{"id":17929,"date":"2019-10-25T05:01:51","date_gmt":"2019-10-25T05:01:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/10\/25\/min-busingye-yamaze-impaka-abagishidikanya-ku-gusindira-mu-ruhame-ko-ari-icyaha\/"},"modified":"2019-10-25T05:01:51","modified_gmt":"2019-10-25T05:01:51","slug":"min-busingye-yamaze-impaka-abagishidikanya-ku-gusindira-mu-ruhame-ko-ari-icyaha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17929","title":{"rendered":"Min. Busingye yamaze impaka abagishidikanya ku \u2018gusindira mu ruhame\u2019 ko ari icyaha"},"content":{"rendered":"<p><strong>Minisitiri w\u2019Ubutabera akaba n\u2019intumwa nkuru ya Leta y\u2019u Rwanda, Busingye Johnston yasobanuye ko gusindira mu ruhame ari icyaha, akaba yamaze impaka benshi bakunze kubyibazaho rimwe na rimwe iyo barimo gusangira ku gasembuye<\/strong><\/p>\n<p>Mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Ukwakira 2019, ku cyicaro gikuru cya Polisi y\u2019u Rwanda ku Kacyirumu mu Mujyi wa Kigali, gifite insanganyamatsiko \u201cUruhare rw&#8217;abaturarwanda mu gukumira no kurwanya impanuka zo mu muhanda n&#8217;ibindi byaha\u201d, Minisitiri Busingye nibwo yongeye kwibutsa ko gusindira mu ruhame, guha abana inzoga kimwe no gutwara ikinyabiziga wasinze ari ibyaha bihanwa n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cGuha umwana inzoga cyangwa itabi no gusinda mu ruhame ni ibyaha bihanwa n&#8217;amategeko&#8221;.<\/p>\n<p>Yakomeje asaba abakoresha umuhanda na we yishyizemo kubahiriza amatego awugenga ari nako abasaba kwirinda gutwara banyoye ibisindisha.<\/p>\n<p>Ati \u201cAbakoresha umuhanda twese dukwiye guhitamo umutekano wo mu muhanda. Umuntu wese utwaye ikinyabiziga nabe uwahisemo umutekano wo mu muhanda. Turifuza ko umuntu wanyoye inzoga adatwara ikinyabiziga,\u2026 Umutekano wo mu muhanda tuwugire amahitamo yacu\u201d.<\/p>\n<p>Ni kenshi usanga abantu benshi bajya impaka kuri iki cyaha cyo gisindira mu ruhamwe, bamwe bavuga ko bigoye gufata ushinjwa iki cyaha, dore ko bamwe baba batarabona n\u2019uwahamwe nacyo.<\/p>\n<p>Ingingo ya 599 y\u2019Itegeko ngenga rishyiraho Igitabo cy\u2019Amategeko Ahana y\u2019u Rwanda igira iti: \u201cUmuntu wese usinda ku mugaragaro, mu muhanda, mu kibuga, mu nzira, mu kabari, mu nzu y\u2019imikino cyangwa ahandi hose hateranirwa, ahanishwa igifungo kuva ku minsi umunani (8) kugeza ku mezi abiri (2) n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kuva ku bihumbi makumyabiri (20.000) kugeza ku bihumbi ijana (100.000) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano\u2026\u201d<\/p>\n<p>Ibi bisobanuye neza ko bitemewe gusindira ahantu aho ari ho hose mu ruhame, kabone n\u2019iyo waba uri mu nzira ugenda. Iyi ngingo izwi na bake.<br \/>\nUretse absinzi, n\u2019abacuruza inzoga amategeko arabarebe, akanateganya ibihano ku bakomeza kududira uwasinze ibisindisha.<\/p>\n<p>Ingingo ya 599 ikomeza igira iti \u201cIyo nyir\u2019akabari n\u2019abakozi be bemeye kwinjiza mu kigo cyabo abantu bigaragaraho ko basinze ku buryo bukabije bakabaha ibisindisha, bahanishwa igifungo kuva ku minsi umunani (8) kugeza ku mezi abiri (2) n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kuva ku bihumbi mirongo itanu (50.000) kugeza ku bihumbi magana abiri (200.000) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisitiri w\u2019Ubutabera akaba n\u2019intumwa nkuru ya Leta y\u2019u Rwanda, Busingye Johnston yasobanuye ko gusindira mu ruhame ari icyaha, akaba yamaze impaka benshi bakunze kubyibazaho rimwe na rimwe iyo barimo gusangira ku gasembuye Mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Ukwakira 2019, ku cyicaro gikuru cya Polisi y\u2019u Rwanda ku Kacyirumu mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-17929","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Min. Busingye yamaze impaka abagishidikanya ku \u2018gusindira mu ruhame\u2019 ko ari icyaha - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17929\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Min. Busingye yamaze impaka abagishidikanya ku \u2018gusindira mu ruhame\u2019 ko ari icyaha - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisitiri w\u2019Ubutabera akaba n\u2019intumwa nkuru ya Leta y\u2019u Rwanda, Busingye Johnston yasobanuye ko gusindira mu ruhame ari icyaha, akaba yamaze impaka benshi bakunze kubyibazaho rimwe na rimwe iyo barimo gusangira ku gasembuye Mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Ukwakira 2019, ku cyicaro gikuru cya Polisi y\u2019u Rwanda ku Kacyirumu mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17929\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-10-25T05:01:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17929#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17929\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Min. Busingye yamaze impaka abagishidikanya ku \u2018gusindira mu ruhame\u2019 ko ari icyaha\",\"datePublished\":\"2019-10-25T05:01:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17929\"},\"wordCount\":373,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17929#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17929\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17929\",\"name\":\"Min. Busingye yamaze impaka abagishidikanya ku \u2018gusindira mu ruhame\u2019 ko ari icyaha - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-10-25T05:01:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17929#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17929\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17929#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Min. Busingye yamaze impaka abagishidikanya ku \u2018gusindira mu ruhame\u2019 ko ari icyaha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Min. Busingye yamaze impaka abagishidikanya ku \u2018gusindira mu ruhame\u2019 ko ari icyaha - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17929","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Min. Busingye yamaze impaka abagishidikanya ku \u2018gusindira mu ruhame\u2019 ko ari icyaha - BWIZA","og_description":"Minisitiri w\u2019Ubutabera akaba n\u2019intumwa nkuru ya Leta y\u2019u Rwanda, Busingye Johnston yasobanuye ko gusindira mu ruhame ari icyaha, akaba yamaze impaka benshi bakunze kubyibazaho rimwe na rimwe iyo barimo gusangira ku gasembuye Mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Ukwakira 2019, ku cyicaro gikuru cya Polisi y\u2019u Rwanda ku Kacyirumu mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17929","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-10-25T05:01:51+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17929#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17929"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Min. Busingye yamaze impaka abagishidikanya ku \u2018gusindira mu ruhame\u2019 ko ari icyaha","datePublished":"2019-10-25T05:01:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17929"},"wordCount":373,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17929#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17929","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17929","name":"Min. Busingye yamaze impaka abagishidikanya ku \u2018gusindira mu ruhame\u2019 ko ari icyaha - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-10-25T05:01:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17929#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17929"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17929#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Min. Busingye yamaze impaka abagishidikanya ku \u2018gusindira mu ruhame\u2019 ko ari icyaha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17929","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17929"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17929\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17929"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17929"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17929"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}