{"id":17945,"date":"2019-10-25T18:26:40","date_gmt":"2019-10-25T18:26:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/10\/25\/nyanza-umukobwa-yasambanyijwe-n-uwamukangishije-icyuma\/"},"modified":"2019-10-25T18:26:40","modified_gmt":"2019-10-25T18:26:40","slug":"nyanza-umukobwa-yasambanyijwe-n-uwamukangishije-icyuma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17945","title":{"rendered":"Nyanza: Umukobwa yasambanyijwe n&#8217;uwamukangishije icyuma"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Umusore w\u2019imyaka 25 y\u2019amavuko akurikiranweho gufata ku ngufu umukozi wo mu rugo abanje kumutera ubwoba bitewe n\u2019icyuma yarafite mu ntoki.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Umukobwa w\u2019imyaka 21 y\u2019amavuko utuye mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza usanzwe ari umukozi wo mu rugo, Flash imusanze yicaye mu rugo akoramo, gutera intambwe ngo abashe gutambuka biri kumugora, avuga ko mu nda hari ibiri kwisimbiza.<\/p>\n<p>Aganira umunyamakuru wa Flash,  yavuze ko ubusanzwe akora ataha mu nzu akodesha, ubwo hari mu ijoro ryo kuwa 24 Ukwakira 2019 yasohotse hanze ahura n\u2019umusore wasinze, afite icyuma  amuhirikira mu nzu.<\/p>\n<p>Ati \u201cNasohotse ngiye mu bwiherero, mpura n\u2019umuntu ufite icyuma ahita ampirikira mu nzu, arambwira ngo wacyumvise icyuma? Ntakindi nakoze, na we yahise yinjira arafunga. Nta mbaraga zo gutaka nari mfite kuko yanambwiraga ngo urashaka kuntabariza se? Ngo iki n\u2019icyuma\u201d.<\/p>\n<p> Uyu mukobwa akomeza avuga ko yarafite ubwoba bw\u2019uko agiye kwicwa.<\/p>\n<p>Ati \u201cMpita mpfukama musaba imbabazi, ahita ambwira ko ataje gukina ahubwo ahita ambwira ngo nkuremo imyenda vuba, ashyira hasi ibyo yarafite (icyuma na radio) akuramo imyenda n\u2019inkweto yambara ubusa, mbona koko nta mikino afite.<\/p>\n<p>\u201cNumvaga ko ntacyo gukora ahubwo ngiye kwicwa, nyuma ahita ampirikira ku buriri bwanjye dore ko uburiri bwanjye buri hasi, ankuramo umwenda w\u2019imbere nari nararanye kuko hariho imbeho, aransambanya\u201d.<\/p>\n<p>Ibi byose bikimira kuba ntabwo umukobwa yahise abivuga, byasabye ko bucya ahita ajya kubibwira abakoresha be, abakoresha nabo niko kumenyesha inzego z\u2019ibanze zitangira gushaka uwo musore ngo ashyikirizwe Urwego rw\u2019Igihugu  rw\u2019Ubugenzacyaha(RIB), nk\u2019uko umuvugizi wa Polisi mu Ntara y\u2019Amajyepfo  CIP Twajamahoro Slyvestre yabitangarije itangazamakuru rya Flash.<\/p>\n<p>Ati \u201cUmukobwa ntiyahise abwira abamukoresha ibyamubayeho, gusa aho abivugiye babibwira inzego zibanze nazo zimenyesha Polisi, na twe duhita dutabara, umukobwa bamujyana kwa muganga, Ndikumana Jacques(ukekwa) yashyikirijwe RIB kandi icyaha aracyemera\u201d.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu ntara y\u2019Amajyepfo kandi yakomeje asaba abantu gutangira amakuru ku gihe<\/p>\n<p>Ati \u201cTurakangurira Abanyarwanda kumenya gutangira amakuru ku gihe nk\u2019uyu mwana w\u2019umukobwa, iyo atangira amakuru ku gihe agatabarwa byari gufasha kurushaho\u201d.<\/p>\n<p>Hari amakuru ko uyu musore ukekwaho gukora iki cyaha uvuka mu kagali  Kamuhoza mu murenge wa Kimisagara mu mujyi wa Kigali, yarasanzwe ari umunyeshuri mu karere ka Nyanza nk\u2019uko umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Busasamana Bizimana Egide yabidutangarije.<\/p>\n<p>Ati \u201c Dufite amakuru ko Ndikumana yari umunyeshuri muri Kavumu TVET School(mu karere ka Nyanza), ariko RIB yatangiye iperereza ryayo\u201d.<\/p>\n<p>Ingingo ya 197 y\u2019igitabo cy\u2019amategeko ahana, ivuga ku  gihano cy\u2019ukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umuntu ufite nibura imyaka 18 y\u2019amavuko ikaba ivuga ko Umuntu wese ukoresha imibonano mpuzabitsina ku kagato umuntu ufite nibura  imyaka cumi n\u2019umunani (18) y\u2019amavuko ahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu (5) kugeza ku myaka irindwi (7).<\/p>\n<p>Iyo gufata ku ngufu byakozwe ku muntu ugeze mu zabukuru, ufite ubumuga cyangwa w\u2019umurwayi, igihano kiba igifungo kuva ku myaka irindwi (7) kugeza ku myaka icumi (10) n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kuva ku bihumbi magana atanu (500.000) kugeza kuri miliyoni imwe (1.000.000).<\/p>\n<p>Iyo gufata ku ngufu byateye uwabikorewe uburwayi budakira, uwabikoze ahanishwa igifungo kuva ku myaka icumi (10) kugeza ku myaka cumi n\u2019itanu (15).