaro n&#8217;ipfunwe. Ibi ntibivanaho ko umunyeshuri yubahiriza amategeko y&#8217;ikigo yigamo harimo arebana n&#8217;imyifatire,isuku,imyambarire n&#8217;ibindi.&#8221;MINEDUC.<\/p>\n<p>Lion Manzi yavuze ko ikibazo cyamaze gukemuka kuko abayobozi b&#8217;ishuri bemeye amakosa yo gufata uyu mwanzuro batamumenyesheje nk&#8217;umubyeyi ndetse bamwemerera ko bitazongera.<\/p>\n<p>Ngiyi &#8216;Tweet&#8217; ya Lion Manzi n&#8217;igisubizo cya MINEDUC:<\/p>\n<div class=\"embed-twitter\">\n<blockquote class=\"twitter-tweet\" data-width=\"550\" data-dnt=\"true\">\n<p lang=\"tl\" dir=\"ltr\">Ntabwo byemewe gukoresha cyangwa gukora ku mubiri w&#39;umwana ku mpamvu izo arizo zose mu buryo byamutera ikimwaro n&#39;ipfunwe. Ibi ntibivanaho ko umunyeshuri yubahiriza amategeko y&#39;ikigo yigamo harimo arebana n&#39;imyifatire,isuku,imyambarire n&#39;ibindi.<\/p>\n<p>&mdash; Ministry of Education | Rwanda (@Rwanda_Edu) <a href=\"https:\/\/twitter.com\/Rwanda_Edu\/status\/1176827729314029568?ref_src=twsrc%5Etfw\">September 25, 2019<\/a><\/p><\/blockquote>\n<p><script async src=\"https:\/\/platform.twitter.com\/widgets.js\" charset=\"utf-8\"><\/script><\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umushyushyarugamba akaba n&#8217;umunyamakuru, Rene Maurice Habamenshi\u00a0 uzwi nka MC Lion Manzi ntiyishimiye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#8217;umwana we. Yavuze ko umwana we yageze mu rugo arira. &#8221; Umwana wange yageze mu rugo arira kubera ko bamuciye imirongo ibiri iteye isoni mu musatsi kandi ibintu nk&#8217;ibi bibaye ku bana bange mu bigo bitandukanye.&#8221; Manzi. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[355],"tags":[],"class_list":["post-17469","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imyidagaduro-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Lion Manzi ntiyakiriye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#039;umwana we - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17469\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Lion Manzi ntiyakiriye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#039;umwana we - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umushyushyarugamba akaba n&#8217;umunyamakuru, Rene Maurice Habamenshi\u00a0 uzwi nka MC Lion Manzi ntiyishimiye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#8217;umwana we. Yavuze ko umwana we yageze mu rugo arira. &#8221; Umwana wange yageze mu rugo arira kubera ko bamuciye imirongo ibiri iteye isoni mu musatsi kandi ibintu nk&#8217;ibi bibaye ku bana bange mu bigo bitandukanye.&#8221; Manzi. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17469\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-25T13:21:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:46:25+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17469#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17469\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Lion Manzi ntiyakiriye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#039;umwana we\",\"datePublished\":\"2019-09-25T13:21:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:46:25+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17469\"},\"wordCount\":439,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"imyidagaduro\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17469#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17469\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17469\",\"name\":\"Lion Manzi ntiyakiriye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#039;umwana we - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-25T13:21:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:46:25+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17469#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17469\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17469#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Lion Manzi ntiyakiriye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#039;umwana we\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Lion Manzi ntiyakiriye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#039;umwana we - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17469","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Lion Manzi ntiyakiriye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#039;umwana we - BWIZA","og_description":"Umushyushyarugamba akaba n&#8217;umunyamakuru, Rene Maurice Habamenshi\u00a0 uzwi nka MC Lion Manzi ntiyishimiye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#8217;umwana we. Yavuze ko umwana we yageze mu rugo arira. &#8221; Umwana wange yageze mu rugo arira kubera ko bamuciye imirongo ibiri iteye isoni mu musatsi kandi ibintu nk&#8217;ibi bibaye ku bana bange mu bigo bitandukanye.&#8221; Manzi. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17469","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-25T13:21:44+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:46:25+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17469#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17469"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Lion Manzi ntiyakiriye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#039;umwana we","datePublished":"2019-09-25T13:21:44+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:46:25+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17469"},"wordCount":439,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["imyidagaduro"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17469#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17469","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17469","name":"Lion Manzi ntiyakiriye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#039;umwana we - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-25T13:21:44+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:46:25+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17469#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17469"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17469#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Lion Manzi ntiyakiriye uburyo abarimu baciye imirongo mu musatsi w&#039;umwana we"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17469","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17469"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17469\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17469"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17469"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17469"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}