{"id":17475,"date":"2019-09-25T16:48:18","date_gmt":"2019-09-25T16:48:18","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/25\/abatuye-bannyahe-barashaka-gusubizwa-ubutaka-bwabo-no-guhabwa-indishyi\/"},"modified":"2019-09-25T16:48:18","modified_gmt":"2019-09-25T16:48:18","slug":"abatuye-bannyahe-barashaka-gusubizwa-ubutaka-bwabo-no-guhabwa-indishyi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17475","title":{"rendered":"Abatuye Bannyahe barashaka gusubizwa ubutaka bwabo no guhabwa indishyi"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Abaturage batuye mu Midugudu ya Kibiraro na Kangondo mu Karere ka Gasabo barasaba Leta kubafasha bagasubirana ubutaka bwabo kuko gahunda yo kubimura yananiranye. Aba kandi bisunze amategeko barasaba indishyi ya 5% by&#8217;imitungo yabaruwe ariko ntiyishyurwe mu gihe kivugwa mu itegeko rijyanye no kwimura abantu ku nyungu rusange.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Mu 2018 nibwo Akarere ka Gasabo katangiye kutumvikana n\u2019abaturage ba Bannnyahe ku bijyanye no kubimura. Impande zombi zananiwe kumvikana ndetse hitabajwe Umujyi wa Kigali, ariko biba iby\u2019ubusa.<\/p>\n<p>Akarere ka Gasabo kashakaga kubimura ku nyungu z\u2019ibikorwa rusange ariko benshi mu baturage bakavuga ko ingurane z\u2019amazu ari mu Busanza mu Karere ka Kicukiro bahawe ari agahomamunwa. Basaba guhabwa amafaranga ngo bajye gutura ahandi.<\/p>\n<p>Kuri ubu abatuye Bannyahe bavuga ko bagiye kwitabaza Minisiteri y\u2019Ubutegetsi bw\u2019Igihugu (MINALOC) kugira ngo basubizwe ubutaka bwabo cyangwa se ngo bongere bagane inkiko ku nshuro ya kabiri cyane ko ubwa mbere bazigana babwiwe ko bareze mu buryo budakurikije inzira zisabwa. Bavuga ko noneho bazubashirizwa ibisabwa ariko urubanza rwabo rukakirwa.<\/p>\n<p>KT Press yabonye ibaruwa aba baturage bandikiye Umujyi wa Kigali, ivuga ko bakeneye gusubizwa ubutaka bwabo ndetse hakiyongeraho na 5% by\u2019indishyi y\u2019ababaro k\u2019ubukererwe bwo guhabwa ingurane.<\/p>\n<p>Bavuga ko bisunze itegeko rijyanye no kwimura abantu ku mpamvu z\u2019inyungu rusange, rivuga ko\u00a0 ba nyir\u2019imitungo bishyurwa ingurane nyuma y\u2019amezi atatu habayeho kuyibarura. Iyo iki gihe kirenze, hishyurwa amande ya 5%\u00a0 y&#8217;umutungo wabaruwe bitewe no gutinda kwishyurwa.<\/p>\n<p>Bati \u201c Kuva ibyo kutwimura byarananiranye, turasaba ko twahabwa indishyi ya 5% kandi tugasubizwa uburenganzira ku butaka bwacu.\u201d<\/p>\n<p>Umwe muri bo witwa Jean de Dieu Shikama wari wanditse ku giti cye ariko ibidahabanye n&#8217;ibiri mu ibaruwa ihuriweho n&#8217;abaturage ba Bannyahe, ati \u201c\u00a0 Ubuyobozi bw\u2019umujyi ntacyo buratubwira ariko dufite gahunda yo kwandikira MINALOC. Ibi nibitagira icyo bitanga, nta yandi mahitamo ni ukugana inkiko.\u201d<\/p>\n<p>Meya w\u2019Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa yabwiye KT Press ko iyi baruwa ntayo yabonyeho. Avuga ko hari ubushake bwo gukemura iki kibazo.<\/p>\n<p>Ati \u201c Twiteguye kuvugana n\u2019abantu bafite ikibazo cyihariye. Ntabwo iki kibazo twagikemura muri rusange. Twakemura icy\u2019umuntu ku giti cye.\u201d<\/p>\n<p>Abaturage barasaba ibi mu gihe Umujyi wa Kigali muri Kanama watangaje ko abatuye Bannyahe bagera kuri 360 bazimurwa mu kwezi gutaha k\u2019Ukwakira 2019.<\/p>\n<p>[penci_related_posts dis_pview=&#8221;no&#8221; dis_pdate=&#8221;no&#8221; title=&#8221;Izindi nkuru wasoma&#8221; background=&#8221;&#8221; border=&#8221;&#8221; thumbright=&#8221;no&#8221; number=&#8221;4&#8243; style=&#8221;list&#8221; align=&#8221;none&#8221; withids=&#8221;&#8221; displayby=&#8221;recent_posts&#8221; orderby=&#8221;rand&#8221;]<\/p>\n<p>Kugeza ubu nk\u2019uko KT Press ibitangaza, abaturage 79 gusa ni bo bemeye kwimuka mu mazu bahawe nk\u2019ingurane mu gihe Bannyahe ituwe n&#8217;abasaga 1000.