{"id":1804,"date":"2016-04-27T14:46:57","date_gmt":"2016-04-27T14:46:57","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/04\/27\/dufite-umutwe-ushinzwe-gushaka-no-gufata-abanyabyaha-banyuranye-mu-mujyi-wa\/"},"modified":"2025-02-12T21:34:56","modified_gmt":"2025-02-12T19:34:56","slug":"dufite-umutwe-ushinzwe-gushaka-no-gufata-abanyabyaha-banyuranye-mu-mujyi-wa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804","title":{"rendered":"Dufite umutwe ushinzwe gushaka no gufata abanyabyaha banyuranye mu Mujyi wa Kigali \u2014 ACP Twahirwa"},"content":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda irizeza abaturarwanda ko umutekano wabo n\u2019ibintu byabo ucunzwe neza ku buryo badakwiye guterwa impungenge n\u2019ubujura bwo mu ngo kubera ko yashyizeho ingamba zo kuburwanya.<\/p>\n<p>Uku kubahumuriza gushingiye ku mpungenge batewe n\u2019ibikorwa by\u2019ubujura bwo mu ngo byakozwe ahantu hatandukanye mu bihe bishize.<\/p>\n<p>Mu mezi ashize, abatuye mu mujyi bagaragaje ko ibikorwa by\u2019ubujura bwo mu ngo bigenda byiyongera, aho ababikora biba ibikoresho birimo iby\u2019ikoranabuhanga nka Tereviziyo, ibyo mu nzu, n\u2019ibishyushya ibyo kurya, n\u2019ibindi.<\/p>\n<p>Nubwo muri rusange  ibyo bikorwa by\u2019ubujura nta wabikomerekeyemo, abaturage batari bake bavuze ko babiburiyemo ibintu byabo bibarirwa mu ma miriyoni.<\/p>\n<p>Bamwe mu bibwe babwiye The New Times ko bumwe mu buryo abajura bakoresha harimo kumena ibirahuri by\u2019amadisha y\u2019inzu no gukata ibyuma by\u2019amadirisha biba inyuma y\u2019ibirahuri, hanyuma bakinjira mu nzu baciye muri uwo mwanya, maze bakiba ibyo bashaka.<\/p>\n<p>Ivugana na The New Times, ejo, Polisi y\u2019u Rwanda yavuze ko kumena amazu ari ibikorwa bifite umwihariko, ariko ko  uru rwego rw\u2019umutekano rwafashe ingamba zo gukemura iki kibazo mu buryo burambye.<\/p>\n<p>Umuvugizi wayo, Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa yavuze ko  n\u2019ubwo bimeze bityo; ibikorwa by\u2019ubujura bwo mu ngo atari byinshi, ndetse ko bidakanganye ku buryo byakabaye bigira uwo bikura umutima.<\/p>\n<p>Yagize ati:&#8221; <em> <strong>Kigali iratekanye. Polisi mu mujyi wa Kigali ikora ibishoboka byose kugira ngo umutekano mu mujyi urusheho kubungabungwa. Ntikora yonyine, ahubwo ifatanya n\u2019izindi nzego zo mu mujyi, ubuyobozi bwawo, ndetse n\u2019abaturage hashingiwe ku gaciro k\u2019umutekano w\u2019umujyi. Ni yo mpamvu Polisi y\u2019u Rwanda ikora amarondo, ndetse n\u2019abaturage bakaba bayakora mu bice batuyemo mu rwego rwo gukomeza gufatanya mu kwicungira umutekano.<\/strong> <\/em> &#8221;<\/p>\n<figure id=\"attachment_30912\" aria-describedby=\"caption-attachment-30912\" style=\"width: 638px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/csm_ACP-TWAHIRWA_06_a906dbff35.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-30912 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/csm_ACP-TWAHIRWA_06_a906dbff35.jpg\" alt=\"csm_ACP-TWAHIRWA_06_a906dbff35\" width=\"638\" height=\"600\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-30912\" class=\"wp-caption-text\">ACP Celestin Twahirwa<\/figcaption><\/figure>\n<p>ACP Twahirwa yavuze ko abagize Komite zo kwicungira umutekano (Community Policing Committes -CPCs) basuzuma ibibazo biri mu bice batuyemo; kandi bagatanga inama ku cyakorwa kugira ngo bikemuke, ndetse bagatanga umusanzu  kugira ngo umutekano urusheho gusigasirwa.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda yakomeje avuga ko bari bazi ko  iterambere ry\u2019umujyi rijyana ahanini no kwiyongera kw\u2019ibibazo binyuranye.