{"id":17488,"date":"2019-09-26T12:48:40","date_gmt":"2019-09-26T12:48:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/26\/bugesera-havutse-itorero-rifite-abayoboke-babana-mu-nzu-imwe\/"},"modified":"2019-09-26T12:48:40","modified_gmt":"2019-09-26T12:48:40","slug":"bugesera-havutse-itorero-rifite-abayoboke-babana-mu-nzu-imwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17488","title":{"rendered":"Bugesera: Havutse itorero rifite abayoboke babana mu nzu imwe"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Itorero rishya mu Rwanda &#8216;Abigishwa ba Yezu&#8217; rifite abayoboke babana mu nzu imwe bagasangirira hamwe nk\u2019umuryango umwe, rikaba rifite umwihariko wo kubana bose nk\u2019uko intumwa za Yezu zabanaga mu gihe cyo hambere.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Iri torero rikoreramu murenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera, ari na ho batuye bose nk\u2019umuryango umwe.<\/p>\n<p>Abayoke baryo bagiye basiga imiryango yabo baza kwihuriza hamwe.<\/p>\n<p>Buri wese yakomeje umurimo wari usanzwe umutunze, ariko ibyo asaruye akabishyira hamwe n\u2019ibyo abandi bazanye bikabatungira hamwe.<\/p>\n<p>Waba ugira icyo uzana cyangwa ntacyo ufite mwese mubaho kimwe.<\/p>\n<p>Pasteur Rukungo Barteremy, umushumba w\u2019iri torero avuga ko itorero ryabo risenga nk\u2019abandi, gusa bakagira itandukaniro ryo kubana bose nk\u2019uko intumwa za Yezu zabanaga.<\/p>\n<p>Uyu mushumba asobanura ko icyo bagamije arukwerekana ko urukundo Kristo yigishije mu bantu rushoboka abantu bose bakabana nta rwikekwe.<\/p>\n<p>VOA itangaza ko iri torero ribaho nk\u2019uko umuryango usanzwe ubaho, ugize icyo akenera akagihabwa.<\/p>\n<p>Nubwo abagize iri torero baretse byose bagahitamo kubana bavuga ko bitaboroheye kuko benshi batumva ukuntu umuntu ahagarika byose agasiga umuryango we w\u2019amaraso, akajya kubana n\u2019abo atazi ngo nuko bahuje ukwemera.<\/p>\n<p>kugeza ubu abagize iri torero bavuga ko nta muntu ugira ibye byose babihuriza hamwe,ariko ubuyobozi bw\u2019akarere ka Bugesera bubasaba gukora bakurikije amategeko, kugira ngo batazagirana amakimbirane.<\/p>\n<p>Iri torero rivuga ko rimaze kugira abayoboke bagera kuri 50, ni bake ugereranyije n\u2019igihe bamaze batangiye, ariko Pasteur Rukundo uriyobora , avuga ko ikibazo cyo kubana aricyo kinaniza benshi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Itorero rishya mu Rwanda &#8216;Abigishwa ba Yezu&#8217; rifite abayoboke babana mu nzu imwe bagasangirira hamwe nk\u2019umuryango umwe, rikaba rifite umwihariko wo kubana bose nk\u2019uko intumwa za Yezu zabanaga mu gihe cyo hambere. Iri torero rikoreramu murenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera, ari na ho batuye bose nk\u2019umuryango umwe. Abayoke baryo bagiye basiga imiryango yabo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-17488","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bugesera: Havutse itorero rifite abayoboke babana mu nzu imwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17488\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bugesera: Havutse itorero rifite abayoboke babana mu nzu imwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Itorero rishya mu Rwanda &#8216;Abigishwa ba Yezu&#8217; rifite abayoboke babana mu nzu imwe bagasangirira hamwe nk\u2019umuryango umwe, rikaba rifite umwihariko wo kubana bose nk\u2019uko intumwa za Yezu zabanaga mu gihe cyo hambere. Iri torero rikoreramu murenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera, ari na ho batuye bose nk\u2019umuryango umwe. Abayoke baryo bagiye basiga imiryango yabo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17488\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-26T12:48:40+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17488#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17488\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Bugesera: Havutse itorero rifite abayoboke babana mu nzu imwe\",\"datePublished\":\"2019-09-26T12:48:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17488\"},\"wordCount\":246,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17488#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17488\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17488\",\"name\":\"Bugesera: Havutse itorero rifite abayoboke babana mu nzu imwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-26T12:48:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17488#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17488\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17488#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bugesera: Havutse itorero rifite abayoboke babana mu nzu imwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bugesera: Havutse itorero rifite abayoboke babana mu nzu imwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17488","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bugesera: Havutse itorero rifite abayoboke babana mu nzu imwe - BWIZA","og_description":"Itorero rishya mu Rwanda &#8216;Abigishwa ba Yezu&#8217; rifite abayoboke babana mu nzu imwe bagasangirira hamwe nk\u2019umuryango umwe, rikaba rifite umwihariko wo kubana bose nk\u2019uko intumwa za Yezu zabanaga mu gihe cyo hambere. Iri torero rikoreramu murenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera, ari na ho batuye bose nk\u2019umuryango umwe. Abayoke baryo bagiye basiga imiryango yabo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17488","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-26T12:48:40+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17488#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17488"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Bugesera: Havutse itorero rifite abayoboke babana mu nzu imwe","datePublished":"2019-09-26T12:48:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17488"},"wordCount":246,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17488#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17488","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17488","name":"Bugesera: Havutse itorero rifite abayoboke babana mu nzu imwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-26T12:48:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17488#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17488"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17488#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bugesera: Havutse itorero rifite abayoboke babana mu nzu imwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17488","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17488"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17488\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17488"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17488"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17488"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}