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage batuye mu Midugudu ya Kibiraro na Kangondo mu Karere ka Gasabo barasaba Leta kubafasha bagasubirana ubutaka bwabo kuko gahunda yo kubimura yananiranye. Aba kandi bisunze amategeko barasaba indishyi ya 5% by&#8217;imitungo yabaruwe ariko ntiyishyurwe mu gihe kivugwa mu itegeko rijyanye no kwimura abantu ku nyungu rusange. Mu 2018 nibwo Akarere ka Gasabo katangiye kutumvikana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-17475","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abatuye Bannyahe barashaka gusubizwa ubutaka bwabo no guhabwa indishyi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17475\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abatuye Bannyahe barashaka gusubizwa ubutaka bwabo no guhabwa indishyi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage batuye mu Midugudu ya Kibiraro na Kangondo mu Karere ka Gasabo barasaba Leta kubafasha bagasubirana ubutaka bwabo kuko gahunda yo kubimura yananiranye. Aba kandi bisunze amategeko barasaba indishyi ya 5% by&#8217;imitungo yabaruwe ariko ntiyishyurwe mu gihe kivugwa mu itegeko rijyanye no kwimura abantu ku nyungu rusange. Mu 2018 nibwo Akarere ka Gasabo katangiye kutumvikana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17475\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-25T16:48:18+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17475#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17475\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Abatuye Bannyahe barashaka gusubizwa ubutaka bwabo no guhabwa indishyi\",\"datePublished\":\"2019-09-25T16:48:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17475\"},\"wordCount\":418,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17475#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17475\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17475\",\"name\":\"Abatuye Bannyahe barashaka gusubizwa ubutaka bwabo no guhabwa indishyi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-25T16:48:18+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17475#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17475\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17475#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abatuye Bannyahe barashaka gusubizwa ubutaka bwabo no guhabwa indishyi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abatuye Bannyahe barashaka gusubizwa ubutaka bwabo no guhabwa indishyi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17475","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abatuye Bannyahe barashaka gusubizwa ubutaka bwabo no guhabwa indishyi - BWIZA","og_description":"Abaturage batuye mu Midugudu ya Kibiraro na Kangondo mu Karere ka Gasabo barasaba Leta kubafasha bagasubirana ubutaka bwabo kuko gahunda yo kubimura yananiranye. Aba kandi bisunze amategeko barasaba indishyi ya 5% by&#8217;imitungo yabaruwe ariko ntiyishyurwe mu gihe kivugwa mu itegeko rijyanye no kwimura abantu ku nyungu rusange. Mu 2018 nibwo Akarere ka Gasabo katangiye kutumvikana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17475","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-25T16:48:18+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17475#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17475"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Abatuye Bannyahe barashaka gusubizwa ubutaka bwabo no guhabwa indishyi","datePublished":"2019-09-25T16:48:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17475"},"wordCount":418,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17475#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17475","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17475","name":"Abatuye Bannyahe barashaka gusubizwa ubutaka bwabo no guhabwa indishyi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-25T16:48:18+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17475#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17475"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17475#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abatuye Bannyahe barashaka gusubizwa ubutaka bwabo no guhabwa indishyi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17475","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17475"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17475\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17475"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17475"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17475"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}