<\/p>\n<p>ACP Twahirwa yagize kandi ati: <em> <strong>&#8220;Dufite imitwe yihariye ikora mu bihe nk\u2019ibyo. Dufite umutwe ushinzwe gushaka no gufata abanyabyaha banyuranye mu mujyi wa Kigali. Uwo mutwe uhora witeguye gutabara aho utabajwe, ukaba ufite ubushobozi bwo kumenya aho umunyacyaha ari, kandi iyo hagize uwumenyesha ku gihe ko yibwe, urakurikirana kugeza ufashe uwibye. Uretse kuba ufite ubushobozi bwo gufata umunyacyaha, uyu mutwe ufite kandi ubushobozi bwo gufata no kugaruza ibintu byibwe.&#8221;<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Ku bijyanye niba Polisi y\u2019u Rwanda idatewe impungenge n\u2019umutekano mu mujyi wa Kigali, yavuze ko nta gikwiye gutera abantu ubwoba kubera ko ahantu ha ngombwa hose haba hari abapolisi bakurikiranira hafi uko umutekano wifashe.<\/p>\n<p>ACP Twahirwa yasabye abaturarwanda kujya bihutira kumenyesha Polisi y\u2019u Rwanda amakuru y\u2019ikintu cyose gishobora guhungabanya umutekano bayihamagara kuri nomero za terefone  zitishyurwa zirimo 112.<\/p>\n<p>Yagize ati: <em> <strong>&#8220;Turashaka kumenyesha abaturarwanda ko ikintu cyose kibaye gikemuka bitewe n\u2019uko cyamenyeshejwe Polisi y\u2019u Rwanda ku gihe. Iyo tumenye ikibazo vuba, duhita tugera aho cyabereye, tugakora isesengura kugira ngo tumenye icyagiteye. Ni yo mpamvu twafashe abantu batari bake ndetse tugaruza ibintu bibye.&#8221;<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Yavuze ko Polisi y\u2019u Rwanda ihura n\u2019imbogamizi zo kumenya ba nyiri ibintu iba yafashe kubera ko uwibwe aba asabwa gutanga ikirego kandi akagaragaza ibimenyetso by\u2019uko ikintu cyafashwe ari icye koko nk&#8217;uko iyi nkuru y&#8217;urubuga rwa polisi ikomeza ivuga.<\/p>\n<p>Mu rwego rwo gukemura izo mbogamizi, ACP Twahirwa yavuze ko bakangurira abaturarwanda gufata ingamba zo kurinda umutekano w\u2019ibintu byabo, kandi bakabishyiraho ikimenyetso kugira ngo byorohe mu gihe cyo kubishakisha igihe byibwe.<\/p>\n<p> <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda irizeza abaturarwanda ko umutekano wabo n\u2019ibintu byabo ucunzwe neza ku buryo badakwiye guterwa impungenge n\u2019ubujura bwo mu ngo kubera ko yashyizeho ingamba zo kuburwanya. Uku kubahumuriza gushingiye ku mpungenge batewe n\u2019ibikorwa by\u2019ubujura bwo mu ngo byakozwe ahantu hatandukanye mu bihe bishize. Mu mezi ashize, abatuye mu mujyi bagaragaje ko ibikorwa by\u2019ubujura bwo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-1804","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dufite umutwe ushinzwe gushaka no gufata abanyabyaha banyuranye mu Mujyi wa Kigali \u2014 ACP Twahirwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dufite umutwe ushinzwe gushaka no gufata abanyabyaha banyuranye mu Mujyi wa Kigali \u2014 ACP Twahirwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda irizeza abaturarwanda ko umutekano wabo n\u2019ibintu byabo ucunzwe neza ku buryo badakwiye guterwa impungenge n\u2019ubujura bwo mu ngo kubera ko yashyizeho ingamba zo kuburwanya. Uku kubahumuriza gushingiye ku mpungenge batewe n\u2019ibikorwa by\u2019ubujura bwo mu ngo byakozwe ahantu hatandukanye mu bihe bishize. Mu mezi ashize, abatuye mu mujyi bagaragaje ko ibikorwa by\u2019ubujura bwo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-04-27T14:46:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T19:34:56+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/csm_ACP-TWAHIRWA_06_a906dbff35.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1804#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1804\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dufite umutwe ushinzwe gushaka no gufata abanyabyaha banyuranye mu Mujyi wa Kigali \u2014 ACP Twahirwa\",\"datePublished\":\"2016-04-27T14:46:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:34:56+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1804\"},\"wordCount\":624,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1804#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/04\\\/csm_ACP-TWAHIRWA_06_a906dbff35.