{"id":17515,"date":"2019-09-28T08:53:25","date_gmt":"2019-09-28T08:53:25","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/09\/28\/gatsibo-abaturage-bareze-mugenzi-wabo-wari-warabaye-imvano-y-ibura-ry-amazi\/"},"modified":"2019-09-28T08:53:25","modified_gmt":"2019-09-28T08:53:25","slug":"gatsibo-abaturage-bareze-mugenzi-wabo-wari-warabaye-imvano-y-ibura-ry-amazi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17515","title":{"rendered":"Gatsibo: Abaturage bareze mugenzi wabo wari warabaye imvano y\u2019ibura ry\u2019amazi"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Abaturage bo mu agari ka Busetsa mu Murenge wa Kageyo, mu Karere ka Burera batanze amakuru yatumye habaho ifatwa ry\u2019uwitwa Bazatsinda Ildephonse wangizaga imiyoboro y\u2019amazi,bityo nabo bakabihomberamo.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Polisi y\u2019u Rwanda \u00a0igendeye kuri aya makuru kuwa 26 Nzeri 2019 yafashe umuturage witwa Bazatsinda Ildephonse ufite imyaka 56 yibye itiyo y\u2019umuyoboro w\u2019amazi ifite metero 12.<\/p>\n<p>Bazatsinda akimara gufatwa yiyemereye ko ariwe wayibye\u00a0 kandi akaba yari asanzwe akora amazi\u00a0 atabifitiye uburenganzira.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y\u2019Iburasirazuba, CIP Hamduni Twizeyimana avuga ko kugira ngo Bazatsinda afatwe byaturutse ku makuru y\u2019abaturage aho bari bamaze iminsi bavuga ko bagira ikibazo\u00a0 cyo kubura amazi kubera imiyoboro yapfuye.<\/p>\n<p>Hakaba kandi hari amakuru avuga ko Bazatsinda Ildephonse yihaye akazi ko kwirirwa akwirakwiza amazi mu midugudu bityo hakaba ubwo acukura amatiyo atwara amazi akayijyana ahandi bamwemereye amafaranga.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201dAbaturage bo muri uriya murenge [Kagey0o]\u00a0 cyane cyane mu midugudu igize akagari ka Busetsa bari bamaze iminsi bavuga ko Babura amazi kandi bagakeka Bazatsinda kuko niwe wirirwa akwirakwiza amazi mu baturage bamwemereye\u00a0 amafaranga.\u201d<\/p>\n<p>CIP Twizeyimana yakomeje avuga ko nyuma yo kumenya ayo makuru polisi yakoze igikorwa cyo kujya gufata Bazatsinda, abapolisi bageze iwe bahasanga itiyo y\u2019amazi ingana na metero 12. Uyu muturage ngo yiyemereye ko ari iyo yacukuye mu miyoboro y\u2019amazi iba muri ako kagari akaba ngo yari yabonye ikiraka cyo kujya kuyikoresha amazi mu w\u2019undi mudugudu.<\/p>\n<p>Twizeyimana yashimiye abaturage \u00a0kuba baratanze amakuru, abasaba kwita ku bikorwa remezo leta iba yabagejejeho bakareka kubyangiza. Abibutsa ko nta muntu wemerewe gukora amazi cyangwa amashanyarazi atari umukozi w\u2019ibigo bizwi bifite izo nshingano aribyo REG na WASAC.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201dAmazi\u00a0 cyangwa amashanyarazi iyo umuturage abikeneye iwe mu rugo cyangwa itsinda ry\u2019abantu\u00a0 babikenye batumiza\u00a0 abakozi b\u2019ibigo bishinzwe kugeza ku baturage ibyo bikorwa remezo. Turabasaba gukomeza gutangira amakuru ku gihe ku muntu wese wiha izo nshingano atabifitiye uburenganzira.\u201d<\/p>\n<p>Yabibukije ko ibikorwa remezo baba bahawe ari bo bifitiye akamaro bityo baba bagomba kubirinda no kubifata neza ntihagire ubyangiza akurikiye inyungu ze bwite.<br \/>\nBazatsinda akimara gufatwa yiyemereye ko yari amaze igihe kinini akora ibyo bikorwa ariko mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko. Yahise ashyikirizwa urwego rw\u2019igihugu rw\u2019ubugenzacyaha kugira ngo akorerwe idosiye ishyikirizwe ubushinjacyaha.<\/p>\n<p>[penci_related_posts dis_pview=&#8221;no&#8221; dis_pdate=&#8221;no&#8221; title=&#8221;Izindi nkuru wasoma&#8221; background=&#8221;&#8221; border=&#8221;&#8221; thumbright=&#8221;no&#8221; number=&#8221;4&#8243; style=&#8221;list&#8221; align=&#8221;none&#8221; withids=&#8221;&#8221; displayby=&#8221;recent_posts&#8221; orderby=&#8221;rand&#8221;]<br \/>\nIngingo ya 166 yo mu gitabo kigena ibyaha n\u2019ibihano byabyo ivuga ko\u00a0 umuntu wese uhamijwe n\u2019urukiko icyaha cyo kwiba, ahanishwa igifungo kitari munsi y\u2019umwaka umwe (1) ariko kitarenze imyaka ibiri (2), ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda atari munsi ya miliyoni imwe (1.