{"id":17889,"date":"2019-10-22T06:53:49","date_gmt":"2019-10-22T06:53:49","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/10\/22\/kicukiro-hafashwe-umumotari-ukekwaho-gukorana-n-abajura-abatwarira-ibyo-bibye\/"},"modified":"2019-10-22T06:53:49","modified_gmt":"2019-10-22T06:53:49","slug":"kicukiro-hafashwe-umumotari-ukekwaho-gukorana-n-abajura-abatwarira-ibyo-bibye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17889","title":{"rendered":"Kicukiro: Hafashwe umumotari ukekwaho gukorana n\u2019abajura abatwarira ibyo bibye"},"content":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda kuri iki cyumweru tariki ya 20 Ukwakira, yafashe umumotari witwa Tuyishimire Benjamin w\u2019imyaka 22 mu Kagari ka Cyimo, mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, wafatanyaga n\u2019abajura gutwara ibyo bibaga ahantu hatandukanye.<\/p>\n<p>Uyu mumotari usanzwe akora umwuga w\u2019ubumotari mu karere ka Kicukiro, ifatwa rye ryaturutse ku makuru yatanzwe n\u2019abaturage.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali, Chief Inspector of Police (CIP) Marie Gorette Umutesi avuga ko uyu mumotari yafashwe ubwo yari ahetse imashini ishyirwamo ibiceri mu mikino y&#8217;amahirwe, (ikiryabarezi) yari yibwe mu kagari ka Gako mu murenge wa Masaka.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cMu kagari ka Gako hari abashinwa bahakorera bahafite ziriya mashini, zaje kwibwa batanga ikirego. Nyuma nibwo abaturage baje gutanga amakuru ko babonye umumotari witwa Tuyishimire Benjamin ahetse imwe muri izo mashini kuri moto, nuko polisi ikorera mu murenge wa Masaka iramufata.\u201d<\/p>\n<p>CIP Umutesi avuga ko uyu mumotari akimara gufatwa yavuze ko iyo mashini yibwe koko mu kagari ka Gako hari umuntu wamuhamagaye ngo aze ayimutwarire, yongeraho kandi ko nyiri ubwite yemera ko ibi bintu byo gutwara ibijurano cyangwa banyirabyo babifite atari ubwa mbere abikoze asanzwe abikora.<\/p>\n<p>Abaturage bo mu tugari twa Gako na Cyimo bavuze ko uyu mumotari atari ubwa mbere aketsweho ibyo kuko mu mwaka ushize(2018) higeze kwibwa za televiziyo, nanone uyu motari bikaba bicyekwa ko ariwe wazitwaraga.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali yaboneyeho gukangurira abamotari muri rusange kwirinda gufatanya n\u2019abakora ibyaha ndetse no gutanga amakuru ya bamwe mu babikora kuko bagayisha umurimo bakora.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cBirababaje kubona umumotari wijandika mu bikorwa nk\u2019ibi by\u2019ubujura n\u2019uburyo bakangurirwa buri munsi kwirinda ibyaha bitandukanye no kujya batangira amakuru ku gihe y\u2019ababikora akaba ariwe ubifatirwamo. Niyo mpamvu twongeye gukangurira abamotari kujya batanga amakuru y\u2019abantu nk\u2019abo batukisha umwuga wabo cyane ko baba bakorana umunsi ku wundi. Umuntu ntiyagombye gukora ibintu bibi ngo umwaka urinde ushira bataramumenya.\u201d<\/p>\n<p>CIP Umutesi yanakomoje ku mumotari uherutse gufatirwa nanone mu murenge wa Masaka mu karere ka Kicukiro washikuzaga abagore n&#8217;abakobwa amasakoshi yabo nijoro. Hakunze kandi kumvikana amakuru avuga ko hari bamwe mu bamotari bajya mu bikorwa byo gukwirakwiza ibiyobyabwenge. Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali yongeye gukangurira abamotari kuba abanyamwuga bakirinda kujya mu byaha, abasaba kujya batanga amakuru no kurwanya aba bagenzi babo bakora ibinyuranyije n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Yashimiye abaturage bagize uruhare mu ifatwa ry\u2019uyu mumotari, abasaba gukomeza kuba ko buri wese aba ijisho rya mugenzi we. Tuyishimire Benjamin yashyikirijwe urwego rw\u2019ubugenzacyaha rukorera kuri sitasiyo ya Masaka ngo akurikiranwe ku byaha acyekwaho.