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1804#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1804\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1804\",\"name\":\"Dufite umutwe ushinzwe gushaka no gufata abanyabyaha banyuranye mu Mujyi wa Kigali \u2014 ACP Twahirwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1804#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1804#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/04\\\/csm_ACP-TWAHIRWA_06_a906dbff35.jpg\",\"datePublished\":\"2016-04-27T14:46:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:34:56+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1804#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1804\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1804#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/04\\\/csm_ACP-TWAHIRWA_06_a906dbff35.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/04\\\/csm_ACP-TWAHIRWA_06_a906dbff35.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1804#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dufite umutwe ushinzwe gushaka no gufata abanyabyaha banyuranye mu Mujyi wa Kigali \u2014 ACP Twahirwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dufite umutwe ushinzwe gushaka no gufata abanyabyaha banyuranye mu Mujyi wa Kigali \u2014 ACP Twahirwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dufite umutwe ushinzwe gushaka no gufata abanyabyaha banyuranye mu Mujyi wa Kigali \u2014 ACP Twahirwa - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda irizeza abaturarwanda ko umutekano wabo n\u2019ibintu byabo ucunzwe neza ku buryo badakwiye guterwa impungenge n\u2019ubujura bwo mu ngo kubera ko yashyizeho ingamba zo kuburwanya. Uku kubahumuriza gushingiye ku mpungenge batewe n\u2019ibikorwa by\u2019ubujura bwo mu ngo byakozwe ahantu hatandukanye mu bihe bishize. Mu mezi ashize, abatuye mu mujyi bagaragaje ko ibikorwa by\u2019ubujura bwo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-04-27T14:46:57+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T19:34:56+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/csm_ACP-TWAHIRWA_06_a906dbff35.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dufite umutwe ushinzwe gushaka no gufata abanyabyaha banyuranye mu Mujyi wa Kigali \u2014 ACP Twahirwa","datePublished":"2016-04-27T14:46:57+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:34:56+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804"},"wordCount":624,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/csm_ACP-TWAHIRWA_06_a906dbff35.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1804#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804","name":"Dufite umutwe ushinzwe gushaka no gufata abanyabyaha banyuranye mu Mujyi wa Kigali \u2014 ACP Twahirwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/csm_ACP-TWAHIRWA_06_a906dbff35.jpg","datePublished":"2016-04-27T14:46:57+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:34:56+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1804"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/csm_ACP-TWAHIRWA_06_a906dbff35.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/csm_ACP-TWAHIRWA_06_a906dbff35.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1804#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dufite umutwe ushinzwe gushaka no gufata abanyabyaha banyuranye mu Mujyi wa Kigali \u2014 ACP Twahirwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1804","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1804"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1804\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1804"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1804"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1804"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}