{"id":18109,"date":"2019-10-31T14:01:47","date_gmt":"2019-10-31T14:01:47","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/10\/31\/kwishyura-hakoreshejwe-ikoranabuhanga-biracyari-hasi-mu-rwanda\/"},"modified":"2019-10-31T14:01:47","modified_gmt":"2019-10-31T14:01:47","slug":"kwishyura-hakoreshejwe-ikoranabuhanga-biracyari-hasi-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18109","title":{"rendered":"Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Uko iminsi igenda ishira n\u2019iko iterambere mu ikoranabuhanga ryadukana udushya twinshi, muri two hari uguca ukubiri no kwirirwana ibiceri n\u2019inoti mu mifuka n\u2019ibikapu hagamijwe kujya kubyishyura ibunaka, ahubwo hagakoreshwa amakarita yabugenewe.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Imibare ya Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, irerekana ko  mu myaka 8 ishize agaciro k\u2019ibikorwa byishyuwe hifashishijwe ikoranabuhanga kari ku gipimo cya 0.3% gusa, ugereranije n\u2019umusaruro mbumbe, ariko imibare y\u2019uyu mwaka ikagaragaza ko agaciro k\u2019ibi bikorwa kazamutse kakagera kuri 34.6%.<\/p>\n<p>N\u2019ubwo iyi ari intambwe ishimishije, ntawabura kuvuga ko iyi mibare itanga iri hasi kandi ko bitapfa kwizerwa ko iziyongera cyane bitewe n\u2019uko kwishyura hakoresheje ikoranabuhanga biracyari ibyo mu Mujyi wa Kigali n\u2019indi iwunganira na bwo kuri Serivizi zimwe na zimwe.<\/p>\n<p>Urugero nk\u2019ikarita ya Tap and Go\u2019 ikoreshwa mu Mujyi wa Kigali gusa kandi ku bantu besnhi ariko mu yindi mijyi baracyahererekanya ibiceri n\u2019inoti mu ntoki.<\/p>\n<p>Urundi rugero ni aho umuntu ashobora kuva i Nyamirambo yishyuye imodoka n\u2019ikarita, yagera Nyabugogo agiye mu ntara akishyura mu ntoki.<\/p>\n<p>Mu byaro bo bumva iyi karita ivugwa hari n\u2019abatarayibonaho.Ni ikigaragaza ko hagikenewe gushyiramo ingufu mu kwegereza abaturage iyi mikoreshereze y\u2019ikoranabuhanga, ntibiharirwe abo mu mijyi gusa.<\/p>\n<p>Mu bijyanye no kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga mu kubona serivisi hashingiwe ku bigararagarira amaso ni serivisi yihuse ariko nanone ntiritabirwa n\u2019abo mu cyaro, ingingo ituma umubare w\u2019abishyura bakoresheje uburyo bw\u2019ikoranabuhanga bakomeza kuba bacye.<\/p>\n<p>Guverineri wa Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, John Rwangombwa mu kiganiro yagejeje ku bitabiriye igikorwa cyo gutangiza ubukangurambaga ku bijyanye no kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga, ku wa Gatatu tariki  30 Ukwakira 2019, yavuze ko hakiri ibibazo bikwiriye gushakirwa umuti.<\/p>\n<p>Guverineri Rwangombwa yemera  ko hakiri ikibazo cy\u2019ubuke bw\u2019ibyumba byakira amakarita y\u2019abifuza kwishyura hakoreshejwe iryo koranabuhanga bizwi nka Pos (Cyangwa Point of sales).<\/p>\n<p>Aha imibare yerekana ko ibi byuma kugeza mu mpera z\u2019ukwezi kwa gatandatu uyu mwaka byari 3046 bivuye ku byuma 2801 mu mwaka wa 2018. Gusa kugira ngo binagere kuri uwo mubare byavuye ku byuma 227 muri 2011.<\/p>\n<p>Guverineri akavuga ko abacuruzi bakomeje kugaragaza ko ibyo byumba bibahenda ku buryo iyo banki ifatanyije n\u2019abandi bafatanyabikorwa bazanye ubundi buryo bwo kwishyurana hifashishijwe ibimenyetso by\u2019ibanga no gukozaho amakarita bihendukira abacuruzi kubikoresha.<\/p>\n<p>Mu bibazo bigomba kwitabwaho n\u2019inzego zitandukanye zirebwa n\u2019iyi gahunda haba ku bacuruzi n\u2019abashyiraho amategeko na za politiki, harimo kuba ubu buryo bwo kwishyurana hifashishijwe ikoranabuhanga byibanda mu duce tw\u2019imijyi gusa, guhenda kw\u2019izi serivisi iyo hishyuwe hifashishijwe ubwo buryo ndetse no kuba bwemerwa hake.<\/p>\n<p>Ikindi kibazo gishingiye ku bumenyi buke mu bijyanye n\u2019imikoreshereze y\u2019ubu buryo n\u2019umuco w\u2019Abanyarwanda gukunda kugendana amafaranga mu mifuka yabo.