<\/p>\n<p>Iyo gufata ku ngufu byateye uwabikorewe urupfu, uwabikoze ahanishwa igifungo cya burundu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umusore w\u2019imyaka 25 y\u2019amavuko akurikiranweho gufata ku ngufu umukozi wo mu rugo abanje kumutera ubwoba bitewe n\u2019icyuma yarafite mu ntoki. Umukobwa w\u2019imyaka 21 y\u2019amavuko utuye mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza usanzwe ari umukozi wo mu rugo, Flash imusanze yicaye mu rugo akoramo, gutera intambwe ngo abashe gutambuka biri kumugora, avuga ko mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":10,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-17945","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyanza: Umukobwa yasambanyijwe n&#039;uwamukangishije icyuma - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17945\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyanza: Umukobwa yasambanyijwe n&#039;uwamukangishije icyuma - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umusore w\u2019imyaka 25 y\u2019amavuko akurikiranweho gufata ku ngufu umukozi wo mu rugo abanje kumutera ubwoba bitewe n\u2019icyuma yarafite mu ntoki. Umukobwa w\u2019imyaka 21 y\u2019amavuko utuye mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza usanzwe ari umukozi wo mu rugo, Flash imusanze yicaye mu rugo akoramo, gutera intambwe ngo abashe gutambuka biri kumugora, avuga ko mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=17945\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-10-25T18:26:40+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Theoneste Itangishatse\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17945#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17945\"},\"author\":{\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\"},\"headline\":\"Nyanza: Umukobwa yasambanyijwe n&#8217;uwamukangishije icyuma\",\"datePublished\":\"2019-10-25T18:26:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17945\"},\"wordCount\":517,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17945#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17945\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17945\",\"name\":\"Nyanza: Umukobwa yasambanyijwe n'uwamukangishije icyuma - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-10-25T18:26:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17945#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17945\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=17945#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyanza: Umukobwa yasambanyijwe n&#8217;uwamukangishije icyuma\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104\",\"name\":\"Theoneste Itangishatse\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=10\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyanza: Umukobwa yasambanyijwe n'uwamukangishije icyuma - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17945","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyanza: Umukobwa yasambanyijwe n'uwamukangishije icyuma - BWIZA","og_description":"Umusore w\u2019imyaka 25 y\u2019amavuko akurikiranweho gufata ku ngufu umukozi wo mu rugo abanje kumutera ubwoba bitewe n\u2019icyuma yarafite mu ntoki. Umukobwa w\u2019imyaka 21 y\u2019amavuko utuye mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza usanzwe ari umukozi wo mu rugo, Flash imusanze yicaye mu rugo akoramo, gutera intambwe ngo abashe gutambuka biri kumugora, avuga ko mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17945","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-10-25T18:26:40+00:00","author":"Theoneste Itangishatse","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Theoneste Itangishatse","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17945#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17945"},"author":{"name":"Theoneste Itangishatse","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104"},"headline":"Nyanza: Umukobwa yasambanyijwe n&#8217;uwamukangishije icyuma","datePublished":"2019-10-25T18:26:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17945"},"wordCount":517,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17945#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17945","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17945","name":"Nyanza: Umukobwa yasambanyijwe n'uwamukangishije icyuma - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-10-25T18:26:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17945#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=17945"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=17945#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyanza: Umukobwa yasambanyijwe n&#8217;uwamukangishije icyuma"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f8fa7d2a51993c32834b24c5d3364104","name":"Theoneste Itangishatse","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=10"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17945","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/10"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=17945"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/17945\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=17945"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=17945"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=17945"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}