{"id":17620,"date":"2019-10-05T08:52:26","date_gmt":"2019-10-05T08:52:26","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/10\/05\/gutunga-umugore-umwe-ni-ubukene-mfite-amafaranga-nazana-uwa-kabiri-abagabo-b\/"},"modified":"2025-02-12T12:00:50","modified_gmt":"2025-02-12T10:00:50","slug":"gutunga-umugore-umwe-ni-ubukene-mfite-amafaranga-nazana-uwa-kabiri-abagabo-b","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17620","title":{"rendered":"Gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana uwa Kabiri- Abagabo b&#039;i Gicumbi"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Gicumbi, Intara y&#8217;Amajyaruguru, bavuga ko gutunga umugore umwe babiterwa n&#8217;ubukene, ko babaye bafite amikoro bagatunze abarenze umwe.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Mu Murenge wa Nyankenke, muri aka karere ka Gicumbi, umugabo w\u2019igikwerere utuye muri ako gace araranganije amaso mu bari aho abona abenshi ari igitsina gore, nta kindi yitayeho ahita abishingiraho mu kumva ko kuri we gushaka abagore benshi byaba ari ishema ku mugabo.<\/p>\n<p>Ati \u201cRambura amaso urebe hano abakobwa nibo benshi kandi barahangayitse bakeneye abagabo, ikibazo bafite ni ukutarongora umugore wa kabiri, ubundi bazajya he mwa bantu mwe?\u201d<\/p>\n<p>Mugenzi we na we ashyigikiye gushaka abagore barenze umwe. Ati \u201cNjye namuzana mfite umutungo mwinshi, gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana umugore wa kabiri, umugore wa mbere akaba aguhaye induru, wigira ahandi\u201d.<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande ariko abagore baharitswe; ni ukuvuga abashatswe n\u2019abagabo basanzwe bafite abagore nabo batanga ubuhamya bw\u2019uko ari inshuro nke wabona amahoro no kuzuza inshingano z\u2019abagize imiryango irimo ubuharike.<\/p>\n<p>\u201cUmugabo wese ujya mu nshoreke usanga nta\u00a0 Mitiweri agira, usanga n\u2019abana mu rugo batarya, kuko akenshi aba avuga ngo ndasangira na runaka se afite iki? Akirirwa muri ibyo abana be ni bo baba barwaye bwaki\u201d.<\/p>\n<p>Undi mubyeyi na we wo mu murenge wa Nyankenke ntiyibuka neza igihe yashakiwe ari uwa kabiri, ariko agenekereje ni mu myaka nka 20 ariko kuva icyo gihe ahora mu ntonganya z\u2019urudaca n\u2019uwo basangiye umugabo.<\/p>\n<p>Ati \u201cNabanye n\u2019umugabo mu gihe cy\u2019ibyumweru bibiri, umugore wa kabiri amenye ko nahageze aza ari kwica igiti yica ibuye, ubwo habaye intambara kuva icyo gihe, nahatashye ari kuri Noheri na n\u2019uyu munsi izo ntambara ziracyankurikiranye\u201d.<\/p>\n<p>Nk&#8217;uko Radiotv Flash ibitangaza, Ubuyobozi bw\u2019intara y\u2019amajyaruguru imwe mu zikunze kuvugwamo ubuharike, busanga abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze kuva ku mudugudu bafite inshingano zo gukoma mu nkokora uwari we wese ufite umugambi wo gushaka abagore barenze umwe.<\/p>\n<p>Guverineri w&#8217;iyi Ntara, Gatabazi Jean Marie Vianney, at\u00a0\u201c\u00a0N\u2019abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze ntibakwiye kwemera ko n\u2019uwo mugabo azana undi mugore muri uwo mudugudu, muri ako kagari, ubuyobozi bw\u2019inzego z\u2019ibanze bwagakwiye kuba bubihagarika bataranabana, baba banabanye bakabatandukanya, kuko aba yishe amategeko kandi asenye n\u2019urundi rugo\u201d.<\/p>\n<p>Imbere y\u2019amategeko, mu Rwanda umugabo yemerewe \u00a0gushyingiranwa n\u2019umugore umwe, umugore na we akemererwa gushyingiranwa n\u2019umugabo umwe.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Gicumbi, Intara y&#8217;Amajyaruguru, bavuga ko gutunga umugore umwe babiterwa n&#8217;ubukene, ko babaye bafite amikoro bagatunze abarenze umwe. Mu Murenge wa Nyankenke, muri aka karere ka Gicumbi, umugabo w\u2019igikwerere utuye muri ako gace araranganije amaso mu bari aho abona abenshi ari igitsina gore, nta kindi yitayeho ahita abishingiraho mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-17620","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana uwa Kabiri- Abagabo b&#039;i Gicumbi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17620\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana uwa Kabiri- Abagabo b&#039;i Gicumbi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Gicumbi, Intara y&#8217;Amajyaruguru, bavuga ko gutunga umugore umwe babiterwa n&#8217;ubukene, ko babaye bafite amikoro bagatunze abarenze umwe. Mu Murenge wa Nyankenke, muri aka karere ka Gicumbi, umugabo w\u2019igikwerere utuye muri ako gace araranganije amaso mu bari aho abona abenshi ari igitsina gore, nta kindi yitayeho ahita abishingiraho mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17620\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-10-05T08:52:26+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:00:50+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17620#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17620\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana uwa Kabiri- Abagabo b&#039;i Gicumbi\",\"datePublished\":\"2019-10-05T08:52:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:00:50+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17620\"},\"wordCount\":394,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17620#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17620\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17620\",\"name\":\"Gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana uwa Kabiri- Abagabo b&#039;i Gicumbi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-10-05T08:52:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:00:50+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17620#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17620\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17620#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana uwa Kabiri- Abagabo b&#039;i Gicumbi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana uwa Kabiri- Abagabo b&#039;i Gicumbi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17620","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana uwa Kabiri- Abagabo b&#039;i Gicumbi - BWIZA","og_description":"Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Gicumbi, Intara y&#8217;Amajyaruguru, bavuga ko gutunga umugore umwe babiterwa n&#8217;ubukene, ko babaye bafite amikoro bagatunze abarenze umwe. Mu Murenge wa Nyankenke, muri aka karere ka Gicumbi, umugabo w\u2019igikwerere utuye muri ako gace araranganije amaso mu bari aho abona abenshi ari igitsina gore, nta kindi yitayeho ahita abishingiraho mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17620","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-10-05T08:52:26+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:00:50+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17620#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17620"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana uwa Kabiri- Abagabo b&#039;i Gicumbi","datePublished":"2019-10-05T08:52:26+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:00:50+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17620"},"wordCount":394,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17620#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17620","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17620","name":"Gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana uwa Kabiri- Abagabo b&#039;i Gicumbi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-10-05T08:52:26+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:00:50+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17620#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17620"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17620#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gutunga umugore umwe ni ubukene, mfite amafaranga nazana uwa Kabiri- Abagabo b&#039;i Gicumbi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17620","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17620"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17620\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17620"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17620"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17620"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}