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda kuri iki cyumweru tariki ya 20 Ukwakira, yafashe umumotari witwa Tuyishimire Benjamin w\u2019imyaka 22 mu Kagari ka Cyimo, mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, wafatanyaga n\u2019abajura gutwara ibyo bibaga ahantu hatandukanye. Uyu mumotari usanzwe akora umwuga w\u2019ubumotari mu karere ka Kicukiro, ifatwa rye ryaturutse ku makuru yatanzwe n\u2019abaturage. Umuvugizi wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[31],"tags":[],"class_list":["post-17889","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kicukiro: Hafashwe umumotari ukekwaho gukorana n\u2019abajura abatwarira ibyo bibye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17889\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kicukiro: Hafashwe umumotari ukekwaho gukorana n\u2019abajura abatwarira ibyo bibye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda kuri iki cyumweru tariki ya 20 Ukwakira, yafashe umumotari witwa Tuyishimire Benjamin w\u2019imyaka 22 mu Kagari ka Cyimo, mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, wafatanyaga n\u2019abajura gutwara ibyo bibaga ahantu hatandukanye. Uyu mumotari usanzwe akora umwuga w\u2019ubumotari mu karere ka Kicukiro, ifatwa rye ryaturutse ku makuru yatanzwe n\u2019abaturage. Umuvugizi wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17889\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-10-22T06:53:49+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17889#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17889\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Kicukiro: Hafashwe umumotari ukekwaho gukorana n\u2019abajura abatwarira ibyo bibye\",\"datePublished\":\"2019-10-22T06:53:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17889\"},\"wordCount\":424,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-mahanga\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17889#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17889\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17889\",\"name\":\"Kicukiro: Hafashwe umumotari ukekwaho gukorana n\u2019abajura abatwarira ibyo bibye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-10-22T06:53:49+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17889#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17889\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17889#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kicukiro: Hafashwe umumotari ukekwaho gukorana n\u2019abajura abatwarira ibyo bibye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kicukiro: Hafashwe umumotari ukekwaho gukorana n\u2019abajura abatwarira ibyo bibye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17889","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kicukiro: Hafashwe umumotari ukekwaho gukorana n\u2019abajura abatwarira ibyo bibye - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda kuri iki cyumweru tariki ya 20 Ukwakira, yafashe umumotari witwa Tuyishimire Benjamin w\u2019imyaka 22 mu Kagari ka Cyimo, mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, wafatanyaga n\u2019abajura gutwara ibyo bibaga ahantu hatandukanye. Uyu mumotari usanzwe akora umwuga w\u2019ubumotari mu karere ka Kicukiro, ifatwa rye ryaturutse ku makuru yatanzwe n\u2019abaturage. Umuvugizi wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17889","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2019-10-22T06:53:49+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17889#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17889"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Kicukiro: Hafashwe umumotari ukekwaho gukorana n\u2019abajura abatwarira ibyo bibye","datePublished":"2019-10-22T06:53:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17889"},"wordCount":424,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-mahanga"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17889#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17889","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17889","name":"Kicukiro: Hafashwe umumotari ukekwaho gukorana n\u2019abajura abatwarira ibyo bibye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-10-22T06:53:49+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17889#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17889"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17889#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kicukiro: Hafashwe umumotari ukekwaho gukorana n\u2019abajura abatwarira ibyo bibye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17889","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17889"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17889\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17889"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17889"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17889"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}