{"id":17765,"date":"2019-10-15T09:01:08","date_gmt":"2019-10-15T09:01:08","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/10\/15\/kirehe-bamwe-mu-barimu-barijujutira-guhora-bakwa-ibyangombwa-uko-umwaka-utashye\/"},"modified":"2019-10-15T09:01:08","modified_gmt":"2019-10-15T09:01:08","slug":"kirehe-bamwe-mu-barimu-barijujutira-guhora-bakwa-ibyangombwa-uko-umwaka-utashye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17765","title":{"rendered":"Kirehe: Bamwe mu barimu barijujutira guhora bakwa ibyangombwa uko umwaka utashye"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Bamwe mu barimu bigisha mu mashuri yo mu Murenge wa Mpanga mu Karere ka Kirehe bavuga ko barambiwe guhora bakwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019Akarere ibyangombwa buri mwaka kandi baba barabitanze mbere yo guhabwa akazi.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Bamwe muri aba baganiriye na Bwiza.com kuwa 14 Ukwakira uyu mwaka, bavuga ko bakwa ibyangombwa buri uko habaye igenzura kandi baba bazi ko babihaye abayobozi b\u2019amashuri bigishaho bakabijyana ku turere, bakoreramo.<\/p>\n<p>Bashinja ubuyobozi bushinjwe kubika ibyangombwa byabo kuba budafata neza ibyangombwa byabo.<\/p>\n<p>Umwe muri bo utashatse ko amazina ye atangazwku bwo kwirinda kurebwa nabi n\u2019ubuyobozi, yagize ati \u201c Iyo twinjiye mu kazi duha diregiteri ibyangombwa byacu akabijyana ku karere, tubabazwa no kumva diregiteri ari kutubwira nyuma y\u2019igihe runaka ari kutubwira ngo dutanga dosiye. Twibaza impamvu ziba zitacungwe neza kandi kuzibona biba batwaye amafaranga yacu. Bansabye ko nongera gutanga letter d\u2019affectation [Ibaruwa y\u2019akazi kandi urumva sininjiye mu kazi ntayitanze].\u201d<\/p>\n<p>Mugenzi we ati \u201c Kuki buri mwaka umuntu agomba gujya asiragira ashaka dosiye. Buri\u00a0 gihe iyo mu karere hari bukorerwe controle[ igenzura] \u00a0dusabwa natwe kongera gutanga izindi dosiye. Ibi biba kuri bamwe muri twe buri mwaka, hari igihe uyu batabigusaba, utaha bakabigusaba. Njye bansabye icyangombwa cy\u2019indahiro y\u2019akazi kandi nari naragitanze. Ndongera njya gushaka ikindi, bansaba gutanga ciminal records [icyemezo cy\u2019uko ntafunzwe], ibi byose ubibona wishyuye amafaranga.\u201d<\/p>\n<p>Aba barimu bavuga ko iki kibazo kiri no ku bandi barimu bigisha ku bindi bigo byo mu Murenge wa Mpanga.<\/p>\n<p>Bemeza ko uku guhora bakwa dosiye \u00a0ari ikibazo kigira ingaruka ku mikoro, akazi n\u2019umwanya byabo igihe bari gushaka ibindi byangombwa.<\/p>\n<p>Ati \u201c Iyo ukeneye izo dosiye utanga amafaranga, umwanya utakaza ujya kuyishaka ikindi ni uko dusiga amasomo twakabaye dutanga tukajya gushaka izi dosiye.\u201d<\/p>\n<p>Aba barezi basaba ubuyobozi gucunga neza dosiye zabo cyane ko ngo kuzibona biba byabagoye.<\/p>\n<p>Umuyobozi Ushinzwe Abarimu mu Karere ka Kirehe, Charles Hakizimana yabanje guhakana aya makuru gusa nyuma yemera ko hari ibibazo bivugwa n\u2019aba barimu ariko ngo biri kuvugutirwa umuti.<\/p>\n<p>Ati \u201c\u00a0 Ntabwo ari byo. Usanga ari ikibazo cy\u2019abarimu bacye gusa kiragenda kirangira. Ni ibintu bigenda bikemuka, habayeho ukwimuka bityo zimwe zikabura. Haramutse hari ibibazo nk\u2019ibyo, twababwira ko turi kubikemura kuko turi mu igenzura rya Komisiyo y\u2019Abakozi ba Leta. Kuri ubu twakwizeza abarimu ko iki kibazo kitazongeraho kubaho kuko turi kubika ayo madosiye mu buryo bugezweho.\u201d<\/p>\n<p>[penci_related_posts dis_pview=&#8221;no&#8221; dis_pdate=&#8221;no&#8221; title=&#8221;Izindi nkuru wasoma&#8221; background=&#8221;&#8221; border=&#8221;&#8221; thumbright=&#8221;no&#8221; number=&#8221;4&#8243; style=&#8221;list&#8221; align=&#8221;none&#8221; withids=&#8221;&#8221; displayby=&#8221;recent_posts&#8221; orderby=&#8221;rand&#8221;]<br \/>\nAvuga ko ibura ry\u2019amadosiye ya bamwe mu barimu riterwa ahanini no kwimuka ariko ko uyu mwaka ibi bibazo bizaba byarangiye.