{"id":1805,"date":"2016-04-27T18:44:01","date_gmt":"2016-04-27T18:44:01","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/04\/27\/muhanga-abana-b-imfubyi-ngo-bazishyurwa-ibyabo-byangijwe-na-nyirakuru-ari-uko\/"},"modified":"2025-02-12T21:34:55","modified_gmt":"2025-02-12T19:34:55","slug":"muhanga-abana-b-imfubyi-ngo-bazishyurwa-ibyabo-byangijwe-na-nyirakuru-ari-uko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805","title":{"rendered":"Muhanga: Abana b\u2019imfubyi ngo bazishyurwa ibyabo byangijwe na Nyirakuru ari uko yapfuye"},"content":{"rendered":"<p> <em>Nyuma y\u2019imyaka itari mike abana b\u2019imfubyi, Ugiriwabo Liliane na Mukanduhuye Dative barega nyirakuru, Mukamihigo Anathalie kubasenyera inzu, nyuma yo gutsindwa inshuro nyinshi ndetse akaba anemera icyaha, ubuyobozi bwemeza ko aba bana bashobora kuzishyurwa ibyabo ari uko nyirakuru yapfuye.<\/em><br \/>\nBose batuye mu mudugudu wa Kidaho akagali ka Gasagara umurenge wa Rongi ho mu karere ka Muhanga, Ugiriwabo Liliane umwe muri aba bana b\u2019imfubyi avuga ko nyirakuru yabasenyeye inzu bakiri bato ndetse ko imyaka ishize ari myinshi yakagombye kuba yarabubakiye inzu akanabishyura ibyabo byari birimo.<br \/>\n<figure id=\"attachment_30939\" aria-describedby=\"caption-attachment-30939\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-30939 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/ugiri.jpg\" alt=\"\" width=\"640\" height=\"427\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-30939\" class=\"wp-caption-text\"><strong> <em>Ugiriwabo Liliane, umwe muri abo bana 2 b&#8217;imfubyi<\/em> <\/strong><\/figcaption><\/figure><br \/>\nAkomeza avuga ko bagiye bamutsinda inshuro nyinshi, akemera kubishyura ariko bagategereza bagaheba, ari naho ahera ashinja n\u2019ubuyobozi kubarangarana ntibubafashe muri icyo kibazo.<br \/>\n <em>Ati: \u201cNyogokuru yasenye amazu yacu, nuko ndarega turatsinda ariko kwishyura biranga, nateje kashi mpuruza gitifu w\u2019umurenge araza arambwira ngo tuzatange ikibanza cyacu kiri ruguru iriya (ku Ruhuha) ndabyanga kuko ikibanza cyacu gifite agaciro kurusha inzu baduhaga\u201d.<\/em><br \/>\nAkomeza avuga ko nyirakuru yari yemeye kububakira baza gutungurwa na Gitifu (umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Rongi) waje ababwira ngo batange ikibanza mu gihe n\u2019ibindi batarabyishyurwa.<br \/>\nAha ngo niho yahereye abona ko n\u2019ubuyobozi bubifitemo uruhare mu kudindiza ikibazo cyabo, yaje gufata umwanzuro wo kujyana ikibazo cyabo ku muvunyi (2013), muri Gashyantare 2015 nibwo uru rwego rwamusubije rumubwira kwakira ibyemejwe n\u2019umuhesha w\u2019inkiko.<br \/>\nAti: \u201c <em>Bamaze kunsubiza nabahamagaye kuri telefone mbabaza nti, ko muvuga ko nyogokuru atabona ubwishyu kandi umuryango wari wabyemeye, nawe avuga ko agiye kutwubakira?&#8230;nta kintu bigeze bansubiza\u201d.<\/em><br \/>\nAkomeza avuga ko barenganyijwe by\u2019umwihariko ko ubu ategereje kuzajya aho Perezida Kagame azaba yasuye abaturage nawe akamugezaho akarengane bagiriwe by\u2019umwihariko ko yari yarahawe numero zo muri perezidansi nyuma aza kuzibura, ubu ngo aba yarahamagayeyo.<br \/>\n<figure id=\"attachment_30918\" aria-describedby=\"caption-attachment-30918\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/DSC_7163.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-30918 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/DSC_7163.jpg\" alt=\"\" width=\"640\" height=\"427\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-30918\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Ugiriwabo yerekana ahahoze hubatse inzu yabo yasenywe na nyirakuru<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nMu kiganiro umunyamakuru yagiranye na Mukamihigo Anathalie, umukecuru w\u2019imyaka 80, yemera ko iyo nzu yayisenye ndetse ko yanatsinzwe agategekwa kwishyura ibyari biyirimo no kubaka iyo nzu yari yabariwe 900,000Frs.<br \/>\nKu bwe ahamya ko yemeye kwishyura ariko nta bwishyu afite ahubwo ko ari uburindagizi bwa gikecuru, ati: \u201c <em>tuyisenya kari akazu k\u2019amategura gashaje, nawe urebe uko meze uku, iminsi yanjye irabaze,\u2026.ubwo nemeraga kwishyura byari iby\u2019abakecuru, narahayanjwaga\u201d.