{"id":18015,"date":"2019-10-29T06:05:44","date_gmt":"2019-10-29T06:05:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/10\/29\/rulindo-ibyari-umunsi-mukuru-wa-mwarimu-byavuyemo-ubushyamirane\/"},"modified":"2019-10-29T06:05:44","modified_gmt":"2019-10-29T06:05:44","slug":"rulindo-ibyari-umunsi-mukuru-wa-mwarimu-byavuyemo-ubushyamirane","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18015","title":{"rendered":"Rulindo:  Ibyari umunsi mukuru wa mwarimu byavuyemo ubushyamirane"},"content":{"rendered":"<p><strong>Ubwo hirya no hino mu gihugu hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga wa Mwalimu ku wa 5 Ukwakira 2019, abo mu murenge wa Kisaro mu Karere ka Rulindo bo ibyari ibirori byavuyemo igisa n\u2019ubushyamirane kuko hari abarimu bashinja abateguye ibyo birori kunyereza amafaranga yari agenewe uwo munsi.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Abarimu batandukanye babwiye Rwandatribune dukeshya iyi nkuru ko  ko mu rwego rwo kwishimira umunsi wabo, ibigo byo mu Murenge wa Kisaro byari byagiye bitanga umusanzu w\u2019amafaranga ibihumbi 3 kuri buri mwarimu, ayo mafaranga akaba yaragombaga gukusanyirizwa hamwe kugira ngo abarimu bo muri uwo murenge bose bishimire hamwe.<\/p>\n<p>Mu gihe mu Murenge wa Kisaro habarirwa abarimu 149, ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rulindo na bwo bwongeyeho inkunga yabwo ingana n\u2019amafaranga abarirwa mu bihumbi 190.<\/p>\n<p>Bashingiye ku mitegurire n\u2019uburyo ubusabane bwagenze, bamwe mu barimu bavuga ko hari amafaranga yari agenewe ibirori byabo ashobora kuba yararigishijwe.<\/p>\n<p>Umwe muri bo ati \u201cHakoreshejwe amafaranga ibigo byari byakoteje, ariko ayo yandi akarere kohereje na n\u2019ubu twayobewe irengero hari hoherejewe ibihumbi 197 n\u2019utundi turengaho, turi gukeka ko amafaranga yaba yaraheze mu nzira ya SEO [ushinzwe uburezi] n\u2019abandi bayobozi b\u2019ibigo babiri bakorana na we.&#8221;<\/p>\n<p>Ushinzwe uburezi mu Murenge wa Kisaro, Nyirimanzi Alpfred,  uri mu bashinjwa kugira uruhare mu irigiswa ry\u2019aya mafaranga we avuga ko amafaranga yagombaga gukoreshwa, ahubwo ko usanga hari abantu batanyurwa.<\/p>\n<p>Ati:\u201dN\u2019ubwo bari bohereje ibihumbi 190 yiyongera ku yandi mu gutegura amafunguro no gutegura ibinyobwa nta kindi kintu gikozwe nko gutegura amafunguro, nta gahimbazamutsyi nta kintu na kimwe gikodeshejwe byarashobokaga ko babona ibyo bifuza ariko ibyo byose bo ntibabibara ko byatwaye amafaranga.\u201d<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Akarere ka Rulindo wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage, Gasanganwa Marie Claire ntiyemeranya n\u2019abavuga ko hari abikubiye amafaranga yagombaga gukoreshwa mu munsi mukuru wa mwarimu.<\/p>\n<p>Avuga ko hashobora kuba harabayeho imitegurire mibi , aha aratanga ingamba zafatwa mu gukumira ko amakosa y\u2019abaye yazongera ukundi.<\/p>\n<p>Ati:\u201dBishobora kuba ari service ishobora kuba itaragenze neza ntibigere kuri bose cyangwa ntibishime nkuko byari byitezwe, numva aricyo navuga ubwo ubutaha tuzabinoza ariko buri wese abigizemo uruhare.\u201d<\/p>\n<p>Mu gihe bamwe mu balimu bo mu Murenge wa Kisaro ariko batunga agatoki inzego zibakuriye kunyereza amafaranga yari agenewe ibirori byabo, iyo ubabajije ingano z\u2019ibyo bariye n\u2019ibyo banyoye, bakubwira neza ko bihura n\u2019amafaranga ibihumbi bitatu, bavuga ko bagenewe n\u2019ibigo byabo. <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubwo hirya no hino mu gihugu hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga wa Mwalimu ku wa 5 Ukwakira 2019, abo mu murenge wa Kisaro mu Karere ka Rulindo bo ibyari ibirori byavuyemo igisa n\u2019ubushyamirane kuko hari abarimu bashinja abateguye ibyo birori kunyereza amafaranga yari agenewe uwo munsi. Abarimu batandukanye babwiye Rwandatribune dukeshya iyi nkuru ko ko mu rwego [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-18015","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rulindo: Ibyari umunsi mukuru wa mwarimu byavuyemo ubushyamirane - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=18015\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rulindo: Ibyari umunsi mukuru wa mwarimu byavuyemo ubushyamirane - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubwo hirya no hino mu gihugu hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga wa Mwalimu ku wa 5 Ukwakira 2019, abo mu murenge wa Kisaro mu Karere ka Rulindo bo ibyari ibirori byavuyemo igisa n\u2019ubushyamirane kuko hari abarimu bashinja abateguye ibyo birori kunyereza amafaranga yari agenewe uwo munsi. Abarimu batandukanye babwiye Rwandatribune dukeshya iyi nkuru ko ko mu rwego [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=18015\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-10-29T06:05:44+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18015#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18015\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Rulindo: Ibyari umunsi mukuru wa mwarimu byavuyemo ubushyamirane\",\"datePublished\":\"2019-10-29T06:05:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18015\"},\"wordCount\":380,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18015#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18015\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18015\",\"name\":\"Rulindo: Ibyari umunsi mukuru wa mwarimu byavuyemo ubushyamirane - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-10-29T06:05:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18015#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18015\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18015#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rulindo: Ibyari umunsi mukuru wa mwarimu byavuyemo ubushyamirane\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rulindo: Ibyari umunsi mukuru wa mwarimu byavuyemo ubushyamirane - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18015","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rulindo: Ibyari umunsi mukuru wa mwarimu byavuyemo ubushyamirane - BWIZA","og_description":"Ubwo hirya no hino mu gihugu hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga wa Mwalimu ku wa 5 Ukwakira 2019, abo mu murenge wa Kisaro mu Karere ka Rulindo bo ibyari ibirori byavuyemo igisa n\u2019ubushyamirane kuko hari abarimu bashinja abateguye ibyo birori kunyereza amafaranga yari agenewe uwo munsi. Abarimu batandukanye babwiye Rwandatribune dukeshya iyi nkuru ko ko mu rwego [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18015","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-10-29T06:05:44+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18015#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18015"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Rulindo: Ibyari umunsi mukuru wa mwarimu byavuyemo ubushyamirane","datePublished":"2019-10-29T06:05:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18015"},"wordCount":380,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=18015#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18015","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18015","name":"Rulindo: Ibyari umunsi mukuru wa mwarimu byavuyemo ubushyamirane - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-10-29T06:05:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18015#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=18015"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18015#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rulindo: Ibyari umunsi mukuru wa mwarimu byavuyemo ubushyamirane"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/18015","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=18015"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/18015\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=18015"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=18015"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=18015"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}