<\/p>\n<p> Bigaragara ko ari pilitiki nziza ariko isaba gushyirwamo imbaraga kugira ngo Abanyarwanda bakomeze kunguka ibyiza byayo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uko iminsi igenda ishira n\u2019iko iterambere mu ikoranabuhanga ryadukana udushya twinshi, muri two hari uguca ukubiri no kwirirwana ibiceri n\u2019inoti mu mifuka n\u2019ibikapu hagamijwe kujya kubyishyura ibunaka, ahubwo hagakoreshwa amakarita yabugenewe. Imibare ya Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, irerekana ko mu myaka 8 ishize agaciro k\u2019ibikorwa byishyuwe hifashishijwe ikoranabuhanga kari ku gipimo cya 0.3% gusa, ugereranije [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[133],"class_list":["post-18109","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-business-today"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=18109\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uko iminsi igenda ishira n\u2019iko iterambere mu ikoranabuhanga ryadukana udushya twinshi, muri two hari uguca ukubiri no kwirirwana ibiceri n\u2019inoti mu mifuka n\u2019ibikapu hagamijwe kujya kubyishyura ibunaka, ahubwo hagakoreshwa amakarita yabugenewe. Imibare ya Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, irerekana ko mu myaka 8 ishize agaciro k\u2019ibikorwa byishyuwe hifashishijwe ikoranabuhanga kari ku gipimo cya 0.3% gusa, ugereranije [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=18109\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-10-31T14:01:47+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18109#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18109\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda\",\"datePublished\":\"2019-10-31T14:01:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18109\"},\"wordCount\":450,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Business Today\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18109#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18109\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18109\",\"name\":\"Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-10-31T14:01:47+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18109#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18109\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=18109#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18109","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda - BWIZA","og_description":"Uko iminsi igenda ishira n\u2019iko iterambere mu ikoranabuhanga ryadukana udushya twinshi, muri two hari uguca ukubiri no kwirirwana ibiceri n\u2019inoti mu mifuka n\u2019ibikapu hagamijwe kujya kubyishyura ibunaka, ahubwo hagakoreshwa amakarita yabugenewe. Imibare ya Banki Nkuru y\u2019u Rwanda, irerekana ko mu myaka 8 ishize agaciro k\u2019ibikorwa byishyuwe hifashishijwe ikoranabuhanga kari ku gipimo cya 0.3% gusa, ugereranije [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18109","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-10-31T14:01:47+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18109#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18109"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda","datePublished":"2019-10-31T14:01:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18109"},"wordCount":450,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Business Today"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=18109#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18109","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18109","name":"Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-10-31T14:01:47+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18109#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=18109"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=18109#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/18109","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=18109"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/18109\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=18109"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=18109"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=18109"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}