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni ebyiri (2.000.000 FRW), imirimo y\u2019inyungu rusange mu gihe cy\u2019amezi atandatu (6) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu agari ka Busetsa mu Murenge wa Kageyo, mu Karere ka Burera batanze amakuru yatumye habaho ifatwa ry\u2019uwitwa Bazatsinda Ildephonse wangizaga imiyoboro y\u2019amazi,bityo nabo bakabihomberamo. Polisi y\u2019u Rwanda \u00a0igendeye kuri aya makuru kuwa 26 Nzeri 2019 yafashe umuturage witwa Bazatsinda Ildephonse ufite imyaka 56 yibye itiyo y\u2019umuyoboro w\u2019amazi ifite metero 12. Bazatsinda akimara [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-17515","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gatsibo: Abaturage bareze mugenzi wabo wari warabaye imvano y\u2019ibura ry\u2019amazi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17515\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gatsibo: Abaturage bareze mugenzi wabo wari warabaye imvano y\u2019ibura ry\u2019amazi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bo mu agari ka Busetsa mu Murenge wa Kageyo, mu Karere ka Burera batanze amakuru yatumye habaho ifatwa ry\u2019uwitwa Bazatsinda Ildephonse wangizaga imiyoboro y\u2019amazi,bityo nabo bakabihomberamo. Polisi y\u2019u Rwanda \u00a0igendeye kuri aya makuru kuwa 26 Nzeri 2019 yafashe umuturage witwa Bazatsinda Ildephonse ufite imyaka 56 yibye itiyo y\u2019umuyoboro w\u2019amazi ifite metero 12. Bazatsinda akimara [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17515\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-09-28T08:53:25+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17515#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17515\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Gatsibo: Abaturage bareze mugenzi wabo wari warabaye imvano y\u2019ibura ry\u2019amazi\",\"datePublished\":\"2019-09-28T08:53:25+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17515\"},\"wordCount\":459,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17515#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17515\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17515\",\"name\":\"Gatsibo: Abaturage bareze mugenzi wabo wari warabaye imvano y\u2019ibura ry\u2019amazi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-09-28T08:53:25+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17515#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17515\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17515#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gatsibo: Abaturage bareze mugenzi wabo wari warabaye imvano y\u2019ibura ry\u2019amazi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gatsibo: Abaturage bareze mugenzi wabo wari warabaye imvano y\u2019ibura ry\u2019amazi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17515","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gatsibo: Abaturage bareze mugenzi wabo wari warabaye imvano y\u2019ibura ry\u2019amazi - BWIZA","og_description":"Abaturage bo mu agari ka Busetsa mu Murenge wa Kageyo, mu Karere ka Burera batanze amakuru yatumye habaho ifatwa ry\u2019uwitwa Bazatsinda Ildephonse wangizaga imiyoboro y\u2019amazi,bityo nabo bakabihomberamo. Polisi y\u2019u Rwanda \u00a0igendeye kuri aya makuru kuwa 26 Nzeri 2019 yafashe umuturage witwa Bazatsinda Ildephonse ufite imyaka 56 yibye itiyo y\u2019umuyoboro w\u2019amazi ifite metero 12. Bazatsinda akimara [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17515","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-09-28T08:53:25+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17515#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17515"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Gatsibo: Abaturage bareze mugenzi wabo wari warabaye imvano y\u2019ibura ry\u2019amazi","datePublished":"2019-09-28T08:53:25+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17515"},"wordCount":459,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17515#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17515","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17515","name":"Gatsibo: Abaturage bareze mugenzi wabo wari warabaye imvano y\u2019ibura ry\u2019amazi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-09-28T08:53:25+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17515#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17515"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17515#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gatsibo: Abaturage bareze mugenzi wabo wari warabaye imvano y\u2019ibura ry\u2019amazi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17515","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17515"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17515\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17515"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17515"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17515"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}