{"id":1778,"date":"2016-04-26T08:33:04","date_gmt":"2016-04-26T08:33:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/04\/26\/ngororero-abantu-21-bakurikiranyweho-kwangiza-ishyamba-rya-leta\/"},"modified":"2025-02-12T21:35:17","modified_gmt":"2025-02-12T19:35:17","slug":"ngororero-abantu-21-bakurikiranyweho-kwangiza-ishyamba-rya-leta","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1778","title":{"rendered":"Ngororero: Abantu 21 bakurikiranyweho kwangiza ishyamba rya Leta"},"content":{"rendered":"<p>Abantu 21 bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kavumu mu karere ka Ngororero,  aho bakurikiranyweho icyaha cyo gucukura amabuye y\u2019agaciro mu buryo butemewe n\u2019amategeko bakanatema ibiti mu ishyamba rya Leta riri mu kagari ka Rugeshi, mu murenge wa Kavumu.<br \/>\nUmuyobozi wa Polisi mu karere ka Ngororero, Senior Superintendent of Police (SSP) Marc Gasangwa, yavuze ko aba bagabo bari barimo gucukura amabuye y\u2019agaciro kandi batabifitiye uburenganzira, banatema ishyamba rya Leta ngo babone uko bakomeza gucukura amabuye nta nkomyi.<br \/>\nSSP Gasangwa yavuze ko aba bagabo bamaze gufatwa bavuze ko hari umuturage bakorera akaba ariwe wabahaye akazi ko gucukura aya mabuye.<br \/>\nAkaba yagize ati:\u201dUyu muturage nawe twamubajije niba afite icyangombwa kimwemerera gucukura amabuye y\u2019agaciro, avuga ko yagishyikirije umurenge, tukaba turi gukorana n\u2019ubuyobozi bw\u2019umurenge ngo turebe ko koko icyo cyangombwa gihari.\u201d<br \/>\nYasobanuye ko gucukura amabuye y\u2019agaciro mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko ari icyaha kandi gihanwa n\u2019amategeko y\u2019u Rwanda.<br \/>\nYabwiye abagitekereza ko bashobora kwitwikira ijoro bakajya gukora icyo cyaha nta mahirwe bafite kuko Polisi ifatanije n\u2019abaturage yahagurukiye guta muri yombi ababikora ndetse no kubashyikiriza ubutabera.<br \/>\nYagiriye inama abifuza kwinjira muri ako kazi ko gucukura amabuye y\u2019agaciro kubanza kubisabira uburenganzira inzego zibishinzwe kugirango batangire kugakora mu mutuzo ntacyo bikanga.<br \/>\nYavuze kandi ko imirimo yo gucukura amabuye y\u2019agaciro mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko bigira uruhare mu kwangiza  ibidukikije ubusanzwe bifitiye akamaro gakomeye abanyarwanda bose.<br \/>\nAkaba yavuze ati:\u201dgusarura ishyamba mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko biri mu byangiza ibidukikije, kandi kwangirika kwabyo bigira ingaruka mbi ku buzima bw\u2019abantu, ku rusobe rw\u2019ibinyabuzima, no ku bukungu bw\u2019igihugu muri rusange. Uwo ari we wese uzabikora amenye ko azafatwa akaryozwa ibyo yakoze.&#8221;<br \/>\nIngingo ya 438 y&#8217;igitabo cy&#8217;amategeko ahana ibyaha mu Rwanda, ivuga ko umuntu wese ukora imirimo y&#8217;ubushakashatsi cyangwa iy&#8217;ubucuruzi bw&#8217;amabuye y&#8217;agaciro mu buryo butemewe n&#8217;amategeko, ahanishwa igifungo kuva ku mezi atandatu  kugeza ku mwaka umwe n&#8217;ihazabu y&#8217;amafaranga y&#8217;u Rwanda kuva kuri miliyoni eshatu kugeza kuri miliyoni icumi cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.<br \/>\nNaho Ingingo ya 416 y\u2019icyo gitabo yo ikavuga ko umuntu wese, mu buryo butubahiriza amategeko abigenga, utwika, utema cyangwa utemesha ibiti n\u2019uwica inyamaswa mu mashyamba arinzwe, mu byanya birinzwe no muri Pariki z\u2019Igihugu, ahanishwa igifungo kuva ku mezi atandatu (6) kugeza ku myaka ibiri (2) n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kuva ku bihumbi magana atatu (300.000) kugeza kuri miliyoni ebyiri (2.000.000) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abantu 21 bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kavumu mu karere ka Ngororero, aho bakurikiranyweho icyaha cyo gucukura amabuye y\u2019agaciro mu buryo butemewe n\u2019amategeko bakanatema ibiti mu ishyamba rya Leta riri mu kagari ka Rugeshi, mu murenge wa Kavumu. Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Ngororero, Senior Superintendent of Police (SSP) Marc Gasangwa, yavuze ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-1778","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ngororero: Abantu 21 bakurikiranyweho kwangiza ishyamba rya Leta - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1778\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ngororero: Abantu 21 bakurikiranyweho kwangiza ishyamba rya Leta - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abantu 21 bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kavumu mu karere ka Ngororero, aho bakurikiranyweho icyaha cyo gucukura amabuye y\u2019agaciro mu buryo butemewe n\u2019amategeko bakanatema ibiti mu ishyamba rya Leta riri mu kagari ka Rugeshi, mu murenge wa Kavumu. Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Ngororero, Senior Superintendent of Police (SSP) Marc Gasangwa, yavuze ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1778\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-04-26T08:33:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T19:35:17+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1778#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1778\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ngororero: Abantu 21 bakurikiranyweho kwangiza ishyamba rya Leta\",\"datePublished\":\"2016-04-26T08:33:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:35:17+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1778\"},\"wordCount\":425,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1778#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1778\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1778\",\"name\":\"Ngororero: Abantu 21 bakurikiranyweho kwangiza ishyamba rya Leta - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-04-26T08:33:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:35:17+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1778#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1778\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1778#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ngororero: Abantu 21 bakurikiranyweho kwangiza ishyamba rya Leta\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ngororero: Abantu 21 bakurikiranyweho kwangiza ishyamba rya Leta - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1778","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ngororero: Abantu 21 bakurikiranyweho kwangiza ishyamba rya Leta - BWIZA","og_description":"Abantu 21 bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kavumu mu karere ka Ngororero, aho bakurikiranyweho icyaha cyo gucukura amabuye y\u2019agaciro mu buryo butemewe n\u2019amategeko bakanatema ibiti mu ishyamba rya Leta riri mu kagari ka Rugeshi, mu murenge wa Kavumu. Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Ngororero, Senior Superintendent of Police (SSP) Marc Gasangwa, yavuze ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1778","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-04-26T08:33:04+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T19:35:17+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1778#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1778"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ngororero: Abantu 21 bakurikiranyweho kwangiza ishyamba rya Leta","datePublished":"2016-04-26T08:33:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:35:17+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1778"},"wordCount":425,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1778#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1778","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1778","name":"Ngororero: Abantu 21 bakurikiranyweho kwangiza ishyamba rya Leta - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-04-26T08:33:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:35:17+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1778#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1778"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1778#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ngororero: Abantu 21 bakurikiranyweho kwangiza ishyamba rya Leta"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1778","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1778"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1778\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1778"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1778"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1778"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}