<\/em><br \/>\n<figure id=\"attachment_30938\" aria-describedby=\"caption-attachment-30938\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-30938 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/mukecuru.jpg\" alt=\"\" width=\"640\" height=\"427\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-30938\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Mukamihigo Anathalie w\u2019imyaka 80 ushinjwa gusenya inzu y&#8217;abuzukuru be<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nUyu mukecuru akomeza avuga ko nta bwishyu yabona bwo kwishyura abuzukuru be, ku bwe akavuga ko nibabishaka bazaza kuba mu yo atuyemo nyuma yo kwitahira dore ko nawe ubwe avuga ko iminsi asigaje ibarirwa ku ntoki.<br \/>\nIbi kandi abihurizaho na Abizeye Jean Marie Vianney, ushinzwe iterambere ry\u2019ubukungu n\u2019imibereho myiza y\u2019abaturage mu kagari ka Gasagara, uvuga ko hakurikijwe amategeko, aba bana bazishyurwa mu byo umukecuru azaba yasize namara gupfa.<br \/>\n<figure id=\"attachment_30937\" aria-describedby=\"caption-attachment-30937\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-30937 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/JMV.jpg\" alt=\"\" width=\"640\" height=\"427\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-30937\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Abizeye Jean Marie Vianney<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nAti: \u201c <em>ikibazo cy\u2019aba bana turakizi, Anathalie yatsinzwe mu rukiko ko yasenye inzu z\u2019abana, yemeye kwishyura, nyuma yaje kubura ubwishyu\u201d.<\/em><br \/>\nYakomeje avuga ko umuhesha w\u2019inkiko yasanze uyu mukecuru ari mu kiciro cya 3 cy\u2019ubudehe ndetse ko n\u2019isambu afite iri munsi ya hectare, ko umutungo afite urukiko rutemera ko awurangirizaho urubanza.<br \/>\nAbizeye Jmv akomeza avuga urwego rw\u2019umuvunyi rwabandikiye rubasaba ibisobanuro, bagaragaza ko Anathalie adafite ubwishyu nk\u2019uko itegeko ribigena.<br \/>\nUyu mukecuru ngo abaye yaratanze iminani rwihishwa nyuma yo gutsindwa n\u2019abuzukuru be, ngo cyaba ari ikibazo ariko nyine ngo biba byaramenyekanye, gusa na none ngo Leta ikaba iteganya kuzabubakira nk\u2019uko n\u2019abandi ibafasha ndetse ko hari n\u2019izindi nkunga ibatera.<br \/>\nAsoza avuga ko nk\u2019ubuyobozi bazakomeza gukurikirana ikibazo cyabo, ndetse ko nk\u2019uko amategeko abigena nta muntu ushobora kuzazungura iby\u2019uwo mukecuru namara gupfa atabanje kwishyura iri deni arimo abucukuru be.<br \/>\n<figure id=\"attachment_30936\" aria-describedby=\"caption-attachment-30936\" style=\"width: 681px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/gasagara.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-30936\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/gasagara.jpg\" alt=\"gasagara\" width=\"681\" height=\"454\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-30936\" class=\"wp-caption-text\">Ubuyobozi bw&#8217;akagari buvuga ko mu gihe aba bana bazaba batarubakirwa ko Leta izabafasha nk&#8217;uko isanzwe yita ku batishoboye<\/figcaption><\/figure><br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/muv.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-30943\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/muv-722x1024.jpg\" alt=\"\" width=\"682\" height=\"967\" \/><\/a><br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Itangishatse Th\u00e9oneste\/Bwiza.com<\/strong> <\/em><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019imyaka itari mike abana b\u2019imfubyi, Ugiriwabo Liliane na Mukanduhuye Dative barega nyirakuru, Mukamihigo Anathalie kubasenyera inzu, nyuma yo gutsindwa inshuro nyinshi ndetse akaba anemera icyaha, ubuyobozi bwemeza ko aba bana bashobora kuzishyurwa ibyabo ari uko nyirakuru yapfuye. Bose batuye mu mudugudu wa Kidaho akagali ka Gasagara umurenge wa Rongi ho mu karere ka Muhanga, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-1805","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muhanga: Abana b\u2019imfubyi ngo bazishyurwa ibyabo byangijwe na Nyirakuru ari uko yapfuye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muhanga: Abana b\u2019imfubyi ngo bazishyurwa ibyabo byangijwe na Nyirakuru ari uko yapfuye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019imyaka itari mike abana b\u2019imfubyi, Ugiriwabo Liliane na Mukanduhuye Dative barega nyirakuru, Mukamihigo Anathalie kubasenyera inzu, nyuma yo gutsindwa inshuro nyinshi ndetse akaba anemera icyaha, ubuyobozi bwemeza ko aba bana bashobora kuzishyurwa ibyabo ari uko nyirakuru yapfuye. Bose batuye mu mudugudu wa Kidaho akagali ka Gasagara umurenge wa Rongi ho mu karere ka Muhanga, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-04-27T18:44:01+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T19:34:55+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/ugiri.