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu barimu bigisha mu mashuri yo mu Murenge wa Mpanga mu Karere ka Kirehe bavuga ko barambiwe guhora bakwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019Akarere ibyangombwa buri mwaka kandi baba barabitanze mbere yo guhabwa akazi. Bamwe muri aba baganiriye na Bwiza.com kuwa 14 Ukwakira uyu mwaka, bavuga ko bakwa ibyangombwa buri uko habaye igenzura kandi baba bazi ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-17765","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kirehe: Bamwe mu barimu barijujutira guhora bakwa ibyangombwa uko umwaka utashye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17765\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kirehe: Bamwe mu barimu barijujutira guhora bakwa ibyangombwa uko umwaka utashye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu barimu bigisha mu mashuri yo mu Murenge wa Mpanga mu Karere ka Kirehe bavuga ko barambiwe guhora bakwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019Akarere ibyangombwa buri mwaka kandi baba barabitanze mbere yo guhabwa akazi. Bamwe muri aba baganiriye na Bwiza.com kuwa 14 Ukwakira uyu mwaka, bavuga ko bakwa ibyangombwa buri uko habaye igenzura kandi baba bazi ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17765\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-10-15T09:01:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17765#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17765\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Kirehe: Bamwe mu barimu barijujutira guhora bakwa ibyangombwa uko umwaka utashye\",\"datePublished\":\"2019-10-15T09:01:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17765\"},\"wordCount\":437,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17765#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17765\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17765\",\"name\":\"Kirehe: Bamwe mu barimu barijujutira guhora bakwa ibyangombwa uko umwaka utashye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-10-15T09:01:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17765#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17765\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17765#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kirehe: Bamwe mu barimu barijujutira guhora bakwa ibyangombwa uko umwaka utashye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kirehe: Bamwe mu barimu barijujutira guhora bakwa ibyangombwa uko umwaka utashye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17765","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kirehe: Bamwe mu barimu barijujutira guhora bakwa ibyangombwa uko umwaka utashye - BWIZA","og_description":"Bamwe mu barimu bigisha mu mashuri yo mu Murenge wa Mpanga mu Karere ka Kirehe bavuga ko barambiwe guhora bakwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019Akarere ibyangombwa buri mwaka kandi baba barabitanze mbere yo guhabwa akazi. Bamwe muri aba baganiriye na Bwiza.com kuwa 14 Ukwakira uyu mwaka, bavuga ko bakwa ibyangombwa buri uko habaye igenzura kandi baba bazi ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17765","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-10-15T09:01:08+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17765#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17765"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Kirehe: Bamwe mu barimu barijujutira guhora bakwa ibyangombwa uko umwaka utashye","datePublished":"2019-10-15T09:01:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17765"},"wordCount":437,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17765#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17765","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17765","name":"Kirehe: Bamwe mu barimu barijujutira guhora bakwa ibyangombwa uko umwaka utashye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-10-15T09:01:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17765#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17765"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17765#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kirehe: Bamwe mu barimu barijujutira guhora bakwa ibyangombwa uko umwaka utashye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17765","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17765"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17765\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17765"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17765"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17765"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}