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1805#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1805\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Muhanga: Abana b\u2019imfubyi ngo bazishyurwa ibyabo byangijwe na Nyirakuru ari uko yapfuye\",\"datePublished\":\"2016-04-27T18:44:01+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:34:55+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1805\"},\"wordCount\":672,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1805#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/04\\\/ugiri.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1805#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1805\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1805\",\"name\":\"Muhanga: Abana b\u2019imfubyi ngo bazishyurwa ibyabo byangijwe na Nyirakuru ari uko yapfuye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1805#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1805#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/04\\\/ugiri.jpg\",\"datePublished\":\"2016-04-27T18:44:01+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:34:55+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1805#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1805\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1805#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/04\\\/ugiri.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/04\\\/ugiri.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1805#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muhanga: Abana b\u2019imfubyi ngo bazishyurwa ibyabo byangijwe na Nyirakuru ari uko yapfuye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muhanga: Abana b\u2019imfubyi ngo bazishyurwa ibyabo byangijwe na Nyirakuru ari uko yapfuye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muhanga: Abana b\u2019imfubyi ngo bazishyurwa ibyabo byangijwe na Nyirakuru ari uko yapfuye - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019imyaka itari mike abana b\u2019imfubyi, Ugiriwabo Liliane na Mukanduhuye Dative barega nyirakuru, Mukamihigo Anathalie kubasenyera inzu, nyuma yo gutsindwa inshuro nyinshi ndetse akaba anemera icyaha, ubuyobozi bwemeza ko aba bana bashobora kuzishyurwa ibyabo ari uko nyirakuru yapfuye. Bose batuye mu mudugudu wa Kidaho akagali ka Gasagara umurenge wa Rongi ho mu karere ka Muhanga, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-04-27T18:44:01+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T19:34:55+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/ugiri.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Muhanga: Abana b\u2019imfubyi ngo bazishyurwa ibyabo byangijwe na Nyirakuru ari uko yapfuye","datePublished":"2016-04-27T18:44:01+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:34:55+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805"},"wordCount":672,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/ugiri.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1805#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805","name":"Muhanga: Abana b\u2019imfubyi ngo bazishyurwa ibyabo byangijwe na Nyirakuru ari uko yapfuye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/ugiri.jpg","datePublished":"2016-04-27T18:44:01+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:34:55+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1805"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/ugiri.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/04\/ugiri.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1805#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muhanga: Abana b\u2019imfubyi ngo bazishyurwa ibyabo byangijwe na Nyirakuru ari uko yapfuye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1805","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1805"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1805\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1805"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1805"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1805"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}